Iby’urukundo rw’umuhanzi Platini P n’umugore we bikomeje guteza urujisho ,ni nyuma y’uko hasakaye amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko aba bombi umubano wabo wajemo agatotsi , Bivugwa ko Platini amenye ko umwana yabyaranye na Olivia atari uwe.
Gusa nubwo nta n’umwe uragira icyo avuga, Olivia ari kugaragaza ibimenyetso bitandukanye birimo kuba hari amwe mu mafoto ye yasibye n’ahatangirwa ubutumwa akaba yamaze kuhafunga.
Usibye ibyo kandi uyu mugore wakurikiranaga Platini wenyine kuri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hari amafoto amaze gusibwa! Umubano wa Platini P n’umugore we ukomeje guteza urujijo
2 May 2023, by Rebecca UFITAMAHORO -
Nyanza: Umugabo yafashwe ari gucukura inzu y’umukecuru ngo yibe ihene arakubitwa kugeza apfuye
14 May 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo wo mu kigero cy’imyaka 35 bitaga Kagofero yakubitiwe mu nzu, agiye kwiba ihene y’umukecuru w’imyaka 78, kugeza apfuye n’abanyerondo bafatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa Gatare, umurenge wa Mayira mu karere ka Nyanza.
-
Abanyarwanda batuye mu Bubiligi bakiranye ubwuzu Perezida Kagame witabiriye inama muri iki gihugu [AMAFOTO]
18 June 2019, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda benshi batuye mu Bubiligi bakoze urugendo urugendo rugera ku bilometero 10 berekeza ahitwa Tour & Taxis mu Mujyi wa Bruxelles kugira ngo bahe ikaze Perezida Kagame wari witabiriye inama yateguwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yiga ku iterambere izwi nka ‘Journée Européenne du développement’.
-
Ni inde uzasiba urwobo rw’amacakubiri, kwikubira n’inzangano rwicukuye muri ADEPR?
8 May 2017, by Joseph HakuzwumuremyiBishop Sibomana Jean (Umuvugizi) na Bishop Rwagasana (Umuvugizi ushinzwe ubuzima bw’itorero (sic))
Iminsi y’iki cyumweru cya mbere cya Gicurasi yakomereye idini rya ADEPR n’abayobozi baryo kuko nibwo bwa mbere bamwe mu bayobozi baryo bo ku rwego rwo hejuru bafunzwe bazira amakosa bakoreye mu kazi k’itorero bari bashinzwe.
Kugeza ubu Umuvugizi wungirije w’iri torero ndetse na bamwe mu bakozi baryo 3 cyane cyane bafite aho bahurira n’amafaranga baracyari mu maboko ya Polisi bose (…) -
Mu bantu 772 bapimwe mu masaha 24 habonetsemo 5 banduye Coronavirus mu Rwanda
8 April 2020, by Martin MunezeroMu Rwanda hagaragaye abandi bantu batanu barwaye icyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe mu masaha 24, bituma umubare w’abanduye ugera ku 110, barimo barindwi bakize.
-
Abanyarwanda bakomeje kungukira ku bikorwa by’ ingabo z’ u Rwanda mu iterambere [AMAFOTO]
5 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ akarere ka Rulindo baravuga ko bafite icyizere cyo kuzabona umusaruro mwinshi w’ ibijumba kuko tariki 4 Gicurasi 2018 ingabo z’ u Rwanda zabafashije gutabira hegitari 15 z’ imigozi y’ ibijumba mu gishanga cya Bahimba giherereye mu murenge wa Mbogo.
-
Umucungamutungo mu kigo nderabuzima cya Burega yatorokanye miliyoni 11
27 August 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ndayishimiye Rodrigue wo mu karere Rulindo mu murenge wa Burega mu ntara y’amajyaruguru, yatorokanye amafaranga agera kuri miliyoni 11 kugeza n’ubu ubuyozi ndetse n’umuryango we ntibazi aho aherereye.
Mwemayire Donath uyobora Centre de Cente ya Burega yemereye Umuryango ko uwo wari ushinzwe imari y’iki kigo nderabuzima yatwaye koko agera kuri miliyoni 11 ariko ko kugeza ubu bataramenya aho aherereye.
Uyu muyobozi yanatangarije Umuryango ko bakomeje kubaza abo mu muryango (…) -
Mineduc n’ibigo byayo bikuwe mu kwaha kwa Minaloc hari icyahinduka?Kwirukana abayobozi bikemura iki?
3 November 2020, by UbwanditsiHari Minisiteri zikurikirana ibikorwa byazo kugeza hasi ku muturage. Ariko hari igice cy’imirimo ya zimwe muri Minisiteri gikorwa na Minaloc! Mu kiganiro Akarayifumbwe
twibajije mu gihe Mineduc n’ibigo byayo byaba bikuwe mu kwaha kwa Minaloc niba hari icyahinduka aho guhora hirukanwa aba Minisitiri n’abayobozi ba REB nyamara ntibigire icyo bikemura? Kurikirana ikiganiro? -
Prof. Lwakabamba wahawe imirimo mu burezi ku rwego rw’ Afurika
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestProf. Silas Lwakabamba wari Umuyobozi wa INATEK wigeze no kuba umuyobozi w’iyari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda akaba na Minisitiri w’Uburezi ndetse n’uw’Ibikorwaremezo, yashyizwe mu rwego Ngishwanama mu by’imyigire mu Kigo gifasha Abanyafurika kwiga muri Kaminuza zikomeye ku Isi, bakoresheje Internet, eLearnAfrica.
‘eLearnAfrica’ ni Ikigo cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga ryorohereza abanyeshuri bo ku rwego rw’amashuri makuru na za Kaminuza muri Afurika gukora ubushakashatsi, kwiga amasomo (…) -
Senderi International Hit yemeza ko hari ibigwi ahuriyeho na Diamond: Reba Video
6 July 2017, by UbwanditsiSenderi International Hit aka Ingwe y’Umujyi yemeza ko Diamond ari mugenzi we kuko hari ibigwi bahuriyeho!
Ese ibigwi icyamamare Diamond yaba ahuriyeho n’icyamamare Senderi International Hit ni ibihe?
Reba iyi video ushire amatsiko!
Umuryango.rw
Hari amafoto amaze gusibwa! Umubano wa Platini P n’umugore we ukomeje guteza urujijo