Muri iki gihe umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe uhangayikishijwe no gukora impinduramatwara ku mugabane wa Afurika mu ngeri zitandukanye z’ubuzima bwa muntu zirimo ubukungu, imibereho by’abatuye uyu mugabane muri gahunda y’imyaka 50 (Agenda 2063)nk’uko byemejwe n’abakuru b’ibihugu mu mwaka wa 2015.
Kunga ubumwe kw’ibihugu bigize umugabane wa Afurika ni intambwe y’ibanze ishyizwe imbere n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kandi abakuru b’ibihugu byo kuri uyu mugabane bagaragaje ko ibi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Isesengura: Habuze iki ngo nawe ube utarabona Pasiporo Nyafurika? Byinshi ni muri aya makuru y’Umuryango TV
14 January 2018, by Jules NTAHOBATUYE -
“NTUKAGAYE IGITABO KUBWO KU KIREBERA INYUMA”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe
24 April 2020, by Dusingizimana RemyNibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya banduye Coronavirus mu bipimo 1,046 byafashwe. Ibi bipimo kandi akaba atari byo byinshi bipimwe umunsi umwe kuva iyi ndwara yagera mu Rwanda.
-
Kuramba no kubana neza ni bimwe mu byo bakesha amateraniro y’ abahamya ba Yehova
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestAbitabiriye amakoraniro y’ abahamya ba Yehova arimo kubera mu karere ka Kicukiro mu mujyi baravuga ko aya makoraniro abafitiye akamaro kanini mu buzima bwabo bwa buri munsi harimo kubana neza n’ abo bashakanye, guhora bishimye no kuramba.
Ni amakoraniro y’ iminsi itatu yatangiye kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga. Yitabirwa n’ abahamya na Yehova bo mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zayo bakabakaba ibihumbi bibiri buri mu munsi.
Matabaro Philippe umusaza w’ imyaka 90 y’ amavuko wari (…) -
Amatora 2017: Inzira zose zigera i Roma, ntabwo ari mu Urugwiro
7 May 2017, by Joseph HakuzwumuremyiDiane Rwigara na Philipe Mpayimana (uhetse umwana) bose batangaje ko baziyamamariza amatora y’Umukuru w’Igihugu
Mu ntangiriro z’ubukirisitu abantu benshi baturutse imihanda yose y’isi bajyaga I Roma gukorerayo urugendo rutagatifu rugamije kwitagatifuza. Uwababonagayo agatekereza uburyo iyo bagiye baturuka hatandukanye ndetse amayira n’uburyo bakoresheje ngo bahagere bitandukanye babihimbyemo imvugo yakwirakwiriye iba umugani : inzira zose zigera i Roma.
Nyuma y’aho, uyu mugani wahise (…) -
Min Evode Uwizeyimana na Isaac Munyakazi beguye, bashobora no gukurikiranwa mu nkiko
7 February 2020, by NIYIGABA DC CLEMENTKu mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki 6 Gashyantare 2020 nibwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Ushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga n’andi Mategeko ndetse n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Isaac Munyakazi byatangajwe ko batanze amabaruwa y’ubwegure.
-
Ubushinjacyaha burakomeza gukurikirana Niyibikora ushinjwa gusebya abagore
13 February 2018, by Nsanzimana ErnestFaustin Nkusi
Urwego rw’ igihugu rw’ ubushinjacyaha mu Rwanda RPPA rwatangaje ko rurakomeza gukurikirana Umuvugabutumwa Niyibikora Nicholas kabone n’ubwo urwego rwigenzura rw’ abanyamakuru RMC rwamutegetse kwandika asaba imbabazi Abanyarwanda.
Umuvugizi w’ Ubushinjacyaha bw’ u Rwanda Faustin Nkusi yatangarije UMURYANGO ko ibyo RMC yakoze bidahagarika ikirego cya RPPA.
Yagize ati “Ibyemezo yafatiwe ni ibyemezo biri administrative nta sano dufitanye na RMC. RMC ifite inshingano zayo nawe (…) -
“Imvura izagenda igabanuka muri uku kwezi kwa Gicurasi” : Meteo Rwanda
8 May 2017, by UbwanditsiMeteo Rwanda itanganza ko n’ubwo hari imvura nyinshi mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Gicurasi atariko bizakomeza iyi mvura izagenda igabanuka.
“ICYEGERANYO CY’IMVURA YA GICURASI 2017”
Dukurikije isesengura ry’ibipimo by’imvura by’imyaka myinshi ishize byafashwe hirya no hino mu gihugu, birerekana ko mu Rwanda dusanzwe tugusha imvura mu kwezi kwa Gicurasi.
Icyakora hari ubwo mu kwezi kwa Gicurasi ntamvura igwa bitewe ahanini n’imiterere y’isi ituma imvura y’igihembwe cy’itumba (…) -
MINAGRI yatangaje ikishe ya mafi yo muri Mukungwa
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ubuhinzi n’ Ubworozi mu Rwanda yatangaje ko amafi yo muri Mukungwa yishwe n’ imyanda yavuye mu zimwe mu nganda zo mu ntara y’ amajyaruguru gusa yirinda gutangaza izo nganda izo arizo.
-
MINECOFIN igiye kwishyura ikirarane ku bigo bitwara abagenzi
17 March 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yijeje Urugaga rw’Ibigo bitwara abagenzi (ATPR), ko amafaranga y’ibirarane urwo rugaga rumaze igihe rusaba rugiye kuyahabwa.
ATPR ivuga ko imodoka zirenga kimwe cya kabiri (1/2) zimaze guparikwa bitewe n’ubukererwe bw’amafaranga Leta isanzwe yishyura ibigo bitwara abagenzi, kugira ngo igabanyirize abaturage ikiguzi cy’urugendo.
Inyunganizi ku biciro by’ingendo ni gahunda yashyizweho na Guverinoma y’u Rwanda kuva muri Covid-19, aho bitewe (…)
Umuryango.rw
MINECOFIN igiye kwishyura ikirarane ku bigo bitwara abagenzi