Perezida Paul Kagame akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, avuga ko intego uyu muryango wubakiyeho ari nazo ugenderaho ari ugukora ku nyungu za buri munyarwanda, ariko avuga ko ibi bisaba imyitwarire ntamakemwa kugira ngo intego umuryango wihaye uzigereho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Intego ya FPR-Inkotanyi n’ugukora ku nyungu za buri munyarwanda-Perezida Kagame
30 April 2021, by Dusingizimana Remy -
Karongi: Impanuka y’ ikamyo yahitanye batatu ibaye ikamyo ya 3 ihitanye abantu mu mezi 2
18 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, mu murenge wa Bwishyura w’ akarere ka Karongi habereye impanuka ikomeye y’ ikamyo ihitana abantu batatu. Ibaye impanuka ya gatatu y’ ikamyo ihitanye ubuzima bw’ abantu kuva muri Mata 2017.
Iyi kamyo yari itwawe na Nkundabagenzi Pascal yarenze umuhanda ikagonga umukingo igwa igaramye, abantu batatu bari bayirimo barimo n’umushoferi bahasiga ubuzima.
Iyi kamyo yari ipakiye ibijumba yavaga mu karere ka Nyamasheke yerekeza mu karere ka (...) -
Mu mafoto reba urutonde rw’amakwe 5 y’ibyamamare/kazi nyarwanda yavuzwe cyane mu mwaka umwe gusa maze biracika mu bitangazamakuru (AMAFOTO)
19 May 2017, by Martin MunezeroUmwaka wa 2016 wasize ibyamamare byinshi byo mu Rwanda bikoze ubukwe ariko twifuje gusubiza amaso inyuma tubarebera ubukwe bwavuzwe cyane bugatyaza ikaramu y’ibinyamakuru abandi bakabuvuga bigashyira kera.
.Ubukwe bw’iibyamamare byo mu Rwanda .Ubukwe bw’ibyamamare byo mu Rwanda bwavuzwe cyane mu mwaka wa 2016 .Urukundo rw’ibyamamare byo mu Rwanda .Ibyamamare byo mu Rwanda bisigaye byitabira gukora ubukwe
Abahanga bemeza ko ubukwe butibagirana ndetse ko ari ikintu gihora kibukwa imyaka (...) -
Karongi: Abantu 18 bishwe n’ umusozi waridutse bashyinguwe Leta ifata mu mugongo abasigaye
8 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo mu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi habaye umuhango wo gushyingura abantu 18 bishwe n’ inkangu y’ umusozi waridutse biturutse ku mvura nyinshi yaguye mu gihugu hose ku Cyumweru.
-
Perezida Kagame na Jeannette Kagame bakiriwe mu Bushinwa
1 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bageze mu Bushinwa, aho bitabiriye inama ikomeye yiga ku bufatanye hagati y’icyo gihugu n’umugabane wa Afurika.
-
Ibivugwa n’ibitavugwa ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
5 April 2022, by UbwanditsiImyaka 28 irashize uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana ahanuwe mu ndege Falcon 50, hamwe na Cyprien Ntaryamira wayoboraga u Burundi, abantu barindwi n’abakozi batatu bo mu ndege. Hari Tariki 6 Mata 1994.
-
Uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ryasanishijwe n’Abanyafurika [AMAFOTO]
26 February 2023, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo kurushaho kuzirikana Afurika no gushima abakiriya bayo bo kuri uyu mugabane,uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ririho ibirango bihuje n’imico y’Abanyafurika.
Iri cupa rifite isura cyangwa ibirango bishya byahujwe n’imico y’Abanyafurika kubera amateka iki kinyobwa gifitanye na bo dore ko cyatangiye kwengerwa ku mugabane wa Afurika kuva mu 1965.
Umuyobozi w’uru ruganda Thibault Relecom, akaba umwe mu bagize umuryango wa Michel Relecom, wahanze iki kinyobwa cya (...) -
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza
19 August 2021, by UbwanditsiUburwayi bw’umugongo bukomeje kwibasira abantu b’ingeri zose. Abantu benshi cyane usanga akenshi bibasirwa n’uburwayi bw’umugongo, aho yicara agataka, yahaguruka agataka, yatambuka agataka, biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Ubushakashatsi bwakorewe mu Busuwisi bugaragaza ko abantu umunani ku bantu icumi (8/10) baba bafite ububabare bw’umugongo. Ubu bubabare kandi ngo bukaba bushobora no gukwira mu bindi bice by’umubiri.
Ni ubwo ushobora guhamagara umuganga +250785686682 akaguha amakuru yose (...) -
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare bato (...) -
Uko mbibona: Uganda yiteguye intambara, u Rwanda narwo ruriteguye, ese iyi ntambara irashoboka?
17 April 2019, by Joseph HakuzwumuremyiMu myaka ya za 90 habayemo byinshi byerekana ko harri umubano mwiza hagati ya Perezida Kagame na Perezida Museveni, umwe ayoboye Uganda undi ari umusilikali mukuru mu gisilikali cy’Ubuganda ariko wakivuyemo agatangizanya n’abandi banyarwanda urugamba wo kuboza igihugu.
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 2470