Mu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, Leta y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufatira ibyangombwa by’ubutaka 234 na konti 29 by’abakekwaho kuwunyereza.
Byatangajwe n’umuyobozi w’ishami ry’ubukungu n’imari muri NPPA, Jean Marie Vianney Nyirurugo, ku wa 4 Mata 2018 ubwo Transparency Rwanda yamurikaga isesengura yakoze kuri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta ya 2015/2016 ku makosa yagiye akorwa n’inzego z’uturere ndetse n’Umujyi wa Kigali agahombya (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta y’ u Rwanda yafatiriye konti 29 n’ ibyangombwa by’ ubutaka by’abakekwaho kunyereza umutungo
6 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Startimes igiye kwerekana Televiziyo ya Manchester United muri Afurika
26 February 2021, by Dusingizimana RemyAmamiliyoni y’abafana ba Manchester United bagiye gutangira kuryoherwa na TV
yayo kuko yagiranye amasezerano na StarTimes yo kwerekena televiziyo y’iyi kipe izwi nka MUTV ku ifatabuguzi ryayo.
-
Musanze: Ndabereye wahoze ari Visi Meya yakatiwe gufungwa imyaka isaga 5 azira gukubita umugore we
27 February 2020, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Visi Meya w’akarere ka Musanze ushinzwe iterambere ry’Ubukungu Ndabereye Augustin yakatiwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Muhoza mu Karere ka Musanze,gufungwa imyaka itanu n’ukwezi kumwe, runamuca ihazabu ya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gukubita no gukomeretsa umugore we.
-
Abadakunda u Rwanda babonye impamba yabo-Perezida Kagame
1 January 2020, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu birori byo kwizihiza umwaka mushya wa 2020,Nyakubahwa perezida Kagame yavuze ko umwaka ushize wagenze neza ku Banyarwanda n’inshuti zarwo ariko abarwifuriza inabi nta mahirwe bagize kuko babonye impamba yabo.
-
Umunsi nk’uyu mu 1993 amasezerano ya Arusha yarasinywe akurikirwa na Jenoside
4 August 2021, by Dusingizimana RemyIngingo ya mbere y’aya masezerano y’amahoro yagiraga iti: "Harangijwe intambara hagati ya guverinoma ya repubulika y’u Rwanda na Front Patriotique Rwandais (FPR)". Impande zombi ibyo zemeje si byo zakoze.
-
Minisitiri Gashumba na Minisitiri w’ubuzima wa RDC bongeye guhura basuhuzanya ya ndamukanyo itangaje banatangiza urukingo Umurinzi rwa Ebola [AMAFOTO]
8 December 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr. Diane Gashumba ari mu karere ka Rubavu aho yahuriye n’uwa RDC witwa Dr. Muyembe batangiza urukingo rwa Ebola rwitwa Umurinzi.
-
Iterambere ryaraje ingobyi zahekaga abarwayi zisubira guheka abageni
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmunyarwanda yagize ati ‘Agahugu katagira umuco karacika’. Burya ntawe ukwiye gusebya umuco w’ undi kuko buri muco ugira ibyiza byawo kandi umuco ni nk’ ikiremwa ugira amabyiruka n’ ubusaza ukanapfa.
Imyaka yanjye irasatira 30, nagize 20 ntarabona umugeni bahetse mu ngobyi. Mu mabyiruka yanjye abageni nabonaga bagenda n’ amaguru bakagenda batihuta nkabona nibyiza. Uwabaga yifite yagendaga n’ imodoka bikaba ikimenyetso cy’ ubukire mu bukwe bwe.
Magingo aya ikiranga ubukwe bw’ umukire mbona (...) -
Bishop Sibomana Jean umuvugizi mukuru wa ADEPR yatawe muri yombi
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ itabwa muri yombi ry’ abayobozi bakuru mu Itorero Pentekote mu Rwanda ADPR, magingo aya umuvugizi mukuru waryo Bishop Sibomana Jean nawe yatwe muri yombi n’ inzego z’ umutekano.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda ACP Theos Badege yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko Bishop Sibomana akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo w’ itorero n’ ibindi byaha bifitanye isano nacyo.
Yagize ati "Hashingiwe ku bimenyetso byagaragaye mu iperereza rikomeje mu bibazo by’ icungamutungo w’ Itorero (...) -
Mineduc n’ibigo byayo bikuwe mu kwaha kwa Minaloc hari icyahinduka?Kwirukana abayobozi bikemura iki?
3 November 2020, by UbwanditsiHari Minisiteri zikurikirana ibikorwa byazo kugeza hasi ku muturage. Ariko hari igice cy’imirimo ya zimwe muri Minisiteri gikorwa na Minaloc! Mu kiganiro Akarayifumbwe
twibajije mu gihe Mineduc n’ibigo byayo byaba bikuwe mu kwaha kwa Minaloc niba hari icyahinduka aho guhora hirukanwa aba Minisitiri n’abayobozi ba REB nyamara ntibigire icyo bikemura? Kurikirana ikiganiro? -
Perezida Kagame yitabiriye inama ya 14 y’umuhora wa ruguru
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye inama y’umuhora wa ruguru, igamije kwihutisha iterambere no koroshya urujya n’uruza rw’abantu muri aka karere.
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 2480