Imvura nyinshi yaraye iguye mu mujyi wa Kigali yasenye amazu menshi n’ibindi bikorwaremezo bitandukanye ariko by’umwihariko itwara ubuzima bw’abantu hirya no hino aho mu karere ka Gasabo havugwa urupfu rw’abantu 7 barimo umukecuru, abana be n’abuzukuru be bari mu nzu yatwawe n’amazi ayita mu mugezi wa Yanze bahasiga ubuzima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gasabo: Amazi yatembanye inzu bituma abantu bari bayirimo bahasiga ubuzima
3 February 2020, by Dusingizimana Remy -
Cameroon, Somalia presidents speak on World Press Freedom Day
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestPresidents of Cameroon and Somalia have made official comments on the occasion of World Press Freedom Day. Both leaders used their social media handles to make their views known.
-
Iby’ ingenzi mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Perezida Macron w’ u Bufaransa
23 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2018 yakiriwe na mugenzi we w’ u Bufaransa Emmanuel Macron bagirana ibiganiro aho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rushimishijwe no kuba rwatanga abayobozi nka Louise Mushikiwabo bakayobora Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa.
-
Mudugudu Havugiyaremye yavumbuye ibanga rituma abaturage ayoboye batanga mituweli 100/100
24 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’ 100/100.
-
Gisagara: Umukobwa wabo yishwe n’umugabo yashatse amuteye icumu//Inkiko zamugize umwere birabayobera (Video)
13 April 2020, by UbwanditsiNibakwiye Mathilde, Umukecuru w’imyaka 68 n’umugabo we Ndagijimana Theoneste bavuga ko babayeho mu gahinda kadashira bamaranye hafi imyaka 9 nyuma y’uko umugabo wari warashate umukobwa wabo, Urayeneza Beatha yamwishe amuteye icumu ndetse akaba yaranze kubazanira abuzukuru nyakwigendera yasize, ubu bari mu myaka 9 kuko nyina yishwe muri 2011 bafite amezi atanu.
-
Col. Rugigana, umuvandimwe wa Kayumba Nyamwasa yabwiye urukiko ko adafunganywe n’ abandi bagororwa
12 March 2018, by Nsanzimana ErnestCol Rugigana Ngabo, umuvandimwe wa Kayumba NYAMWASA, kuri uyu wa Mbere yagejejwe imbere y’ urukiko rw’ ikirenga ngo aburanishwe mu bujurire urubanza ntirwakomeza kubera imbogamizi zagaragajwe n’ uruhande rw’ ubushinjacyaha n’ izagaragajwe na Col Rugigana.
Col. Rugemangabo bakunze kwita Ngabo yabwiye urukiko rw’ikirenga ko afungiye mu kato aho adashobora guhura n’umwunganira mu mategeko, bituma adategura ubujurire.
Col Rugigana Ngabo yagaragaye imbere y’abacamanza yambaye imyambaro (…) -
StarTimes launches e-shopping platform: StarTimes GO in Rwanda
20 May 2020, by UbwanditsiThis is a special period that people tend to stay at home. However, to suffice the requirement of daily life, how to shop efficiently and safely has become a new problem to some of the families.
To solve such a problem, StarTimes launches an interactive e-shopping platform of premium selection named StarTimes GO, and the programme of the same name will be on air on 6 channels including TV1, BTN TV, Flash TV, ISANGO STAR TV, ISIBO TV, and Prime TV from 18th May 2020, offering an access to (…) -
Gakenke: Umugore arashinja umugabo we guhimba imyanzuro y’ urubanza
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi witwa NIMUKUZE Laurence utuye mu mudugudu wa Kibaya akagari ka Gataba umurenge wa Rusasa ho mu karere ka Gakenke arashinja umugabo we NDABAKUNZE Frederic bafitanye abana batanu bose b’abakobwa ko muri 2014 yahimbye imyanzuro y’ urukiko y’ urubanza rutabayeho.
-
Abanyarwanda 99% bamaze gushyirwa mu byiciro bishya b’ubudehe
23 August 2021, by Dusingizimana RemyUmuyobozi mukuru cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Ibikorwa by’Iterambere mu Nzego z’Ibanze (LODA) Nyinawagaga Claudine Marie-Solange,yabwiye RBA ko 99% by’Abanyarwanda bamaze gushyirwa mu byiciro bishya by’ubudehe ndetse ko mu minsi ya vuba bizatangazwa.
Mu kiganiro yahaye RBA,uyu muyobozi yavuze ko ibyo gushyira abanyarwanda mu byiciro by’Ubudehe byarangiye hagiye gukurikiraho kubishyikiriza MINALOC nayo ikabyemeza bigatangarizwa Abanyarwanda.
Yagize ati "Ibyiciro by’Ubudehe bishya (…) -
Narendra Modi, undi Minisitiri w’ Intebe uhoberanye na Perezida Kagame
23 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda amuhoberana ubwuzu.
Umuryango.rw
Gasabo: Amazi yatembanye inzu bituma abantu bari bayirimo bahasiga ubuzima
Abanyarwanda 99% bamaze gushyirwa mu byiciro bishya b’ubudehe