Umwaka wa 2016 wasize ibyamamare byinshi byo mu Rwanda bikoze ubukwe ariko twifuje gusubiza amaso inyuma tubarebera ubukwe bwavuzwe cyane bugatyaza ikaramu y’ibinyamakuru abandi bakabuvuga bigashyira kera.
.Ubukwe bw’iibyamamare byo mu Rwanda .Ubukwe bw’ibyamamare byo mu Rwanda bwavuzwe cyane mu mwaka wa 2016 .Urukundo rw’ibyamamare byo mu Rwanda .Ibyamamare byo mu Rwanda bisigaye byitabira gukora ubukwe
Abahanga bemeza ko ubukwe butibagirana ndetse ko ari ikintu gihora kibukwa imyaka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mu mafoto reba urutonde rw’amakwe 5 y’ibyamamare/kazi nyarwanda yavuzwe cyane mu mwaka umwe gusa maze biracika mu bitangazamakuru (AMAFOTO)
19 May 2017, by Martin Munezero -
Gusura instagram y’urubuga www.mdgrou.com byaguhesha itike ikwinjiza mu gitaramo cya Daymakers
11 October 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd, sosiyete ifite urubuga www.mdgrou.com waguriraho, ugakodesha cyangwa ukagurisha umutungo utimukanwa udakoze ingendo yanatangiye gahunda yo gushyigikira abahanzi no gutera inkunga ibitaramo.
-
Syria yashwanyurije mu kirere ibisasu 71 mu birenga 103 yarashweho
14 April 2018, by Martin MunezeroNyuma y’igitero cyagabwe muri Siriya, kigabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu bifatanyije (Ubwongereza n’Ubufaransa) ku birindiro bikekwa ko bibitswemo intwaro z’ubumara muri Syria, u Burusiya bwatangaje ko yabashije gushwanyaguriza mu kirere 71 mu 103 byari byatewe.
Kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’ijoro ku isaha yo muri Syria nibwo Amerika, u Bwongereza n’u Bufaransa byagabye ibitero ku kigo kiri mu mujyi wa Damascus ndetse n’ibindi bibiri biri hafi y’uwa Homs. Ibi (…) -
Imyiteguro y’ubukwe bwa King James irakomeje aho yamaze no kwereka umuryango mw’ibanga umukobwa bateganya kubana(AMAFOTO)
21 May 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye cyane mu muziki nka King James ari mu myiteguro yo gushaka umugore ariko abihisha itangazamakuru.
Mu minsi ishize nibwo ikinyamakuru umuryango.rw twabagejejeho amakuru twari twakuye mu nshuti za hafi za King James ko ngo ari mu myiteguro yo gushaka umugore mu ibanga ariko we akabyamaganira kure.Gusa ubu icyamenyekanye nuko King James n’umukunzi we bagiye kuzabana batibifuza ko ibyabo bigarukwaho cyane mu bitangazamakuru. King James n’umwe mu bahanzi (…) -
Gitifu yafatiwe mu macumbi (Lodge) mu mujyi wa Kigali ari kumwe n’abana babiri b’abakobwa b’abanyeshuri bataruzuza imyaka y’ubukure
18 June 2017, by Martin MunezeroMu masaha y’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Ngeruka ko mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera, yafatiwe mu macumbi (Lodge) mu mujyi wa Kigali ari kumwe n’abana babiri b’abakobwa b’abanyeshuri bataruzuza imyaka y’ubukure, nyuma y’uko bari bararanye mu kabyiniro guhera mu ijoro ryo kuwa Gatanu. Nyuma yo gufatwa, ubu akaba afunzwe aho arimo gukurikiranwa n’inzego z’umutekano.
Nk’uko byemejwe na SP Emmanuel Hitayezu; (…) -
Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC
2 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye i Arusha muri Tanzania,kuri uyu wa Gatanu.
-
Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza ibiza igikomeje by’ umwihariko mu ntara y’ Amajyaruguru n’ amagepfo.
-
Aya ni amwe mu mabanga yihariye utaruzi agera kuri 15 y’umuhanzi nyarwanda King James
20 June 2017, by Martin MunezeroRuhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo bikomeye yagiye agaragaramo harimo na Rwanda Day yabereye mu Bubiligi yigeze kugaragaramo ku nshuro ye ya mbere.
– King James wavutse mu 1990 atuye i Nyamirambo ahazwi nka Cosmos mu mugi wa Kigali aho abana n’ababyeyi be, bitandukanye cyane n’iby’abandi bahanzi tumenyereyeho kwibana mu mazu (Ghetto). (…) -
Reba Ikiganiro kirambuye na Bishop Rugagi umaze kwamamara mu gukiza abantu no guhanurira abifuza Range Rover, inzu n’ibindi(VIDEO)
29 May 2017, by Martin MunezeroBishop Rugagi Innocent ni Umushumba w’Amatorero y’Abacunguwe mu Rwanda. Afite impamyabumenyi (diploma) mu bya tewolojiya yakuye i Nairobi muri Kenya, akaba yitegura kubona iy’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mpera za Kanama i California.
Ni umugabo wubatse, afite abana batandatu; umuryango we utuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo. Bishop Rugagi Innocent aherutse kwereka abakirisitu be imodoka ihenze na we yahawe n’Imana
Ku biro bye ahari icyicaro cy’Itorero ry’Abacunguwe, (…) -
Kigali:Umugore aratanga ubuhamya bw’uburyo yamezemo umurizo(AMAFOTO)
12 May 2017, by Martin MunezeroIshimwe Lorie Esperance ni umugore ushima Imana ko yamukijije umurizo yaramaranye ukwezi n’igice nk’igihano Imana yamuhaye . Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuhanzikazi ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi ,yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho n’abahanuzi batandukanye bamubwira ko igihe yahereye akora ibyaha Imana igiye kumuhana kandi ikamushyira ku karubanda.
Mu kwezi k’Ukuboza 2014 , nibwo mu (…)
Umuryango.rw
Gusura instagram y’urubuga www.mdgrou.com byaguhesha itike ikwinjiza mu gitaramo cya Daymakers