Rtd Brig. Gen George RWIGAMBA yageze mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) kuri 29 Werurwe 2016 asimbuye Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE umwanya yari amazeho imyaka 5.
Ubwo habaga ihererekanyabubasha hagati ya Rtd Brig. Gen George Rwigamba na Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE, icyo gihe Rwarakabije yifurije akazi keza umusimbuye anamwizeza ubufatanye igihe buzaba bukenewe!
Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa gatatu taliki 14/4/2021 nibwo byamenyekanye ko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
CG George Rwigamba yaba yarazize iki? Ni ibihe bibazo birindiriye DCG Marizamunda?
16 April 2021, by Ubwanditsi -
Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?
19 July 2020, by Joseph HakuzwumuremyiUmwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18
Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe.
Mu mwaka ukurikiyeho (2001) yatangiye inzira yo gushinga ishyaka yise PDR Ubuyanja bigaragara ko yari agambiriye kuziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2003, ari nayo yagombaga kurangiza inzibacyuho yari yaratangiye muri Nyakanga 1994 ubwo FPR Inkotanyi yageraga ku butegetsi. -
Olivier Nduhungirehe yasubije ibibazo by’ amatsiko kuri OIF na Kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Alphonse BikorimanaMu gihe habura amasaha make ngo habe amatora y’Umunyamabanga w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa OIF, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro na Radiyo Ijwi rya Amerika , abaturage bamubazaga ibibazo by’amatsiko bibaza ku kuri francophonie, kandidatire ya Mushikiwabo , imikoreshereze y’Igifaransa mu Rwanda n’ibindi. U
-
ESP Launches Zero-Interest Loan Program to Support African SMEs in a COVID-19 Economy
24 August 2020, by UbwanditsiThe program will support 300 high-performing entrepreneurs with up to 150,000 USD each in zero-interest loans, and will provide technical support to spur Africa’s economic recovery.
Entrepreneurial Solutions Partners (ESP), in partnership with the U.S. African Development Foundation (USADF) and close collaboration with Ecobank and other financial institutions, has launched the African Resilience Initiative for Entrepreneurs (ARIE) - a pan-african initiative to provide financial and technical assistance to 300 entrepreneurs (approximately 70% of whom will be women-owned) impacted by COVID-19.
-
Mugabe yandikiye inteko ishinga amategeko ayimenyesha ko yeguye ku mpamvu ze bwite
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson Munangagwa ariwe uhita aba Perezida w’ inzibacyuho.
Saa munani nibwo byari biteganyijwe ko abadepite batangira kwiga ku ngingo yo kweguza uyu mukuru w’igihugu umaze imyaka 37 ku butegetsi.
Reuters ivuga ko ubwo ibiganiro byari bigitangira, Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko, Jacob Mudenda (…) -
Diane Rwigara na nyina batangiye kuburanishwa mu mizi
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 24 Nyakanga, Urubanza rwa Diane Rwigara na Adeline Mukangemanyi rwatangiye kuburanishwa mu mizi nyuma y’uko urukiko rwemeje ko abantu 4 bakekwaho ubufatanyacyaha n’abaregwa nabo bashyirwa mu rubanza.
-
Uwagurije wa munyamakuru Tuyishimire wa TV1 wahungiye muri Uganda yavuze byose uko byagenze//Video
24 July 2019, by UbwanditsiIshimwe Honore, umunyamakuru wa Radio Ishingiro ivugira I Gicumbi, akaba umwe mubo bivugwa ko Tuyishimire Constantin, umunyamakuru wa TV1 yari arimo umwenda ndetse iyi myenda ikaba ari imwe mu mpamvu zatumye yarahunze igihugu yadutangarije byinshi kuri uyu mwenda bivugwa ko watumye mugenzi we ahungira Uganda.
-
Mgr Thadee Ntihinyurwa yaraswe ibigwi [AMAFOTO]
23 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’Inama y’Abepesikopi mu Rwanda, Musenyeri Philippe Rukamba yavuze ubutwari n’ ubunyangamugayo bw’ Umushumba Mukuru wa Arikidiyoseze ya Kigali, Thaddée Ntihinyurwa,yizihije isabukuru y’imyaka 75 amaze avutse kuri uyu wa 23 Nzeri 2017.
Ni ibirori byahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 y’ubusaseridoti muri iyi Arikidiyosezi byabereye muri Stade Amahoro i Remera, ahari hateraniye imbaga y’abantu babarirwa mu bihumbi 20 bari baje kwizihiza uwo munsi.
Umushumba mukuru wa (…) -
Kigali: Umusirikare yarashe nyir’ akabari arapfa, intandaro yabaye umugore
10 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2017 nibwo hamenyekanye ko Ivan Ntivuguruzwa wari ufite akabari i Gikondo mu mujyi wa Kigali yarashwe n’ umusirikare mu ngabo z’ u Rwanda bikamuviramo urupfu.
Aya masasu yumvikanye ahagana saa munani y’ijoro, abaturiye aka kabari babwiye Umuseke ko bamenye ko umusirikare na nyiri akabari bapfuye umugore wa nyiri akabari ngo umusirikare yariho aganira nawe.
Umwe mu baturanyi ati “Nyiri akabari ni umugabo w’ijeya (geant) yavuye mu kandi kabari (…) -
Polisi y’u Rwanda yavuze ku banyamakuru bivugwa ko bahohotewe n’umujepe bagiye kwa Rwigara
2 September 2017, by Iyamuremye JanvierMu ijwi ry’umuvugizi w’Igipolisi cy’u Rwanda, ACP Theos Badege yahakanye ko hari abanyamakuru b’u Rwanda ndetse n’abakorera ibinyamakuru mpuzamahanga bahohotewe ubwo bari bagiye mu rugo rwa Assinapol Rwigara, Badege yavuze ko habayeho kutumvikana.
Umuryango.rw ufite amakuru avuga ko ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 1 Nzeri 2017 ahagana mu masaha ya saa kumi aribwo abanyamakuru barimo Yvan Mugisha wa The EasterAfrican , Eric Bagiruwubusa ukorera Ijwi rya Amerika , John Williams (…)
Umuryango.rw
Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?
ESP Launches Zero-Interest Loan Program to Support African SMEs in a COVID-19 Economy