Uyu munsi habaye inama ya munani yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibiyaga bigari, CIRGL, yabaye hakoreshejewe ikoranabuhanga . Mu bakuru b’ibihugu bayitabiriye harimo Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye, uw’ u Rwanda Paul Kagame, uwa Republika ya demokarasi ya Kongo na Sudani y’Epfo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yahuriye bwa Mbere mu nama na Ndayishimiye w’u Burundi [Ibyaganiriweho]
20 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Huye: Umuntu wa 6 yaburiye ubuzima mu rugomero rwa Kadahokwa bitera impungenge abaturage
12 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Gicurasi 2020, mu cyuzi cyifashishwa n’uruganda rwa kadahokwa mu gutanga amazi mu mujyi wa Huye hiyahuriyemo undi muntu, abahaturiye bavuga ko abaye uwa 6 ugipfiriyemo kuva cyashyirwa muri ako gace.
-
Sobanukirwa no kwizera icyo aricyo n’uko wakugeraho – Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki.
-
Menya ibanga ry’ubuzima ryakugeza ku mukiro nyawo n’umugisha w’agahebuzo
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMu buzima busanzwe, abantu benshi twemera ko umuntu ugira neza kandi akazirikana abandi, agira igikundiro ku bantu kandi bagahora bamusabira umugisha ku Mana. Nk’uko byumvikana kandi, uwo abantu basabira umugisha ntacyatuma Imana itawumuha.
-
Umwana wateruwe na Perezida Kagame yamusabye ko yabafasha umubyeyi we agafungurwa [VIDEO]
6 August 2017, by Nsanzimana ErnestGisubizo Swariha Yassine, Umwana w’ umukobwa w’ imyaka ine y’ amavuko Paul Kagame yateruye ubwo yiyamamarizaga I Nyamirambo ikintu rukumbi asaba Kagame niko yafasha umuryango we Ise Ndayisenga Yassin bahimba Kagame ufungiye itunda n’ ikoreshwa ry’ ibiyobyabwenge agafungurwa.
Gisubizo yavutse tariki 15 Werurwe 2013, yiga mu kibura mwaka, Mama we Muhoza Asinah avuga ko nanubu atariyumvisha ukuntu umwana we yagize umugisha wo guterurwa na Perezida Kagame. Gusa avuga ko nawe muri 2010 nawe (…) -
Musaza wa Mwiseneza Josiane wafunzwe akekwaho gukoresha inyandiko mpimbano yarekuwe
28 September 2019, by Dusingizimana RemyUwitwa Muhayimana Samuel usanzwe ari musaza wa Mwiseneza Josiane wamenyekanye mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019,wari umaze iminsi afungiwe gukekwaho gukoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano,yarekuwe yemererwa kuburana ari hanze.
-
KIGALI:Abashoferi bahawe amakarita akoze mu buryo bw’ikoranabuhanga azanjya agaragaza imyitwarire yabo ku bagenzi
1 June 2017, by Martin MunezeroMinisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Dr. Nzahabwanimana Alexis, batangije uburyo bwo kugenzura abashoferi batwara abagenzi hakoreshejwe amakarita.
Ubu buryo bwashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Imirimo Imwe n’Imwe ifitiye Igihugu akamaro (RURA), bwatangijwe kuri uyu wa 31 Gicurasi 2017, buzajya butuma hamenyekana imyitwarire itari myiza y’umushoferi. (…) -
U Rwanda rwataye muri yombi impunzi 33 z’ Abarundi bakekwaho kugandisha bagenzi babo
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda kuri uyu wa 28 Werurwe 2018 yataye muri yombi impunzi 33 z’ Abarundi bakekwaho kugandisha impunzi bagenzi babo bababuza kwankira imfashanyo zitangwa n’ Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku Mpunzi UNHCR.
Byabaye nyuma y’ uko abayobozi baturutse muri Minisiteri y’ Ibiza no gucyura Impunzi MIDMAR, n’ abaturutse muri Minisiteri y’ Ubuzima na UNHCR kuri uyu wa Gatatu basuye izi mpunzi bagakora igenzura mu karere ka Bugesera n’ aka Rusizi
Polisi y’ u Rwanda yatangaje (…) -
Barack Obama n’umugore we akayabo k’amafaranga bari kwishyura ku munsi inzu baruhukiyemo mu gihugu cy’Ubutaliyani yatangaje abantu batari bake(AMAFOTO)
17 May 2017, by Martin MunezeroUwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama bari mubiruko mugace kitwa Borgo Finocchieto mu Butaliyani aho bagiye kuryoherezayo ubuzima, icyatangaje abantu benshi akaba ari amafaranga y’umurengera barikwishura ku munsi , aho batanga agera kuri millioni 12 uyashyize mu mafaranga y’u Rwanda.
Agace Barack Obama n’umugorewe batembereyemo ni ahantu hatuje cyane hakunda kujya bamukerarugendo, ni agace kagaragaramo inyubako zimaze imyaka isaga (…) -
Meddy yagaragaye ari kumwe n’inkumi babana muri Hotel acumbitsemo(AMAFOTO)
8 September 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Ngabo Medard uzwi nka Meddy ku izina ry’ubuhanzi,ku munsi w’ejo hashize ubwo hari tariki 7 Nzeri nibwo yagaragaye asohokanye n’umukobwa bivugwa ko bari bamaranye igihe muri Hotel acumbitsemo izwi nka Park Inn.
Aya mafoto ya Meddy n’uyu mukobwa utabashije kugaragara neza,yafashwe ubwo basohokaga muri Hotel ari 2 n’umurinzi wa gatatu baziko imodoka isanzwe ibatwara yahageze gusa baza gutungurwa nuko basanze itarahagera,niko gufata umwanya wo kuyitegereza ari nako (…)
Umuryango.rw
Huye: Umuntu wa 6 yaburiye ubuzima mu rugomero rwa Kadahokwa bitera impungenge abaturage