Ababyeyi babyarira mu bitaro bya Kabutare bavuga ko babangamirwa no kuba nyuma yo kubyara baryamishwa bacurikiranye ari babiri ku gitanda kimwe n’impinja zabo ebyiri.
Ibitaro bya Kabutare nibyo bitaro bikuru by’akarere ka Huye. Mu minsi ishize humvikanye abaturage binubira uburyo bakirwa n’abaganga n’ abakinubira ibikoresho bidahagije.
Ibi bitaro biri mu mugi wa Huye, umwe muri itandatu yunganira Kigali.
Nyuma y’ aho Perezida Kagame asabiye Minisiteri y’ubuzima gukosora imikorere, Umuryango (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kabutare: Ababyeyi n’impinja zabo barazwa ku gitanda ari babiri bacurikiranye
28 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Abagabo bakiyumvamo ububasha bwose ku mutungo w’ urugo ni kimwe mu biteza amakimbirane yo mu ngo
31 May 2018, by Nsanzimana ErnestItegeko ry’ umuryango ryo muri 2016 riha abashingiranywe ububasha bungana mu gucunga umutungo w’ urugo nyamara bamwe mu bagabo ntirabyumva baracyagendera ku muco wa kera aho umugabo ariwe wafatiraga urugo ibyemezo byose bikaba ari kimwe mu bitiza umurindi ihohoterwa rikorerwa mu ngo rihitana abarenga 40 buri mwaka
-
Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite
30 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Umutwe wa Politiki utavugarumwe n’ ubutegetsi PS Imberakuri, Madamu Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite bemerewe kwiyamamaza mu matora y’ amadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka ariko ngo agiye kwihutira gukemura akabazo katumye adashyirwa ku rutonde rw’ abakandida.
Ishyaka PS Imberakuri ryatanze urutonde ruriho abantu 65, muri bo abo komisiyo y’ amatora yemeje ko bujuje ibisabwa byose ni abantu 42.
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora NEC (...) -
Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC
2 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye i Arusha muri Tanzania,kuri uyu wa Gatanu.
-
‘Nyakubahwa twarayivuze, twarayirangije ...ntawe nzarenganya natanyita nyakubahwa’ Perezida Kagame
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwirinda kuzarira mu magambo igihe bahawe umwanya wo kugira icyo bavuga bakagabanya za nyakubahwa.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukuboza 2017 ubwo yasozaga umushyikirano wa 15.
Muri rusange Perezida Kagame yashimye uburyo umushyikirano wagenze ashima abawitabiriye n’ abawutanzemo ibitekerezo gusa asaba ko umuco wo kuzarira mu magambo wahinduka umuntu akajya atanga igitekerezo arashe ku (...) -
Umuyobozi muri Kaminuza y’u Rwada akurikiranyweho gutanga inyungu zidafite ishingiro
26 August 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije ushinzwe Imari n’Ubutegetsi muri Kaminuza y’u Rwanda, Pudence Rubingisa, afunzwe na polisi y’u Rwanda aho akurikiranyweho ibyaha byo gutanga inyungu zidafite ishingiro ku masezerano iyi kaminuza iba yagiranye n’abantu n’ibigo bitandukanye.
IGIHE ducyesha iyi nkuru yanditse ko uyu Rubingisa yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 kanama 2017 akaba ashinjwa gutanga inyungu zidafite ishingiro mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano iyi kaminuza igirana n’abantu cyangwa (...) -
Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n’ amahoteli
1 April 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera ikirenge mu cy’ Ubuholandi rukagabanya imfungwa n’ abagororwa maze gereza zigahinduka amashuri, amahoteri, sitade cyangwa inkambi zo kwakiriramo impunzi mu gihe cya vuba.
Gereza zo mu Buholandi zagabanutsemo imfungwa. Muri 2006 zari 20,463 muri 2016 zari zimaze kugera ku 10,102.
Minisitiri Busingye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Werurwe yoherereje ubutumwa bwa Pasika ku nzego zifite aho zihuriye n’ (...) -
Mushikiwabo yavuze impamvu agiye kwiyamamariza kuyobora Francophonie kandi u Rwanda rukoresha Icyongereza cyane
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Mme Louise Mushikiwabo yavuze ko kuba agiye kwimamariza kuyobora Umuryango w’ ibihugu bikoresha Igifaransa nta kibazo kirimo n’ ubwo Abanyarwanda benshi bakoresha cyane Icyongereza.
-
Rubavu: Akari ku mutima w’ababyeyi babuze abana babo muri 2018 bakabona imirambo yabo kuri uyu wa Mbere
2 November 2021, by Dusingizimana RemyAbana bane babuze icya rimwe tariki 15/09/2018, umubyeyi w’umwe, abaturage, n’abategetsi baremeza ko ari bo babonetse kuwa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y’iwabo mu burengerazuba bushyira amajyaruguru.
-
FERWAFA yafatiye ibihano Rayon Sports na APR FC kubera urugomo rw’abafana bazo kuri stade Amahoro
27 May 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,ryamaze guca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana ku ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC kubera ubushyamirane bwaranze abafana b’amakipe yombi ku wa 20 Mata 2019 mu mukino w’umunsi wa 23 wa Shampiyona.
0 | ... | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | ... | 2480