Ngabo James Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu yasezeye ku mirimo nyuma y’ukwezi kumwe n’uwari umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe ubukungu yeguye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gitifu wa Nyabihu yasezeye ku mirimo
18 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
MissRwanda2021:Ali Kiba nawe yagaragaje umukobwa ashyigikiye
25 February 2021, by Martin MunezeroUmuhanzi Ali Kiba ukomoka muri Tanzania yatangaje ko ashyigikiye umukobwa witwa Umutesi Lea urimo guhatanira irushanwa rya Miss Rwanda 2021.
-
Burera : Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica atemye abana batatu bo mu rugo yakoragamo arangije ariyahura
22 September 2019, by Dusingizimana RemyAbana 3 bo mu rugo rumwe rwo mu mudugudu wa Gatare, Akagari ka Butare, Umurenge wa Cyeru mu karere ka Burera bishwe batemwe n’umuntu utaramenyekano ariko bigakekwa ko byakozwe n’umukozi w’umukobwa wabitagaho arangije nawe ahita yiyahura akoresheje umugozi.
-
Umugabo yahanutse aturutse kuri Etaje ya 4 y’inyubako yo mu mujyi wa Kigali ahita apfa
28 July 2020Umugabo witwa Uhawenayo Martin uri mu kigero cy’imyaka 30 wari mu kazi ko guhanagura ibirahuri ku igorofa rya kane ku nyubako yitwa NDARU ARCAD1 iherereye muri Quartier Matheus iri mu Mujyi wa Kigali rwagati yahanutse yitura hasi ahita apfa.
-
Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi Nyarwanda 5 bari gukurura cyane igitsina gabo muri uyu mwaka wa 2017(AMAFOTO)
15 June 2017, by Martin Munezero. Abakobwa beza cyane . Abahanzikazi nyarwanda bahiga abandi mu buranga . Abahanzikazi nyarwanda bakunzwe cyane babikesha uburanga
Ikinyamakuru cy’umuryango.rw twababashije kubakusanyiriza zimwe mu mpamvu nyirizina zitandukanye zishobora gutera umuhanzikazi gukundwa no gukurikiranwa cyane kw’ibikorwa byabo.
Mu bintu bishobora gutuma umuntu akwiyumvamo nk’umuhanzikazi, bisaba kuba ufite ijwi riryoheye amatwi kandi rikabasha kuba ryakurura uryumvise. Nyamara n’ubwo bimeze bityo, ngo biba (…) -
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza
19 August 2021, by UbwanditsiUburwayi bw’umugongo bukomeje kwibasira abantu b’ingeri zose. Abantu benshi cyane usanga akenshi bibasirwa n’uburwayi bw’umugongo, aho yicara agataka, yahaguruka agataka, yatambuka agataka, biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Ubushakashatsi bwakorewe mu Busuwisi bugaragaza ko abantu umunani ku bantu icumi (8/10) baba bafite ububabare bw’umugongo. Ubu bubabare kandi ngo bukaba bushobora no gukwira mu bindi bice by’umubiri.
Ni ubwo ushobora guhamagara umuganga +250785686682 akaguha amakuru (…) -
Ni gute wahangana n’ibibazo urimo? (Igice cya 4)
18 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmurongo wa Bibiliya 2Ngoma 20:21-23
Imana igihe cyose ihora ari nziza. Mukurangiza ibibazo byacu tugenda duhura nabyo ndetse tunyuramo. Imana iba ifite igihe cyayo cyo gutabara ndetse n’uburyo bwayo ikoresha kuri buri kibazo kandi inzira ikoresha ziba zitandukanye. Iyo ntekereje iyo mpanganye n’ikibazo mubuzima. Ibibazo byose mpura nabyo byubaka ukwizera kwanjye muburyo bushya.
-
Depite Mukayisenga Françoise Yitabye Imana
12 June 2017, by Martin MunezeroDepite Mukayisenga Françoise wavutse mu 1969 yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere aguye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe.
-
Intambara y’amagambo ivanze no kwandagazanya hagati ya Neg G na Asinah bapfa indirimbo iheruka kujya hanze bibasiramo Riderman na Jay Polly (AMAFOTO)
10 May 2017, by Martin MunezeroUmuraperi Ngenzi Serge uzwi ku izina rya Neg G The General yibasiye umuhanzikazi Asinah nyuma yo kumushinja ubuhemu bwo gushyira hanze indirimbo batabyumvikanyeho.
Mu minsi ishize nibwo humvikanye indirimbo Neg G na Asinah bakoranye yitwa Kagoma yiganjemo kwibasira abaraperi nka Riderman na Jay Polly maze biza gukurura amatiku menshi hagati y’aba bahanzi bombi. Neg The General na Riderman inshuti za kera
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook Neg G yagaragaje uburyo Asinah yakoreshejwe (…) -
Knowless warokotse Jenoside afite imyaka 4 yagize icyo asaba abanyarwanda
7 April 2018, by Muhire JasonButera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless ni umuhanzi ukomeye cyane mu Rwanda, ndetse no mu karere amaze kumenyekana. Mu myaka 24 ishize biragoranye cyane kugira icyo avuga ku byamubayeho muri Jenoside yakorewe abatutsi,aho yari umwana muto cyane ataruzuza imyaka ine, ubutumwa atanga uyu munsi ni ubw’ubumwe bw’abanyarwanda no gukomera ku barokotse.
Knowless yavutse tariki 01 Ukwakira 1990 avukira mu Ntara y’Amajyepfo,kimwe n’abandi bahanzi mu gihe nk’iki cya Jenoside ibikorwa byabo bya muzika (…)
Umuryango.rw
Umugabo yahanutse aturutse kuri Etaje ya 4 y’inyubako yo mu mujyi wa Kigali ahita apfa
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza