Amashyaka FPR Inkotanyi, PSD, PL, DGPR, na PS – Imberakuri niyo yatsindiye imyanya mu nteko Ishinga Amategeko umutwe w’ abadepite 2018-2023. Muri rusange amashyaka asanzwe mu nteko yatakaje imyanya , hinjiramo amashyaka abiri atari asanzwemo ariko bose bishimiye ibyavuye mu matora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Amashyaka 5 yatsinze yagaragaje uko yakiriye ibyavuye mu matora
4 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Kigali: Umunyemari Karera Dennis uyobora Kigali Heights yaba yaratawe muri yombi?
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestBirakekwa ko inzego z’ umutekano mu Rwanda zataye muri yombi umuherwe rwiyemezamirimo Dennis Karera uyobora umuturirwa Kigali heights uri hafi ya Kigali Convention Center.
-
Hari ibibanza byiza bigurishwa kuri make mu Kagarama/Kicukiro no mu Bugesera i Nyamata na Ntarama
11 March 2020, by UbwanditsiKTN Rwanda LTD, Sosiyete isanzwe ifasha abantu kugurisha imitungo yabo ibashakira abaguzi iratangariza abantu ko iba ifite ibibanza byiza ahantu hanyuranye, haba muri Kigali, mu Bugesera ndetse n’ahandi kandi ku biciro byiza .
-
Abifuza gukodesha, kugura no kugurisha inzu n’ibibanza mu Rwanda boroherejwe, bashyiriweho urubuga rubahuza
5 August 2019, by UbwanditsiImwe mu nzu ziri kugurishwa ku rubuga www.mdgrou.com
Sosiyete y’ubucuruzi Multi Design Group Ltd yakemuye ikibazo cy’ababaga bashaka mu buryo bwihuse kandi bworoshye amakuru y’abo bagura, bagurisha cyangwa bagakodesha amazu, ndetse n’abifuza kugura ibibanza, aho ari ho hose mu Rwanda ishyiraho isoko rusange, urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abaguzi n’abakiliya mu buryo bworoshye kandi rukabaha amakuru yose akenewe ku mitungo bifuza kugura, gukodesha cyangwa kugurisha!
-
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
7 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa 7 Kamenya 2023 nibwo Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi basaga 4000 muri Polisi y’u Rwanda, barimo Abofisiye bakuru, Abato n’Abapolisi basanzwe.
Abapolisi barindwi bari basanzwe bafite ipeti rya Chief Superindent of Police( CSP) bazamuwe mu ntera ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP). Abo bapolisi barimo se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Muheto Divine ugiye kumarana ikamba imyaka ibiri. Se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto, Muheto Francis ari mu (...) -
Aline Gahongayire yavuze ko atari ku rwego rw’Itangazamakuru ryo mu Rwanda,Ese abanyamakuru b’igitangazamakuru yashyize mu majwi babyakiriye bate?Aho ntiyaba yiyubikiye Ingasire?
26 April 2019, by Martin MunezeroKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakwirakwijwe amashusho agaragaza Aline Gahongayire arimo gutanga ubuhamya bw’ubuzima bwe ndetse nuko yatandukanye n’umugabo we akabazwa niba azongera kurongorwa aho yanavuze ko atigeze abivugira kuri Radiyo zo mu Rwanda kuko atari ku rwego rwazo.
-
IGERERANYA: Imishahara y’ abaperezida b’ Afurika n’ iy’ abaperezida bakomeye mu Isi
20 July 2017, by Nsanzimana ErnestNtibyoroshye kumenya imishahara y’ abaperezida bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitewe n’ uburyo itumanaho rireba abaperezida bo kuri uyu mugabane ryubatse. Gusa ibinyamakuru bitandukanye mu matohora byakozwe byabashije kugira imwe n’ imwe bimenya.
Umuryango tugiye kubagezaho imishahara ya bamwe mu bakuru b’ ibihugu by’ Afurika ugereranyije n’ iy’ abakuru b’ ibihugu by’ ibihangange mu Isi.
Ikinyamakuru Jeunes Afrique mu bucukumbuzi cyakoze cyamenye ko Perezida wa Afurika y’ Epfo Jacob (...) -
Dr Ngirente yakiriye indahiro z’ abacamanza mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare
14 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane tariki 13 Nzeli yakiriye indahiro z’ abacamanza mu rukiko rwa Gisirikare abasaba gutanga ubutabera bunoze.
-
Umujyanama w’ ubuzima yafatiwe mu cyuho yibye amata yagenewe abana barwaye bwaki
8 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmujyanama w’ubuzima wafatanywe amata yagenewe abana barwaye bwaki/ ifoto ya izuba rirashe
Umujyanama w’ ubuzima wo mu kagari ka Bahimba ho mu murenge wa Nyundo w’ akarere ka Rubavu yafashwe yibye amata yagenewe abana barwaye bwaki
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Nyundo Tuyishime Jean Bosco yatangaje ko bari basanzwe bafite amakuru ko abajyanama b’ ubuzima bafite ingeso yo kwiba amata yagenewe abana barwaye bwaki.
Yagize ati “ Ni ikibazo kuko dufite amakuru ko ariya mata yibwa, (...) -
Abafite ubumuga barasaba kwibukwa no gufashwa byihariye muri gahunda zigamije kuvana abaturage mu bukene
27 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbafite ubumuga mu Rwanda baravuga ko bafite imbogamizi zo kutagerwaho na gahunda za leta zigamije kuvana abaturage mu bukene zirimo VUP n’inkunga y’ingoboka, bagasaba ko bakwibukwa, ndetse abashoboye gukora muri bo bagahabwa igihembo cyisumbuye ku gihabwa abataramugaye bakorana.
Babigaragaje mu nama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka itegurwa n’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira amahoro, Pax Press yabaye ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017.
Abafite ubumuga ngo hari abafatwa (...)
0 | ... | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | ... | 2470