Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) byashyizeho amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari.
Akabari gafungurwa ni agafite icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB cyangwa agafite ipatanti itangwa n’umurenge bikemerera gutanga serivisi z’akabari.
Muri aya mabwiriza kandi harimo ko buri kabari kagomba kugira umukozi ushinzwe kwita ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 kandi wambaye umwambaro w’umuhondo.
Abakiriya b’akabari bagomba kukazamo bambaye (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari
23 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Iwacu Trust Management ije gufasha abari mu Rwanda no mu mahanga gucunga imitungo yabo kinyamwuga
15 March 2021, by UbwanditsiKenshi usanga Abanyarwanda baba mu mahanga bahura n’imbogamizi zo gutangiza no gukurikirana ishoramari mu Rwanda bitewe n’uko batahibereye, bikaba byabateza igihombo gishobora no gutuma bazinukwa gutekereza gushora imari mu gihugu cy’amavuko.
Hari bamwe mu banyarwanda baba mu mahanga bifuza gutangira ishoramari mu gihugu cy’amavuko, bakiringira bene wabo, inshuti zabo n’abandi bafitanye amasano bari mu Rwanda maze bakabaha inshingano zo kubagurira, kubagurishiriza no kureberera imitungo yabo (...) -
Rtd.capt.Bwitare wari mu basirikare babohoje u Rwanda bakanahagarika Jenoside Yitabye Imana
10 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Mata 2020,nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Eulade Bwitare Nyirinkindi wari umukozi w’Ambassade ndetse wanabaye Diplomate w’u Rwanda mu Bubiligi yitabye Imana kuri uyu Gatanu tariki ya 10 Mata 2020.
-
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson
9 February 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11 ashize.
Bwana Boris Johnson yabivuze nyuma y’aho Perezida wa Ukraine,Zelensky,asuye Ubwongereza akabusaba indege z’intambara yise amababa y’ubwigenge.
Perezida Zelensky yasuye bitunguranye UK ndetse anagirana ibiganiro n’inteko ishinga amategeko aho yavuze ko gutsinda Uburusiya azaba ari intsinzi ikomeye (...) -
Ingabire Victoire ngo agiye gusabira imbabazi abarimo na Diane Rwigara
17 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki utavugarumwe n’ Ubutegetsi bw’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Ishyaka FDU inking ritemewe n’ amategeko y’ u Rwanda mu mpera z’ icyumweru gishize yafunguwe ku bw’ imbabazi za Perezida wa Repubulika yavuze yiyumvise amaze kumva ko agiye kurekurwa anavuga ko agiye gukomeza politiki idaharanira kujya mu buyobozi ahubwo isaba ubwisanzure bwa politiki.
-
Abagore: Ngo 30% yabo irimo kubateza imbere ivuyeho ubu yaba igiye kare
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbagore bo mu karere ha Huye n’ aka Gisagara baravuga ko kuba Leta y’ u Rwanda yarabageneye imyanya 30% mu nzego zifatirwamo ibyemezo bibafitiye akamaro. Barasaba abadepite batoye kuzahanira ko u Rwanda ruguma ku isoga mu guha agaciro umugore. Meya Sebutege asanga 30% y’ abagore ikwiye kugumaho kuko bayikwiriye.
-
Annie umunyarwandakazi wirukanwe igitaraganya muri Uganda yahishuye inzira itoroshye yanyuzemo n’uburyo yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda
5 February 2019, by Martin MunezeroUmunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda akaba aherutse kwirukanwa nabi muri iki gihugu ashinjwa imigambi yo guhungabanya umutekano wa Uganda, yahishuye inzira yanyuzemo n’uko byamugendekeye kugeza yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda.
-
Amateka ya Gitera washinze Aprosoma, akazana amategeko icumi y’abahutu ndetse n’ ijambo “mitingi”
29 June 2019, by UbwanditsiGitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba amacakubiri.
-
Minisitiri Shyaka yijeje abatuye Bannyahe ko bazatuzwa neza
6 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yasuye imiryango 48 yari ituye ahitwa muri Bannyahe (Kangondo na Kibiraro ya mbere) bimuriwe i Busanza mu Karere ka Kicukiro, abamenyesha ko n’abari abaturanyi babo bose bazabasangayo mu bihe bitandukanye.
-
Tdu Rda: ARERUYA Joseph yegukanye etape ya 3
15 November 2017• Tour du Rwanda yari igeze ku munsi wa 3 aho hakinwaga agace kavaga Rubavu kerekeza I Musanze
• Areruya Joseph niwe wegukanye agace ka 3 kasoreje I Musanze• Simon Pellaud aracyafite umwenda w’umuhondo
0 | ... | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | ... | 2480