Diane Shimwa Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yongeye kuvuga ku mafoto yakwirakwiye y’ umuntu w’ igitsina gore wambaye ubusa buriburi, avuga ko abakoze ariya mafoto atari we gusa bambitse ubusa ahubwo babwambitse Abanyarwandakazi bose.
Yabitangarije Abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2017 ubwo yari amaze gushyikiriza komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa bye nk’ umuntu ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Ntabwo ari njyewe gusa bambitse ubusa …Imana izahora igihe nikigera” Diane Rwigara
20 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Amateka ya Gitera washinze Aprosoma, akazana amategeko icumi y’abahutu ndetse n’ ijambo “mitingi”
29 June 2019, by UbwanditsiGitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba amacakubiri.
-
Nkore iki? Muramu wanjye arashaka kungira umugore agatandukana na mukuru wange
3 July 2019, by UbwanditsiMu byukuri ndi kugisha inama urungano, hashize igihe kinini mbana n’ikibazo ariko ntabona umuntu ungira inama nyakuri. Muri 2014 mukuru wanjye yashakanye n’umugabo bakundanaga cyane. Bari bamaze igihe bakundana. Mukuru wanjye yari umukobwa warangije kwiga agira amahirwe ahita abona akazi, yari umukobwa mwiza.
-
Ubuyobozi bwa Nzamwita Degaulle muri FERWAFA ahazamuka n’ ahamanuka
1 April 2018, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo Taliki ya 31 Werurwe 2018, nibwo habaye amatora y’umuyobozi wa FERWAFA,yarangiye ku ntsinzi ya Brigadier General Sekamana Jean Damascene wahigitse Rurangirwa Louis ku majwi 45 kuri 7 ndetse ahita asimbura Nzamwita Vincent Degaulle wari umaze imyaka 4 ayobora iri shyirahamwe ryagaragayemo ibibazo uruhuri kuva yatangira kuriyobora.
Sekamana niwe muyobozi mushya wa FERWAFA usimbura Degaulle
Hari benshi bemeza ko mu myaka 4 Nzamwita amaze ayobora FERWAFA, yakoze amokosa (…) -
PRESS RELEASE: StarTimes Decoder has been reduced significantly. Now at only 3000Rwf
8 June 2021, by Ubwanditsi“African fans have been forced to pay higher bouquet prices to watch major competitions in the past. This isn’t right. In Africa, football should be made available for all. This is what StarTimes strives to achieve, to ensure that every African football fan can enjoy Euro 2020.”
For this reason:
On our DTT platform, existing starTimes subscribers will access matches on their Basic bouquet at only 6000 Rwf monthly, Customers will buy Basic bouquet of 6000Rwf per month and be upgraded to (…) -
Abagabo bakiyumvamo ububasha bwose ku mutungo w’ urugo ni kimwe mu biteza amakimbirane yo mu ngo
31 May 2018, by Nsanzimana ErnestItegeko ry’ umuryango ryo muri 2016 riha abashingiranywe ububasha bungana mu gucunga umutungo w’ urugo nyamara bamwe mu bagabo ntirabyumva baracyagendera ku muco wa kera aho umugabo ariwe wafatiraga urugo ibyemezo byose bikaba ari kimwe mu bitiza umurindi ihohoterwa rikorerwa mu ngo rihitana abarenga 40 buri mwaka
-
Taliki 4 Nyakanga: Bimwe mu byaranze uyu munsi birimo ibohorwa rya Kigali ndetse n’ibohorwa ry’abisiraheli bari bafashwe bugwate kuri Entebbe
4 July 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 04 Nyakanga, ni umunsi 184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 180 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka
1776: Nyuma y’intambara y’impinduramatwara yarikomeye muri America: iki gihugu cyatangaje ubwigenge kibohoye ubwami bw’abongereza bitangarizwa mu nama ya kabiri yahuzaga koloni 13 z’abongereza, yatangiye kujya iterana mu 1775 i Philadelphia, Pennsylvania. Ubu bwigenge butangazwa bari mu nzu ikomeye cyane ya (…) -
Karangwa yakoze ikoranabuhanga ryo kwishyura umutekano
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore wiga mu mwaka wa mbere muri kaminuza yakoze application yise Sugira avuga ko izifashishwa mu kwishyuza no kwishyura umusanzu w’ umutekano ku buryo bitazongera kuba ngombwa ko abishyuza umutekano bajya mu ngo z’ abaturage.
Iradukunda Karangwa Prosper w’ imyaka 21 y’ amavuko, yiga ibijyanye n’ ikoranabuhanga mu muri Kaminuza ya UNILAK. Avuga ko iyi application yatangiye kuyikora mu ntangiriro za 2016.
Karangwa yatangarije Umuryango ko mu bantu bamuhaye ibitekerezo muri uyu mushinga (…) -
Perezida Kagame yakiriye indahiro y’abagize Guverinoma nshya-VIDEWO
31 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye ryibanze ku guha ikaze abaminisitiri bahawe inshingano nshya, akomoza ku bayobozi bagera mu kazi bakirengagiza ibyo barahiriye, anavuga ku bubasha budakoreshwa n’abayobozi kandi babufite.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya (…) -
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
19 July 2020, by Dusingizimana RemyImodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya RITCO yakoreye impanuka mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Ruvune mu Gasantere ka Cyandaro mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,gusa nta muntu wahasize ubuzima.
Umuryango.rw
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko