Umugabo wo mu Mudugudu wa Kiyanja, Akagari ka Rugese, Umurenge wa Rurenge, Akarere ka Ngoma, akekwaho kuvuga amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, akajya no kugura umuhoro yavugaga ko ashaka gutemesha abaturage.
Ngo tariki 6 Mata 2018 nibwo Nsengiyumva Francois w’ imyaka 35 yavuze ngo ‘Ejo ni umunsi mukuru w’ abatutsi’. Aya magambo ngo yayavuze saa moya n’ igice z’ umugoroba ndetse ngo ahita ajya no kugura umuhoro wo gutemesha abaturage bagenzi be.
Uyu muturage ufungiye kuri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuturage yatawe muri yombi nyuma yo kuvuga ngo ‘tariki ya 7 Mata ni umunsi mukuru w’ abatutsi’
8 April 2018, by Martin Munezero -
Ubusambanyi ,gukorana na Satani nibindi byinshi nibyo abari ibyegera by’Intumwa Gitwaza yirukanye bakomeje kumushinja(AMAFOTO)
13 May 2017, by Martin MunezeroUbukene itorero Zion Temple rimazemo iminsi aho abakozi bamara amezi agera muri atanu badahembwa, gushinja Apotre Gitwaza ubusambanyi no gukorana na satani ni bimwe mu byaranze intambara imaze igihe muri Zion Temple. -Gitwaza ashinjwa ubusambanyi no gukorana na satani Abakozi ba Zion Temple hari igihe bamaze amezi 5 badahembwa Aba Bishops birukanywe ngo basabye kujya bahembwa miliyoni ku kwezi Gitwaza yirukanye aba Bishops bari mu mugambi wo guhirika Zion Gitwaza bamushinja kwiyita Papa (…)
-
Umuhanzi nyarwanda King James yagaragaje urukundo rukomeye akunda Mama we(AMAFOTO)
14 June 2017, by Martin Munezero.Ifoto y’umubyeyi wa King James
.King James ati"Ndagukunda Mama"
."Akabura ntikaboneke ni nyina w’umuntu".
Umuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James ni umwe bakora muzika nyarwanda mu njyana ya RnB, King James umwe mu bahanzi bamenyekanye mu Rwanda bitewe n’imbaduko yazanye mu muziki Nyarwanda byaje no guhesha uyu musore kwegukana igihembo cy’irushanwa rya PGGSS ryari ribaye ku nshuro ya kabiri.
Uyu musore uri kwitegura gukora ubukwe vuba twabibutsa ko yamenyekanye mu (…) -
Minisitiri Busingye yasabye Dr Kayumba kureka kwibasira Fiona Muthoni Ntarindwa umurega gushaka kumusambanya ku ngufu
29 March 2021, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, kuri uyu wa 28 Werurwe 2021 yabujije Dr Christopher Kayumba kureka kwibasira umukobwa umushinja kugerageza kumufata ku ngufu.
-
#MissRwanda2021:Ibiteye amatsiko ku buzima bwa Ishimwe Sonia,Uburanga n’Imiterere ye[AMAFOTO]
25 February 2021, by Martin MunezeroAbakobwa 37 nibo batoranyijwe mu cyumweru gishize bakuwe mu barenga 400 bari biyandikishije muri iri rushanwa bakanahatana bohereje amashusho,Umukobwa witwa Ishimwe Sonia nawe uri mu batoranyijwe,ni umwe muri 37 batoranyijwe twifuje kubagezaho ibyihariye kuri we mutari mumuziho,ndetse tukazajya tugenda tubagezaho n’iby’abandi.
-
Ijambo Julius Malema yavugiye ku kiriyo cya Winnie Mandela ryatumye yitwa igihangage avugwa ibigwi n’ibyiza babona bimurimo
14 April 2018, by Martin MunezeroIjambo Julius Malema yavugiye mu kiriyo cyo gusezera mu cyubahiro nyakwigendera Winnie Mandela I Johannesburg, ahari hakoraniye imbaga y’abantu baturutse imihanda yose, ryakije umuriro hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga bamuvuga ibigwi n’ibyiza babona bimurimo batibagiwe n’ibimukwiye.
-
Mama Catherine Nduwamariya washinze umuryango w’ababikira wita ku bana b’imfubyi n’abafite ubumuga yitabye Imana(AMAFOTO)
5 July 2017, by Martin MunezeroMama Catherine Nduwamariya, Umubikira w’Umusomusiyo washinze umuryango ushingiye ku idini Gatolika witwa “ Inshuti z’abakene” , uzwi mu Rwanda ku bikorwa byo kwita ku mfubyi n’abafite ubumuga ahantu hatandukanye, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Nyakanga 2017.
Umuyobozi w’uyu muryango “Inshuti z’abakene”, Nikuze Dative, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uyu mubikira washinze umuryango babamo mu 1986 yitabye Imana mu ma saa mbili n’igice z’igitondo. Mama (…) -
Itangazo Rigenewe Abanyamakuru: Rwanda Day igiye kongera kubera mu Bubiligi nyuma y’imyaka irindwi
10 June 2017, by Ferdinand DukundimanaKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, Abanyarwanda baturutse mu bihugu by’Uburayi ndetse no mu mpande zitandukanye z’Isi barahurira i Ghent mu Bubiligi mu gikorwa cyitswe ‘Rwanda Day’, aho bungurana ibitekerezo ku iterambere ry’u Rwanda bakanashakira ibisubizo imbogamizi zikigaragara.
Muri ibi birori, umushyitsi mukuru araba ari Perezida wa Repubulika Kagame Paul. Biteganyijwe ko ageza ijambo ku bitabiriye ibi birori ndetse anagire umwanya wo kungurana ibitekerezo nabo.
Avuga (…) -
Mashami yatangaje impamvu yanze guhamagara bamwe mu bakinnyi bari bamaze iminsi bigaragaza mu Rwanda
27 August 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent yatangaje ko impamvu atahamagaye bamwe mu bakinnyi bamaze iminsi bitwara neza mu Rwanda barimo Nsabimana Eric Zidane n’abandi ari uko babonye ntacyo babafasha ndetse ngo bamwe yababikiye imikino yo gushaka itike ya CHAN.
-
Mu mafoto reba abahanzi/kazi nyarwanda batandukanye n’abakunzi babo baramaze gutangaza ko bagiye gukora ubukwe n’abari barabukoze
8 May 2018, by Martin MunezeroHari benshi mu bahanzi nyarwanda bagiye batandukana n’abakunzi babo, kimwe n’uko undi wese yatandukana n’uwo bakundana. Muri aba bose, hari ababaga bakundana bisanzwe batarafata icyemezo cyo kubana, hakaba n’abatandukanye baramaze kwemeza ko benda gukora ubukwe bakibanira akaramata ndetse n’abandi bari baramaze no gukora ubukwe.
Ibikomere mu rukundo, birasanzwe kandi benshi mu rubyiruko baba barahuye nabyo. N’ubwo bibabaza kandi bigashengura umutima, birushaho kuba bibi iyo bibayeho ku (…)
Umuryango.rw