Umuntu wari ufite igikapu kirimo umuhoro yarashwe n’ umusirikare wari k’ uburinzi arapfa, uwapfuye ntabwo umwirondoro we uramenyekana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kicukiro: Umusirikare yarashe umuntu wari ugiye kumutemesha umupanga
23 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Njya numva ikinyarwanda tuvuga nitutareba neza kizaba urundi rurimi-perezida Kagame
8 August 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane taliki ya 08 Kanama 2019, nibwo Nyakubahwa Perezida Kagame yasoje Itorero Ingangamirwa icyiciro cya 12 ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
-
Umuyobozi wa REMA yatangawe n’ ukuntu umwana muto yakangaye umuntu mukuru amubuza kwangiza ibidukikije
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu cyita ku bidukikije REMA Eng. Collethe Ruhamya avuga ko kuri ubu abana bato aribo basigaye bazi kwita ku bidukikije kurusha abantu bakuru.
Yabitangarije mu kiganiro REMA yahaye abanyamakuru kuri uyu wa 26 Gicurasi 2017 aho yanavuze ko barimo gushaka uburyo bwo gukangurira abantu bakuru kwita ku bidukikije ariko ubwo bukangurambaga REMA ikabufashwamo n’ abana bato.
Ni ikiganiro cyagarutse ku myiteguro y’ icyumweru cyahariwe kwita ku bidukikije gitangira none (…) -
Menya abakinnyi batanu bagize ibigwi bikomeye mu mikino bambaye nomero 23
15 April 2023, by Dusingizimana RemyNimero ni kimwe mu bintu by’ingenzi bihabwa umukinnyi mushya mu gihe asinye mu kipe,ndetse kuri ubu asigaye ari ikintu cy’ingenzi kuko hari n’abazikoresha mu kureshya abakinnyi iyo basanzwe babaziho kuzikunda.
Mu guhabwa nimero, bamwe bagiye bakora amateka ndetse bubaka izina bituma yewe n’amakipe abika izo nimero kugira ngo babahe icyubahiro.
Akenshi usanga bitewe n’amateka ya nyir’iri nimero bituma undi mukinnyi yumva yifuje kwambara iyo nomero ya mugenzi we.
Uyu munsi twifuje (…) -
“Ba bandi baducunaguzaga bageze nabo aho babona ko bagomba kwimenya” Perezida Kagame
10 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda banyuze mu gihe cyo gucunaguzwa, agaragaza ko kuri ubu icyo gihe cyarangiye Abanyarwanda bakwiye kwimenya kuko n’ ababacunaguzaga bagezeho bakabona ko bakwiye gushyira imbere inyungu zabo.
Ubu butumwa Perezida Kagame yabutangiye muri Rwanda Day ya mbere yabereye mu gihugu cy’ u Bubiligi kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Kamena 2017.
Perezida Kagame yashimiye ubuyobozi bw’ intara y’ u Bubiligi yakiriye iyo Rwanda Day kuko yafashije (…) -
I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry’ igorofa
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestKarembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n’ utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa bitandukanye by’ iterambere birimo imihanda n’ inyubako zitanukanye kandi zigezweho.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera no kunoza imiturire mu karere ka Kicukiro, umushoramari witwa Gahakwa arimo kubaka amazu agezweho mu murenge wa Gahanga arinaho akarere karimo kubaka ishuri ribanza rya (…) -
Nyuma y’imyaka irenga 60 mu cyiciro cya mbere ikipe ya Kiyovu sports isubiye mu cyiciro cya kabiri
15 June 2017Ikipe ya Kiyovu Sports bidasubirwaho isubiye mu cyiciro cya kabiri nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Rayon Sports 2-1 ku mukino wari wavuzweho byinshi mbere y’uko ukinwa.
Nubwo abafana ba kiyovu Sports bari biteze ko ikipe yabo yakora ibitangaza igatsinda Rayon Sports kuri uyu mukino wa nyuma ntabwo bibahiriye kuko ibitego cya Tidiane Kone ku munota wa 32 na Kwizera Pierrot ku munota wa 71 kuri kimwe cya Lomami Andre bibaye nk’umukono ubamanura mu Cyiciro cya kabiri.
Kiyovu sports yaje (…) -
Minisitiri Mutimura yatahuye abarimu badashoboye basaba bagenzi babo kubigishiriza
25 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr. Mutimura Eugene yasuye Akarere ka Nyamasheke azenguruka muri bimwe mu bigo by’amashuri avuga ko yahasanze ibibazo byinshi kandi birimo iby’ingutu harimo kuba muri aka karere abana baho bakunze gukererwa ishuri ndetse abandi bakarivamo agakomeza, n’ ikibazo cy’abarimu badashoboye aho usanga umwarimu wigisha isomo ariko yagera hagati agasanga hari bimwe mu bice bigize iryo somo (Chapitre) atumva neza akajya gushaka undi mwarimu uyimwigishiriza.
-
Abanyarwanda basabwe kwirinda gukoresha imiti aho itagenewe bagerageza kwivura Coronavirus
30 March 2020, by Dusingizimana RemyIkigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA) kibwira abaturage ko imiti yo mu bwoko bwa chroloquine atari imiti ivura coronavirus, ko kuyikoresha mu buryo itagenewe bibujijwe.
-
Umuhanzi nyarwanda King James yagaragaje urukundo rukomeye akunda Mama we(AMAFOTO)
14 June 2017, by Martin Munezero.Ifoto y’umubyeyi wa King James
.King James ati"Ndagukunda Mama"
."Akabura ntikaboneke ni nyina w’umuntu".
Umuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James ni umwe bakora muzika nyarwanda mu njyana ya RnB, King James umwe mu bahanzi bamenyekanye mu Rwanda bitewe n’imbaduko yazanye mu muziki Nyarwanda byaje no guhesha uyu musore kwegukana igihembo cy’irushanwa rya PGGSS ryari ribaye ku nshuro ya kabiri.
Uyu musore uri kwitegura gukora ubukwe vuba twabibutsa ko yamenyekanye mu (…)
Umuryango.rw
Menya abakinnyi batanu bagize ibigwi bikomeye mu mikino bambaye nomero 23
Abanyarwanda basabwe kwirinda gukoresha imiti aho itagenewe bagerageza kwivura Coronavirus