Mu Rwanda hagaragaye abandi bantu batanu barwaye icyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe mu masaha 24, bituma umubare w’abanduye ugera ku 110, barimo barindwi bakize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mu bantu 772 bapimwe mu masaha 24 habonetsemo 5 banduye Coronavirus mu Rwanda
8 April 2020, by Martin Munezero -
Abanyarwanda bakomeje kungukira ku bikorwa by’ ingabo z’ u Rwanda mu iterambere [AMAFOTO]
5 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ akarere ka Rulindo baravuga ko bafite icyizere cyo kuzabona umusaruro mwinshi w’ ibijumba kuko tariki 4 Gicurasi 2018 ingabo z’ u Rwanda zabafashije gutabira hegitari 15 z’ imigozi y’ ibijumba mu gishanga cya Bahimba giherereye mu murenge wa Mbogo.
-
Umucungamutungo mu kigo nderabuzima cya Burega yatorokanye miliyoni 11
27 August 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ndayishimiye Rodrigue wo mu karere Rulindo mu murenge wa Burega mu ntara y’amajyaruguru, yatorokanye amafaranga agera kuri miliyoni 11 kugeza n’ubu ubuyozi ndetse n’umuryango we ntibazi aho aherereye.
Mwemayire Donath uyobora Centre de Cente ya Burega yemereye Umuryango ko uwo wari ushinzwe imari y’iki kigo nderabuzima yatwaye koko agera kuri miliyoni 11 ariko ko kugeza ubu bataramenya aho aherereye.
Uyu muyobozi yanatangarije Umuryango ko bakomeje kubaza abo mu muryango (…) -
Mineduc n’ibigo byayo bikuwe mu kwaha kwa Minaloc hari icyahinduka?Kwirukana abayobozi bikemura iki?
3 November 2020, by UbwanditsiHari Minisiteri zikurikirana ibikorwa byazo kugeza hasi ku muturage. Ariko hari igice cy’imirimo ya zimwe muri Minisiteri gikorwa na Minaloc! Mu kiganiro Akarayifumbwe
twibajije mu gihe Mineduc n’ibigo byayo byaba bikuwe mu kwaha kwa Minaloc niba hari icyahinduka aho guhora hirukanwa aba Minisitiri n’abayobozi ba REB nyamara ntibigire icyo bikemura? Kurikirana ikiganiro? -
Prof. Lwakabamba wahawe imirimo mu burezi ku rwego rw’ Afurika
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestProf. Silas Lwakabamba wari Umuyobozi wa INATEK wigeze no kuba umuyobozi w’iyari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda akaba na Minisitiri w’Uburezi ndetse n’uw’Ibikorwaremezo, yashyizwe mu rwego Ngishwanama mu by’imyigire mu Kigo gifasha Abanyafurika kwiga muri Kaminuza zikomeye ku Isi, bakoresheje Internet, eLearnAfrica.
‘eLearnAfrica’ ni Ikigo cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga ryorohereza abanyeshuri bo ku rwego rw’amashuri makuru na za Kaminuza muri Afurika gukora ubushakashatsi, kwiga amasomo (…) -
Senderi International Hit yemeza ko hari ibigwi ahuriyeho na Diamond: Reba Video
6 July 2017, by UbwanditsiSenderi International Hit aka Ingwe y’Umujyi yemeza ko Diamond ari mugenzi we kuko hari ibigwi bahuriyeho!
Ese ibigwi icyamamare Diamond yaba ahuriyeho n’icyamamare Senderi International Hit ni ibihe?
Reba iyi video ushire amatsiko! -
MissRwanda 2020: Multi Design Group Lt izahemba igisonga cya Mbere inahe itike y’indege ya Dubai Miss Rwanda 2020
21 December 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ni imwe mubaterankunga bashya bari muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2020. Ikaba ari sosiyete imaze imyaka 10 ikorera mu Rwanda itanga serivisi nyinshi zinyuranye zirimo kugena agaciro k’imitungo itimukanwa; gucunga imitungo itimukanwa; guhuza abagura, abagurisha, abakodesha inzu n’ibibanza; muri Kamena 2019 yafunguje isoko rusange kuri internet www.mdgrou.com
-
Uyu mwaka gatanya zariyongereye cyane, Kicukiro iri Ku isonga
23 November 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’Ikirenga rwatangaje ko imanza za gatanya zaciwe mu gihugu cyose mu 2017 zari 69 mu gihe muri uyu mwaka wa 2018 zimaze kwikuba inshuro 19 kuko zigeze ku 1311.
Kicukiro iza ku isonga mu kugira gatanya nyinshi uyu mwaka kuko imiryango 210 yatandukanyijwe byemewe n’amategeko, Gasabo ni 190 naho Nyarugenge ziba 157.
Imibare y’Urukiko rw’Ikirenga igaragaza ko imanza za gatanya zakiriwe hifashishijwe ikoranabuhanga mu 2016 zari 21, 2018 ziba 69 naho 2018 zigera 1311.
Byatangajwe (…) -
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya gatatu)
25 April 2019, by UbwanditsiNkuko twatangiye iyi nyigisho yacu ifite umutwe ugira uti :” Ibintu wakora kugirango ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri “ Mbere tuakaba twarabagejejeho ibice bibiri by’iyi nyigisho ,ubu tukaba tugiye gukomeza tugaruka ku gice cya gatatu cyayo.
-
Perezida Kagame yaciye amarenga y’akazi ashobora kuzakora nava ku buyobozi
10 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko yifuza ko abikorera bakwiga gukorana neza n’abakora utuntu duto dushobora kubateza imbere aho yahishuye ko nava ku butegetsi ashobora kwikorera.
Umuryango.rw