Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Dr.Abiy Ahmed yahaye Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri iki gihugu inka n’iyayo ndetse anamwizeza ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere Afurika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia yahaye Perezida Kagame imbyeyi n’iyayo –AMAFOTO
26 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abize ‘microbiology’ na ‘food science’ ntibarabonerwa akazi bashobora gukora
1 December 2017, by Nsanzimana ErnestHari bamwe mu banyeshuri barangiza muri amwe mu masomo ya kaminuza n’ amashuri makuru bagera ku isoko ry’ umurimo ntibagire na hamwe bisanga mu myanya y’ akazi ishyirwa ku isoko.
Abo banyeshuri ni abize isomo rya food science, abize isomo rya microbiology, n’ abize land of savey.
Minisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo yavuze ko Minisiteri ayoboye yagerageje kwandikira inzego zimwe zitanga akazi izisaba ko abanyeshuri barangije muri aya masomo bajya bashyirwa mu bagomba gupiganira (…) -
Menya ibanga ry’ubuzima ryakugeza ku mukiro nyawo n’umugisha w’agahebuzo
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMu buzima busanzwe, abantu benshi twemera ko umuntu ugira neza kandi akazirikana abandi, agira igikundiro ku bantu kandi bagahora bamusabira umugisha ku Mana. Nk’uko byumvikana kandi, uwo abantu basabira umugisha ntacyatuma Imana itawumuha.
-
Amb. Kanyamashuli Kabeya Janvier wari Umudepite yeguye
13 March 2019, by UbwanditsiNyuma y’amezi 6 atowe mu badepite bari kuri rutonde rw’abakandida b’ishyaka FPR Inkotanyi, Amb. Kanyamashuli Kabeya Janvier kuri uyu wa kabili taliki 12/3/2019 yeguye ku mwanya yari ariho nk’Umudepite ku mpamvu avuga ko ari ize bwite.
-
Dr GAHAKWA Daphrose yavuze ko nta wamurega agasuzuguro kuko atitabye PAC
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Dr Gahakwa Daphrose, aravuga ko atanze kwitaba Inteko Ishingamategeko kuko yageze mu nzira aganayo agafatwa n’indwara bityo akihutira kujya kwa muganga.
RAB yitabye Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), kugira ngo bisobanure ku micungire mibi y’umutungo nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta 2015/16.
Umuyobozi Mukuru (…) -
Startimes izereka abafatabuguzi bayo umukino wa El Clasico
21 October 2020, by Dusingizimana RemyAbafatabuguzi ba Startimes bakunda imikino bashyizwe igorora kuko bazabasha kureba live umwe mu mikino ukurikirwa cyane na benshi cyane ku isi uhuza Real Madrid na FC Barcelona uzwi nka “EL CLASICO”,uzaba kuwa 24 Ukwakira 2020.
-
Ikoranabuhanga rya Addressya rije mu Rwanda korohereza abahahira kuri internet kugira aderesi yuzuye
24 April 2020, by UbwanditsiMuri iki gihe Abanyarwanda basabwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya Coronavirus, Apulikasiyo (App) yitwa Addressya yiyemeje gufasha buri wese ubyifuza kubona aderesi yuzuye, isobanutse ndetse yoroshye gusangiza abakugezaho ibyo watumije.
Kubera COVID-19, Abanyarwanda benshi barimo gukoresha ikoranabuhanga ritandukanye kubona ibyo kurya, imiti n’ibindi byibanze umuntu ukeneye atarinze kuva mu rugo rwe, Nyuma y’uko bagiriwe inama na leta yo kudakora ingendo zitari ngombwa. Bikaba byaragaragaye ko harimo imbogamizi ku bigo bikora ubwo bucuruzi kuko habaho gutinda byatewe no kuyoba, gukomeza uhamagara kugira ngo bakurangire neza cyangwa rimwe na rimwe hakabaho no kutabona ibyo watumije.
-
Cristiano Ronaldo ashobora kuva mu ikipe ya Real Madrid, impamvu ingana ururo, ese azerekeza he?
17 June 2017Umunya Portugal Cristiano Ronaldo yabwiye abakinnyi bakinana ko atacyifuza gukina muri Espagne mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo gushinjwa kunyereza imisoro irenga miliyoni 13 z’amapawundi ibirego ahakana nk’uko amakuru dukesha Marca abivuga.
Uyu musore w’imyaka 32 amaze igihe kirekire ahanganye n’ibiro bishinzwe imisoro n’amahoro muri iki gihugu bikunda kwifatira ku gahanga abakinnyi b’ibihangange aho mu minsi ishije yari Lionel Messi,Alexis Sanchez,Xavier Mascherano none bafashe na (…) -
Ruhango: Abagizi ba nabi batemye imyaka y’uwarokotse Jenoside indi barayangiza bikomeye
7 April 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa 06 rishyira uwa 07 Mata 2020, mu Mudugudu wa Nyagasozi, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Ruhango ho mu Karere ka Ruhango, abantu bataramenyekana biraye mu myaka y’uwitwa Nyiramporampoze Chantal warokotse Jenoside yakorewe abatutsi barayitemaguza bayararika hasi.
-
KORESHA URWO RUFUNGUZO WAHAWE MU UGUFUNGURA UMURYANGO UNYURAMO UVA MU IBIBAZO BIKUZUNGURUTSE
21 May 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Umuryango.rw