Leta y’ u Rwanda yatanze itegeko rivuga ko ishyuri ry’ abanyaturikiya “Hope Academy” rigomba kuba ryafunze imiryango bitarenze kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena 2017, uyu mwanzuro wababaje ababyeyi barerera muri iri shuri.
Bivugwa ko abashoramari bashinze iri shuri bafitanye isano n’ abaherutse kugerageza guhirika ubutegetsi muri Turikiya, gusa u Rwanda ntacyo rwabivuzeho.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Gicurasi amarembo n’ imiryango y’ iryo shuri wiriwe akinze nta muntu winjira nta n’ usohoka. (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta y’ u Rwanda yafunze ishuri "Hope Academy" ry’ abanyaturikiya bakekwaho kwigomeka ku butegetsi bw’iwabo
1 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Hari kugeragezwa ubuhinzi bushya mu Rwanda budakeneye ifumbire n’ubutaka
17 November 2020, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo gufasha abanyarwanda kwihaza mu biribwa no kugabanya amafaranga bakoresha bahinga,umuryango utegamiye kuri Leta, ARDE /Kubaho ku bufatanye na Tennessee State University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje kureba niba ubuhinzi bukorewe mu mabuye bushoboka.
-
Perezida Kagame na Netanyahu baganiriye no kugufungura ambasade mu Rwanda
28 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’ Intebe wa Isael baganiriye ku mubano w’ ibihugu byombi banakomoza kuri gahunda ya Israel yo gufungura ambasade mu Rwanda.
-
Perezida Kagame arashimwa ubutitsa n’abo yashyize mu ikipe nshya
31 August 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma y’uko Perezida Kagame atangaje amazina y’abagize Guverinoma nshya afatanyije na Minisitiri w’Intebe mushya wa 11, Dr.Ngirente; abisanzemo bakomeje kumushimira ubutitsa.
Ni ubutumwa bakomeje kunyuza ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter, Bamwe muri aba ni bashya abandi bagiye bahindurirwa imirimo n’ubwo hari abagumishijwe aho bayoboraga.
Dr Diane Gashumba wongeye kugirirwa icyizere akaba, Minisitiri w’Ubuzima yabanje gushyirwa muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, (...) -
ZACU TV yatoranyijwe mu mishinga ibiri myiza muri Transform Africa 2019
16 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kane taliki ya 16/05/2019 ZACUTV.COM urubuga rwashinzwe rufite intego zo kwerekana amashusho mugihe umuntu abisabye(Subscription Video on demand) rwashyizwe kumugaragaro mu inama mpuzamahanga ya Transform Africa Summit 2019.
-
Gasabo: Abagabo 4 bategaga abantu bakabambura utwabo batawe muri yombi
29 October 2019, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abantu bane bari bamaze kuba ruharwa mu gutegera abagenzi mu nzira bakabambura ibyo bafite bitwaje imipanga,ibyuma n’ibindi.
-
Kanyankore Alex wigeze kuyobora BRD yatawe muri yombi
3 October 2018, by Nsanzimana ErnestAlex Kanyankore wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) yatawe muri yombi nk’ uko byatangajwe n’ Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau-RIB)
-
Abaturage bo mu karere ka Musanze basabye Leta ikintu gikomeye nyuma y’igitero cy’abagizi ba nabi cyahitanye abantu 14
7 October 2019, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu karere ka Musanze bavuze ko bafite ubwoba bwinshi ndetse bifuza ko ingabo z’igihugu zakaza umutekano,nyuma y’aho inyeshyamba zivuga ko ari iza FDLR ziteye mu karere ka Musanze zikica abaturage 14 zigakomeretsa abagera kuri 18.
-
Depite Frank Habineza yatorewe kuba umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestDepite Frank Habineza yatorewe kuba Umuvugizi Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda mu gihe nta minsi 4 irashira atorewe kuba visi Perezida wa Komisiyo y’ Imibereho Myiza mu mutwe w’ Abadepite
-
RIB yatabaye mu ibanga umugore wari ugiye kwicwa n’ umugabo we
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Nzitukuze Yvette yatabawe n’ Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha kubera amakuru yatanzwe n’ umuturage nyiri ugucurirwa umugambi wo kwicwa atabizi.
0 | ... | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | ... | 2480