Inkuru duheruka kubagezaho y’urukundo rwihariye The Ben agirana na Marina ariko nyuma bakaza kubihakana,nyamara ibimenyetso simusiga byageze hanze bihamiriza urukundo rudasanzwe rwaba bombi ndetse binavugwa ko The Ben ari nawe ntandaro yo gutandukana kwa Marina n’umusore nawe w’umuhanzi ariko mu njyana ya Hip Hop uzwi nka Edisha. Kuwa 22 Kanama uyu mwaka nibwo umuhanzikazi nyarwanda uri kuzamuka uzwi nka Marina yagiranye ikiganiro na Inyarwanda,aho yatangaje ko muzika ariyo yatumye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Menya ibyahishwe ku rukundo rwihariye ruri kuvuza ubuhuha hagati ya The Ben na Marina-AMAFOTO
24 August 2017, by Martin Munezero -
Reba urutonde rw’abahanzi/kazi nyarwanda 23 utaruzi ko babyaye abana mbere yo gushinga urugo
13 July 2017, by Martin MunezeroHari umubare munini w’abakora umuziki mu Rwanda bakiri ingaragu. Bamwe muri bo ariko bamaze kwibaruka mbere yo kurushinga. Bamwe byagiye bijya hanze abantu bakabimenya ariko abandi bakabigira ibanga.
Nubwo hari abahanzi bibarutse mbere yo kurushinga, bamwe muri bo ntibaba bifuza ko amakuru y’uko babyaye cyangwa batandukanye n’abagore yajya hanze. Kuri uru rutonde rwakozwe na Umuryango.rw hariho bamwe mu bahanzi bashyize ku mugaragaro abana bibarutse, abandi babigira ubwiru gusa ntawe (…) -
‘Abanya Muhanga murashimishije cyane’ -P.Kagame
18 July 2017, by Iyamuremye JanvierUmukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame asoje ibikorwa bye byo kwiyamamaza kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017 yagiriraga muri Ngororero na Muhanga.
Paul Kagame yashimye bikomeye abaturage bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza bisenderezwa n’urubyiriko rwakomezaga guhuza amajwi ariko nako batera indirimbo zishima umukandida wabo.Paul Kagame arababwira ati ‘Abanyamuhanga murashimishije cyane’.
Umukandida wa FPR Inkotanyi yatangiye ijambo rye ashimira abayobozi batandukanye baba (…) -
Meddy yavuze ku nkumi yamugwiriye igihumure, anahishura ibyo atazibagirwa mugitaramo yakoreye i Nyamata
7 September 2017, by Martin MunezeroMu ijoro ryo ku wa 02 Nzeri 2017 umunyabigwi Meddy yataramiye mu Karere ka Bugesera i Nyamata mu gitaramo cya Mutziig Beer Fest 2017 cyabereye kuri Golden Tulip Hotel, umwe mubakobwa bari bitabiriye iki gitaramo yaguye igihumure ararira bishyira cyera akizwa no guhoberana na Meddy.
Amashusho yafashwe ndetse n’amafoto agaragaza iyu mukobwa yambaye ingofero y’umutuku ndetse n’imyenda yiganjemo ibara ry’umutuku. Yariraga cyane avuga ko ‘adashaka y’uko Meddy amusiga’ abajijwe impamvu (…) -
Rwanda: Abanyeshuri 13% barangiza amashuri abanza batazi gusoma Ikinyarwanda
2 July 2017, by Nsanzimana ErnestMu mashuri abanza yo mu Rwanda abana 13 mu bana 100 barangiza umwaka wa gatandatu badashobora gusoma igitabo cy’ Ikinyarwanda cyo mu mwaka wa 3.
Ibi ni ibyagaragajwe n’ ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango “Save the Children”muri Nyakanga na Kanama mu mwaka ushize wa 2016.
Uyu muryango uvuga ko abana bangana na 24% biga amashuri afashwa na Leta, ari bo bonyine bashobora gusoma igitabo bari mu rugo, nibura inshuro imwe mu kwezi.
Nk’ uko KT dukesha iyi nkuru yabitangaje ngo iyi nyigo ngo (…) -
Abafana ba Rayon Sports bamaze gukusanya miliyoni 2.644.618 FRW mu minsi 4 ....biyemeje gushaka 20
23 March 2020, by Dusingizimana RemyAbakunzi ba Rayon Sports bakomeje kwishakamo ubushobozi bwo gufasha ikipe yabo muri ibi bihe bibi isi yose yugarijwe na Coronavirus yatumye gahunda zose zirimo n’iz’imikino zihagarara.
-
Kwibuka25: Ijambo ry’Imana rivuga iki ku bikorwa byo “Kwibuka”?
6 April 2019, by UbwanditsiMu rwandiko Pawulo yandikiye itorero ry’ abafilipi 1:3 haravuga hati” "Ndashima Imana igihe cyose “ iyo MBIBUTSE”. Imyaka 25 irashize mu gihugu cyacu habaye jenoside yakorewe abatutsi. Abantu bacu twabuze bari abantu badusigiye byinshi bijyanye n’ imibereho yabo, tukaba twarabibutse kubera ko ari ingirakamaro kuri twe, maze tubigira urwibutso kugira ngo bijye bituma dukomeza kumva ko turi kumwe na bo.
-
Perezida Kagame yaciye amarenga y’akazi ashobora kuzakora nava ku buyobozi
10 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko yifuza ko abikorera bakwiga gukorana neza n’abakora utuntu duto dushobora kubateza imbere aho yahishuye ko nava ku butegetsi ashobora kwikorera.
-
Press Release - Refresh your view with a festival of movies on StarTimes
2 December 2020, by UbwanditsiChristmas season equals to family time. And watching a movie with all your loved ones is one of the best Christmas features.
Africa’s leading pay-TV operator StarTimes is offering a fresh line-up of great international movies that will keep children and parents glued to the TV all December.
“This year, I think most people watched a lot of TV and a lot of movies. But what is coming in December will make them forget about all that they watched before. Among family, action, comedy, (…) -
Isesengura: Habuze iki ngo nawe ube utarabona Pasiporo Nyafurika? Byinshi ni muri aya makuru y’Umuryango TV
14 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEMuri iki gihe umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe uhangayikishijwe no gukora impinduramatwara ku mugabane wa Afurika mu ngeri zitandukanye z’ubuzima bwa muntu zirimo ubukungu, imibereho by’abatuye uyu mugabane muri gahunda y’imyaka 50 (Agenda 2063)nk’uko byemejwe n’abakuru b’ibihugu mu mwaka wa 2015.
Kunga ubumwe kw’ibihugu bigize umugabane wa Afurika ni intambwe y’ibanze ishyizwe imbere n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kandi abakuru b’ibihugu byo kuri uyu mugabane bagaragaje ko ibi (…)
Umuryango.rw