Mu mpera z’ umwaka utaha I Kigali mu Rwanda hazabera inama nini ivuga kuri SIDA, International Conference on AIDS and STI’s in Afurika izitabirwa n’ abantu ibihumbi 10 akaba ariyo nama izaba yitabiriwe n’ abantu benshi mu Rwanda.
Iyi nama yatangiye kuba mu 1990. Mu buryo busimburana ibera mu bihugu bikoresha Icyongereza no mu bikoresha Igifaransa. Iyi nama ibanzirizwa n’ inama yo gutoranya ikirango kizakoreshwa (Logo), uyu mwaka uzatsinda azahabwa 1000$.
Abategura iyi nama bavuga ko iyo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000
24 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Watch LaLiga on StarTimes - The stage is set for El Clásico
20 October 2020, by UbwanditsiThere are few matches – if any – that grab the world footballing headlines as much as the El Clásico.
Barcelona against Real Madrid – it hardly gets any bigger than when these two LaLiga giants meet, as they will play on Saturday in the Camp Nou in Barcelona. For both teams, the league has not been going according to plan. On the weekend, Real Madrid was beaten 1-0 at home by newly promoted Andalusian club Cádiz, while Barcelona was beaten by the same score by Getafe, leaving Blaugrana (…) -
Sobanukirwa ibyo bagenderaho bagena imishahara y’abayobozi bashya mu Rwanda
19 September 2018, by Martin MunezeroKu mpamvu zitandukanye, uzasanga umwe mu bakozi ba leta ahembwa muri za miliyoni buri kwezi maze undi ahabwe ibihumbi mirongo kandi uwo bakorera ari umwe, bahuje amasaha y’akazi n’ay’ibiruhuko ndetse banganya n’amashuri, icyo batandukaniyeho ari inshingano n’inzego bakorera.
-
Sobanukirwa ibintu by’ Ingenzi byagukomeza mu ibyo uhura nabyo( igice cya nyuma) / Rev./Ev. Eustache Nibintije
30 May 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Nyamagabe: Umuyobozi ushinzwe imyitwarire “Animateur” yafashwe yararanye n’umunyeshuli w’imyaka 17
12 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi ushinzwe Imyitwarire (Animateur) mu Rwunge rw’Amashuri rwa St Jean Bosco Kaduha St Jean Bosco mu Karere ka Nyamagabe yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umunyeshuri w’umwangavu w’imyaka 17.
-
Hatanzwe Buruse ku banyeshuli 20 bashaka kwiga muri Polonye(Poland)
26 August 2020, by UbwanditsiIkigo gifasha abanyeshuri gushaka amashuri yo hanze y’igihugu, Best World Link Group kiri gutanga amahirwe ku banyeshuli b’abanyarwanda barenga 20 kubona buruse zo kwiga muri Polonye zishyura ijana ku ijana kuri minerval n’icumbi.
-
Umucungamutungo mu kigo nderabuzima cya Burega yatorokanye miliyoni 11
27 August 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ndayishimiye Rodrigue wo mu karere Rulindo mu murenge wa Burega mu ntara y’amajyaruguru, yatorokanye amafaranga agera kuri miliyoni 11 kugeza n’ubu ubuyozi ndetse n’umuryango we ntibazi aho aherereye.
Mwemayire Donath uyobora Centre de Cente ya Burega yemereye Umuryango ko uwo wari ushinzwe imari y’iki kigo nderabuzima yatwaye koko agera kuri miliyoni 11 ariko ko kugeza ubu bataramenya aho aherereye.
Uyu muyobozi yanatangarije Umuryango ko bakomeje kubaza abo mu muryango (…) -
Bugesera: Bari guhinga ibijumba nk’umuti w’inzara, imirire mibi n’ihindagurika ry’ikirere
7 November 2019, by UbwanditsiBinyuze mu mushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’imbuto n’ibunyabijumba hagamijwe kurwanya ubukene no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere uterwa inkunga na PNUD/GEF /SGP koperative Facoc yo mu murenge wa Gashora Akarere ka Bugesera bahawe imbuto y’imigozi y’ibijumba yo mu bwoko bwa Kabode yera ibijumba bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye.
-
(Video)Afite ubwoba ko umunya-eritereya wamwimye inzu ye yazanamwica! Inzego zose yiyambaje byafashe ubusa
4 November 2019, by UbwanditsiJolie Claire, ni umukobwa w’imyaka 29 ufite inzu I Remera mu gace ka Nyarutarama aho yari asanzwe akoreramo ubucuruzi bwo gucumbikira abagenzi. Ni inzu igeretse gatatu ifite ibyumba 10 abagenzi bararamo n’ibindi bice bikorerwamo imirimo yo kubitaho.
-
Nyuma yo guhuza amashuri makuru na kaminuza ntibitange umusaruro, IPRCs nazo zigiye guhuzwa
4 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Ikigo k’igihugu cyo guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro (WDA ) yatangaje ko guhuza amashuri makuru y’imyuga n’ubumenyingiro yitwa IPRC bizafasha mu kuzamura ireme ry’uburezi mu babyiga. Ni nyuma yuko inama y’abaminisitiri yateranye mu kwezi gushize kw’Ukuboza yemeje ko amashuri makuru yigisha imyuga n’ubumenyingiro (IPRCs), ahuzwa akavamo ishuri rimwe rigizwe n’amashami(colleges) atandukanye.
Guhuza amashuri umunani y’ ubumenyingiro akavamo ikizitwa Rwanda Polytechnic izaba (…)
Umuryango.rw
Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000
Hatanzwe Buruse ku banyeshuli 20 bashaka kwiga muri Polonye(Poland)