Perezida Kagame yakomoje ku ruganda rwa Volkswagen rwo mu Budage rusigaye ruteranyiriza imodoka mu Rwanda avuga ko rwatumye hari abandi bashoramari bashora imari muri iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yahishuye ko Volkswagen yatumye u Rwanda rubona abandi bashoboramari
30 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Gicumbi: Umuforomo afunzwe akekwaho gusambanya umubyeyi yabyazaga
26 March 2018, by Nsanzimana ErnestUmforomo uri mu kigero cy’ imyaka 40 wo kigo nderabuzima cya Rubaya mu karere ka Gicumbi ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umugore w’ imyaka 35 wari wamugannye ngo amubyaze.
Amakuru y’ uko uyu muganga yasambanyije umubyeyi yabyazaga, akimara kumenyekana polisi y’ u Rwanda ikorera muri ako gace yahise ita muri yombi uyu mugabo tutangaje amazina ye ku mpamvu z’ umutekano we.
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu ntara y’ amajyaruguru yemeje aya makuru gusa nta byinshi yatangaje (...) -
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Nigeria nyuma yo kuva kuri Gabon [AMAFOTO]
11 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yasuye igihugu cya Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, nyuma yo gusoza urwo yagiriraga muri Gabon aho yanabonanye na Perezida Ali Bongo.
-
Umuforomo yanze kwakira umurwayi ngo udafite mituelle ahita yirukanwa
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuforomo witwa Nyirarukundo Josiane wok u bitaro bya Kaminuza I Butare CHUB yirukanwe mu bitaro nyuma yo kwanga kwakira umurwayi wari usanywe na Ambilance ngo ntafite ubwisungane mu kwivuza.
-
Umuhungu wa Gen. Maj Ntawunguka Pacifique uyobora FDLR yashimiye Leta y’u Rwanda yamurihiye kaminuza
19 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Gen Maj Pacifique Ntawunguka uzwi ku mazina nka Omega uyobora FDLR witwa Mukiza Willy Maurice yashimiye Leta y’u Rwanda yamufashije we n’abavandimwe be ititaye kuri se ushaka guhungabanya umutekano w’igihugu.
-
Oliver Karekezi ashobora kuba agiye kwirukanwa muri Rayon Sports
14 February 2018, by Dusingizimana RemyHari amakuru yizewe avuga ko Umubiligi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports wagarutse mu Rwanda nyuma yo kuyivamo asezeye kubera ibibazo atatangarije itangazamakuru mu mwaka wa 2016 ashobora kuba agiye gusimbura Karekezi Olivier utarashimishije abakunzi ba Rayon mu mikino ibiri iheruka.
Uyu mugabo wavuye muri Rayon Sports nyuma y’umukino yatsinzemo Kiyovu Sports igitego 1-0 agasigira ikipe Masudi Djuma wari umwungirije, yagaragaye ku mukino Rayon Sports yakinnye na Musanze FC kuri uyu wa (...) -
Nyanza:Umwarimu yapfuye azize inzoga zirengeje urugero
11 February 2019, by Martin MunezeroIfoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
-
Nyabihu: Amanyanga mu bucukuzi bw’umucanga ni imwe mu mpamvu zeguje abayobozi b’akarere
13 May 2018, by Nsanzimana ErnestTariki ya 7 werurwe 2018 ni bwo uwari umuyobozi wungirije w’akarere ka Nyabihu ushinzwe ubukungu n’iterambere MUGWIZA Antoine yeguye kuri izo nshingano bikavugwa ko byari ku mpamvu ze bwite.
-
Cristiano Ronaldo ashobora kuva mu ikipe ya Real Madrid, impamvu ingana ururo, ese azerekeza he?
17 June 2017Umunya Portugal Cristiano Ronaldo yabwiye abakinnyi bakinana ko atacyifuza gukina muri Espagne mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo gushinjwa kunyereza imisoro irenga miliyoni 13 z’amapawundi ibirego ahakana nk’uko amakuru dukesha Marca abivuga.
Uyu musore w’imyaka 32 amaze igihe kirekire ahanganye n’ibiro bishinzwe imisoro n’amahoro muri iki gihugu bikunda kwifatira ku gahanga abakinnyi b’ibihangange aho mu minsi ishije yari Lionel Messi,Alexis Sanchez,Xavier Mascherano none bafashe na Cristiano (...) -
Sugira Ernest yatangaje impamvu yitwara neza mu ikipe y’igihugu kurusha muri APR FC
21 October 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Sugira Ernest ukomeje kwigarurira imitima y’abakunzi ba ruhago muri rusange kubera ukuntu akomeje guheka ikipe y’igihugu Amavubi,yavuze ko atisanga neza mu ikipe ya APR FC yari amaze imikino 2 atagaragara muri 18 kandi ari muzima.
0 | ... | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | ... | 2480