Umuyobozi w’umuryango ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda [Transparency International Rwanda],Ingabire Marie Immaculée abona gukona abagabo basambanya abana bato aribyo byashobora iyi ngeso mbi yabo .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ingabire Immacule uyobora TIR abona gukona abasambanya abana byagabanya ingeso yabo
12 October 2019, by Dusingizimana Remy -
Eritrea yahagaritse ingendo z’indege za Ethiopian airlines
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIEritrea yabujije indege ya Ethiopian Airlines kongera gukoresha kirere cyayo kuva ku ya 30 Nzeri 2024, iyishinja ihohoterwa ry’abagenzi n’ibibazo by’imikorere mibi.
-
RIB yerekanye abakobwa 4 bakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga amashusho yabo bambaye ubusa
31 July 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Nyakanga 2020 nibwo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse Itangazamakuru abakobwa 4 batawe muri yombi bakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga.
-
Ni inde wabwiye Obama na Trump ko ngomba kubaho nkabo?-Perezida Kagame
14 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’Igihugu akaza no kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda, yatangaje ko atifuza kubaho cyangwa se kwemeza Brack Obama wayoboye Amerika, Donald Trump wamusimbuye n’abandi bo mu burengerazuba w’Iburayi.
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Daily Telegraph cyo mu gihugu cy’u Bwongereza, Perezida Paul Kagame, yabajijwe n’umunyamakuru icyo avuga kubivugwa ko yashatse kugundira ubutegetsi n’icyo azakora mu kwemeza umuryango mpuzamahanga (…) -
Umuherwe Elon Musk yiyeguriye urubuga rwa Twitter ku kayabo
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONBC yemeye ku mugaragaro ko umuherwe Elon Musk yaguze urubuga nkoranyambaga rwa Twitter ku kayabo ka miliyari 44 z’amadorali.
Ibi byatangajwe ku ya 25 Mata 2022 ko Elon Musk yamaze kwegukana imigabane yose ya Twitter.
Uyu mugabo yasobanuye ko abona Twitter nk’urubuga rwo kuganiriraho ingingo z’ingenzi ku buzima bwa muntu.
Yavuze ko ashaka kugira Twitter urubuga nkoranyambaga rwiza, ruha abantu uburenganzira bwo kwisanzura bakavuga ibyo batekereza, akaruha imikorere mishya ku buryo (…) -
Rubavu: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica abana 2 bo mu rugo yakoragamo abahaye uburozi
20 November 2019, by Dusingizimana RemyUwari umukozi wo mu rugo witwa Nyirarukundo Claudine, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranweho kwica abana babiri bo mu rugo yakoragamo afatanyije na mukase wabo.
-
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina babanaga mu nzu
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore w’ imyaka 29 arakekwaho kwica nyina babanaga mu murenge wa Mugina akagari ka Nteko, umudugudu wa Ntare mu karere ka Kamonyi.
Tuyishimire Alex ngo ejo yahuye n’ umuntu amubwira ko asize arwanye na nyima uwo muntu agiye kureba asanga Mukagatare Daphrose (Nyina wa Alex) yapfuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge wa Mugina, Ndayisaba Jean Pierre Egide yatangarije Ikinyamakuru Umuryango.rw ko uyu musore yahise aburirwa irengero ubu ngo arimo gushakishwa n’ inzego z’ (…) -
Kigali: Umunyemari Karera Dennis uyobora Kigali Heights yaba yaratawe muri yombi?
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestBirakekwa ko inzego z’ umutekano mu Rwanda zataye muri yombi umuherwe rwiyemezamirimo Dennis Karera uyobora umuturirwa Kigali heights uri hafi ya Kigali Convention Center.
-
Hejuru ya 80% ingengabitekerezo ya Jenoside yaragabanutse mu myaka 20 ishize
14 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba ingengabitekerezo ya Jenoside byerekana ko Abanyarwanda bari kurushaho kunga ubumwe.
-
Urukiko rwategetse ko uwari gitifu wa Gisagara arekurwa by’ agateganyo
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rw’ akarere ka Huye Rwategetse ko Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara arekurwa akaburana ari hanze.
Mvukiyehe akekwaho yatawe muri yombi tariki akurikiranyweho ibyaha bibiri harimo icyo konona no gusesagura umutungo wa Leta no gutanga amasoko ya Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Nyuma y’ uko tariki 1 Ugushyingo 2017, Urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rukatiye Mvuyekure Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka (…)
Umuryango.rw
Eritrea yahagaritse ingendo z’indege za Ethiopian airlines
RIB yerekanye abakobwa 4 bakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga amashusho yabo bambaye ubusa
Umuherwe Elon Musk yiyeguriye urubuga rwa Twitter ku kayabo