Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza umutoza mushya nyuma yo kugenda kwa Masudi Djuma weguye ku wa gatandatu taliki ya 08 Nyakanga nyuma yo guhabwa igikombe cya shampiyona bari bamaze igihe bategereje. Ku Isonga ry’abashobora kumusimbura haravugwa umunyarwanda Karekezi Olivier utoza mu makipe y’abana muri Suede .
Karekezi Olivier wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya APR FC no mu Mavubi aravugwa cyane n’abakurikiranira hafi ibya Rayon Sports aho bavuga ko ashobora gusinyira iyi kipe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rayon Sports igiye kubona umutoza mushya
10 July 2017 -
Olivier Nduhungirehe yasubije ibibazo by’ amatsiko kuri OIF na Kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Alphonse BikorimanaMu gihe habura amasaha make ngo habe amatora y’Umunyamabanga w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa OIF, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro na Radiyo Ijwi rya Amerika , abaturage bamubazaga ibibazo by’amatsiko bibaza ku kuri francophonie, kandidatire ya Mushikiwabo , imikoreshereze y’Igifaransa mu Rwanda n’ibindi. U
-
Rusizi: Abasore babiri barashwe barapfa
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestSaa tatu n’ iminota ibiri, kuri iki Cyumweru tariki 10 Kamena, abantu bitwaje intwaro batamenyekana barashe abasore babiri mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi barapfa.
-
U Rwanda nta modoka n’ imwe rufite yorohereza abantu bafite ubumuga
4 December 2017, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ni igihugu benshi batangarira bitewe no kwihuta mu ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere. Ni igihugu abenshi bafata nk’ intangarugero ku rwego rw’ Afurika no mu Isi muri rusange.
U Rwanda muri 2007 rwashyizeho itegeko rirengera abafite ubumuga ndetse rwanashyize umukono ku masezerano mpuzahanga arengera abafite ubumuga.
Kuri uyu wa 3 Ukuboza 2017, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’ Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ abantu bafite ubumuga, abo mu Rwanda bagaragaje ko bishimira (…) -
Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko ataburana “Gisivili” afunzwe akanabaho Gisilikali!
16 April 2021, by UbwanditsiMu rubanza rw’ubujujrire rwabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga Col Tom Byabagamba n’abamwunganira bibukije umucamanza w’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge wamuburanishaga ko yatanze inzitizi ko adakwiriye kuburanishwa mu nkiko za gisivili kandi ari umusilikali bityo bakwiriye kubanza gufata icyemezo kuri iyo nzitizi.
Col Tom Byangamaba akurikiranweho icyaha cyo kwiba telephone n’indahuzamuriro yayo, icyaha urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwamuhamije rukamukatira igifungo cy’imyaka 3. Akaba (…) -
Ruhango: Bafashwe bacuruza inyama z’imbwa babeshya ko ari iz’ihene
4 August 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 03 Kanama 2020 ,abasore batatu bafatiwe mu gasanteri k’ ubucuruzi gaherereye mu murenge wa Ruhango bikekwa ko bari kugurisha inyama z’ imbwa bari baraye babaze.
-
Muhanga:Umugabo n’umugore we barakekwa kwica abana babo b’impanga babanize
19 February 2019, by Martin MunezeroKuri iki Cyumweru umugabo w’imyaka 36 n’umugore we w’imyaka 32 bo mu murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu mudugudu wa Gasharu batawe muri yombi ‘bakekwaho kwica abana b’impanga zabo babanize.’ Aba bombi bari basanzwe bafitanye abana batatu. Ziriya mpanga zavutse taliki 15, Mutarama, 2019.
-
Abadepite 48 ba Zambia bahagaritswe kubera gusuzugura ijambo rya Perezida Lungu
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestLeta ya Zambia yahagaritse by’ agateganyo iminsi 30 abadepite 48 bo mu ishyaka UPND ritavuga rumwe n’ ubutegetsi kubera kwanga gutega amatwi ijambo rya Perezida wa Zambia Edgar Lungu.
Abo badepite banze kwitabira inama y’ abayobozi bakuru b’ igihugu yabaye muri Werurwe 2017 bavuga ko Perezida Lungu atariwe Perezida wemewe n’ amategeko watowe mu matora yabaye umwaka ushize wa 2016.
Perezida w’ inteko ishinga amategeko ya Zambia Patrick Matibini yabwiye Ikinyamakuru Lusaka Times ko ibyo (…) -
Amavubi anganyije na Nigeria mu mukino wa mbere muri CHAN
16 January 2018, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi ibashije gukura inota rimwe kuri Nigeria mu mukino wa mbere wo mu itsinda C mu mikino ya CHAN 2018 iri kubera muri Maroc. Nubwo Nigeria yahabwaga amahirwe menshi mbere y’umukino,Amavubi abashije kubyitwaramo neza cyane ndetse abasha kubona inota rimwe kuri iki gihugu kizwi cyane mu mupira w’amaguru muri Afurika.
Umukino watangiye Nigeria iri hejuru ndetse mu guhererekanya umupira irusha Amavubi ku buryo bugaragara, aho yarase uburyo uburyo 2 bukomeye bwakagombye (…) -
Perezida Kagame azageza ijambo ku bitabiriye inama ya BRICS muri Afurika y’ Epfo
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 26 Nyakanga 2018 yageze mu gihugu cya Afurika y’ Epfo aho azitabira inama y’ abayobozi b’ibihugu bigize BRICS.
Umuryango.rw
Ruhango: Bafashwe bacuruza inyama z’imbwa babeshya ko ari iz’ihene