Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwemeje ko rwataye muri yombi umwarimu wigisha ku kigo cy’amashuli yisumbuye cya GS Murira mu karere ka Rusizi, ushinjwa gukubita umunyeshuri yigisha witwa Kwizera Patrick akamuvuna ukuboko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RIB yemeje ko yataye muri yombi wa mwarimu wakubise umunyeshuli we akamuvuna ukuboko
18 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Rayon Sports yimuye italiki yagombaga gutangarizaho umutoza wayo mushya
20 September 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kwimura igihe bwagombaga gutangariza ku mugaragaro umutoza mushya usimbura Robertinho watandukanye nayo mu minsi ishize.
-
Nathan wari umwe mu bayobozi ba MHC yirukanywe burundu
2 June 2018, by Nsanzimana ErnestNtwari Biziyaremye Nathan wari Umuyobozi ushinzwe Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Ireme ry’ibitangazwa mu binyamakuru mu Nama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) yirukanywe buru mu bakozi ba Leta kubera amakosa akomeye yakoze mu kazi nk’ uko byatangajwe mu myanzuro y’ inama y’ Inama idasanzwe y’ abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Kamena.
-
Umukobwa wa Perezida Museveni yavuze uburyo yibonaniye n’Imana amaso ku maso ndetse ikagira nibyo imutuma
10 April 2018, by Martin MunezeroPatience Rwabwogo Museveni, umukobwa wa Perezida Museveni wa Uganda, mu cyumweru gishize nibwo yabwiye imbaga y’abakiristo ko yabonye Imana n’amaso ye, imutangariza ko igiye guhindura igihugu cya Uganda.
Patience yatumiwe nk’umushyitsi udasanzwe na Pastor Wilson Bugembe wo mu itorero “Light the World Ministries” ikinyamakuru cyo muri Uganda, Ugchristiannews gitangaza ko ubwo yitabiraga ubutumire ari nabwo yaboneyeho akanya ko gutangaza uburyo yakiriye agakiza afite imyaka 11 y’amavuko. (...) -
Umubare w’ abazatora Perezida wiyongereyeho abarenga miliyoni n’ ibihumbi 100
19 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe hasigaye iminsi 45 ngo Abanyarwanda binjire mu matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya gatatu nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, komisiyo y’ amatora iravuga ko yamaze kwegeranya no gutunganya byinshi mu bikenewe ngo aya matora azagende neza.
Amatora y’ umukuru w’ igihugu Abanyarwanda bayaherukamo muri 2010. Icyo gihe Abiyandikishije kuri lisiti y’ itora bari miliyoni eshanu n’ ibihumbi 700. Magingo aya kwiyandikisha kuri lisiti y’ itora y’ abatora umukuru w’ igihugu mu (...) -
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Muhanga: Inyubako y’amaduka iri imbere ya gare yafashwe n’inkongi irakongoka
19 June 2019, by UbwanditsiInyubako irimo amaduka iri imbere y’ikigo abagenzi bategeramo imodoka (gare) mu mujyi wa Muhanga muri uru rukerera rwo kuwa gatatu taliki 19/6/2019 ifashwe n’inkongi irashya irakongoka.
Inyubako yibasiwe n’inkongi ikaba iteganye neza n’aho imodoka zisohokera muri gare Ubu twandika iyi nkuru imodoka ya Polisi izimya inkongi ikaba irimo kugerageza kuzimya amakara n’ibirimi by’umuriro ngo n’ahandi hadafatwa.
Mu maduka ahiye harimo n’ihahiro (Supermarket) ryari ikomeye cyane muri kariya gace (...) -
Reba ibiciro bishya by’umuriro w’amashanyarazi byashyizweho na RURA
11 August 2018, by Martin MunezeroIkigo cy’igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA), cyamaze gushyiraho ibiciro bishya by’umuriro w’amashanyarazi bisimbura ibyari byarashyizweho muri Mutarama 2017. Ibi biciro bigomba gutangira gukurikizwa kuva ku wa mbere tariki ya 13 Kanama.
-
’Ndaza kubamerera nabi’ Perezida Kagame atangiza umwiherero wa 15
26 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul yagereranyije kurangiza inshingano umuyobozi aba yahawe no kurwana urugamba, yongera kugaya abayobozi bakora mu nzego zimwe badakorana, anabaza niba ingabo zarwana urugamba zidakorana.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze atangiza umwiherero wa 15 w’ abayobozi bakuru b’ igihugu urimo kubera I Gabiro mu karere Gatsibo.
Yagize ati “Abantu 100 gusa bagiye ku rugamba, ariko buri umwe akikorera ibyo yishakiye , usigara inyuma umwanzi abari imbere urwo rugamba (...) -
Umunyarwanda yarasiwe muri Mozambique
17 March 2018, by Nsanzimana ErnestHitimana Vital, Umunyarwanda ukorera ubucuruzi muri Mozambique yarashwe amasasu menshi n’ umuntu wa mutegeye aho atuye mu Mujyi wa Villa Olempique amusiga ari intere.
Ahagana saa yine n’iminota icumi mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 16 rishyira ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Werurwe 2018 nibwo Hitimana ukunda gusura u Rwanda no kugira uruhare mu bikorwa by’ iterambere mu Rwanda yarashwe.
Umuyobozi w’ ihuriro rw’ Abanyarwanda muri Mozambique Louis Baziga yavuze ko Hitimana yari aturutse muri (...)
0 | ... | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | ... | 2480