Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yihanganishije igihugu cya Burkina Faso, nyuma y’igitero cyabagabwe mu mujyi wa Ouagadougou cyigahitana abagera kuri 18 abandi 8 bagakomerea
Ni igitero cyagabwe mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 13 Kanama 2017. Ikinyamakuru Le Figaro cyanditse ko iki gitero cyagabwe ahagana ku isaha ya saa tatu z’ijoro ( ku isaha yo mu Rwanda).
Iki gitero cyagabwe n’ishami ry’umutwe w’iterabwoba wa al-Qaeda rikorera mu Butayu bwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rwihanganishije Burkina Faso nyuma y’igitero cyahitanye 18
14 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Rusizi: Umukandida Mpayimana yabajijwe niba afite igisubizo ku kibazo cya caguwa
18 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza umwanya wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga yiyamamarije I Kamembe mu karere ka Rusizi yizeza abaturage ko nibamutora azakemura ikibazo cy’ ikurwaho rya caguwa.
Ubwo yakiraga ibibazo by’ abari baje kumwa imigabo n’ imigambi ye, Mpayimana yabajijwe niba nibamutora hari icyo azakora ku kibazo cy’ ikurwaho rya caguwa dore ko yari amaze kubabwira ko azateza imbere ubucuruzi buciriritse.
Mpayimana yavuze ko ikurwaho (…) -
Ibura ry’akazi, abanebwe n’inkorabusa ni imwe mu mizigo ikomeye ku bukungu
10 December 2020, by Joseph HakuzwumuremyiIbarura rusange ryakozwe muri 2012 ryagaragaje ko ugereranyije abantu 100 bishingira/batunga abagera kuri 93 (age dependency ratio) batari mu myaka yo gukora. Ibi biteza impungenge cyane iyo usanze umubare utari muto w’abari mu myaka yo gukora ari abashomeri cyangwa batari ku isoko ry’umurimo.
Muri raporo ya 2019 igaragaza uko umurimo uhagaze mu Rwanda yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yasohotse muri Werurwe uyu mwaka, igaragaza ko muri miliyoni zisaga cumi n’ebyiri (…) -
MissRwanda Muheto Divine yakiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba [AMAFOTO]
5 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu munsi w’ejo tariki ya 4 Mata 2022 nibwo Miss Nshuti Muheto Divine wegukanye waye inyambinga w’uyu mwaka wa 2022 , yakiriwe mu biro bya Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba arinaho uyu mukobwa akomoka. Miss Muheto yiyamamarije mu Ntara y’Uburengerazuba, ayihesha ishema nyuma y’imyaka igera kuri ine ikamba ryihariwe n’abakobwa biyamamarizaga i Kigali.
Mu biganiro yagiranye na Guverineri Habitegeko harimo umushinga afatanyije na Africa Improved Food (AIF) wo kurwanya igwingira n’ikibazo (…) -
Perezida Kagame yakiriye Perezida Ramaphosa
20 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Perezida w’ igihugu cya Afurika y’ Epfo wamaze kugera I Kigali ahateganyijwe inama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Werurwe 2018 nibwo Perezida Ramaphosa yageze I Kigali.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Werurwe Ramaphosa na bagenzi be bagera kuri 26 bazashyira umukono mu masezerano ashyiraho isoko rimwe rya Afurika.
Uretse Cyril Ramaphosa abandi bakuru b’ ibihugu bamaze kugera I Kigali ni Perezida (…) -
Abubatse Ikigo Nderabuzima cya Mwendo muri Ruhango bamaze imyaka 6 batarahembwa
6 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu mwaka wa 2012, ngo ni bwo ikigo nderabuzima cya Mwendo giherereye mu karere ka Ruhango cyashyikirijwe ubuyobozi bw’ aka karere nyuma y’ umwaka cyubakwa. Abakoze imirimo yo kucyubaka ngo n’ ubu ntibarahembwa.
-
Ibyaranze tariki 24 Kamena birimo n’ ivuka rya Lionel Messi
24 June 2017, by Renzaho FerdinandMenya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24 Kamena ni umunsi 175 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 190 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki ya 24 Kamena nibwo kabuhariwe mu mupira w’amaguru ubu ufite imipira ya zahabu kurusha abandi bose ku isi, Lionel Messi, yavutse.
Hari ku itariki nk’iyi ya 24 Kamena 1987, ubwo (…) -
Abifuza kutugenera uko tubaho iyo baba bari mu kuri tuba tugeze aho bari ubu-P.Kagame I Gakenke
31 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR inkotanyi rimaze ku butegetsi imyaka isaga 20, yabwiye abatuye Gakenke ko iyaba abagenera abandi kubaho bari bafite ineza ku banyawanda no muri Afurika bagakwiye kuba bageze ahantu hamwe.
Ibi yabitangarije mu Murenge wa Nemba ku kibuga cy’umupira ahari hateraniye abaturage bo mu Mirenge itandukanye y’akarere ka Gakenke bitabiriye ibikorwa bye byo kwiyamamaza.
Yagize ati “Iyo myumvire yo kugira ikintu icyawe, ukagikorera, ukakirinda ni politiki nshya, (…) -
Perezida Kagame yashimye Kenya ku itahwa ry ’igice cy’umuhanda wa Gari ya Moshi uzagera no mu Rwanda [Amafoto]
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimye Kenya nyuma yo gutaha ikiciro cya mbere cy’umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Kenya, ukanyura muri Uganda, ukaza mu Rwanda ugakomeza mu Burundi, ndetse ukagira n’ishami rizagera muri Sudani y’Epfo na Ethiopia.
Kuri wa Gatatu tariki 31 Gicurasi 2017, nibwo Kenya yatashye ku mugaragaro uyu muhanda wa kilometero 470 uhuza icyambu cya Mombasa n’Umugi wa Nairobi.
Mu butumwa Perezida Kagame yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter ku gicamunsi cyo kuri uyu (…) -
Press Release - Refresh your view with amazing TV series on StarTimes during the Christmas season
25 November 2020, by UbwanditsiAfrica’s leading pay-TV operator StarTimes has refreshed this year’s Christmas season with a line-up of great TV series.
Umuryango.rw
MissRwanda Muheto Divine yakiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba [AMAFOTO]
Press Release - Refresh your view with amazing TV series on StarTimes during the Christmas season