Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Mata 2018 azaha ikiganiro abitabiriye inama y’ umuryango Mo Ibrahim ujora ubutegetsi n’ imiyoborere by’ abakuru b’ ibihugu bya Afurika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame ejo azatanga ikiganiro mu nama y’ umuryango ‘Mo Ibrahim’ ujora ubutegetsi bwa Afurika
27 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
“U Rwanda rubona urubyiruko rwarwo nka peteroli na Diyama” Kabarebe
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestMiisitiri w’ ingabo Gen. James Kabarebe yaganirije urubyiruko urubyiruko rusaga 5 200 ruri mu ihuriro ngaruka mwaka ry’urubyiruko rwo muri Kiriziya Gaturika, ababwira ko u Rwanda nta wundi mu mutungo rufite uretse urubyiruko n’abaturage barwo muri rusange.
Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko rwaturutse muri Diyoseze icyenda, yagarutse ku ruhare rw’urubyiruko mu mateka y’u Rwanda, by’umwihariko uruhare rw’urubyiruko mu gusenya igihugu mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Nubwo kandi ku (…) -
Perezida Kagame yahuriye na Tshisekedi muri USA bagirana ibiganiro
24 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yongeye kugirana ibiganiro na mugenzi we wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo baraye bahuriye mu mujyi wa New York muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.
-
Reba amafoto utabonye yaranze umuhango wo Gusaba no Gukwa Ange Kagame[AMAFOTO]
30 December 2018, by Martin MunezeroAnge Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida Paul Kagame inkuru ikinyamakuru UMURYANGO duheruka kubagezaho tariki 28 Ukuboza ubwo yasabwagwa akanakobwa n’umusore bakundana witwa Bertrand Ndengeyingoma,hari nandi mafoto twifuje kubereka mushobora kuba mutarabonye.
-
Ndatimana wamugariye ku rugamba yavuze ukuntu yataye ishuri ajya kubohora u Rwanda
4 July 2017, by Nsanzimana ErnestNdatimana Mustafa wakomerekeye ku rugamba rwo kubohora igihugu, avuga ko yataye amashuri aho yigaga mu wa gatandatu w’amashuri yisumbuye yinjira igisirikare.
Imyaka 23 irashize FPR - inkotanyi ihagaritse jenosode yakorerwaga abatutsi ikabohora u Rwanda, kugira ngo bigerweho byasabye ubwitange bwa bamwe mu bari bakiri bato, bemeye gusiga ibyabo n’ubuzima bwabo, kugira ngo bagarure amahoro no kwisanzura mu Banyarwanda.
Benshi basize ubuzima mu rugamba rwo kwibohora, abandi baba ibimuga (…) -
RDC: FARDC yakoresheje indege mu kwica inyeshyamba za FLN zirimo n’umuyobozi wazo
1 December 2019, by Dusingizimana RemyIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [FARDC] zakubise inshuro inyeshyamba za FLN muri Kivu y’Amajyepfo ndetse zica abarimo Gen.Gaseni wari ushinzwe ibikorwa bya gisirikare.
-
Hatangajwe amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n’abakoze ibisoza ikiciro rusange ’Tronc Commun’
31 December 2018, by Martin MunezeroKuri uyu wa mbere, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza ndetse n’ay’abakoze ibisoza ikiciro rusange Tronc Commun.
-
Umunyamabanga wa PSR yavuze ukuntu muri Jenoside Abafaransa bihinduraga abirabura
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga w’ ishyaka ry’ abakozi PSR, avuga ko muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda Abafaransa bajyaga gukora jenoside bihinduye abirabura.
Alphonse Kayiranga Mukama yabivugiye mu kiganiro Ishyaka PSR n’ ishyaka UDPR bahaye abanyamakuru kuri uyu wa Mbere 6 Ugushyingo 2017.
Mukama yashimangiye ibyari bimaze kuvugwa na Depite Rucibigango Jean Baptitse ko indege yari itwaye Juvenal Habyarimana yarashwe n’ Abafaransa, agaragaza uruhare rw’ Abafaransa muri Jenoside yakorewe abatutsi (…) -
Gasabo: Umugabo yatemaguye umugore we aramwica ngo yatinze ku isoko
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo ukuze wo mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Gikomero wo mu karere ka Gasabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
-
Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ingamba u Rwanda rwafashe ku kibazo cy’umubano mubi n’u Burundi
8 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko Leta y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kureka Abarundi bakabanza gukemura ibibazo byabo bwite barangiza bakaza bakaganira n’u Rwanda.
Umuryango.rw