Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, ushinzwe amashuli abanza n’ayisumbuye,Dr Isaac Munyakazi yasabye abarimu kwirinda gukoza isoni abanyeshuli nyuma y’aho umushyushyarugamba Lion Imanzi yanditse kuri Twitter ye ko ababajwe nibyo umwarimu yakoreye umwana we w’imyaka 7 aho yamunyujije imirongo mu mutwe mu rwego rwo kumusaba kwiyogoshesha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri Munyakazi yasabye abarimu kureka gukoza isoni abanyeshuli nyuma y’ibyo bakoreye umwana wa MC Lion Imanzi
28 September 2019, by Dusingizimana Remy -
‘Ibirenge n’ intoki byacu byashyizwe mu muriro ntitwasibangana’ Perezida Kagame
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe yavuze ko Afurika yanyuze mu bibazo bikomeye ariko ntigire icyo iba asaba urubyiruko rw’ uyu mugabane tukagamburuzwa n’ ibibazo.
-
Abadepite 48 ba Zambia bahagaritswe kubera gusuzugura ijambo rya Perezida Lungu
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestLeta ya Zambia yahagaritse by’ agateganyo iminsi 30 abadepite 48 bo mu ishyaka UPND ritavuga rumwe n’ ubutegetsi kubera kwanga gutega amatwi ijambo rya Perezida wa Zambia Edgar Lungu.
Abo badepite banze kwitabira inama y’ abayobozi bakuru b’ igihugu yabaye muri Werurwe 2017 bavuga ko Perezida Lungu atariwe Perezida wemewe n’ amategeko watowe mu matora yabaye umwaka ushize wa 2016.
Perezida w’ inteko ishinga amategeko ya Zambia Patrick Matibini yabwiye Ikinyamakuru Lusaka Times ko ibyo abo (...) -
Nkurunziza yababajwe bikomeye n’ihagarikwa ry’abasirikare b’Aburundi bari mu butumwa bwa AMISOM binjirizaga igihugu amamiliyoni
22 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza yababajwe bikomeye no kuba ingabo 1000 ze zahagaritswe mu butumwa zari zimazemo iminsi mu gihugu cya Somalia,kubera ko ngo bari isoko yinjirizaga igihugu cye amadovize.
-
Perezida Kagame yeretse ibihugu bikize igitsibo bikwiye gushoramo imari muri Afurika
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yabwiye ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi ko muri Afurika ahantu hakenewe gushorwa imari kurusha ahandi ari mu mihanda, ibiraro, ibyambu, inzira za gari ya moshi ndetse no kubaka ingomero z’amashanyarazi.
Hari mu nama y’Umuryango w’ibihugu 20 bikize ku Isi (G20) yiga ku bufatanye na Afurika, yabereye i Berlin mu Budage kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2017.
Iyi nama ikaba yari igamije kwigira hamwe uburyo bwo gushora imari mu hazaza hafite inyungu (...) -
RURA yemeje ko NEC idafite uburenganzira bwo kubuza abaturage gukoresha imbugankoranyambaga
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo ngenzura mikorere (RURA) cyatangaje ko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) nta burenganzira ifite bwo kugenzura cyangwa kubuza abaturage gukoresha imbuga nkoranyamabaga
Ni mu gihe komisiyo y’ amatora yari yatangaje ko izahagarika imbuga nkoranyambaga z’ abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe kuri Kanama 2017 niramuka ibonye ko izo mbuga zirimo gukoreshwa mu buryo bubangamiye imigendekere myiza y’ amatora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri (...) -
Inkuru irambuye ku myigaragambyo muri Kenya iri gusatira na Uganda! Ubugambanyi n’ibindi utamenye
24 July 2024, by Ubwanditsi““Dukomeza kujya mbere, tuzarinda igihugu. Dukomeza kujya mbere tuzarinda igihugu. Tuzarinda ubuzima, tuzarinda imitungo yabo. Tuzahagarika abarimbuzi, tuzahagarika abicanyi, tuzahagarika imyigaragambyo kubera ko Kenya ari igihugu cya Demokarasi kandi turifuza igihugu gitekanyo kandi cy’amahoro. Ndetse ibibazo byacu bikemuka hakoreshejwe uburyo bwa demokarasi.
...None mwe abanyakenya murashaka iki? Murashaka ko duhagarika aka kavuyo? Duhagarike iyi ntambara? Duhagarike iyi myigaragambyo (...) -
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda bose umunsi mwiza w’Intwali
1 February 2019, by Martin MunezeroPaul Kagame yashimiye intwari zitangiye u Rwanda, avuga ko ubwitange bwabo buzakomeza kuzirikanwa, kandi ko ari inshingano za buri wese kugira ngo igihugu gikomeze kujya aho Abanyarwanda bifuza.
-
Donald Trump yabaye perezida wa mbere wa USA wakandagiye ku butaka bwa Koreya ya ruguru [AMAFOTO]
30 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora ibisasu bya kirimbuzi.
-
PL iravuga ko niribona imyanya mu nteko hari ibizahinduka ku byiciro by’ ubudehe
14 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu PL ryatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza mu murenge wa Base mu karere ka Rulindo yizeje abanyarwanda ko bazabona impinduka muri gahunda y’ ibyiciro by’ ubudehe nibayiha amajwi ikabona imyanya mu nteko.
0 | ... | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | ... | 2480