Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Press Release: StarTimes is getting IN FOR AFRICA on Africa Day
25 May 2020, by Ubwanditsi
StarTimes announces it is joining the #INFORAFRICA Alliance to tackle the spread of coronavirus.
The #INFORAFRICA Alliance aims to respond to the challenges faced by Africa in tackling the coronavirus pandemic. The campaign engages with hundreds of opinion leaders, celebrities and influencers to deliver preventive and lifesaving messages across the continent as well as supporting initiatives which fight the disease, create a positive impact on local communities and contribute to achieving resilience against the impact of the disease.
-
Ifoto y’Umunsi: Perezida Kagame na Museveni basuhuzanyije mbere y’inama y’I Gatuna [AMAFOTO]
21 February 2020, by Dusingizimana Remy
Perezida Paul Kagame na bagenzi be barimo Perezida João Lourenço, perezida Felix Tshisekedi na perezida Museveni bahuriye I Gatuna kuri uyu wa Gatanu mu biganiro byo kuzahura umubano w’U Rwanda na Uganda umaze imyaka 3 utameze neza.
-
Rwamagana: Wa mugabo ukekwaho kwica umugore we akamucamo ibice akabijyana mu rufunzo agiye kuburanishwa
9 July 2018, by Nsanzimana Ernest
Umugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo tariki 10 Nyakanga 2018 niko akarere ka Rwamagana katangaje.
-
Perezida Kagame yakiriwe na Putin mbere y’ umuhango utangiza igikombe cy’ Isi
13 June 2018, by Nsanzimana Ernest
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 13 Kamena yakiriwe mu biro bya Perezida w’ Uburusiya ’Klemlin’ na Perezida Vladmir Putin w’Uburusiya mbere y’uko yitabira umuhango wo gutangiza imikino y’igikombe cy’isi.
-
Abakuru b’ ibihugu batangiye kugera mu Rwanda mu nama Museveni adategerejwemo
19 March 2018, by Nsanzimana Ernest
Kuri uyu wa Mbere abakuru b’ ibihugu bitabiriye inama idasanzwe y’ Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe batangiye kugera mu Rwanda Perezida wa Uganda Yoweri Museveni ntabwo ari muri 23 bemeye ko bazayitabira.
Iyi nama idasanzwe y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izasinyirwamo amasezerano ashyiraho isoko rimwe rya Africa “African Continental Free Trade Area”. Ku ikubitiro, Perezida Mahamadou Issoufou wa Niger usa nk’aho ari nawe uyoboye ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mushinga niwe wabanje kugera (…)
-
Kigali Investment Company niyo yaguze mu cyamunara UTC ya Rujugiro
25 September 2017, by Iyamuremye Janvier
Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro muri cyamunara kuri miliyari 6.877.150 (Miliyari esheshatu, miliyoni 877 n’ibihumbi 150 z’amafaranga y’u Rwanda); ikaba yagurishijwe mu cyamunara n’Umuhesha w’Inkiko, Me Nsabimana Vedatse.
Igiciro fatizo cya miliyari esheshatu na miliyoni 639, ibihumbi 636 n’amafaranga 336 y’u Rwanda.
Kuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 ahagana saa munani z’amanywa nibwo hatangiye igikorwa cyo kugurisha mu (…)
-
Inama y’Abaminisitiri yongereye umushahara wa mwalimu na manda ya Guverineri Rwangombwa irongerwa
29 January 2019, by Ubwanditsi
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo byayifatiwemo
-
Hahishuwe uko Kabuga Felicien yafashwe bitewe n’umuhungu we wahoraga ajya kumusura
25 May 2020, by Dusingizimana Remy
Hari byinshi bigitangazwa ku buryo Félicien Kabuga yafashwe, Koloneri Eric Emeraux ukuriye ishami rya jenoside n’ibindi byaha muri polisi y’Ubufaransa avuga ko Kabuga yari uwa kabiri inyuma ya Osama Bin Laden mu bantu bashakishwaga ku isi, anavuga uko bamugezeho.
-
Amb KARABARANGA yashyikirije Perezida wa Guinea Bissau impapuro zo guhagararira u Rwanda muri iki gihugu
28 April 2021, by Ubwanditsi
Taliki ya 27 Mata 2021, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bihugu bya Senegal, Guinea Bissau, Mali, Gambie na Cabo Verde, Nyakubahwa Jean Pierre KARABARANGA yashyikirije Nyakubahwa General Umaro Sissoco Embalo, Perezida w’Igihugu cya Guinea Bissau impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira Igihugu cy’u Rwanda muri Guinea Bissau.
Yamugejejeho indamukanyo ya kivandimwe ya mugenzi we w’u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul KAGAME.
Perezida Umaro Sissoco Embalo yasabye ko Ambasaderi KARABARANGA (…)
-
Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump
14 July 2024, by Emmy
Nyuma y’imyaka 19, kuri uyu wa 13 Nyakanaga 2024 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hongeye kumvikana inkuru ishitura umutima y’igitero ku munyapolitiki wiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu