Umuntu wari ufite igikapu kirimo umuhoro yarashwe n’ umusirikare wari k’ uburinzi arapfa, uwapfuye ntabwo umwirondoro we uramenyekana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kicukiro: Umusirikare yarashe umuntu wari ugiye kumutemesha umupanga
23 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Pasteri Kamanzi yasezeweho mu cyubahiro n’ abapasiteri bakomeye mu Rwanda barimo na Apotre Gitwaza
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Itorero Zion Temple Celebration Centre ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza; Pasiteri Emma Ntambara; umugore wa Apôtre Masasu, Pasiteri Lydia Umulisa Masasu, Umuyobozi wa Women Foundation Ministries, Apôtre Kabera Alice Mignone n’abandi n’abaturutse hanze mu bihugu byo mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba bitabiriye umuhango wo gushyingura Pasiteri Kamanzi Théophile wayoboraga Eglise Apostolique pour le Réveil au Rwanda (EARR) akaba n’Umuhuzabikorwa w’Igiterane Rwanda Shima Imana, yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Kanama 2018.
-
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
25 April 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yanenze abantu bambara udupfukamunwa mu buryo budakwiriye barimo n’abajya kuvugana n’umuntu bakakamanura kandi icyo kamaze ari ugukumira amacandwe ataruka umuntu avuga kuba yagwa ku bandi.
-
Perezida Museveni yavuze ko ‘Radio witabye Imana yari umunyempano ufite ahazaza heza’
1 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko yamenye amakuru y’ urupfu rw’ Umuhanzi w’ Umunya- Uganda Moses Ssekibogo benshi bari bazi nka Mowzey Radio yitabye Imana yongeyeho ko yari umunyempano.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 1 Gashyantare 2018 nibwo hamenyekanye inkuru y’ akababaro ko umuhanzi Mowzey Radio mu itsinda rya Good life wari uherutse gukubitwa akagirwa intere.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter yagize ati “Nakiriye amakuru ko umunyamuziki Moses (…) -
Uwakinnye ari ‘Intare y’ ingore’ ngo abantu baramutinya
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestAntoinette Uwamahoro benshi bazi ku mazina atandukanye arimo Intare y’Ingore, Mukadata, Umubyeyi Gito Superansiya bitewe n’ amafilime atandukanye yakinnyemo atari umuntu utari mwiza ngo abantu baramutinya ngo ariko yagiye muri filime yarabyiyemeje agomba kwirengera ingaruka
-
Polisi y’u Rwanda yagaragaje uko zimwe mu mpunzi zaturutse muri Libya zatangiye kwitwara nabi kubera #Gumamurugo
18 April 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru avuga ko impunzi zaturutse muri Libya zahohotewe n’abashinzwe umutekano aho yavuze ko hari gukorwa iperereza ku myitwarire mibi y’izi mpunzi zidashaka kubahiriza gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
-
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare (…) -
Ku Nshuro ya 34 hibukwa Bob Marley,Dore ibintu 10 byashyizwe ahagaragara utaruzi kuri we
11 May 2017, by Martin MunezeroBob Marley, ntabwo azibagirana n’abakunzi b’umuziki ku Isi, by’umwihariko abakunzi ba Reggae n’abo bita aba Rasta, uyu muhanzi yatangaga ubutumwa bw’umwihariko butuma bamwe bamwita Umuhanuzi. Ibi ni ibintu 10 bitamenyekanye cyane mu buzima bwe. Kuri uyu wa 06 Gashyantare, uyu muhanzi yari kuba yujuje imyaka 72.
1.Yizeraga ko kunywa agatabi kurumogi ngo bibohora. Aha twibutse ko mu gihugu cyacu kunywa urumogi ari icyaha gihanwa n’amategeko.
2.Amazina yiswe akivuka ni Nesta Robert Marley (…) -
Amafoto Yaciye Ibintu:Vladmir Putin Perezida w’Uburusiya yeretse Trump ko ashoboye akubita abantu 10 muri Karate avunika n’urutoki[AMAFOTO+VIDEO]
18 February 2019, by Martin MunezeroAmafoto yatangaje benshi cyane aho perezida w’igihugu cy’Uburusiya, Vladmir Putin yagaragaye ari gukubitagura abantu bari kwiga karate mu mujyi wa Sochi , bigatungura benshi bamucyekaga ko atakibasha gutera ingumi n’imigeri kubera ikigero arimo cy’Imyaka 66 y’amavuko aho byamuviriyemo no kuvunika urutoki.
-
Urukiko rwashimangiye ko Rusesabagina aguma muri gereza,Sankara bareganwa agabanyirizwa igihano
4 April 2022, by UbwanditsiUrukiko rw’Ubujurire rwagumishijeho igihano cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe n’urukiko rukuru ariko rugabanyiriza Nsabimana Callixte igihano kuko urukiko rukuru rwari rwamukatiye gufungwa imyaka 20 none urukiko rw’Ubujurire rwamuhanishije gufungwa imyaka 15 y’igifungo.
Umuryango.rw
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
Urukiko rwashimangiye ko Rusesabagina aguma muri gereza,Sankara bareganwa agabanyirizwa igihano