Ku munsi w’ejo Taliki ya 31 Werurwe 2018, nibwo habaye amatora y’umuyobozi wa FERWAFA,yarangiye ku ntsinzi ya Brigadier General Sekamana Jean Damascene wahigitse Rurangirwa Louis ku majwi 45 kuri 7 ndetse ahita asimbura Nzamwita Vincent Degaulle wari umaze imyaka 4 ayobora iri shyirahamwe ryagaragayemo ibibazo uruhuri kuva yatangira kuriyobora.
Sekamana niwe muyobozi mushya wa FERWAFA usimbura Degaulle
Hari benshi bemeza ko mu myaka 4 Nzamwita amaze ayobora FERWAFA, yakoze amokosa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ubuyobozi bwa Nzamwita Degaulle muri FERWAFA ahazamuka n’ ahamanuka
1 April 2018, by Dusingizimana Remy -
Nyanza:Umwarimu yapfuye azize inzoga zirengeje urugero
11 February 2019, by Martin MunezeroIfoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
-
Nyuma yo gukatirwa azira kwiba Shene ya Youtube ya Yago, Ally yiyemeje gukora ikintu gikomeye
12 August 2024, by EmmyNdangwa Ally uheruka gukatirwa ashinjwa kwiba Yago Tv Show ,yatangaje ko yiteguye kuvuga ukuri nyuma yo kubona ko Nyarwaya Innocent [Yago] adasobanura imvano y’ibyabye byose.
-
Abadepite bifuje ko ku nshingano za PAC hakwiyongeraho ubugenzacyaha
26 October 2017, by Nsanzimana ErnestNkusi Juvenal uyobora PAC
Abagize inteko ishinga amateko y’ u Rwanda basabye ko Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’ingengo y’imari ya Leta (PAC) yakongererwa ububasha ikabasha kujya ikora ubugenzacyaha n’ ubushinjacyaha bikiyongera ku nshingano isanganywe zo gutanga inama ku bigo byagaragayeho imikoreshereze mibi y’ umutungo wa Leta.
Ibi aba badepite babisabye kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ukwakira 2017, ubwo PAC yagezaga ku nteko rusange y’Abadepite raporo y’igenzura ku (…) -
Inyeshyamba bivugwa ko ari iza Gen Kayumba Nyamwasa na FDRL zarasiwe muri Kongo, uziyoboye afatwa mpiri [AMAFOTO]
27 June 2019, by Dusingizimana Remy, Joseph HakuzwumuremyiInyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza RNC ya Kayumba Nyamwasa zarashwe izindi zifatirwa mpiri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’ingabo za Leta ya RDC zizwi nka FARDC.Inyeshyamba zacitse ku icumu zahungiye ahitwa Minembwe.
-
Startimes yashyize igorora abakiriya bayo bakunda ruhago ibereka ½ cya FA Cup cyahuje ibihangange
16 July 2020, by Dusingizimana RemyStartimes igorora abakiriya bayo bakunda ruhago kuko izabereka imikino ya ½ cy’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup kizahuriramo ibihangange muri iyi weekend nka Arsenal,Manchester United,Chelsea na Manchester City.
-
Ikirango cy’ Ishyaka rya Dr Frank Habineza cyakemanzwe
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yakemanze ikirango cy’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) ivuga ko icyo kirango gishobora kuba gihuje amabara n’ idarapo ry’ u Rwanda.
Ku ikubitiro ishyaka DGPR, niryo ryatangaje ko rizatanga umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017, icyo gihe hari tariki 17 Ukuboza 2016.
DGPR niryo shyaka rukumbi ryagaragaje ko ridashyigikiye ivugururwa ry’ itegeko nshinga ryabaye mu mpera za 2015. (…) -
Perezida Kagame yababariye umwana wari usigaje gufungwa imyaka 9 n’ abagororwa batanu bari barakatiwe burundu
22 January 2018, by Nsanzimana ErnestImiryango ibarirwa muri magana iri mu byishimo nyuma y’ uko Leta y’ u Rwanda ihaye imbabazi abagororwa 392 bagaragaje ikinyabumfura muri gereza. Mu barekuwe harimo abanyeshuri 18 batsinze neza ibizami bya Leta, aba barimo uwari usigaje imyaka 9 muri Gereza.
Ku wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2018, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yamenyesheje inama y’ abaminisitiri yahaye imbabazi abana 18 bari bafungiye muri gereza ya Nyagatare ifungirwamo abana nyuma y’ uko aba bana bitsinze neza ibizami (…) -
Perezida Kagame na Netanyahu baganiriye no kugufungura ambasade mu Rwanda
28 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’ Intebe wa Isael baganiriye ku mubano w’ ibihugu byombi banakomoza kuri gahunda ya Israel yo gufungura ambasade mu Rwanda.
-
Rayon Sports yamaze gusinyisha Mukunzi Yannick wakiniraga APR FC
31 August 2017Umukinnyi wakinaga hagati mu ikipe ya APR fc Mukunzi Yannick amaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 ndetse ahabwa amafaranga angana na miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda, nkuko amakuru agera ku Umuryango abitangaza.
Uyu musore ni umwe mu beza ikipe ya APR FC yagenderagaho ndetse akaba yarazamukiye mu ishuli ry’umupira w’amaguru rya APR FC aho yanitabazwaga mu ikipe y’igihugu ndetse ari umukinnyi uhoraho.
Uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yafashe umwanzuro wo (…)
Umuryango.rw
Nyuma yo gukatirwa azira kwiba Shene ya Youtube ya Yago, Ally yiyemeje gukora ikintu gikomeye
Startimes yashyize igorora abakiriya bayo bakunda ruhago ibereka ½ cya FA Cup cyahuje ibihangange