Ikipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (…) -
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyDr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza 2022,nibwo Dr Iyamuremye Augustin yashyize hanze ibaruwa y’ubwegure bwe avuga ko abitewe n’uburwayi.
Muri iyi baruwa yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubuyobozi bwa sena no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi akaba akeneye gufata umwanya wo gukomeza kwivuza bitabangamiye inshingano ashinzwe. (…) -
(Video)Afite ubwoba ko umunya-eritereya wamwimye inzu ye yazanamwica! Inzego zose yiyambaje byafashe ubusa
4 November 2019, by UbwanditsiJolie Claire, ni umukobwa w’imyaka 29 ufite inzu I Remera mu gace ka Nyarutarama aho yari asanzwe akoreramo ubucuruzi bwo gucumbikira abagenzi. Ni inzu igeretse gatatu ifite ibyumba 10 abagenzi bararamo n’ibindi bice bikorerwamo imirimo yo kubitaho.
-
Polisi biyigoye yakuye mu rugo Diane Rwigara, Nyina na murumuna we(AMAFOTO)
4 September 2017, by Iyamuremye JanvierMu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 04 Nzeri 2017, Polisi y’u Rwanda yakuye mu rugo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’umubyeyi wabo, Adeline Rwigara.
Ni nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu munsi batumijwe mu bugenzacyaha bakanga kwitaba. Polisi yafashe umwanzuro wo kubakura mu rugo rwabo ku ngufu kugira ngo bitabe ubugenzacyaha. Ku wa 03 Nzeri, mu itangazo Polisi y’Igihugu yashyize hanze, ACP Theos Badege yasobanuye ko umuryango wa Rwigara udafuze ahubwo ko icyabaye ari ugusaka (…) -
Amakuru Mashya!Miss Miss Iradukunda Elsa yatawe muri yombi
9 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyampinga w’u Rwanda mu 2017, Iradukunda Elsa, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho ibyaha byo kubangamira iperereza ku birego bishinjwa Ishimwe Dieudonné.
-
Chorale Abarinzi yo muri ADEPR yakoze impanuka ikomeye umwe ahasiga ubuzima [Yavuguruwe]
14 September 2019, by Dusingizimana RemyChorale Abarinzi yo mu itorero rya ADEPR ku Mudugudu wa Kumukenke muri Paruwasi ya Gasave yakoze impanuka ikomeye ubwo yarimo yerekeza mu ivugabutumwa mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango,umuntu umwe ahasiga ubuzima.
-
Polisi y’u Rwanda yashyizeho ibihano bikarishye ku bashoferi bazajya bafatwa batwaye basinze
2 September 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko hejuru yo gucibwa amande asanzwe angana FRW 150 000 umushoferi ufashwe atwaye yasinze,hiyongereye kwamburwa uruhushya rwo gutwara mu gihe kingana n’umwaka.
-
Cartoon: Bamwe mu banyamakuru batagira n’umushahara bibaza icyo "SACCO y’abanyamakuru" izabamarira!
6 August 2017, by UbwanditsiBamwe mu banyamakuru bibaza icyo SACCO y’Abanyamakuru (ubwo izaba ibashije kujyaho) yazabamarira mu gihe benshi muri bo batagira n’umushahara!
-
Abagororwa bavuze ko hari abo bari kumwe muri jenoside ubu bicara hafi ya Kagame
19 October 2017, by Nsanzimana ErnestBamwe mu bagororwa bafugingiye muri gereza nkuru ya Rubavu bavuze ko kimwe mubituma ubumwe n’ ubwiyunge butagerwaho 100% ari uko hari abo bafatanyije muri jenoside yakorewe abatutsi bafite imyanya ikomeye mu buyobozi bw’ u Rwanda.
Aba bagororwa babitangarije Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ ubutabera Isabelle Kalihangabo ubwo yari yabasuye kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017.
Umwe mu bagororwa yagize ati “Abanyarwanda bakunze kubeshywa byinshi barimo natwe, twe dufungiye (…)
Umuryango.rw
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
Amakuru Mashya!Miss Miss Iradukunda Elsa yatawe muri yombi