Minisiteri y’Ubuzima yasabye abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda ko Ebola yagera mu Rwanda harimo kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa aho yagaragaye.
Ibi bije nyuma y’aho iyi ndwara igaragaye mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda igahitana umuntu.
Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda, ku wa Kabiri tariki ya 20 Nzeri 2022 yemeje ko icyorezo cya Ebola kirimo gukwirakwira mu Karere ka Mubende, nyuma yo guhitana umusore w’imyaka 24. Aka gace ka Mubende kari mu bilometero 390 uvuye ku mupaka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MINISANTE yasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Ebola
22 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Amateka y’u Rwanda: Amato y’intambara ya Rwabugiri ndetse n’aho izina "Gisozi" ryaturutse
27 June 2019, by UbwanditsiWaba wari uzi ko mu ntambara Rwabugiri yagiye arwana harimo n’izo yakoreshagamo amato y’intambara? Uzi se aho izina Gisozi ryaturutse? Ni muri iki kiganiro "Amateka y’u Rwanda mutegurirwa na Terence Muhirwa".
-
‘Ntabwo nkeneye protocol’ Kagame abwira abaminisitiri badasura abaturage yajyayo bakamukurikira
8 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame, akaba n’ umuyobozi w’ ishyaka FPR- Inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda yongeye gushishikariza abayobozi kuva mu biro bagasura abaturage by’ umwihariko yihanangiriza abaminisitiri babona yasuye abaturage bakamuherekeza kandi ubusanzwe biberaga mu biro.
-
USA: Trump yahambirije James Comey wayoboraga FBI
10 May 2017, by UbwanditsiDonald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika/Foto: CNN
Mu buryo butunguranye kuri uyu wa kabili Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yahambirije James Coney wayoboraga urwego rw’iperereza hagati mu gihugu FBI.
Sean Spicer ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi y’Amerika, yatangaje ko Perezida Trump yirukanye James Comey nyuma yo kubona ibaruwa yandikiwe n’Intumwa Nkuru ya Leta ndetse n’uyungirije bamusaba ko FBI yashakirwa undi muyobozi ushoboye kandi (…) -
Kwibohora byari bigamije kubaka u Rwanda Abanyarwanda bafitemo uburenganzira bungana-Perezida Kagame
4 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko urugamba rwo kubohora u Rwanda rwari rugamije kubaka u Rwanda rushya kandi rwiza ruzira amacakubiri cyane ko rwari rumaze igihe kinini rutunze ubumwe.
-
Nyuma yo gukatirwa azira kwiba Shene ya Youtube ya Yago, Ally yiyemeje gukora ikintu gikomeye
12 August 2024, by EmmyNdangwa Ally uheruka gukatirwa ashinjwa kwiba Yago Tv Show ,yatangaje ko yiteguye kuvuga ukuri nyuma yo kubona ko Nyarwaya Innocent [Yago] adasobanura imvano y’ibyabye byose.
-
J.Cole yasezeye neza abakinnyi ba Patriots BBC , abaha Impano y’ikweto zo mu bwoko bwa Puma[AMAFOTO]
26 May 2021, by Rebecca UFITAMAHOROUmunyamerica wamamaye mu njyana ya HipHop akaba n’umukinnyi wa Basketball wabigize umwuga ,Jermarine Lamarr Cole uzwi ku izina rya J.Cole yahaye Impamano y’ibikoresho abakinnyi bagenzi be bakinira mu ikipe ya Patriots Basketball Club yo mu Rwanda mu gihe yiteguraga gusibira Muri America .
-
Gitifu w’Umurenge wa Gitega yeguye
11 September 2017, by Nsanzimana ErnestKarangwa Johnston wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge wa Gitega mu karere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali yeguye kuri uyu mwanya.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017 nibwo ubuyobozi bw’ akarere ka Nyarugenge bwakiriye ibarurwa y’ ubwegure bw’ uyu muyobozi uvuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite.
Umuyobozi w’ akarere ka Nyarugenge Madamu Kayisime Nzaramba yemeje aya makuru avuga ko akarere katangiye gushaka uwo kumusimbura bw’ agateganyo kugira ngo haboneke (…) -
Ruhango: Umugabo ufite umugore n’ abana amaze imyaka 10 aba mu mwobo
11 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Bayiramye Jean Pierre wo mu mudugudu wa Kamugaru, akagali ka Bunyogombe mu murenge wa Ruhango w’akarere ka Ruhango
aravuga ko amaze imyaka 10 aba mu kazu gato umuntu atabura kugereranya n’umwobo. -
UBUNANI!!! ISHYURA ABONEMA YA STARTIMES NA MTN MoMo UBASHE GUTOMBOLA
24 December 2020, by Dusingizimana RemyStarTimes ifatanyije na MTN MoMo byifuje guha abakiriya noheli n’ubunani! Muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’ubunani StarTimes na MTN MoMo bigiye kuremera abakiriya aho ugura abonema ya StarTimes y’amezi 2 ukoresheje MTN MoMo ugahabwa amezi 2 yiyisumbuyeho cyangwa ukongezwa iminsi 10 ku buntu bityo bikanaguhesha amahirwe yo gutombora buri munsi Telefone ya MTN Smart S 3G cyangwa ikarita yo guhamagara ya MTN ya Rwf 5000.
Iyi tombola izagufasha wohereza ubutumwa cyangwa uhamagara abawe bari (…)
Umuryango.rw
MINISANTE yasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Ebola
Nyuma yo gukatirwa azira kwiba Shene ya Youtube ya Yago, Ally yiyemeje gukora ikintu gikomeye
Ruhango: Umugabo ufite umugore n’ abana amaze imyaka 10 aba mu mwobo