Kwizera Pierrot umaze imyaka 2 aba umukinnyi wa mbere mu Rwanda biravugwa ko yaba ari mu biganiro n’ikipe ya AS Kigali ndetse ashobora kuzayikinira umwaka w’imikino utaha. Amakuru umuryango ukesha ikinyamakuru Ruhagoyacu aravuga ko uyu musore amaze iminsi avugana n’ikipe ya AS Kigali ndetse mu minsi iri imbere dushobora kumva yamaze kuyisinyira. Uyu musore usigaje umwaka umwe ku masezerano yagiranye na Rayon Sports mu mwaka wa 2016 ubwo yahabwaga miliyoni 10 kugira ngo asinye,agiye guca mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Biravugwa : Kwizera Pierrot ashobora kwerekeza muri AS Kigali
29 August 2017 -
Theo Bosebabireba yavuye mu bitaro nyuma yo gukubitirwa muri Uganda-AMAFOTO
3 February 2018, by NSHIMIYIMANA JanvierMu ijoro ryo kuwa 28 Mutarama 2018 nibwo Uwiringiyimana Theogene wamenyekanye nka “ Theo Bosebabireba” yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubwo yavaga mu gitaramo yari yatumiwemo i Masanafu akagirwa intere n’abantu bataramenyekana bikaza kumuviramo kumara mu bitaro hafi icyumweru cyose yitabwaho n’abaganga.
Mu minsi ishize nibwo hakwirakwijwe amakuru y’igihuha avuga ko Theo Uwiringiyimana yapfuye gusa akaza kunyomozwa n’umurwaza we ubwo yaganiraga na UMURYANGO.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa (…) -
Clarisse Karasira yahishuye impamvu nyamukuru zatumye atandukana na Alain Muku zirimo umuryango w’abana agomba kwitaho
17 October 2019, by Martin MunezeroClarisse Karasira ni umwe mu bahanzikazi bagezweho muri iki gihe, ni umwe mu bakiri bato baririmba mu njyana gakondo. Uyu ufite indirimbo nshya yitwa “Uzibukirwa kuki?” mu minsi ishize yatandukanye na Alain Muku wamufashaga binyuze muri kompanyi ye yitwa “Boss Papa”.
-
For Arsenal and Manchester, Europa League is all or nothing
6 April 2021, by UbwanditsiEnglish Premier League clubs Manchester United and Arsenal return to European action among four unmissable quarter-final first-leg clashes exclusively live on StarTimes.
Since 1972, all permanent Manchester United managers have won at least one trophy in their stint with the Reds.
Ole Gunnar Solskjær is fast running out of options if he wants to ensure a continuation of this run in his third season in charge of the club.
Having taken over from Jose Mourinho (who won the Europa League, (…) -
CBEEBIES LAUNCHES ON STARTIMES ACROSS THE AFRICAN CONTINENT FROM WEDNESDAY 1ST JULY 2020
1 July 2020, by UbwanditsiBBC Studios multi-award winning channel is aimed at pre-school children
From the 1st July 2020, BBC Studios’ critically acclaimed and multi-award winning pre-school children’s channel will be launch on the StarTimes DTH platform across the Africa continent. Loved by children and trusted by parents across the globe, the channel provides a safe environment for children aged 0-6 with educational and entertaining programming to support their development.
The channel is scheduled to reflect (…) -
Abakuru b’ ibihugu batangiye kugera mu Rwanda mu nama Museveni adategerejwemo
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere abakuru b’ ibihugu bitabiriye inama idasanzwe y’ Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe batangiye kugera mu Rwanda Perezida wa Uganda Yoweri Museveni ntabwo ari muri 23 bemeye ko bazayitabira.
Iyi nama idasanzwe y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izasinyirwamo amasezerano ashyiraho isoko rimwe rya Africa “African Continental Free Trade Area”. Ku ikubitiro, Perezida Mahamadou Issoufou wa Niger usa nk’aho ari nawe uyoboye ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mushinga niwe wabanje kugera (…) -
Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta buri wese yahawe akarere agomba gukurikirana
16 September 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru y’ibyo, agomba kujya atanga raporo buri kwezi ndetse akanatanga inama muri ako karere habaye hagize ibibazo bihari cyangwa bitumvikaneho.
Mu ibaruwa Dr Ngirente Edouard yandikiye abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta, akamenyesha Perezida Paul Kagame, Umuyobozi w’Umujyi na ba Guverineri b’Intara (…) -
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
22 June 2020, by Dusingizimana RemyKuwa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 26 Kamena 2020,nibwo hazaba umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Petero Nkurunziza wahitanwe no guhagarara k’umutima kuwa 08 Kamena uyu mwaka mu bitaro bya Hôpital du cinquantenaire Natwe Turashoboye bya Karuzi, biri mu bikomeye mu gihugu hafi y’umurwa mukuru, Gitega.
-
Minisitiri Mutimura yeruriye abize MICROBIOLOGIE ko ‘gukora mu buvuzi kwabo biri kure’
25 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr Eugene Mutimura yasubije byeruye ikibazo cy’ abanyeshuri bize isomo rya Microlobiologie muri Kaminuza bagera hanze bagasanga ibyo bize ntaho biba ku mbonerahamwe y’ imyanya y’ imirimo mu Rwanda ababwira ko ushaka kuba umuganga agomba kongera agatangirira mu mwaka wa mbere wa kaminuza.
-
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
Umuryango.rw
CBEEBIES LAUNCHES ON STARTIMES ACROSS THE AFRICAN CONTINENT FROM WEDNESDAY 1ST JULY 2020
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu