Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko uwari umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco,Hon.Bamporiki Edouard afungiye mu rugo rwe aho akurikiranyweho icyaha cya ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo.
Iki cyaha cya ruswa ni icyaha gikomeye mu Rwanda akenshi abagikurikiranyweho bahita bafungwa ariko siko byagenze kuri uyu munya Politiki,ibintu byabereye benshi urujijo.
Mu kiganiro Umuvugizi wa RIB,Dr.Murangira B.Thierry,yahaye UKWEZI TV,yavuze byinshi kuri (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RIB yavuze impamvu Bamporiki Edouard afungiwe iwe mu rugo kandi akekwaho icyaha gikomeye
6 May 2022, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov ari mu Rwanda
3 June 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov uri mu ruzinduko mu Rwanda baganira ku mubano w’ibihugu byombi.
-
Itabi ryo kwa Rwigara ryagurishijwe mu cyamunara miliyoni 512, Anne Rwigara yagize icyo abivugaho
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestAnne Rwigara na basaza be imbere y’umuhesha w’inkiko Me Vedaste Habimana
Sitoke y’ itabi ry’ isigara yari igizwe n’ amakarito 7195 y’itabi ry’uruganda rw’itabi rwa Primier Tobacco Company rw’umunyemari Nyakwigendera Rwigara Assianpol yagurishijwe mu cyamunara miliyoni 512Frw Umuryango wa Rwigara uvuga ko iri tabi ryari rifite agaciro ka Miliyari 1( 1000 000 000).
Kuri uyu wa 28 Werurwe 2018, nibwo Umuhesha w’inkiko w’umwuga yagurishije mu cyamunara amakarito 7195 y’itabi ry’uruganda rw’itabi rwa (...) -
U Burusiya :Leta iri gushinja U Bwongereza gushuka Ukraine
27 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROLeta y’Uburusiya irimo iranshinja u Bwongereza "gusembura" Ukraine ngo igabe ibitero ku butaka bwayo.
-
Nyagatare yabaye iya mbere mu kwesa imihigo [URUTONDE]
28 February 2023, by Dusingizimana RemyAkarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya kabiri na 80.97% ndetse na Rulindo yabaye iya gatatu na 79.8%.
Uturere twesheje imihigo ku gipimo cya 66% ku birebana no gukemura ibibazo by’abaturage.
Intara y’Iburasirazuba yabaye iya mbere mu kwesa imihigo n’amanota 79%, ikurikirwa n’ Amajyepfo n’amanota 78%, iy’Iburengerazuba 76%, Umujyi wa Kigali 75%, (...) -
Rayon Sports yemeje ko nta muntu uzongera kuyiyobora adafite miliyoni 25 FRW n’impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye
20 January 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yafatiye imyanzuro myinshi mu nama y’inteko rusange yabaye kuri iki cyumweru taliki ya 19 Mutarama 2020 harimo uvuga ko nta muntu uzongera kuyiyobora adatanze ingwate ya miliyoni 25 FRW ndetse ngo agomba kuba yararangije amashuri 6 yisumbuye.
-
Ellen ugiye kubaka ikigo mu Rwanda yatanze ubuhamya burambuye bw’uburyo yahohotewe n’umugabo wa Mama we[AMAFOTO]
30 May 2019, by Martin MunezeroEllen Lee DeGeneres umunyamerikazi w’icyamamare akaba Umunyarwenya, umukinnyi wa filime yatangaje ko ibyo guhohoterwa n’umugabo wa nyina byamubayeho ubwo yari hagati y’imyaka 15 na 16.
-
Rayon Sports ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti wo kwitegura Al Hilal Omdurman
23 July 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura guhangana na Al Hilal Omdurman mu ijonjora rya mbere ry’imikino ya CAF Confederations Cup,ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti.
-
Ibihumbi 3 bavuye IWAWA barongera baba inzererezi, igisubizo kitezwe kuri Tabara Mubyeyi
12 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha ibiyobyabwenge bitewe n’ uko bakirwa iyo basubiye iwabo. Leta y’ u Rwanda iki kibazo yaragihagurukiye inashyiraho amatsinda yo kugishakira umuti yiswe Tabara Mubyeyi(TAMU).
-
Ububiligi:Neretse yashinjwe guha amafaranga interahamwe n’umutangabuhamya wamukoreraga
20 November 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko mu Bubiligi ku wa 20 Ugushyingo 2019 rwakomeje kuburanisha urubanza rwa Fabien Neretse ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma yaho rukomeje kugaragaramo amagambo n’imvugo bivuga ko habayeho Jenoside yakorewe Abatutsi n’iyakorewe Abahutu.
0 | ... | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | ... | 2480