Tariki 1 Ukuboza ni umunsi wahariwe kurwanya Virus itera SIDA. Isi ifite intege yo kurandura burundu icyorezo cya SIDA, gusa nubwo bimeze gutyo imibare itangwa n’ ishami ry’ Umuryango w’ abibumye rirwanya SIDA, (ONUSIDA) igaragaza ko buri masaganda 15 umuntu umwe yanduye SIDA mu Isi.
Mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe kuri Sitade Amahoro I Remera. Mu butumwa bwatanzwe n’ umufasha wa Perezida Kagame, Jeannette Kagame yavuze ko ‘twese dufatanyije twarandura SIDA muri 2030’
Intego Isi yihaye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Buri masagonda 17 umuntu yandura virusi itera SIDA
2 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 iri muri Parking ya Sorvepex Ltd (Kicukiro haruguru ya Ziniya)
20 February 2019, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa 28/02/2019 guhera saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo wimukanwa wa RAVICHANDRAN GOVINDRAJ ugizwe n’ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 ifite Plaque RAD 952 I uherereye mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali ngo hishyurwe amafaranga RAVICHANDRAN GOVINDRAJ abereyemo ARUN AGGRWAL.
Abifuza gusura iyo modoka bayisanga muri Parking ya Sorvepex Ltd aho ikorera ku (…) -
Perezida Kagame ategerejwe I Lusaka muri Zambia
19 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ategerejwe i Lusaka muri Zambia kuri uyu wa Mbere tariki 19 Kamena 2017 mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yatumiwemo na Perezida wa Zambia Edgar Lungu.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Harry Kalaba yatangarije ibiro Ntaramakuru bya Zambia (ZANIS) ko abayobozi bombi baragirana ibiganiro bigamije kurebera hamwe uburyo bwo kwagura umubano hagati y’u Rwanda na Zambia.
Perezida Kagame arasura ibice bitandukanye birimo ahashyinguye abayoboye Zambia hazwi (…) -
Reba amwe mu mafoto atangaje ya Knowless n’ ibyayavuzweho mu bitangazamakuru
19 June 2017, by Martin MunezeroButera Knowless ni umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda kubera indirimbo ze ziganjemo iz’urukundo zakunzwe n’abatari bake. Kuri ubu arubatse akaba afite umugabo - ishimwe Clement - n’umwana umwe - Or
Nk’ibindi byamamare, Butera Knowless yagiye avugwaho byinshi bitandukanye ndetse anafatwa amafoto atandukanye gusa hakaba harimo amwe muri yo yatangaje abayabonye kurusha ayandi ndetse akanagenda avugwaho bitandukanye.
Dore amwe muri yo: Iyi foto yafashwe ubwo yizihizaga isabukuru y’amavuko (…) -
Uwa 5 ntavugwaho rumwe ! Dore ba nyampinga bu Rwanda 5 bakunzwe na Rubanda kurusha abandi[AMAFOTO]
12 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMu bihe bitandukanye mu Rwanda hagiye hatoranwa ba nyampinga b’u Rwanda bahiga abandi mu muco ,ubuhanga ndese n’ubwiza, muri abo bakobwa bagiye batorwa harimo abakunzwe cyane kurusha abandi mu myaka yatambutse kuva irushanwa ryatangira.
Twabakusanyirije bamwe muri bo beretswe urukundo mu bihe bitandukanye.
5.Miss Mutesi Jolly
Ku mwanya wa 5 turahasanga Miss Mutesi Jolly wegukanye ikamba rya miss Rwanda muri 2016 ,uyu mukoba yatowe afite imyaka 19 ni umwe muri ba nyampinga bakunze (…) -
Mushikiwabo yakiriwe na Perezida Kabore bagirana ibiganiro
10 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo urimo kwiyamamaza ku mwanya w’ Umunyamabanga w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa uyu munsi yakiriwe na Perezida wa Burkinafaso Roch Marc Christian Kaboré baganira kuri Kandidatire ye.
-
Mu bakobwa 100 b’ abanyarwandakazi 7 batwara inda zitateganyijwe
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko imibare y’ abagana serivise zo kuboneza urubyaro mu Rwanda igenda izamuka gusa ngo mu basore n’ inkumi iyi mibare iracyari inyuma bikaba na kimwe mu bituma abakobwa b’ abanyarwandakazi 7,3% batwara inda batabiteganyije.
-
Impamvu yatumye Senderi na Danny Vumbi bahezwa muri PGGSS8 yamenyekanye
17 March 2018, by Muhire JasonImpamvu yatumye Senderi atajya muri PGGSS8 ni uko akunda gukoresha indirimbo zamamaza amakipe no kutagendera ku mahame y’ irushanwa.
Hashize iminsi micye mu Rwanda hatowe abahanzi bazitabira irushanwa rya PGGSS rizaba ku nshuro yaryo ya 8 aho ryajemo impinduka nyinshi zitandukanye zirimo itegeko riheza abahanzi bafite imyaka 35 rigafata umuhanzi Danny Vumbi ndetse na Sender Internation Hits .
Ubwo UMURYANGO twaganiraga n’ umwe mu bakozi ba Bralirwa bashinzwe gutegura iri rushanwa (…) -
Amatora ya Perezida: Amajyaruguru yahize kuzitabira 100%
23 May 2017, by Nsanzimana ErnestGuverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude
Ubuyobozi bw’ intara y’ Amajyaruguru butangaza ko bwahize umuhigo wo kuzitabira amatora ku kigero cy’ 100%; bukavuga ko bugifite icyizere ko uyu muhigo uzagerwaho bitewe n’ aho bageze imyiteguro y’ amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe tariki 3-4 Kanama 2017
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude avuga ko bajyiye gushyiramo imbaraga nibura icyumweru kimwe gisigaye ngo abaturage baba bamaze kwikosoza (…) -
Nkurunziza yababajwe bikomeye n’ihagarikwa ry’abasirikare b’Aburundi bari mu butumwa bwa AMISOM binjirizaga igihugu amamiliyoni
22 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza yababajwe bikomeye no kuba ingabo 1000 ze zahagaritswe mu butumwa zari zimazemo iminsi mu gihugu cya Somalia,kubera ko ngo bari isoko yinjirizaga igihugu cye amadovize.
Umuryango.rw
Buri masagonda 17 umuntu yandura virusi itera SIDA
Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 iri muri Parking ya Sorvepex Ltd (Kicukiro haruguru ya Ziniya)
Uwa 5 ntavugwaho rumwe ! Dore ba nyampinga bu Rwanda 5 bakunzwe na Rubanda kurusha abandi[AMAFOTO]