Kuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18 bishya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yahaye G.S Kimironko miliyoni 5
25 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Nzamwita yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
12 July 2017Umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent bakunze kwita De gaulle yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA indi manda aho biteganyijwe ko azashyikiriza akanama gashinzwe gutegura aya matora kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 Nyakanga uyu mwaka.
Uyu mugabo we n’abajyanama be barahiriye kongera kwisubiza iyi ntebe nubwo banengwa cyane na benshi mu bakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru bitewe n’imyanzuro bafata rimwe na rimwe iteza umwuka mubi mu banyamuryango ba FERWAFA.
Mu kiganiro (...) -
Perezida Alassane Ouattara ari mu Rwanda [AMAFOTO]
26 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Cote d’ Ivoire Alassane Ouattara kuri uyu wa 25 Mata 2018 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi itatu agira mu Rwanda.
-
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
31 August 2022, by ISHIMWE JANEUmuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta.
-
Mama Catherine Nduwamariya washinze umuryango w’ababikira wita ku bana b’imfubyi n’abafite ubumuga yitabye Imana(AMAFOTO)
5 July 2017, by Martin MunezeroMama Catherine Nduwamariya, Umubikira w’Umusomusiyo washinze umuryango ushingiye ku idini Gatolika witwa “ Inshuti z’abakene” , uzwi mu Rwanda ku bikorwa byo kwita ku mfubyi n’abafite ubumuga ahantu hatandukanye, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Nyakanga 2017.
Umuyobozi w’uyu muryango “Inshuti z’abakene”, Nikuze Dative, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uyu mubikira washinze umuryango babamo mu 1986 yitabye Imana mu ma saa mbili n’igice z’igitondo. Mama Catherine (...) -
Perezida Putin yifurije isabukuru nziza perezida Kagame mu nama yahuje Uburusiya n’abayobozi b’Afurika
23 October 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’Uburusiya Vladmir Putin yafashe ijambo yifuriza isabukuru nziza perezida Paul Kagame wujuje imyaka 62 uyu munsi.
-
Umwe mu batorokanye Gereza na Ntamuhanga Cassien yafatiwe mu kabari
4 April 2018, by Martin MunezeroUmugabo witwa Batambarije Théogène wari waratorotse gereza ari kumwe na Ntamuhanga Cassien, yatawe muri yombi bigizwemo uruhare n’abaturage ubwo yari mu kabari k’ahitwa mu Miyove mu Karere ka Gicumbi.
Uyu mugabo yari yatorotse gereza mu ijoro rishyira ku wa 31 Ukwakira 2017, aho Urwego rw’Igihugu rw’Imfungwa n’Abagororwa, RCS, rwaje kwemeza ko hamwe n’abo bajyanye bakoresheje imigozi bakurira urukuta rwa gereza.
Umuvugizi wa RCS, CIP Sengabo Hillary, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko mu ijoro (...) -
2019 abarenga ibihumbi 3 bazatangira kwivuriza mu bitaro by’ akarere ka Nyarugenge
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 9 Gashyantare nibwo abayobozi barimo na Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba bashyize ibuye ry’ ifatizo aharimo kubakwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bavuga ko igice cya mbere kizaba cyuzuye umwaka utaha wa 2019.
Ubusanzwe aka karere nta bitaro by’ akarere kagiraga. Ibi byatumaga abaturage bo muri aka karere bahawe kwivuriza mu bitaro by’ akarere bahita bajya mu bitaro bikuru bya Kaminuza CHUK cyangwa bakajya ku bitaro byo ku Muhima. Ibitaro bya Muhima nabyo si (...) -
FERWAFA yatangaje igihe umukino wa Rayon na APR uzasubukurirwa
25 September 2017, by Nsanzimana ErnestIshyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko umukino w’ igikombe cya Super cup uherutse gusubikwa wari wahuje Rayon Sports na APR uzasubukurwa ku wa Gatatu tariki 27 Nzeli kuri Sitade ya Kigali I Nyamirambo
Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Nzeli nibwo komisiyo ya FERWAFA yateranye yanzura ko uyu mukino wasubitswe ku wa Gatandatu tariki 23 Nzeli bitewe n’ ikibazo cy’ ibura ry’ umuriro uzasubukurwa Saa kumi ku tariki 27 Nzeli.
Iyi komisiyo yanzuye ko uyu mukino uzasubukurirwa ku (...) -
U Rwanda rwatanze 1 000 000 $ yo kurwanya iterabwoba muri Sahel
23 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe Moussa Faki Mahamat yamiye Leta y’ u Rwanda ku bw’ inkunga ya miliyoni y’ amadorali yatanze mu rwego rwo kongerera ubushobozi ingabo zo kurwanya iterabwoba mu gace ka Sahel zizatangira akazi hagati muri uyu mwaka.
Abicishije kuri Twitter, Moussa Faki yanditse yavuze ko iyi nkunga yatanzwe n’u Rwanda nyuma y’inama na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa kane. Inkunga ngo iri buhite itangwa nyuma yo kwemerwa.
Ati “Ni ukugaragaza rwose (...)
0 | ... | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | ... | 2480