Inkuba yakubise abantu 45 bari mu rusengero rw’ abadivantisite kuri uyu wa Gatandatu 14 bagita bitaba Imana undi apfa nyuma.
Byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Werurwe 2018, mu karere ka Nyaruguru. Abagize ibibazo bajyanywe kuvurirwa ku kigo nderabuzima cya Nyabimata.
Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois, avuga ko bafite impungenge ko no mu bandi bakomeretse basaga 30, hashobora kuvamo abandi bahasiga ubizima kuko harimo abarembye cyane. Avuga kandi ko uretse aba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyaruguru: Inkuba yishe abantu 15 bari mu rusengero
10 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Jeannette Kagame ari bugeze ijambo mu barimo Donald Trump mu masengesho yo gusengera igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika
5 February 2019, by Martin MunezeroJeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda ari mu ruzinduko rw’ akazi muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye amasengesho yo gusengera iki gihugu azwi nka ‘National Breakfast Prayer’.
-
Nyabihu: Inkuba yakubise ababaji babiri bahasiga ubuzima
31 March 2020, by Dusingizimana RemyAbagabo 2 bakoraga akazi k’ububaji basanzwe bapfuye, kuri uyu wa Mbere tariki 30 Werurwe 2020, mu kagari ka Basumba, umurenge wa Bigogwe ho mu karere ka Nyabihu aho bikekwa ko bakubiswe n’inkuba.
-
Protais Musoni yagaragaje ko ubukoloni bukiri mu Banyafurika butuma badashyira hamwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Pan- African Movement mu Rwanda Protais Musoni yavuze ko impamvu Afurika biyogora gushyirahamwe biyigora ariko yagize igihe kinini cy’ ubukoloni no kumvisha ko iby’ Abanyafurika atari byiza.
-
AS Kigali yongeye kubabaza Rayon Sports kuri penaliti iyitwara igikombe cya Super Cup
1 October 2019, by Dusingizimana RemyNyuma yo kuyisezerera muri 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro giheruka kuri penaliti 4-2,AS Kigali yongeye kubabaza Rayon Sports kuri penaliti 3-1 iyitwara igikombe cya Super Cup nyuma y’aho iminota 90 n’indi 6 bongeyeho yarangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2.
-
U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda iterambere.
-
Perezida wa Tunisia na Museveni bari k’ urutonde rw’ abaperezida ba Afurika bakuze kurusha abandi
29 April 2018, by Nsanzimana ErnestKu ifoto ubanza ni Perezida wa Tunisia, ukuriwe na Perezida Buhari wa Nigeria, na Museveni wa Uganda na Paul Mbia wa Cameroun
Mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama Kofi Annan wigeze kuba umunyamabanga mukuru w’ umuryango w’ abibumbye yasabye urubyiruko rw’ Afurika ubwo hasozwaga inama y’ abaharanira impunduka mu isi ‘world changers summit’ kutemera ko abanyapolitiki bakuze bakomeza kuyobora.
-
Malawi: Impunzi z’Abarundi zashyamiranye n’iz’Abanyarwanda biravugwa ko hari ababitakarijemo ubuzima
21 June 2017, by Ferdinand DukundimanaImpunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi mike ishize itangazamakuru rya Malawi ryatangaje ko hari ubwumvikane buke bwari hagati y’Abarundi n’Abanyarwanda baba mu nkambi ya Dzaleka iri mu birometero 40 uvuye mu murwa mukuru. Ikinyamakuru The Nation cyatangaje ko hari abasize ubuzima mu bushyamirane bwahuje Abahutu n’Abatutsi bakomoka mu (…) -
FARDC yashyize hanze amafoto agaragaza ikibunda cya rutura bambuye umutwe wa RUD-URUNANA
15 November 2019, by Dusingizimana RemyFARDC yashyize hanze ikibunda gikomeye yafatanye umutwe wa RUD URUNANA,uherutse kubura umuyobozi wawo Gen.Jean Michel Afurika wishwe kuwa Gatandatu taliki ya 09 Ugushyingo 2019..
-
Rulindo: Abantu bane bo mu muryango umwe bahitanywe n’ inkangu
24 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmusaza, umugore we n’ abuzukuru babo babiri bahitanywe n’ inkangu yagwiriye inzu bari baryamyemo haroka umuhungu wabo.
Umuryango.rw
Nyabihu: Inkuba yakubise ababaji babiri bahasiga ubuzima