Nyuma ya Ruhango na Gicumbi inama njyanama y’ akarere ka Bugesera kuri uyu wa 27 Gicurasi 2018 nayo yemeje ubwegure bw’uwari Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Nsanzumuhire Emmanuel n’abamwungirije.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bugesera: Uwari Meya n’abamwungirije bose beguye ku "bushake" bwabo
27 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Nyuma y’iminsi 10 Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan atowe twamusuye: ni nde mu bamubanjirije akunda cyane, umushinga we yarawutangiye? Byinshi mu kiganiro twagiranye (Video)
5 February 2019, by UbwanditsiTaliki 4/2/2019 Umuryango wagiranye ikiganiro kihariye na Nyampinga w’u Rwanda 2019 Miss Nimwiza Meghan kibanda kuri bimwe mu bibazo bijyanye n’umushinga we yamuritse igihe yiyamamazaga, ubuzima bwe bwite, amateka yari asanzwe afite ku iri rushanwa yatsinze n’ibindi.
-
Undi muyobozi wa Zion Temple yandikiye Intumwa Paul Gitwaza ibaruwa ifunguye nawe amusezera(REBA IYO BARUWA HANO)
18 May 2017, by Martin MunezeroUmuyobozi mukuru wa Zion Temple kuri Paruwasi ya Kibagabaga , Pasiteri Kabagema Celestin yasezeye yandikiye Apôtre Dr. Paul Gitwaza ibaruwa amumenyesha ko asezeye ku nshingano yari afite muri iri dini.
Muri iyi baruwa yanditswe ku wa Gatandatu, tariki ya 13 Gicurasi 2017, Pasiteri Kabagema Celestin yagaragaje ko yiteguye gutanga buri cyose kijyanye n’inshingano yari afite, anashimangira ko azakomeza gukorana bya hafi n’ubuyobozi bw’itorero.
Uyu mugabo yatangaje ubu bwegure bwe mu materaniro (...) -
Kamonyi: Umuforomo washinjwe n’umubyeyi ko yamusambanyije ari kubyara yatangaje uko byagenze
23 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuforomo witwa Niyigena Pierre, wakoraga mu kigo nderabuzima cya Nyamiyaga uherutse gushinjwa n’umubyeyi yabyazaga akamusambanya, ahamya ko ibyamuvuzweho atari ukuri, ko habayemo uguhimbahimba no gushaka kumuharabika.
-
Leta y’ u Rwanda yasabye Abaturarwanda kwitondera abiyita abahanuzi
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa RGB Anastase Shyaka
Kuri uyu wa 25 Nzeli inkuru ziriwe zivugwa cyane ni Paul Gitwaza avuga ko ariwe muhanuzi ukomeye mu Rwanda no muri Africa, na Rugagi Innocent wasohoye udutabo agurisha kuva ku 10 000 kuzamura akavuga ko ku dutanga akazi, dukiza diabetes, tukanaha abagabo abakobwa bashaka kurongorwa, ikigo cy’igihugu gishinzwe cyahise gishyira ahagaragara itangazo riburira Abanyarwanda ku biyita abahanuzi.
-
U Rwanda rugiye kohereza bwa mbere icyogajuru mu kirere
25 January 2019, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yiteguye kohereza mu kirere icyogajuru muri Gicurasi uyu mwaka rwakorewe ku bufatanye na leta Ubuyapani nyuma y’amasezerano ibihugu byombi byasinyanye mu mwaka ushize.
-
Joe Biden yahishuye akaga gashobora kugwira Amerika mugenzi we Trump niyanga kuva ku buyobozi ku neza
17 November 2020, by Dusingizimana RemyJoe Biden yaburiye ko "abantu bashobora gupfa" niba ubutegetsi bwe bwiteguraga kujyaho bukomeje kubangamirwa na Donald Trump.
-
Ibimaze kuva mu bushakashatsi ku rukingo rwa VIH/ SIDA bumaze imyaka irenga 10
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbashakashatsi ku rukungo rwa SIDA bo mu kigo ‘Projet San Francisco’ (PSF), gikorera mu Rwanda, bavuga ko rushobora kuzagira icyo rugeraho, bitewe n’ibyo icyiciro cya mbere rumaze kugeragezwamo byagaragaje.
Ubwo hatangizwaga inama ihuje abashakashatsi kuri virusi itera SIDA baturutse mu bihugu bitandukanye ku isi, Kuri uyu wa Gatatu i Kigali umwe muri aba bashakashatsi witwa Prof Anatole Kamali yavuze ko hari ibimaze kugerwa mu rugendo rwo gushaka urukiko rwa Virusi itera SIDA.
Yagize ati (...) -
Kuva ku muryango wa Paul Kagame kugeza ku muturage intero n’imwe-Amafoto y’ubudasa
17 July 2017, by Iyamuremye JanvierIminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango FPR-Inkotanyi byatangiriye mu Ntara y’Amajyepfo, aho mu turere umunani tuyigize hasigaye gusa akarere ka Muhanga.Ku Cyumweru tariki ya 16 Nyakanga 2017,umukandida Paul Kagame yiyamamarije mu turere twa Nyamagabe, Huye na Kamonyi. Chairman wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame yabwiye abaturage bo (...) -
Gira Inka igiye kujya ishyirwamubikorwa n’ imiryango itegamiye kuri Leta
11 May 2017, by Nsanzimana ErnestIhuriro rigizwe n’ imiryango itegamiye kuri Leta rigiye guhabwa miliyari y’ amafaranga y’ u Rwanda ngo ibe ariyo ishyira mu bikorwa gahunda ya Girinka.
Kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2017, nibwo Leta y’ u Rwanda ihagarariwe Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi bashyize umukono ku masezerano yo kwegura imiryango itegamiye kuri Leta ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya Gira Inka.
Ubushakashatsi bwakozwe mu 2016 bugaragazako abanyarwanda 34.6% bavuga ko hari abadahabwa inka muri iyi gahunda kandi (...)
0 | ... | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | ... | 2480