Perezida Paul Kagame yahamagariye urubyiruko rw’u Rwanda guhatana n’abandi mu rugamba rw’ishoramari mu Rwanda aho gutegereza ko hari ubundi buryo buzaza buborohereza gushora imari yabo mu bintu bimwe n’abandi bashoramari.
Ibi yabitangarije mu kiganiro cyaciye kuri radiyo na tereviziyo by’igihugu cyatambutse kuva I saa Cyenda zo kuri icyi cyumweru 25 Kamena.
Ubwo umwe mu babajije ibibazo yagaragazaga icyifuzo cye cy’uko urubyiruko rwajya rworoherezwa mu gushaka ibyangombwa by’ubuziranenge (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko guhatana nk’uko abandi bahatana mu rugamba rw’ishoramari
25 June 2017, by Ferdinand Dukundimana -
Karongi: Umuyobozi w’ ikigo cy’ ishuri wafatanywe urumogi ngo yari aziko ari isambaza
16 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ikigo cy’ ishuri ryo mu karere ka Karongi Ntagara Serge yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa urumogi, avuga ko atari aziko atwaye urumogi ngo yari yabwiwe ko ari isambaza ahawe.
-
Hamenyekanye nyirabayazana yatumye Yago atangaza ko yahunze igihugu cye
30 August 2024, by Joseph IradukundaMu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 28 Kanama 2024, bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe no kubona amashusho agaragaza umunyamakuru Cyprien Uzabakiriho uzwi nka Djihad ‘yikinisha’ mu gihe cy’amasegonda arenga 20’.
-
Abakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Rtd. CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu batawe muri yombi
20 September 2018, by Martin MunezeroCSP Gashagaza yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, kurubu urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwatangaje ko abantu babiri bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho urupfu rwa CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu.
-
Muhanga:Umugabo n’umugore we barakekwa kwica abana babo b’impanga babanize
19 February 2019, by Martin MunezeroKuri iki Cyumweru umugabo w’imyaka 36 n’umugore we w’imyaka 32 bo mu murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu mudugudu wa Gasharu batawe muri yombi ‘bakekwaho kwica abana b’impanga zabo babanize.’ Aba bombi bari basanzwe bafitanye abana batatu. Ziriya mpanga zavutse taliki 15, Mutarama, 2019.
-
Afurika nta mpamvu ifite yo kuguma mu bukene -Perezida Kagame
21 June 2018, by Nsanzimana ErnestGhana- Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame witabiriye inama yiga ku mpinduka zigamije iterambere rya Afurika yavuze ko nta mpamvu ihari yatuma ikomeza gukena kandi dufite umutungo kamere.
-
‘Byari iby’ igiciro guhura na Perezida Kagame’ Trump
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Leta Zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yatangaje ko guhura na Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame byari iby’ igiciro.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2018 nibwo aba bakuru b’ ibihugu byombi bahuye ndetse banagirana ibiganiro.
Nyuma y’ ibi biganiro Perezida Trump yanditse kuri konti afite ku rubuga rwa Twitter ati “Byari iby’ agaciro guhura na Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda I Davos, Switzerland. Twaganiriye byinshi byiza”
Muri iki (…) -
Amafaranga acibwa abatwaye basinze agiye kujya yunganira mutuelle de santé
31 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi ushinzwe Ubwisungane mu Kwivuza [Mutuelle de Santes] mu kigo cy’igihugu cy’Ubwishingizi,RSSB, Deogratias Ntigurirwa yatangaje ko kubera ubushobozi budahagije bwa Mitiweli mu kuvuza abanyarwanda uko bikwiriye,Leta yafashe ingamba zo gushaka aho amafaranga yaturuka harimo no mu bihano by’amafaranga ibihumbi 150 FRW yakwa abafatwa batwaye ibinyabiziga basinze.
-
Rayon Sports igiye kubona umutoza mushya
10 July 2017Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza umutoza mushya nyuma yo kugenda kwa Masudi Djuma weguye ku wa gatandatu taliki ya 08 Nyakanga nyuma yo guhabwa igikombe cya shampiyona bari bamaze igihe bategereje. Ku Isonga ry’abashobora kumusimbura haravugwa umunyarwanda Karekezi Olivier utoza mu makipe y’abana muri Suede .
Karekezi Olivier wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya APR FC no mu Mavubi aravugwa cyane n’abakurikiranira hafi ibya Rayon Sports aho bavuga ko ashobora gusinyira iyi kipe (…) -
Ibitazibagirana kuri nyakwigendera Pierre Nkurunziza
10 June 2020, by Martin MunezeroPerezida Pierre Nkurunziza yakundwaga kandi agatinywa – yakundwaga n’abashima ibyo yemeye kugeza ku gihugu ubwo yatorwaga nyuma y’intambara, akanatinywa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
Umuryango.rw
Hamenyekanye nyirabayazana yatumye Yago atangaza ko yahunze igihugu cye