Ikipe ya Espoir yatsinze ikipe Rayon Sports ibitego 2-0 biyongerera amahirwe yo kuzagera ku mukino wa nyuma w’ igikombe cy’ amahoro.
Ibi bitego byatsinzwe na Walusambo Moninga na Bakundukize Adolphe. Ibi bitego byombi bikaza byinjiye mu gice cya mbere cy’ umukiko.
Ikipe ya Rayon Sports yakinnye uyu mukino ifite ibibazo by’ abakinnyi dore ko yagiye gukina uyu mukino yitwaje abakinnyi 15 kandi ikipe yemerewe kwitwaza abakinnyi 18.
Igice cya mbere nicyo cyagoye cyane ikipe ya Rayon (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Espoir yatsindiye Rayon Sports i Rusizi [AMAFOTO]
25 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
StarTimes – Excited to get connected with the first customer of StarTimes GO!
20 May 2020, by UbwanditsiThe customer: Dushimimana Aimable (Left); and the car fleet captain: Shema Emmanuel (Right).
With the launch of the integrated e-shopping platform StarTimes GO, the company is excited to have connected with the first customer DUSHIMIMANA Aimable, who lives in Kigali.
After watching the TV programme StarTimes GO, the customer decided to buy 24inch TV with Camcard integrated and a DTT entenna. Dushimimana Aimable made a call to StarTimes to order the products and quite pleased with the (…) -
Eyob Metkel uherutse kwitwara neza muri tour du Rwanda yabonye ikipe nshya
20 December 2017Umunya Eritrea wamamaye mu Rwanda kubera gutsinda uduce twinshi muri Tour du Rwanda, yari amaze iminsi ari mu gihirahiro kubera ko nta kipe yari afite nyuma yo gusezererwa na Dimension Data y’abatarengeje imyaka 23,yamaze kubona ikipe nshya mu gihugu cya Malaysia yitwa Terengganu Cycling Team.
Uyu musore w’imyaka 24, yari amaze imyaka 2 akinira ikipe ya Dimension Data y’abatarengeje imyaka 23 aza gusezererwa kubera kubura umwanya mu ikipe nkuru ikina amarushanwa yo ku rwego rw’isi yahawe (…) -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame yagaragaye ari kuganira na Visi perezida wa mbere w’Uburundi
3 February 2019, by Dusingizimana RemyIbitangazamakuru bitandukanye muri aka karere bikomeje kwibaza icyo perezida Paul Kagame w’ u Rwanda yarimo aganira na visi perezida w’u Burundi Gaston Sindimwo,kandi ibi bihugu byombi bitabanye neza muri iyi minsi.
-
Jeannette Kagame ari bugeze ijambo mu barimo Donald Trump mu masengesho yo gusengera igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika
5 February 2019, by Martin MunezeroJeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda ari mu ruzinduko rw’ akazi muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye amasengesho yo gusengera iki gihugu azwi nka ‘National Breakfast Prayer’.
-
Guverineri Mureshyankwano yakomoje ku gafuti yakoze ari umwana yibuka agaseka
20 February 2018, by Nsanzimana ErnestNi umunyapolitiki uzwiho ubuhanga bwo kuganiriza abaturage ayobora abaha ingero z’ aho yavuye n’ uko yaje gutera imbere, abandi bamuzi ari Umuyobozi wa komisiyo y’ imibereho myiza y’ Abaturage mu badepite b’ u Rwanda, uretse ko byanze bikunze abo yigishije namwe mu mwibuka nubwo wenda mutazi ko ubu ari umubyeyi w’ abana batatu wikundira amafunguro ya Kinyarwanda.
Guverineri Mureshyankwano Marie Rose wasimbuye Munyentwari Alpfonse ku buyobozi bw’ Intara y’Amagepfo yavutse mu muryango (…) -
Ingabire Victoire yasezeye mu ishyaka FDU Inkingi ahita ashinga irindi rishya
9 November 2019, by Dusingizimana RemyMadame Victoire Ingabire wari umaze igihe kinini ari umurwanashyaka wa FDU INKINGI yarisezeyemo ahita ashinga irindi shyaka riharanira iterambere na Demokarasi yise ’DALFA UMURINZI’.
-
Ruhango: Amabandi batoboye Ikigo yiba mudasobwa abanyeshuri bigiragaho
8 February 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bataramenyekana batoboye Ikigo cy’ Urwunge rw’ amashuri rwa Bukomero biba mudasobwa 10 zo mu bwoko bwa positivo. Abazamu bararira iki kigo ntabwo bazi igihe aba bajura batoboreye ikigo.
Aya makuru yamenyekanye mu gitondo saa 6:50 kuri uyu wa Kane tariki 8 Gashyantare 2018 ubwo abazamu bari barimo kuzimya amatara ngo nibwo babonye ko idirishya ry’ icyumba cyikwagamo mudasobwa kirangaye.
Umuyobozi w’ Ikigo Madamu Grace Usabyimana yatangarije UMURYANGO ko kugeza ubu abibye izo (…) -
Perezida Kagame yavuze kuri Rusesabagina na Twagiramungu baherutse kwishyira hamwe
21 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko Twagiramungu Faustin na Paul Rusesabagina baherutse kwishyira hamwe kugira ngo bahungabanye umutekano w’u Rwanda ko aria bantu bo mu itangazamakuru bagamije guteza abandi ibibazo gusa.
-
Nyamirambo: Umugabo wari uvuye gukina ikiryabarezi yagonzwe n’imodoka arapfa
18 June 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo uzwi ku izina rya Cyondo yaraye agonzwe n’imodoka mu masaha ya saa tatu z’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2019 ahita yitaba Imana aho bivugwa ko yari avuye gukina ikiryabarezi i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge.
Umuryango.rw
StarTimes – Excited to get connected with the first customer of StarTimes GO!