Ikigega mpuzamahanga cy’ Imari FMI cyatangaje ko uyu mwaka wa 2018 ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 7 cyangwa 8%.
Umwaka ushize (2017) IMF yari yatangaje ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 5,1% ariko bwazamutseho 6,1%.
Abahanga mu bijyanye n’ imari bavuga ko iyo ibyiciro bigize ubukungu byagenze neza aribwo ubukungu bw’ igihugu buzamuka bisobanuye ko kuba IMF ivuga ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7 cyangwa 8 % bisobanuye ko muri uyu mwaka urwego rw’ inganda ruzazamuka, (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
IMF yavuze ko uyu mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bushobora kuzamuhaho 8%
23 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Burera: Umwarimu yanize umugore we arangije nawe ariyahura
1 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Jean Bosco Ndoli Hatangimana gigishaga kuri Groupe Scolaire ya Cyapa, yishe Umugore we amunize, kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Ukwakira 2019,arangije nawe ariyahura.
-
Musaza wa Mwiseneza Josiane wafunzwe akekwaho gukoresha inyandiko mpimbano yarekuwe
28 September 2019, by Dusingizimana RemyUwitwa Muhayimana Samuel usanzwe ari musaza wa Mwiseneza Josiane wamenyekanye mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019,wari umaze iminsi afungiwe gukekwaho gukoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano,yarekuwe yemererwa kuburana ari hanze.
-
Iyi niyo mpamvu yatumye u Rwanda ruhindura amabara y’ inzira z’ abanyamaguru muri kaburimbo
23 November 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihugu hose inzira zigenewe abanyamaguru mu mihanda ya kaburimbo zirimo guhindurirwa amarange zikagirwa umutuku n’ umweru mu gihe zari umukara n’ umweru.
-
Kaboneka yabajijwe niba uwayoboye ikigo cy’ ishuri kikanengwa azashobora Nyabihu
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage witwa Ruzirabwoba uvuka mu karere ka Nyabihu yabajije Minisititi w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka niba Musabimana Odette azashobora kuyobora akarere ka Nyabihu yatorewe kuyobora by’ agateganyo kandi ikigo cy’ Ishuri cya REGA ADEPR kirimo abanyeshuri 600 yayoboraga cyaranenzwe na Minisiteri y’ Uburezi ubwo yagenzuraga ireme ry’ uburezi.
-
APR FC na AS Kigali zamenye ikipe zizahura mu ijonjora rya mbere ry’imikino ya CAF
9 November 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatomboye kuzahura n’ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya mu ijonjora ribanza mu mikino ya CAF Champions League rizakinwa Kuwa 29 Ugushyingo 2020. AS Kigali yo izahura na Orapa United yo muri Botswana.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Seychelles
13 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuwa Gatandatu w’icyumweru gishize Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rwihariye muri Seychelles, aganira na Perezida Danny Faure uyobora iki gihugu.
-
Afurika inaniwe gukorana n’ urubyiruko yaba ikosheje bikomeye - Murekezi
21 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe Murekezi Anastase avuga ko Afurika yaba ikoze ikosa rikomeye mu gihe guverinoma zayo zidakoranye neza n’urubyiruko mu guhanga imirimo no gutanga serivisi kandi ari bo mubare munini w’abatuye uyu mugabane.
Ibi yabitangaje ubwo yafunguraga ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kamena 2017 inama ngarukamwaka yiga ku kwizihiza imitangire ya serivisi zigenewe abaturage muri Afurika ibera i Kigali.
Murekezi avuga ko gutanga serivisi ari byo Abanyafurika bakeneye kandi (...) -
Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu
20 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye Murwanashyaka wamwiciye akamusenyera inzu bongera kunga ubumwe nk’ uko babanaga mbere ya Jenoside uyu mukecuru anaha inka uyu muryango wamuhemukiye.
-
Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu
5 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yaraye atunguye benshi mu bitabiriye ibirori byo Kwibohora 25 byabereye muri Kigali Convention Centre bihuje abayobozi mu nzego za leta n’izindi zitandukanye mu gihugu, hamwe na Perezida Hage Geingob wa Namibia n’umugore we Monica Geingos,ubwo yababwiraga ko bakwima amatwi ubabwira ngo bajye ku kazi kuri uyu wa Gatanu.
0 | ... | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | ... | 2480