Ishyaka riharanira imibereho myiza n’ iterambere ry’abaturage PSD ryijeje abatuye mu karere ka Ngoma ubworozi n’ ubuhinzi bwa kijyambere kandi bakabashakira amasoko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ishyaka PSD ryizeje abatuye Ngoma ubuhinzi n’ ubworozi buteye imbere [AMAFOTO]
13 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Indirimbo The Ben yakoranye na Rema iri guhatanira ibihembo bikomeye muri Uganda
16 April 2021, by Rebecca UFITAMAHOROIndirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy FM’.
-
Jeanette Kagame yanenze imyitwarire ya bamwe mu bahanzi nyarwanda,agaragaza Tom Close nk’umuhanzi w’intangarugero
16 December 2018, by Martin MunezeroMadamu Jeannette Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Ukuboza 2018 yitabiriye ihuriro ry’abahanzi n’ibirori byo gusoza icyiciro cya mbere cy’amarushanwa ya Art Rwanda - Ubuhanzi, aho yashimye Tom Close nk’Intangarugero akanagaya imyitwarire ya bamwe mu bahanzi nyarwanda.
-
Gicumbi: Umugabo yasanzwe yapfuye amanitse mu mugozi ku ibaraza ry’inzu
4 November 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 04 Ugushyingo 2019,umugabo witwa Ntigurirwa Amran yasanzwe yapfuye,umurambo we umanitse mu mugozi ku ibaraza ry’inzu mu kayira kamanuka munsi y’isoko rya Byumba kerekeza mu mudugudu wa Rwasama.
-
Perezida Kagame yagaragaye I Rubavu anyoga igare [AMAFOTO]
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yagaragaye ahitwa Bruxelles mu karere ka Rubavu anyoga igare, amakuru aravuga ko we n’ umushyitsi bari kumwe basuye ingagi mu birunga.
Abaturage bakimara kubona ko ari Perezida Kagame urimo kunyoga igare mu muhanda Nyamyumba - Gisenyi werekeza kuri Brasserie begereye umuhanda ari benshi arahagarara arabazuhuza bamugaragariza urugwiro n’ ibyishimo.
Umuseke dukesha iyi nkuru watangaje ko ufite amakuru yizewe ko mu gitondo cyo kuri uyu wa (…) -
Minisitiri Busingye yamaganye ingufu z’umurengera cyangwa zica zikoreshwa na Polisi ku bakekwaho ibyaha
5 September 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yamaganye ibikorwa bya polisi byo kurasa abasivili hagatangwa impamvu ko bashakaga gutoroka cyangwa ko bashatse kubarwanya.
-
Rusizi: Akarere kamurikiye abasenateri raporo irimo ibinyoma haboneka umuntu ugatamaza
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari ejo tariki 15 Gicurasi 2018 basuye akarere ka Rusizi bagiye kureba aho gahunda yo kugeza amazi meza ku baturarwanda igeze, aka karere kabagaragariza raporo yuzuyemo ibinyoma havamo umwe mu bashinzwe kugeza amazi ku baturage avuga ko iyo raporo ari intekinikano, ubuyobozi bw’ akarere bugeze aho burabyemera.
-
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye umuperezida ugiye kumusimbura ku buyobozi bwa AU
25 January 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame,yabwiye mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi,ugiye kumusimbura ku buyobozi bw’umuryango wa Afurika yunze Ubumwe,ko akazi agiye kujyamo katoroshye kamusaba kwitanga no kureba kure.
-
Louise Mushikiwabo, ubutumwa yagenewe na Jeannette Kagame ngo bwamukoze ku mutima
13 October 2018, by Nsanzimana ErnestKimwe n’ abandi Banyarwanda benshi n’ abanyamahanga, Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda nawe yifashishije urubuga rwa Twitter agaragaza ibyishimo yatewe n’ intsinzi ya Louise Mushikiwabo watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha Igifaransa.
-
NEC yakiriye kandidatire ya Diane Rwigara
20 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena komisiyo y’ igihugu y’ amatora NEC yakiriye ibyangombwa bya Diane Shimwa Rwigara ushaka kwiyamamariza kuyobora Abanyarwanda.
Ku isaha ya saa cyenda zibura iminota mike nibwo Diane Rwigara yageze kuri komisiyo y’ igihugu y’ amatora aherekejwe n’ abantu benshi bari muri coaster.
Uyu mukobwa w’ umuherwe Nyakwigendera Assinapol Rwigara yari kumwe n’ abarinzi be.
Bitandukanye n’ abamubanjirije gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida w’ (…)
Umuryango.rw
Minisitiri Busingye yamaganye ingufu z’umurengera cyangwa zica zikoreshwa na Polisi ku bakekwaho ibyaha