Perezida Kagame uri mu bikorwa byo kwiyamamaza yavuze ko abaturage bakwiye buri kimwe cyose cyatuma ubuzima bw’abo buhinduka, Umukuru w’igihugu yabijeje ko bazakomeza gufatanya muri byose.
Akarere ka Ruhango Perezida Kagame yatangiriyeho kagizwe n’imirenge icyenda, gafite ubuso bwa kilometero kare 626.8, kagaturwa n’abaturage 319 885.
Mu karere ka Ruhango, mu 2010 imiryango 27 % niyo gusa yari ifite amanyashanyarazi ariko mu myaka irindwi gusa, 17% imaze kuyagezwaho.
Yavuze ko mu minsi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ruhango: Ibyo Perezida Kagame yabemereye....Yiyamamarije ahari abaturage bagera ku ibihumbi 100,000
14 July 2017, by Iyamuremye Janvier -
Minisitiri Gashumba na Minisitiri w’ubuzima wa RDC bongeye guhura basuhuzanya ya ndamukanyo itangaje banatangiza urukingo Umurinzi rwa Ebola [AMAFOTO]
8 December 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr. Diane Gashumba ari mu karere ka Rubavu aho yahuriye n’uwa RDC witwa Dr. Muyembe batangiza urukingo rwa Ebola rwitwa Umurinzi.
-
Perezida Kagame ejo azatanga ikiganiro mu nama y’ umuryango ‘Mo Ibrahim’ ujora ubutegetsi bwa Afurika
27 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Mata 2018 azaha ikiganiro abitabiriye inama y’ umuryango Mo Ibrahim ujora ubutegetsi n’ imiyoborere by’ abakuru b’ ibihugu bya Afurika.
-
Perezida Paul Kagame yakuye James Musoni ku mwanya wa Minisitiri ashyiraho nabandi bayobozi bashya
6 April 2018, by UbwanditsiKuri uyu wa Gatatu tariki 6 Mata 2018, nibwo Perezida Kagame yakuyeho Minisitiri James Musoni wari Minisitiri w’Ibikorwa remezo, uyu akaba yari amaze igihe anavugwa cyane kubera amakuru y’uko yatwaye umugore w’abandi aherutse gusakara. Yamusimbuje Claver Gatete wayoboraga Minisiteri y’Imari n’igenamigambi ahita ashyiraho n’abandi bayobozi bashya basimbuye abandi ku myanya bari bariho.
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, (…) -
William Ruto yahishuye ikiganiro yagiranye na Raila Odinga mu gitondo
15 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida mushya wa Kenya,William Ruto,yavuze ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere yagiranye ikiganiro na mukeba we Raila Odinga bemeranya ko bemera ibyavuye mu matora ndetse ko biteguye guhura bagasangira.
Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo gutangazwa nka perezida wa gatanu wa Kenya watowe n’abaturage,William Ruto yemeje ko mu gitondo yavuganye na Odinga bahanganye cyane muri aya matora.
Ati: "Nk’ukunda demokarasi,ngomba kubabwira ko muri iki gitondo, nahamagaye mucyeba wanjye, (…) -
Iyo ucitse ukuguru utanga arenga 400 000 Frw buri myaka 3 ku nsimburangingo
3 December 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu bafite ubumuga bishimira ko Leta y’u Rwanda isigaye ibitaho by’ umwihariko, gusa ngo babangamiwe no kuba insimburangingo ziri ku giciro kitoroheye buri wese no kuba ziboneka hake binyuranyije n’ uko itegeko ribiteganya.
Tariki 3 Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku bantu bafite ubumuga. U Rwanda rwawizihirije I Gahini mu karere ka Kayonza gafite abantu barenga ibihumbi 4 bafite ubumuga.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Ushinzwe Imibereho (…) -
Karongi: Umumotari yishwe n’abagizi ba nabi barangije batwara moto ye
4 September 2019, by Dusingizimana RemyUmumotari witwa Maniriho Faustin wari uzwi nka Gasiga w’imyaka 30 yaraye yiciwe mu murenge wa Rubengera,mu kagari ka Bubazi mu mudugudu wa Gitwa mu karere ka Karongi ubwo yari mu kazi umurambo we ubonwa mu gitondo n’abantu bari bagiye mu kazi.
-
Ibicuruzwa byinshi byagabanyirijwe imisoro muri 2017/18
8 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 08 Kamena, ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagezaga umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya 2017-2018, yatangaje ko hari ingamba u Rwanda ruhuriyeho n’Ibihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba zizafasha guteza imbere ibikorerwa mu gihugu.
Muri izo ngamba harimo kugabanya imisoro yacibwaga ibicuruzwa bitandukanye, aho ibyinshi bigaragara ko bizajya bisoreshwa kuri 0%.
Minisitiri Gatete Claver yatangaje ko biri muri gahunda yo gufasha Abanyarwanda (…) -
Minisitiri Shingiro yatumiye Dr.Vincent Biruta I Burundi mu rugendo rwo gutsura umubano
20 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi Albert Shingiro na Vincent Biruta, w’u Rwanda, uyu munsi bahuriye ku mupaka w’ibihugu byombi wa Nemba – Gasenyi baganira ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
-
RIB yatabaye mu ibanga umugore wari ugiye kwicwa n’ umugabo we
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Nzitukuze Yvette yatabawe n’ Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha kubera amakuru yatanzwe n’ umuturage nyiri ugucurirwa umugambi wo kwicwa atabizi.
Umuryango.rw
Minisitiri Gashumba na Minisitiri w’ubuzima wa RDC bongeye guhura basuhuzanya ya ndamukanyo itangaje banatangiza urukingo Umurinzi rwa Ebola [AMAFOTO]
William Ruto yahishuye ikiganiro yagiranye na Raila Odinga mu gitondo