Minisitiri w’ Ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye yasobanuye ko Diane Shimwa Rwigara adakwiye kugira impungenge ku butabera bw’ u Rwanda kuko bukora neza, anamugira inama y’ inzira yanyuramo ikibazo cye kigakemuka.
Ni nyuma y’ aho kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena Diane Shimwa Rwigara wari ukimara gushyikiriza komisiyo y’ igihugu y’ amatora kandidatire ye, yavuze ko yanze kwirirwa arega abakwirakwije amafoto bivugwa ko ari aye yambaye ubusa. Ngo yasanze uwo yarega (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri Busingye yagiriye inama Diane Rwigara uvuga ko atizeye ubutabera bw’ u Rwanda
21 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Startimes igiye gutangira kwerekana shampiyona ya Espagne “LA LIGA SANTANDER”
6 August 2020, by Dusingizimana RemyIbyamamare nka Lionel Messi,Sergio Ramos,Eden Hazard,n’abandi bakina mu makipe atandukanye muri Shampiyona ya L A LIGA muri Espagne bagiye gutangira kugaragara kuri StarTimes yarahiriye kudabagiza abakunzi b’imikino.
-
Uwakize indwara yo kujojoba arasaba abayirwaye kutayihishira
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmwe mu babyeyi 9 bakize indwara yo kujojoba izwi ku izina rya fistule arasaba abayirwaye kutayihishira aka wa mugani w’ Ikinyarwanda ngo “ushaka gukira indwara arayirata”.
Uyu mubyeyi utuye mu karere Nyaruguru, avuga ko yabyariye mu bitaro bya Munini bihereye muri ako karere, akabyara bamuteruye mu nda umwana wapfuye, hanyuma akagira ikibazo cyo kujojoba.
Avuga ko yatinyaga kujya aho abantu bari kubera ko yagiraga impumuro itari nziza bitewe n’ ubwo burwayi. Uyu mubyeyi avuga ko ikibazo (…) -
Minisitiri Kabarebe yavuze ko umwanzi ukomeye u Rwanda rushobora kugira ari amacakubiri
3 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ingabo Jenerali James Kabarebe avuga ko umwanzi u Rwanda rushobora kugira akaruhemukira ari amacakubiri naho abandi banzi nka FDLR nta kintu bashobora gutwara u Rwanda.
Uyu muyobozi ibi yabigarutseho mu muhango wo gushyiraho ihuriro ry’Ubumwe n’ubwiyunge mu Karere ka Rubavu abereye imboni.
Min Kabarebe yemeza ko Abanyarwanda bagomba kwirinda amacakubiri kuko ari cyo kintu cyonyine gishobora gutuma abanyarwanda basubira mu mateka mabi banyuzemo.
Ati “Umwanzi wa mbere w’u (…) -
Rubavu: Ishuri rya la Promise riramenyesha ababyeyi ko rifitiye abana gahunda z’ibiruhuko zitandukanye
18 November 2019, by UbwanditsiIshuri rya la Promise rimaze kuba ubukombe mu gutsindisha ibizamini bya leta nko kuva mu mwaka wa 2009 kugeza mu mwaka ushize abana bakoze ibizamini bya leta bagera kuri 800 muri aba, abatsinze neza ibizamini bya leta ni 680 ndetse banabonye ibigo bya leta bigamo (Ecole de l’Excellence) ribafitiye gahunda z’ibiruhuko zijyanye n’imikino,imyidagaduro no gufasha abana kwagura impano(Colonie de Vacance).
-
Dr Frank Habineza yavuze icyahagarika udutero shuma twica abantu Nyaruguru na Rusizi
24 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza wari waniyamamarije kuba Perezida w’ u Rwanda mu matora yabaye umwaka ushize ntabigereho yagaragaraje ibintu birenga bitatu Leta y’ u Rwanda yakora mu rwego rwo kwirinda udutero duto tumaze iminsi twica abantu mu ntara y’ amagepfo mu Rwanda, harimo n’ uburyo bwafasha abashinzwe umutekano kumenya niba imbunda yarashe ari iy’ u Rwanda.
-
Umutoza ugiye kuza mu ikipe ya Rayon Sports yatangiye kunuganugwa
17 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ikeneye umutoza usimbura Robertinho umaze amezi make atandukanye nayo,iri mu biganiro n’abatoza benshi ariko uhabwa amahirwe menshi yo kuyigarukamo n’Umubiligi w’umurwanashyaka witwa Luc Eymael wayiherukagamo mu mwaka wa 2014.
-
Polisi y’u Rwanda yashyizeho ibihano bikarishye ku bashoferi bazajya bafatwa batwaye basinze
2 September 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko hejuru yo gucibwa amande asanzwe angana FRW 150 000 umushoferi ufashwe atwaye yasinze,hiyongereye kwamburwa uruhushya rwo gutwara mu gihe kingana n’umwaka.
-
Bisi ya RITCO yafashwe n’ inkongi imitwaro y’ abagenzi ihiramo
27 April 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Mata 2018 bisi ya Kampani itwara abagenzi RITCO yafashwe n’ inkongi igeze mu murenge wa Kivumu mu karere ka Gakenke.
-
Mu myaka itanu ingengo y’ imari y’ u Rwanda imaze kwiyongeraho arenga miliyari 800
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ni kimwe mu bihugu by’ Afurika birimo gutera imbere cyane. Iyo umuntu avuze ko nibura buri mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bwiyongeraho 5% ushobora kudahita ubyumva ariko amaso yawe akwereka ibikorwa remezo birimo amazu meza mashya yubakwa muri Kigali.
Iyo ugereranyije ingengo y’ imari u Rwanda rwakoresheje mu Rwanda w’ ingengo y’ imari 2013/2014 n’ ayo ruteganya gukoresha muri 2017/2018 usanga amaze kwiyongeraho miliyari 894.7.
Mu ntangiriro z’ uku kwezi kwa Gashyantare 2018 (…)
Umuryango.rw
Startimes igiye gutangira kwerekana shampiyona ya Espagne “LA LIGA SANTANDER”
Uwakize indwara yo kujojoba arasaba abayirwaye kutayihishira