Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 28 Kanama 2024, bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe no kubona amashusho agaragaza umunyamakuru Cyprien Uzabakiriho uzwi nka Djihad ‘yikinisha’ mu gihe cy’amasegonda arenga 20’.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hamenyekanye nyirabayazana yatumye Yago atangaza ko yahunze igihugu cye
30 August 2024, by Joseph Iradukunda -
Dr Gahakwa Daphrose na Dr Cyubahiro Bagabe birukanywe burundu muri RAB
12 April 2018, by Martin MunezeroMinisitiri w’Intebe, Ngirente Dr Edourad, yasezereye burundu mu mirimo ya Leta, abakozi batanu barimo Dr Cyubahiro Bagabe Marc wayoboraga Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi n’ubworozi (RAB) n’abandi bagenzi be bari bafatanyije kuyobora muri iki kigo.
Mu itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, ku mugoroba wo kuri uyu wa 12 Mata 2018, rivuga ko abayobozi batanu bose bayoboraga mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi n’ubworozi (RAB) basezerewe burundu mu mirimo ya Leta. Gusa muri iri tangazo (…) -
Polisi y’ u Rwanda yashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika
9 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2 muri Afurika.
Mu bigenderwaho mu gukora uru rutonde harimo ubushobozi, imikorere, gukurikiza amategeko n’umusaruro zitanga.
Umuryango ukora iyi raporo wifashishije abashakashatsi. Washinzwe mu 2013 ufite icyicaro muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Singapore niyo iyoboye (…) -
Espoir yatsindiye Rayon Sports i Rusizi [AMAFOTO]
25 June 2017, by Nsanzimana ErnestIkipe ya Espoir yatsinze ikipe Rayon Sports ibitego 2-0 biyongerera amahirwe yo kuzagera ku mukino wa nyuma w’ igikombe cy’ amahoro.
Ibi bitego byatsinzwe na Walusambo Moninga na Bakundukize Adolphe. Ibi bitego byombi bikaza byinjiye mu gice cya mbere cy’ umukiko.
Ikipe ya Rayon Sports yakinnye uyu mukino ifite ibibazo by’ abakinnyi dore ko yagiye gukina uyu mukino yitwaje abakinnyi 15 kandi ikipe yemerewe kwitwaza abakinnyi 18.
Igice cya mbere nicyo cyagoye cyane ikipe ya Rayon (…) -
Ni iki kihishe inyuma yo kuba Perezida Macron yaranze gukora mu ntoki za Perezida wa Burkina Faso -VIDEWO
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestMu minsi ishize Perezida w’ u Bufaransa Emmanuel Macron yatembereye mu bihugu bitandukanye by’ Afurika birimo Burkina Faso, Ghana, na Cote d’ Ivoire aho yanitabiriye inama ya 5 ihuza Afurika n’ Uburayi. Imyitwarire ye n’ amagambo yakoresheje byateye benshi ku byibazaho.
Amwe mu magabo yakomerekeje abanya Burkina Faso nk’uko babigaragaje ku mbuga nkoranyambaga ni aho Emmanuel Macron yavuze ngo ‘Perezida Kaboré yari yagiye gusana icyuma gitanga ubukonje, Climatiseur’ ubwo yibeshyaga mu (…) -
Perezida Kagame yaganiriye n’ Umwami wa Maroc kuri telefone
6 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa mbere Umwami Mohamed wa VI wa Maroc na Perezida Paul Kagame baganiriye ku mavugururwa y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe (A ) uyoborwa muri uyu mwaka na Perezida Kagame.
-
Musanze: Umugore w’uwahoze ari Visi Meya yatakambiye perezida Kagame ko umugabo we ashobora kumwica nafungurwa
14 January 2020, by Dusingizimana RemyUmugore witwa Kamariza Olive wa Ndabereye Augustin wahoze ari Visi Meya wa Musanze ushinzwe iterambere ry’ubukungu yandikiye Nyakubahwa perezida Kagame na madamu we Jeannette Kagame yishinganisha aho yavuze ko uyu mugabo we ufunzwe azira kumuhohotera ashobora gufungurwa akamwica.
-
Ibitazibagirana kuri nyakwigendera Pierre Nkurunziza
10 June 2020, by Martin MunezeroPerezida Pierre Nkurunziza yakundwaga kandi agatinywa – yakundwaga n’abashima ibyo yemeye kugeza ku gihugu ubwo yatorwaga nyuma y’intambara, akanatinywa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
-
Amb. Joseph Habineza uzwi nka Joe yagaragaje uburyo yishimiye imirimo mishya yahawe
10 May 2019, by Martin MunezeroJoseph Habineza yamamaye cyane ubwo yayoboraga Minisiteri y’umuco na Siporo, inshingano zatumye urubyiruko rumwiyumvamo ndetse rutangira kumutazira “Joe” , kuri ubu uyu mugabo yahawe inshingano nshya muri Sosiyete ya Radiant.
-
Perezida Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines
11 March 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika Paul Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu.
Umuryango.rw
Hamenyekanye nyirabayazana yatumye Yago atangaza ko yahunze igihugu cye