Depite Habineza Frank yavuze ko kuba Miss Mwiseneza Josiane yariswe ingagi ari ikibazo gikomeye kikiri mu Banyarwanda bamwe na bamwe bakomeje gutsimbarara ku kibi cyo guharabika bagenzi babo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Miss Mwiseneza Josiane yiswe Ingagi bibabaza cyane Depite Habineza Frank bimwibutsa umukobwa nawe wigeze kubimwita[AMAFOTO]
7 February 2019, by Martin Munezero -
‘Dushobora kugira igihugu cyiza n’ amategeko meza kirimo abantu babi’ Mpayimana
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestPhilippe Mpayimana, umunyapolitiki wangiwe gukorera ikiganiro n’ abanyamakuru aho yari yateguye aravuga ko ba nyiri Bar Plus250 batamubereye inyangamugayo nabo bakavuga ko batari bamenye ko ari inama y’ umunyapolitiki izahabera.
-
Perezida wa Tunisia na Museveni bari k’ urutonde rw’ abaperezida ba Afurika bakuze kurusha abandi
29 April 2018, by Nsanzimana ErnestKu ifoto ubanza ni Perezida wa Tunisia, ukuriwe na Perezida Buhari wa Nigeria, na Museveni wa Uganda na Paul Mbia wa Cameroun
Mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama Kofi Annan wigeze kuba umunyamabanga mukuru w’ umuryango w’ abibumbye yasabye urubyiruko rw’ Afurika ubwo hasozwaga inama y’ abaharanira impunduka mu isi ‘world changers summit’ kutemera ko abanyapolitiki bakuze bakomeza kuyobora.
-
‘Nimutugirira icyizere tukajya mu nteko ntimuzicuza ’ Dr Habineza
28 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) Dr Frank Habineza yaseseranyije abanyabugesera ko nibabagirira icyizere batazabyiza.
-
Mugisha Moïse yegukanye agace ka nyuma ka Tour de l’Espoir 2019
9 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir 2019.
-
Kigali: Umupolisi yarashe umumotari arapfa
19 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmumotari utaramenyekana amazina yarasiwe n’ umupolisi I Kabuga mu mujyi wa Kigali, polsi iravuga ko uyu mumotari yashatse kurwanya polisi no kuyambura imbunda.
-
Perezida wa Misiri yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi-AMAFOTO
15 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi we, Paul Kagame w’u Rwanda.
Mu bandi banyacyubahiro bari ku kibuga cy’indege barimo: Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, hamwe n’abandi baminisitiri barimo uw’Ibikorwaremezo, James Musoni, Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuganga, Jean Philbert Nsengimana.
Perezida Abdel (...) -
RIB yataye muri yombi umunyamakuru wa ISHEMA TV n’umushoferi we bazira kwica gahunda ya #Gumamurugo
15 April 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko uyu munsi rwataye muri yombi Niyonsenga Dieudonne alias Cyuma nyiri Ishema TV ikorera kuri murandasi [You Tube] hamwe n’umushoferi we Komezusenge Fidele ngo kubera ko barenze ku mabwiriza ya #GumaMurugo.
-
Ifoto y’Umunsi: Perezida Kagame na Museveni basuhuzanyije mbere y’inama y’I Gatuna [AMAFOTO]
21 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na bagenzi be barimo Perezida João Lourenço, perezida Felix Tshisekedi na perezida Museveni bahuriye I Gatuna kuri uyu wa Gatanu mu biganiro byo kuzahura umubano w’U Rwanda na Uganda umaze imyaka 3 utameze neza.
-
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
25 August 2020, by UbwanditsiTaliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri bimwe mu bikorwa byo kubaka amashuli ndetse anamusaba raporo yihuse y’icyo iyi Minisiteri y’Uburezi iteganya gukora kuri ibyo bibazo.
0 | ... | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | ... | 2480