Abafatabuguzi ba Startimes bongeye gushyirwa igorora kuko Kuwa Gatandatu tariki ya 01 Kanama 2020 bazareba umukino wa nyuma wa w’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup uzahuza ibihangange birimo Arsenal na Chelsea FC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Startimes yongeye guha abakunzi b’imikino ibyishimo ibereka umukino wa nyuma wa FA Cup
27 July 2020, by Dusingizimana Remy -
Rayon Sports yabonye umufatanyabikorwa mushya wunganira SKOL
20 September 2017Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 19 Nzeri 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano na sosiyete nshya igiye gucuruza imikino y’amahirwe hano mu Rwanda ya Feza Bet yari iherutse gusinyana amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu. Aya masezerano yasinywe n’uwari uhagarariye Rayon Sports Gacinya Dennis na Maitre Kizito Safari wari uhagarariye Sosiyete ya Feza Bet aho bombi bemeje ko bemeranyije gukorana mu gihe kigera ku myaka ine.
Mu bikubiye muri aya masezerano (...) -
2017, Perezida Kagame niwe wabaye Umunyafurika w’umwaka
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestIkinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru mu bihembo bihembo, byari bibaye ku nshuro ya gatandatu.
Mu bandi bashakaga iki gihembo barimo Perezida wa Ghana, Nana Addo Dankwa Akuffo Addo, Tony Elumelu Umushoramari wo muri Nigeria, John Pombe Magufuli Perezida wa Tanzaniya, Umuyobozi Mukuru wa Shanduka Group, Cyril Ramaphosa na Oladipo (...) -
#Umushyikirano 2017: Bamporiki yakomoje ku myitwarire y’ Amavubi
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mukuru w’Itorero ry’Igihugu, Bamporiki Edouard, yavuze ko urubyiruko rw’u Rwanda rukwiye kuvoma guhiganwa mu muco Nyarwanda, mbere watozwaga mu Itorero ry’Igihugu ariko abazungu bakaza kurica ngo babashe kucyigarurira.
Yabivugiye mu kiganiro yatanze kuri wa 20 Ukuboza 2017 mu mushyikirano wa 15. Muri iki kiganiro ku nsanganyamatsiko igira iti ‘‘Urubyiruko nk’izingiro ry’iterambere” yari kumwe na Minisitiri w’Urubyiruko, Mbabazi Rosemary na rwiyemezamirimo Jaures Habineza.
Bamporiki (...) -
Abiga muri Kaminuza y’ u Rwanda bagiye kujya biga ibihembwe bitatu
5 January 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe ubusanzwe abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda bigaga ibihembwe bibiri bizwi nka Semesters kuri ubu amakuru yizewe aturuka muri Kaminuza y’ u Rwanda aravuga ko guhera muri uyu mwaka 2018 abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda bazajya biga ibihembwe bitatu.
Ibi abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda ishami rya Gikondo babitangarijwe n’ ubuyobozi bwa Kaminuza y’ u Rwanda mu nama bagiranye kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2018.
Igihembwe cya mbere kizajya gitangira mu (...) -
Umuhanzi Nyarwanda Tom Close n’umugore we Tricia bibarutse umwana wa kabiri(AMAFOTO)
25 June 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bibarutse umwana w’umuhungu bahaye izina rya Elan. Uyu mwana wabo wa kabiri, aje akurikira imfura yabo y’umukobwa ‘Ineza Ella’ bibarutse tariki 16 Kanama 2014.
Kuri uyu wa 25 Kamena 2017 ahagana isaa Sita z’amanywa,ni bwo Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close yatangarije inshuti ze inkuru nziza y’uko yibarutse ubuheta. Tom Close akoresheje urubuga rwa Instagram yasabye inshuti z’umuryango we gufatanya nabo gushima Imana kuko yabahaye umugisha (...) -
Ko bwari bwije uwarashe indege ya Habyalimana yabwiwe n’iki ko ariwe koko ngo adahanura indi yibeshye?
20 April 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuwa 6/4/1994 indege yari itwaye Perezida Habyalimana ndetse na Perezida w’Uburundi Ntaryamira Cyprien yarasiwe muu kirere cya Kanombe ubwo yiteguraga kugwa ku kivuga cy’indege abarimo bose bahita bapfa.
-
Clare Akamanzi uyobora RDB yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
8 June 2018Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Clare Akamanzi, ari mu bantu 11 kaminuza yo muri Canada, Concordia University, yageneye impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro (PHD).
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
25 April 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yanenze abantu bambara udupfukamunwa mu buryo budakwiriye barimo n’abajya kuvugana n’umuntu bakakamanura kandi icyo kamaze ari ugukumira amacandwe ataruka umuntu avuga kuba yagwa ku bandi.
0 | ... | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | ... | 2480