Ange Belise Ndayisaba yaje ari impunzi ivuye mu Burundi ageze mu Rwanda aza gukundana n’umusore amutera inda. Umusore wamuteye inda yabanje kumwihakana, ibi byatumye Ange ahangayika cyane ariko aza kugira amahirwe abona umuntu umurangira akazi ava i Mahama mu mu ikambi y’impunzi aza i Kigali ni ubwo naho ubuzima butari bumworoheye kandi anatwite.
Nyuma yarabyaye, ubu umwana we w’umuhungu afite imyaka 2. Avuga ko kubona umugabo ufite umwana bigoye cyane kubera ko hari igihe uba ufite ubwoba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
"Kubona umugabo wagukunda akagukundira n’umwana ni ikibazo gikomeye":Ubuhamya bwa Ange Ndayisaba wabyaye atarashaka (Video)
27 May 2020, by Ubwanditsi -
Perezida Kagame yababariye umwana wari usigaje gufungwa imyaka 9 n’ abagororwa batanu bari barakatiwe burundu
22 January 2018, by Nsanzimana ErnestImiryango ibarirwa muri magana iri mu byishimo nyuma y’ uko Leta y’ u Rwanda ihaye imbabazi abagororwa 392 bagaragaje ikinyabumfura muri gereza. Mu barekuwe harimo abanyeshuri 18 batsinze neza ibizami bya Leta, aba barimo uwari usigaje imyaka 9 muri Gereza.
Ku wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2018, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yamenyesheje inama y’ abaminisitiri yahaye imbabazi abana 18 bari bafungiye muri gereza ya Nyagatare ifungirwamo abana nyuma y’ uko aba bana bitsinze neza ibizami (…) -
Perezida Kagame na Museveni barahura imbona nkubone ejo kuwa gatanu
11 July 2019, by UbwanditsiMuri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane Radio Rwanda yatangaje ko biteganyjwe ko Perezida Kagame azahurira na Perezida Museveni mu nama izabera I Luanda muri Angola ejo kuwa gatanu taliki 12/7/2019 mu nama izaba irimo na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Kong, Felix Tchisekedi ndetse n’uwa Angola, Laurenco ari nawe wanatumiye akazakira iyi nama.
-
Bugesera/G.s Ruhuha: Umuyobozi w’ikigo, ushinjwe Discipline n’umwarimu wateye inda umunyeshuli barafunze
27 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye wo mu Murenge wa Ruhuha Mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba mu bihe bitandukanye yagiye asambanywa n’umwarimu we ndetse n’umunyeshuli wiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuli yisumbuye.
Uyu mukobwa unatwite yasambanyijwe n’umwarimu we witwa, Uwibambe Olivier w’imyaka 27 y’amavuko, wigishaga kuri iki kigo cya G.S Ruhuha ndetse n’umunyeshuli witwa Munyengabe Gadi yiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuli yisumbuye (…) -
Nyarugenge: Havumbuwe umurambo w’umukobwa ukiri muto wasanzwe yambaye ubusa
20 November 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,Taliki ya 20 Ugushyingo 2019, mu murenge wa Nyarugenge mu mudugudu wa Rwampara wo mu kagari ka Rwampara habonetse umurambo w’umukobwa uri mu kigero cyimyaka 20, wishwe n abantu bataramenyekana nyuma yo kumusambanya.
-
Amatariki n’ ibitazibagirana muri politiki y’ u Rwanda 2017
28 December 2017, by Nsanzimana ErnestMuri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017.
Uyu mwaka utangira tariki 1 Mutarama 2017, Perezida Kagame yemereye Abanyarwanda ko aziyamamaza, yabitangaje nyuma y’ uko mupera z’ umwaka ushize wa 2016 Abanyarwanda miliyoni enye bari basabye ko Paul Kagame yakomeza kubayobora ndetse bakabitora muri Kamparaka.
Mu ntangiriro za 2017 tariki 15 Mutarama nibwo (…) -
Ibyemezo byose by’ inama y’ Abaminisitiri yemeje ko Kizito Mihigo na Ingabire Victoire UMUHOZA barekurwa
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa Gatanu, tariki ya 14 Nzeri 2018, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
-
Rayon Sports yamaze gutangaza umutoza mushya wagizwe ibanga rikomeye
21 September 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza ukomoka muri Mexico witwa Javier Martinez Espinoza w’imyaka 46 niwe wagizwe umutoza mushya wa Rayon Sports usimbura Robertinho wayivuyemo nyuma y’umukino ubanza wa CAF Champions League yanganyijemo na Al Hilal mu kwezi gushize.
-
Abo kwa Rwigara bagiye kugezwa imbere y’Urukiko
5 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu taariki ya 06 ukwakira 2017, Diane Rwigara n’abo mu muryango we baragera imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kugirango baburane ku cyemezo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Aba bose bakurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda ndetse hakazaho n’ibyaha buri umwe muri aba agiye yihariye.Ku byaha ubushinjacyaha bubakurikiranyeho ntiharimo icyo kunyereza imisoro n’icyo gushaka kubangamira umutekano w’igihugu.
Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u (…) -
Ikinyamakuru ‘Redpepper’ cyafunzwe kubera inkuru cyanditse kuri Museveni na Kagame
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi ya Uganda yafunze ikinyamakuru cyo muri Uganda ‘Redpepper’ kubera inkuru cyanditse ifite umutwe ugira uti ’Museveni arimo gutegura guhirika Kagame- Rwanda’
Ibinyamakuru byo muri Uganda birimo The Independent na New vision byatangaje ko iyo nkuru yasohotse tariki tariki 20 Ugushyingo 2017, naho Redpepper ikaba yafunzwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo.
Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi mu bitangazamakuru bitandukanye hatangazwa inkuru zivuga ko umubano utifashe neza (…)
Umuryango.rw