Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza yababajwe bikomeye no kuba ingabo 1000 ze zahagaritswe mu butumwa zari zimazemo iminsi mu gihugu cya Somalia,kubera ko ngo bari isoko yinjirizaga igihugu cye amadovize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nkurunziza yababajwe bikomeye n’ihagarikwa ry’abasirikare b’Aburundi bari mu butumwa bwa AMISOM binjirizaga igihugu amamiliyoni
22 February 2019, by Dusingizimana Remy -
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
12 March 2019, by UbwanditsiDr. Peter Murugu
Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura ryifashishije imiti ikomoka ku bimera yemeza ko indwara bakunze kwita za karande zigera kuri 95% zishobora kuvurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti hifashishijwe imiti y’ibimera kandi itagira izindi ngaruka ku buzima.
-
Nyarugenge: Havumbuwe umurambo w’umukobwa ukiri muto wasanzwe yambaye ubusa
20 November 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,Taliki ya 20 Ugushyingo 2019, mu murenge wa Nyarugenge mu mudugudu wa Rwampara wo mu kagari ka Rwampara habonetse umurambo w’umukobwa uri mu kigero cyimyaka 20, wishwe n abantu bataramenyekana nyuma yo kumusambanya.
-
Ikinyamakuru ‘Redpepper’ cyafunzwe kubera inkuru cyanditse kuri Museveni na Kagame
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi ya Uganda yafunze ikinyamakuru cyo muri Uganda ‘Redpepper’ kubera inkuru cyanditse ifite umutwe ugira uti ’Museveni arimo gutegura guhirika Kagame- Rwanda’
Ibinyamakuru byo muri Uganda birimo The Independent na New vision byatangaje ko iyo nkuru yasohotse tariki tariki 20 Ugushyingo 2017, naho Redpepper ikaba yafunzwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo.
Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi mu bitangazamakuru bitandukanye hatangazwa inkuru zivuga ko umubano utifashe neza (…) -
Jabana: Uruhinja rwahiriye mu nzu rurapfa ababyeyi bajyanwa kwa mugana
27 July 2017, by Nsanzimana ErnestInzu y’ icyumba kimwe iherereye mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo yafashwe n’ inkongi, umugore, umugabo n’ umwana bahiramo, umwana ahasiga ubuzima.
Umuturage wabonye iby’ iyi nkongi yo kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Nyakanga 2017, yavuze ko yaturutse kuri buji uyu muryango wacanye ukibagirwa kuyizimya.
Yagize ati “ Bari barimo bacanye buji, ubwo basinziriye, buji yari iteretse ku ijerekani, ijerekani itere kuri kuri tapi, tapi irashya itwika na matela bari baryamyeho ntibabimenya (…) -
Minisitiri Gashumba yikomye kiriziya Gatolika yitambitse gahunda ya Leta yo kuboneza urubyaro mu bitaro byayo
21 June 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Diane Gashumba, yasabye yasabye Abasenateri n’Abadepite kugirana ibiganiro na Kiriziya Gaturika igahindura imyumvire yo kubuza amwe mu mavuriro agengwa na yo, gukoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro kandi bwarashyizweho na Leta.
-
Bishop Sibomana Jean yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo
15 June 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rw’ Akarere ka Gasabo kuri uyu wa 15 Kamena 2017, rwategetse ko Bishop Sibomana Jean wahoze ari Umuvugizi mukuru w’ itorero pentekote afungwa iminsi 30 y’ agateganyo.
Bishop Sibomana n’ abandi bahoze ari abayobozi bakuru ba ADEPR bakurikiranyweho kunyereza umutungo w’ itorero ubarirwa muri miliyari zisaga eshatu.
Uyu muyobozi yatawe muri yombi nyuma y’ abayobozi barimo Bishop Tom Rwagasana wahoze ari Umuvugizi wungirije ushinzwe ubuzima bw’itorero rya ADEPR, (…) -
Startimes igiye gutangira kwerekana shampiyona ya Espagne “LA LIGA SANTANDER”
6 August 2020, by Dusingizimana RemyIbyamamare nka Lionel Messi,Sergio Ramos,Eden Hazard,n’abandi bakina mu makipe atandukanye muri Shampiyona ya L A LIGA muri Espagne bagiye gutangira kugaragara kuri StarTimes yarahiriye kudabagiza abakunzi b’imikino.
-
Tariki 5 Nyakanga: Ibihugu bitandukanye byabonye ubwigenge ibindi byinjira mu myigaragambyo n’ intambara
5 July 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295: Igihugu cy’u Bufaransa na Scotland byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rwo kurwanya u Bwongereza.
1594: Ingabo za Portugal ziyobowe na Pedro Lopes de Sousa, zatangiye kwigarurira ubwami bwa Kandy mu gihe cya Campaign ya Danture muri Sri Lanka, gusa ntabwo uru urugamba (…) -
Rulindo: Inkongi y’umuriro yatwitse amacumbi y’abanyeshuli muri APAPEC Murambi
18 October 2019, by Dusingizimana RemyInkongi y’umuriro yibasiye amacumbi y’abanyeshuli b’Abahungu mu rwunge rw’amashuli rwa APAPEC Murambi ruherereye mu karere ka Rulindo mu murenge wa Murambi,bituma ibikoresho byabo bishya birakongoka.
Umuryango.rw
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
Startimes igiye gutangira kwerekana shampiyona ya Espagne “LA LIGA SANTANDER”