Umugabo ukuze wo mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Gikomero wo mu karere ka Gasabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gasabo: Umugabo yatemaguye umugore we aramwica ngo yatinze ku isoko
18 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ingamba u Rwanda rwafashe ku kibazo cy’umubano mubi n’u Burundi
8 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko Leta y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kureka Abarundi bakabanza gukemura ibibazo byabo bwite barangiza bakaza bakaganira n’u Rwanda.
-
Mugisha Moïse yegukanye agace ka nyuma ka Tour de l’Espoir 2019
9 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir 2019.
-
Icyo dusaba abanyarwanda nibareke gushyira ubuzima bwabo mu kaga bajya ahari icyorezo –Minisitiri Gashumba
2 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya Ebola.
-
Gakenke: RITCO yakoze impanuka ihitana 3 ikomeretsa 17
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu batatu bapfuye 17 barakomereka ubwo imodoka ya Sosiyete itwaraba abagenzi yakoreraga impanuka mu karer ka Gakenke saa mbili z’ijoro kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Ugushyingo 2017.
Iyi mpanuka yabereye ahazwi nko ‘Muri Buranga’, habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi ya sosiyete ya Ritco abantu batatu bitaba Imana abandi 17 barakomereka.
Byabereye mu Mudugudu wa Burego, Akagari ka Buranga, Umurenge wa Nemba. Imodoka yakoze impanuka yari ifite purake ya RAD 578J, inkomere (…) -
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza
19 August 2021, by UbwanditsiUburwayi bw’umugongo bukomeje kwibasira abantu b’ingeri zose. Abantu benshi cyane usanga akenshi bibasirwa n’uburwayi bw’umugongo, aho yicara agataka, yahaguruka agataka, yatambuka agataka, biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Ubushakashatsi bwakorewe mu Busuwisi bugaragaza ko abantu umunani ku bantu icumi (8/10) baba bafite ububabare bw’umugongo. Ubu bubabare kandi ngo bukaba bushobora no gukwira mu bindi bice by’umubiri.
Ni ubwo ushobora guhamagara umuganga +250785686682 akaguha amakuru (…) -
Nyarugenge: Abagizi ba nabi basanze ihene 4 z’umuturage aho zarimo kurisha barazica zose
28 October 2019, by Dusingizimana RemyMu mvura yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere,taliki ya 28 Ukwakira 2019, abagizi ba nabi bataramenyekana basanze ihene enye z’umugore witwa Thacienne Mukaturatsinze aho zarishaga bazica nabi.
-
Gicumbi: Umugabo yasanzwe yapfuye amanitse mu mugozi ku ibaraza ry’inzu
4 November 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 04 Ugushyingo 2019,umugabo witwa Ntigurirwa Amran yasanzwe yapfuye,umurambo we umanitse mu mugozi ku ibaraza ry’inzu mu kayira kamanuka munsi y’isoko rya Byumba kerekeza mu mudugudu wa Rwasama.
-
Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda
24 September 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yatangaje ko bari gukora ibishoboboka byose ngo indwara ya Ebola itinjira mu Rwanda.
Ebola ikomeje guca ibintu mu karere ka Mubende mu Majyaruguru ya Uganda, aho abantu 11 bayanduye imaze kubica ndetse hari ubwoba ko umubare w’ubwandu n’impfu ukomeza kwiyongera.
Agace kagaragayemo Ebola gateye impungenge u Rwanda kubera ko kabamo Abanyarwanda benshi bagenda bagaruka ndetse Minisiteri (…) -
Ibyemezo byose by’ inama y’ Abaminisitiri yemeje ko Kizito Mihigo na Ingabire Victoire UMUHOZA barekurwa
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa Gatanu, tariki ya 14 Nzeri 2018, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Umuryango.rw
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza
Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda