Uwari umuyobozi w’ ingabo z’ umuryango w’ Abibumbye zari mu butumwa bw’ Amahoro mu Rwanda, Lieutenant General Roméo Dallaire yavuze ko kuba amahanga ataratabaye u Rwanda abona byatewe n’ impamvu zirimo no kuba u Rwanda rudafite imitungo kamere.
Gen Dallaire yabivuze kuri uyu wa 8 Gicurasi 2017, ubwo yaganirizaga abapolisi n’ abasirikare bagera kuri 24, bahabwa amasomo kuri Jenoside no kurenga amakimbirane ashobora koreka imbaga.
Muri ibyo biganiro, Elisabeth Yasingwa wo muri Uganda (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Igisubizo cya Romeo Dallaire ku mpamvu yatumye amahanga atererana u Rwanda mu gihe cya Jenoside
9 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi nyarwanda 10 bafite imiterere myiza n’uburanga bibakururira abakunzi kurusha abandi mu Rwanda
17 July 2017, by Martin MunezeroUsibye kuba bafite impano yo kuririmba mu bahanzikazi Nyarwanda harimo banwe usanga bafite ubwiza budasanzwe ndetse n’abandi bafite imiterere idasanzwe ari nabyo usanga benshi babikuramo igikundiro ndetse no gushyigikirwa na benshi cyane cyane ab’Igitsina gabo.
Ntago ari ihame ko umuhanzikazi wese ugaragara kuri uru rutonde ari mwiza koko guhiga abandi batagaragayeho ahubwo twe twagendeye n’ubusanzwe ku bamenyekanye mu ruhando rwa Muzika nyarwanda.
Amafoto agaragaza abakobwa (…) -
Ibikubiye mu gishushanyo mbonera gishya cy’umujyi wa Kigali kigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa
4 September 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali wamuritse ku mugaragaro igishushanyombonera gishya, cyitezweho gufasha igihugu kugera ku iterambere mu myaka 30 iri imbere.
Ni igishushanyombonera cyari gitegerejwe cyane, nyuma y’ivugurura ry’icyatangijwe mu 2013 ariko bikagaragara ko kitasubizaga ibyifuzo by’abaturage.
Iby’ingenzi biri muri icyo gihsushanyombonera ni imyubakire igezweho ariko itagira abo yirukana mu mujyi, uburyo bwo kubungabunga ibidukikije, iterambere ry’ubukungu, gutwara abantu n’ibintu n’ibindi. (…) -
Perezida Kagame yasabye Minisante na Polisi guhagurukira mu maguru mashya ikibazo cyo KWITUKUZA
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko ikibazo cyo kwihindura uruhu ‘KWITUKUZA’ Minisiteri y’ Ubuzima na Polisi y’ u Rwanda bagihagurukira kuko bifite ingaruka ku buzima.
-
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke
19 September 2019, by UbwanditsiLeffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi bayo.
-
U Rwanda rwatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye mu Isi G7
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu 12 byatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye kurusha ibindi mu isi G7 izabera I Quebec muri Canada kuva ku wa Gatanu, ivuga ku kubungabunga inyanja.
-
Abasaga miriyoni 6 bamaze guta ingo zabo bahunga imirwano ihora mu majyaruguru ya RDC
16 April 2022, by Joseph IradukundaAbaturage babarirwa mu bihumbi n’ibihumbi, bamaze guteshwa ingo zabo bakitsindagira mu mabanga y’imisozi mu ntara ya Ituri,iherereye mu majyaruguru ya Repubrika ya Demokarasi ya Congo (RD Congo).
-
‘U Rwanda ntirukeneye gushimirwa ko rwarekuye by’ agateganyo abakekwaho ibyaha’ Minisitiri Evode
7 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe itegeko Nshinga n’andi matageko ntiyemeranya n’ abarimo gushimira u Rwanda kuba rwararekuye by’ agateganyo Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ngo bakurikiranwe badafunze.
-
Clare Akamanzi uyobora RDB yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
8 June 2018Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Clare Akamanzi, ari mu bantu 11 kaminuza yo muri Canada, Concordia University, yageneye impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro (PHD).
-
Ikigo cyafashaga abana batishoboye cyubatse mu gishanga nacyo cyatangiye gusenywa
21 February 2019, by Martin MunezeroKimwe n’izindi nyubako ndetse n’ibikorwa biherereye mu bishanga hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, ikigo cya APABENA cyafashaga abana batishoboye cyubatse ahazwi nko ku Kinamba mu Murenge wa Kacyiru Akarere ka Gasabo, cyatangiye gusenywa ku itegeko ry’uyu mujyi. Ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko buhangayikishijwe n’aho abana babaga muri iki kigo bazataha mu gihe cy’ibiruhuko.
Umuryango.rw
Ibikubiye mu gishushanyo mbonera gishya cy’umujyi wa Kigali kigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke
Abasaga miriyoni 6 bamaze guta ingo zabo bahunga imirwano ihora mu majyaruguru ya RDC