Imiryango ibarirwa muri magana iri mu byishimo nyuma y’ uko Leta y’ u Rwanda ihaye imbabazi abagororwa 392 bagaragaje ikinyabumfura muri gereza. Mu barekuwe harimo abanyeshuri 18 batsinze neza ibizami bya Leta, aba barimo uwari usigaje imyaka 9 muri Gereza.
Ku wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2018, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yamenyesheje inama y’ abaminisitiri yahaye imbabazi abana 18 bari bafungiye muri gereza ya Nyagatare ifungirwamo abana nyuma y’ uko aba bana bitsinze neza ibizami (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yababariye umwana wari usigaje gufungwa imyaka 9 n’ abagororwa batanu bari barakatiwe burundu
22 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame na Netanyahu baganiriye no kugufungura ambasade mu Rwanda
28 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’ Intebe wa Isael baganiriye ku mubano w’ ibihugu byombi banakomoza kuri gahunda ya Israel yo gufungura ambasade mu Rwanda.
-
Rayon Sports yamaze gusinyisha Mukunzi Yannick wakiniraga APR FC
31 August 2017Umukinnyi wakinaga hagati mu ikipe ya APR fc Mukunzi Yannick amaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 ndetse ahabwa amafaranga angana na miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda, nkuko amakuru agera ku Umuryango abitangaza.
Uyu musore ni umwe mu beza ikipe ya APR FC yagenderagaho ndetse akaba yarazamukiye mu ishuli ry’umupira w’amaguru rya APR FC aho yanitabazwaga mu ikipe y’igihugu ndetse ari umukinnyi uhoraho.
Uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yafashe umwanzuro wo (…) -
Nkurunziza yababajwe bikomeye n’ihagarikwa ry’abasirikare b’Aburundi bari mu butumwa bwa AMISOM binjirizaga igihugu amamiliyoni
22 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza yababajwe bikomeye no kuba ingabo 1000 ze zahagaritswe mu butumwa zari zimazemo iminsi mu gihugu cya Somalia,kubera ko ngo bari isoko yinjirizaga igihugu cye amadovize.
-
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
12 March 2019, by UbwanditsiDr. Peter Murugu
Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura ryifashishije imiti ikomoka ku bimera yemeza ko indwara bakunze kwita za karande zigera kuri 95% zishobora kuvurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti hifashishijwe imiti y’ibimera kandi itagira izindi ngaruka ku buzima.
-
Nyarugenge: Havumbuwe umurambo w’umukobwa ukiri muto wasanzwe yambaye ubusa
20 November 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,Taliki ya 20 Ugushyingo 2019, mu murenge wa Nyarugenge mu mudugudu wa Rwampara wo mu kagari ka Rwampara habonetse umurambo w’umukobwa uri mu kigero cyimyaka 20, wishwe n abantu bataramenyekana nyuma yo kumusambanya.
-
Ikinyamakuru ‘Redpepper’ cyafunzwe kubera inkuru cyanditse kuri Museveni na Kagame
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi ya Uganda yafunze ikinyamakuru cyo muri Uganda ‘Redpepper’ kubera inkuru cyanditse ifite umutwe ugira uti ’Museveni arimo gutegura guhirika Kagame- Rwanda’
Ibinyamakuru byo muri Uganda birimo The Independent na New vision byatangaje ko iyo nkuru yasohotse tariki tariki 20 Ugushyingo 2017, naho Redpepper ikaba yafunzwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo.
Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi mu bitangazamakuru bitandukanye hatangazwa inkuru zivuga ko umubano utifashe neza (…) -
Jabana: Uruhinja rwahiriye mu nzu rurapfa ababyeyi bajyanwa kwa mugana
27 July 2017, by Nsanzimana ErnestInzu y’ icyumba kimwe iherereye mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo yafashwe n’ inkongi, umugore, umugabo n’ umwana bahiramo, umwana ahasiga ubuzima.
Umuturage wabonye iby’ iyi nkongi yo kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Nyakanga 2017, yavuze ko yaturutse kuri buji uyu muryango wacanye ukibagirwa kuyizimya.
Yagize ati “ Bari barimo bacanye buji, ubwo basinziriye, buji yari iteretse ku ijerekani, ijerekani itere kuri kuri tapi, tapi irashya itwika na matela bari baryamyeho ntibabimenya (…) -
Minisitiri Gashumba yikomye kiriziya Gatolika yitambitse gahunda ya Leta yo kuboneza urubyaro mu bitaro byayo
21 June 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Diane Gashumba, yasabye yasabye Abasenateri n’Abadepite kugirana ibiganiro na Kiriziya Gaturika igahindura imyumvire yo kubuza amwe mu mavuriro agengwa na yo, gukoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro kandi bwarashyizweho na Leta.
-
Bishop Sibomana Jean yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo
15 June 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rw’ Akarere ka Gasabo kuri uyu wa 15 Kamena 2017, rwategetse ko Bishop Sibomana Jean wahoze ari Umuvugizi mukuru w’ itorero pentekote afungwa iminsi 30 y’ agateganyo.
Bishop Sibomana n’ abandi bahoze ari abayobozi bakuru ba ADEPR bakurikiranyweho kunyereza umutungo w’ itorero ubarirwa muri miliyari zisaga eshatu.
Uyu muyobozi yatawe muri yombi nyuma y’ abayobozi barimo Bishop Tom Rwagasana wahoze ari Umuvugizi wungirije ushinzwe ubuzima bw’itorero rya ADEPR, (…)
Umuryango.rw
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu