Ellen Lee DeGeneres umunyamerikazi w’icyamamare akaba Umunyarwenya, umukinnyi wa filime yatangaje ko ibyo guhohoterwa n’umugabo wa nyina byamubayeho ubwo yari hagati y’imyaka 15 na 16.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ellen ugiye kubaka ikigo mu Rwanda yatanze ubuhamya burambuye bw’uburyo yahohotewe n’umugabo wa Mama we[AMAFOTO]
30 May 2019, by Martin Munezero -
Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestIngufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ iterambere, gusa amashanyarazi EAC ifite ntabwo ahagije kandi nta nubwo akoreshwa yose.
Ibi byatangarijwe mu nama y’ iminsi itatu iteraniye I Kigali yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 19 Werurwe 2018. Abayitabiriye barimo kwiga uburyo ibihugu by’ Afurika byakoresha ingufu zisubira ‘Renewable energy’ kugira uyu mugabane ubashe kwihaza mu bijyanye n’ ingufu z’ amashanyarazi.
Minisitiri ushinzwe (…) -
Ruhango: Amabandi batoboye Ikigo yiba mudasobwa abanyeshuri bigiragaho
8 February 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bataramenyekana batoboye Ikigo cy’ Urwunge rw’ amashuri rwa Bukomero biba mudasobwa 10 zo mu bwoko bwa positivo. Abazamu bararira iki kigo ntabwo bazi igihe aba bajura batoboreye ikigo.
Aya makuru yamenyekanye mu gitondo saa 6:50 kuri uyu wa Kane tariki 8 Gashyantare 2018 ubwo abazamu bari barimo kuzimya amatara ngo nibwo babonye ko idirishya ry’ icyumba cyikwagamo mudasobwa kirangaye.
Umuyobozi w’ Ikigo Madamu Grace Usabyimana yatangarije UMURYANGO ko kugeza ubu abibye izo (…) -
Perezida Kagame ejo azatanga ikiganiro mu nama y’ umuryango ‘Mo Ibrahim’ ujora ubutegetsi bwa Afurika
27 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Mata 2018 azaha ikiganiro abitabiriye inama y’ umuryango Mo Ibrahim ujora ubutegetsi n’ imiyoborere by’ abakuru b’ ibihugu bya Afurika.
-
“U Rwanda rubona urubyiruko rwarwo nka peteroli na Diyama” Kabarebe
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestMiisitiri w’ ingabo Gen. James Kabarebe yaganirije urubyiruko urubyiruko rusaga 5 200 ruri mu ihuriro ngaruka mwaka ry’urubyiruko rwo muri Kiriziya Gaturika, ababwira ko u Rwanda nta wundi mu mutungo rufite uretse urubyiruko n’abaturage barwo muri rusange.
Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko rwaturutse muri Diyoseze icyenda, yagarutse ku ruhare rw’urubyiruko mu mateka y’u Rwanda, by’umwihariko uruhare rw’urubyiruko mu gusenya igihugu mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Nubwo kandi ku (…) -
Perezida Kagame yahuriye na Tshisekedi muri USA bagirana ibiganiro
24 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yongeye kugirana ibiganiro na mugenzi we wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo baraye bahuriye mu mujyi wa New York muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.
-
Reba amafoto utabonye yaranze umuhango wo Gusaba no Gukwa Ange Kagame[AMAFOTO]
30 December 2018, by Martin MunezeroAnge Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida Paul Kagame inkuru ikinyamakuru UMURYANGO duheruka kubagezaho tariki 28 Ukuboza ubwo yasabwagwa akanakobwa n’umusore bakundana witwa Bertrand Ndengeyingoma,hari nandi mafoto twifuje kubereka mushobora kuba mutarabonye.
-
Ndatimana wamugariye ku rugamba yavuze ukuntu yataye ishuri ajya kubohora u Rwanda
4 July 2017, by Nsanzimana ErnestNdatimana Mustafa wakomerekeye ku rugamba rwo kubohora igihugu, avuga ko yataye amashuri aho yigaga mu wa gatandatu w’amashuri yisumbuye yinjira igisirikare.
Imyaka 23 irashize FPR - inkotanyi ihagaritse jenosode yakorerwaga abatutsi ikabohora u Rwanda, kugira ngo bigerweho byasabye ubwitange bwa bamwe mu bari bakiri bato, bemeye gusiga ibyabo n’ubuzima bwabo, kugira ngo bagarure amahoro no kwisanzura mu Banyarwanda.
Benshi basize ubuzima mu rugamba rwo kwibohora, abandi baba ibimuga (…) -
RDC: FARDC yakoresheje indege mu kwica inyeshyamba za FLN zirimo n’umuyobozi wazo
1 December 2019, by Dusingizimana RemyIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [FARDC] zakubise inshuro inyeshyamba za FLN muri Kivu y’Amajyepfo ndetse zica abarimo Gen.Gaseni wari ushinzwe ibikorwa bya gisirikare.
-
Hatangajwe amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n’abakoze ibisoza ikiciro rusange ’Tronc Commun’
31 December 2018, by Martin MunezeroKuri uyu wa mbere, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza ndetse n’ay’abakoze ibisoza ikiciro rusange Tronc Commun.
Umuryango.rw