Perezida wa Komisiyo ya politiki n’uburinganire bw’abagabo n’abagore mu iterambere ry’igihugu Depite Kayiranga Alfred Rwasa ubwo abadepite bari bagiye gutora itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange yavuze ko icyaha cyo gusebanya cyakuwemo.
Hon Rwasa yagize ati “Icyaha cyo gusebanya cyakuwe mu itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange, ariko ntabwo bivuze ko kitazahanwa. Kizahanwa n’ amategeko yandi arimo n’ ay’ itangazamakuru”
Mu minsi ishize inzego zitandukanye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Gusebanya’ cyakuwe mu mushinga w’ itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange...ntabwo bivuze ko kitazahanwa
28 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kuva kuri Pasteur Bizimungu kugeza kuri Sankara ejo bundi; imanza zari zikomeye mu myaka 19 ishize
27 May 2019, by UbwanditsiHano turagaruka ku manza zari zikomeye mu myaka 19 ishize. Kuva ku rubanza rwa Pasteur Bizimungu wari Perezida, Kalisa BCDI, Kizito Mihigo, Mugesera, Ingabire Victoire, Abo kwa Rwigara kugeza kuri Sankara w’ejo bundi.
-
Muhanga: Urubyiruko rwiyemeje kuba umusemburo mu kwimakaza ihame ry’uburinganire
15 October 2021, by Dusingizimana RemyUrubyiruko mu Karere ka Muhanga rwiyemeje kurushaho gutanga umusanzu mu kwimakaza ihame ry’uburinganire baharanira kubyaza umusaruro amahirwe abegereye ku buryo bungana, ndetse bashishikariza na bagenzi babo kugira uruhare mu gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryabavutsa kugera ku nzozi z’ubuzima bwabo.
-
Wenceslas Twagirayezu uregwa ibyaha bya jenoside yagejejwe i Kigali
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza nibwo indege yari intwaye Twagirayezu Wenceslas yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe ngo aburanishwe ku byaha akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ni iki gitera kugira ibinure byinshi ku mwijima? Bigira izihe ngaruka ? Uvurwa gute?
14 July 2021, by UbwanditsiInyama y’umwijima ni inyama ifite akamaro kenshi mu mubiri. Muri iki gihe rero abantu benshi bagira ibibanezeza byinshi nko kunywa inzoga nyinshi gusa ntibamenya ko hari ibice by’umubiri biba byangirika.Umwijima ni inyama yo mu nda yangizwa no kunywa Alukolo (Alcohol) nyinshi.
Ese ibinure ku mwijima bisobanuye iki?
Ibinure byinshi ku mwijima cyangwa se Fatty Liver/ Hepatic steatosis ni igihe umwijima wawe uba ubitse ibinure byinshi kuburyo bishobora gutuma udakora neza ndetse bikaba (…) -
Abaturage ntibavuga rumwe ku byuma bibasuzuma uburwayi bw’imbere mu mubiri
4 August 2021, by Dusingizimana RemyAbahanga mu ikoreshwa ry’ibyuma byo kwa muganga bisuzuma ubuzima bw’umuntu nka ‘scanner’ bahamya ko guca mu cyuma bikurura ingaruka nyinshi harimo no kurwara kanseri, bagatanga ihumure ko hari ubwirinzi bwateganijwe mu rwego rwo gukumira izo ngaruka. Ni mu gihe hari bamwe mu baturage bavugako bitewe impungenge nuko ngo bigabanya iminsi yo kubaho .
Hirya no hino mu gihugu usanga ku bitaro bitandukanye hari abaturage bagana serivisi zo kwivuza, zirimo n’izo guca mu byuma bireba mu mubiri (…) -
Perezida Kagame na mugenzi we wa Qatar baganiriye banakurikirana isinywa amasezerano atatu
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bagiranye ibiganiro ku mubano w’ ibihugu byombi banakurikirana umuhango w’ isinywa ry’ amasezerano atatu agamije inyungu z’ ibihugu byombi.
-
Nyuma y’igihe kitari gito Internet yarahagaritswe gukoreshwa muri DRC hongeye gusubizwaho uburenganzira bwo kuyikoresha
20 January 2019, by Martin MunezeroMuri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, hongeye gusubizwaho uburenganzira bwo gukoresha internet nyuma y’iminsi igera kuri 20 ihagaritswe kugira ngo habanze gutegurwa neza no gutangaza imyanzuro simusiga y’ibyavuye mu matora.
-
Canada ntigishyigiye umukandadida Michaelle Jean, amahirwe kuri Mushiwabo
10 October 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cya Canada Michaelle avukamo cyamaze gutangaza ko kitagishyigikiye umuturage wacyo Michaelle Jean uhuriye na Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo ku kwiyamamariza kuyobora ubunyamabanga bwa Francophonie.
-
Twasuye umuturage ku Kabaya wari uhari ubwo Mugesera yavugaga ko abatutsi barohwa muri Nyabarongo(Video)
26 February 2021, by UbwanditsiUmuryango TV wasuye Twasuye umuturage ku Kabaya wari uhari ubwo Mugesera yavugaga ko abatutsi barohwa muri Nyabarongo.
Mugesera ubu ufungiye ibyaha bya jenoside ahanini bituruka ku ijambo yavugiye ku Kabaya muri mitingi ya MRND aho yavuze ko abatutsi bakwiriye kurohwa muri Nyabarongo bagasubira Abisiniya muri Etiyopia aho baturutse.
Uyu muturage wari uri muri iyo mitingi avuga ko nyuma y’iryo jambo abatutsi bahise batangira kwibasirwa cyane bikomeye. Ikibuga cyabereyemo iyo mitingi ubu (…)
Umuryango.rw
Muhanga: Urubyiruko rwiyemeje kuba umusemburo mu kwimakaza ihame ry’uburinganire
Ni iki gitera kugira ibinure byinshi ku mwijima? Bigira izihe ngaruka ? Uvurwa gute?
Abaturage ntibavuga rumwe ku byuma bibasuzuma uburwayi bw’imbere mu mubiri