Imikino ibanza ya 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro yari yakomeje kuri uyu wa Gatatu, aho Rayon Sports yongeye gutsinda Musanze FC nyuma yo kuyikuraho amanota atatu muri shampiyona, APR FC ihagamwa na Sunrise bagwa miswi ubusa ku busa.
Umukino wa Rayon Sports wabereye kuri Stade Ubworoherane, mu Karere ka Musanze.
Musanze FC yakiniraga imbere y’abafana bayo, niyo yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe na gitsinzwe na Wai Yeka mu gihe Rayon Sports yaje yishyura. ibifashijwemo na Nsengiyumva (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Peace Cup: Rayon Sports yasubiriye Musanze FC, Sunrise FC ihagama APR FC
10 May 2017, by Martin Munezero -
Mu bantu 772 bapimwe mu masaha 24 habonetsemo 5 banduye Coronavirus mu Rwanda
8 April 2020, by Martin MunezeroMu Rwanda hagaragaye abandi bantu batanu barwaye icyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe mu masaha 24, bituma umubare w’abanduye ugera ku 110, barimo barindwi bakize.
-
Uko mbibona: Uganda yiteguye intambara, u Rwanda narwo ruriteguye, ese iyi ntambara irashoboka?
17 April 2019, by Joseph HakuzwumuremyiMu myaka ya za 90 habayemo byinshi byerekana ko harri umubano mwiza hagati ya Perezida Kagame na Perezida Museveni, umwe ayoboye Uganda undi ari umusilikali mukuru mu gisilikali cy’Ubuganda ariko wakivuyemo agatangizanya n’abandi banyarwanda urugamba wo kuboza igihugu.
-
Leta y’ u Rwanda yagurijwe miliyoni 125$ zo kugeza amashyanyarazi ku baturage
4 December 2017, by Ingabire M. GraceKuri uyu wa mbere, u Rwanda rwasinyanye amasezerano na banki y’Isi y’inguzanyo ya miliyoni 125 z’amadolari mu buryo bwo gukwirakwiza amashanyarazi mu baturage. Aya masezerano banki y’isi yagiranye n’u Rwanda, n’Ikiciro cya mbere cy’inguzanyo banki y’Isi yari igeneye u Rwanda, ni mu gihe cy’imyaka itatu ubwo ni miliyoni 375 z’amadolari, ahwanye na miliyari 271rwf. U Rwanda ruzatangira kwishyura iyi nguzanyo nyuma y’imyaka itandatu ku nyungu ya 0.78% bakayirangiza mu myaka 38. (…)
-
U Rwanda muri gahunda yo kurandura inzara n’ imirire mibi bitarenze 2025
26 October 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo bihaye intego yo kurandura inzara no kudahaga bitarenze umwaka wa 2025.
Ubushakashatsi bwakozwe muri 2015 bwagaragaje ko mu banyarwanda 100, 80 baba bihagije mu biribwa. Nubwo bimeze gutya ariko ubushakashatsi bwerekanye ko mu bana 100 batarageza ku myaka itanu y’ amavuko 38 bafite ikibazo cyo kugwingira.
Nk’ uko bigaragara ku rubuga rwa goverinoma, u Rwanda rwashyizeho gahunda yiswe « Compact2025 » igamije kurandura inzara, kudahaga n’ (…) -
UBUHAMYA:Gashugi washinze FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi
31 May 2017, by Martin MunezeroGashugi Faustin wahoze ari umusirikare mu ngabo zatsinzwe akaba n’umuwe mu bashinze umutwe w’abarwanyi wa FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi kandi ngo yishimiye ubuzima agahamagarira abakiri hanze gutaha mu Rwanda.
Ibi yabitangaje kuwa 29 Gicurasi 2017 mu muhango wo kumurika ku mugaragaro igitabo cya Depite Bamporiki Edouard yise "Mitingi Jenosideri" gikubiyemo ubuhamya bw’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Uyu mugabo avuga ko ashimira Perezida Paul Kagame (…) -
Uyu mwaka gatanya zariyongereye cyane, Kicukiro iri Ku isonga
23 November 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’Ikirenga rwatangaje ko imanza za gatanya zaciwe mu gihugu cyose mu 2017 zari 69 mu gihe muri uyu mwaka wa 2018 zimaze kwikuba inshuro 19 kuko zigeze ku 1311.
Kicukiro iza ku isonga mu kugira gatanya nyinshi uyu mwaka kuko imiryango 210 yatandukanyijwe byemewe n’amategeko, Gasabo ni 190 naho Nyarugenge ziba 157.
Imibare y’Urukiko rw’Ikirenga igaragaza ko imanza za gatanya zakiriwe hifashishijwe ikoranabuhanga mu 2016 zari 21, 2018 ziba 69 naho 2018 zigera 1311.
Byatangajwe (…) -
Umusore yafatiwe mu cyuho yiba mu rusengero, Bishop Rugagi amurambikaho ibiganza
20 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore utatangajwe amazina kuri iki Cyumweru tariki 18 Kamena 2017 yaguwe gitumo yiba telefone y’ umubyeyi wari waje mu materaniro.
Nk’ uko byatangajwe n’ Itorero Abacunguwe (Redeemed Gospel Church), ribinyujije ku rubuga rwaryo, uyu musore yahise yatura Umushumba w’ iri torero Bishop Innocent Rugagi ahita amusengera.
Uyu mujura wari wamaze kwiba telefoni yafashwe n’abashinzwe gahunda mu iteraniro agiye gutura.
Umwe muri bo witwa Jacky yagize ati “Uriya musore sinigeze mubona yiba (…) -
Hon Patrick Mazimpaka wigeze kuba Minisitiri yatabarutse
25 January 2018, by Nsanzimana ErnestPatrick Mazimpaka wayoboye Minisiteri zitandukanye mu Rwanda zirimo Minisitiri w’ urubyiruko Siporo n’ amakoperative mu gitondo cy’uyu wa Kane tariki 24 Mutarama 2018 ni bwo hatangajwe inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Hon Patrick Mazimpaka witabye Imana azize uburwayi aho yari mu bitaro byo mu Buhinde.
Protais Musoni wo mu muryango Hon Patrick Mazimpaka ni we wemeje aya makuru uProtais Musoni yatangaje ko Hon Mazimpaka yitabye Imana uyu munsi saa kumi n’ebyiri za mu gitondo.
Kuva mu (…) -
Mukaruliza wagizwe ambasaderi muri Zambia yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Mozambique
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestAmbasaderi Monique Mukaruliza wahoze ari umuyobozi w’ umugi wa Kigali yashyikirije Perezida wa Mozambique impapuro zimwemerera guhararira u Rwanda muri iki gihugu.
Bibaye nyuma y’ amezi arenga 10 uyu mugore wa 5 wayoboye umugi wa Kigali agizwe ambasaderi w’ u Rwanda muri Zambia.
Tugenekereze mu Kinyarwanda ubutumwa Mukaruliza yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter yagize ati “Nejejwe no gushyikiriza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ya Mozambique Filipe Jacinto Nyusi, impapuro zinyemerera (…)
Umuryango.rw
Uko mbibona: Uganda yiteguye intambara, u Rwanda narwo ruriteguye, ese iyi ntambara irashoboka?