Abitabiriye amakoraniro y’ abahamya ba Yehova arimo kubera mu karere ka Kicukiro mu mujyi baravuga ko aya makoraniro abafitiye akamaro kanini mu buzima bwabo bwa buri munsi harimo kubana neza n’ abo bashakanye, guhora bishimye no kuramba.
Ni amakoraniro y’ iminsi itatu yatangiye kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga. Yitabirwa n’ abahamya na Yehova bo mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zayo bakabakaba ibihumbi bibiri buri mu munsi.
Matabaro Philippe umusaza w’ imyaka 90 y’ amavuko wari (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kuramba no kubana neza ni bimwe mu byo bakesha amateraniro y’ abahamya ba Yehova
8 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Dr Ngirente yasabye abo bireba kwihutisha ibyumba by’ amashuri birimo kubakwa mu gihugu
29 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yasabye Inzego zose bireba, Abanyarwanda bose n’abafatanyabikorwa mu by’uburezi, kurushaho gufatanya kugira ngo mu ntangiriro z’umwaka w’amashuri utaha, ibyumba byose birimo kubakwa hirya no hino mu gihugu bizabe byaruzuye kandi bizatangire kwigirwamo
-
2017: Umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutseho 6.1 %
13 March 2018, by Nsanzimana Ernestkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko mu 2017 umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ku rugero rwa 6.1%, aho wageze kuri miliyari 7 597 uvuye kuri miliyari 6 672 z’amafaranga y’u Rwanda wariho mu 2016.
Muri uyu musaruro wose uw’ubuhinzi bufite uruhare rwa 31%, inganda zifite 16% naho serivisi zikagira 46%.
Mu mwaka ushize, umusaruro w’ubuhinzi wiyongereye ku rugero rwa 7%, uw’inganda wiyongeraho 4% naho uwa serivisi wiyongeraho 8%.
Umuyobozi w’Ikigo (...) -
Gicumbi: 60 bazindukiye ku karere mu gisa n’ imyigaragambyo basaba kwishyurizwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Ugushyingo 2017, abaturage biganjemo abo mu karere ka Gicumbi bavuga ko bakoreye rwiyemezamirimo bubaka ikigo nderabuzima cya Nyamiyaga bazindukiye ku biro by’ akarere ka Gicumbi basaba ubuyobozi bw’ aka karere kubishyiriza.
Ubwo Radio flash yagera ku karere ka Gicumbi yasanze aba baturage bicaye ku biro by’ akarere ka Gicumbi abandi baryamye.
Kuri aba baturage intero n’ imwe ni uko batari buve ku biro by’ aka karere kugeza babonye umuyobozi w’ (...) -
U Burundi bwamaze kwikura muri ICC
27 October 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ umwaka igihugu cy’ u Burundi gitangaje ko kigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, kuri ubu bwamaze kubishyira mu bikorwa.
Mu mwaka ushize ibihugu birimo Afurika y’ Epfo, u Burundi, na Gambie byatangaje ko bigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC.
Gambia yabitangaje iyobowe na Yahya Jammeh, Perezida wasimbuye Jammeh, Adama Barrow avuga ko nta mpamvu yo kugira ngo igihugu cye gihagarike amasezerano gifitanye na ICC.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri ubu u Burundi (...) -
Abanyamategeko bakomeye muri Uganda basabye Leta kurekura Abanyarwanda baherutse gufatwa
30 May 2019, by Dusingizimana RemyItsinda ry’abanyamategeko bakomeye muri Uganda ryasabye Leta ya Museveni kurekura abanyarwanda 2 baherutse gufatirwa muri iki gihugu bagiye mu birori bya batisimu,bakabafungira ahantu hatazwi.
-
Perezida Kagame yibukije Abanyaburayi ko Isi ihomba triyali 160 z’ amadorali kubera guheza abagore
5 June 2018, by Nsanzimana ErnestBruxelles, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Isi ihomba miliyari ibihumbi 160 z’ amadorali ya Amerika(160 trillion $) kubera guheza inyuma abagore kandi bagize ½ cy’ abatuye yongeraho ko ari uruhare rw’ abayobozi guca ubusumbane hagati y’ abagabo n’ abagore.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
-
Umusirikare mukuru w’ Ubufaransa yavuze ko ibyo yabonye muri Jenoside yakorewe abatutsi bimubuza gusinzira
21 May 2018, by Nsanzimana ErnestUwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Nubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito Barahira, avuga ko afite ukuri kumurya ahantu agomba gutangaza.
-
Umunyeshuri wapfuye abura amezi 3 ngo yitabire ibirori by’abarangije muri Kaminuza y’ u Rwanda inshuti ye yajyanye ikanzu ku gituro cye (Yavuguruwe)
4 November 2018, by Martin MunezeroInshuti ya Nyakwigendera Regis Niyotwagira witabye Imana abura amezi atatu ngo yitabire ibirori bisoza Kaminuza yagiye kumwunamira ishyira ikanzu yambarwa n’ abarangije kaminuza ku gituro cye.
0 | ... | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | ... | 2480