. Abakobwa beza cyane . Abahanzikazi nyarwanda bahiga abandi mu buranga . Abahanzikazi nyarwanda bakunzwe cyane babikesha uburanga
Ikinyamakuru cy’umuryango.rw twababashije kubakusanyiriza zimwe mu mpamvu nyirizina zitandukanye zishobora gutera umuhanzikazi gukundwa no gukurikiranwa cyane kw’ibikorwa byabo.
Mu bintu bishobora gutuma umuntu akwiyumvamo nk’umuhanzikazi, bisaba kuba ufite ijwi riryoheye amatwi kandi rikabasha kuba ryakurura uryumvise. Nyamara n’ubwo bimeze bityo, ngo biba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi Nyarwanda 5 bari gukurura cyane igitsina gabo muri uyu mwaka wa 2017(AMAFOTO)
15 June 2017, by Martin Munezero -
Jeannette Kagame yavuze impamvu u Rwanda ruteza imbere ubuzima
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame, umufasha wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko u Rwanda rwiyemeje kutazacika intege mu rugamba guharanira ko Abanyarwanda bagira ubuzima bwiza.
Yabivugiye mu nama y’Ihuriro ry’Abagore b’Abaperezida b’Ibihugu by’Afurika (OAFLA) yabereye ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Nzeri 2017, ahateraniye inama rusange y’Umuryango w’Abibumbye.
Jeannette Kagame yavuze ko urubyiruko ari rwo ruza ku isonga mu kurindwa indwara z’ibyorezo nka Virusi itera (…) -
Rubingisa wari umuyobozi wungirije wa UR yasimbujwe
9 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije ushinzwe Imari n’Ubutegetsi muri Kaminuza y’u Rwanda, Pudence Rubingisa, yasimbujwe kuri uyu mwanya nyuma y’amezi abiri atawe muri yombi.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 8 Ugushyingo 2017, Rubingisa yasimbuwe na Madamu Tengera Kayitare Francoise.
Muri Kanama 2015 Tengera Francoise yari yagizwe umwe mu bagize inama y’ ubutegetsi mu kigo cy’ igihugu cy’ ubwiteganyirize RSSB. Tariki 16 Kamena 2016 Ntengera Kayitare Francoise yagizwe (…) -
Imodoka ya Trinity yaritwaye abagenzi iva Kampala yerekeza i kigali yakoze impanuka ikomeye[AMAFOTO]
17 February 2019, by Martin MunezeroNk’uko byemezwa na SSP Ndushabandi Jean Marie Vianney, Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, avuga ko imodoka yo mu bwoko bwa Trinity yavaga Kampala yerekeza mu Rwanda yakoze impanuka igahitana umushoferi wayo, abandi bataramenyekana barakomereka mu buryo bukabije.
-
Afurika inaniwe gukorana n’ urubyiruko yaba ikosheje bikomeye - Murekezi
21 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe Murekezi Anastase avuga ko Afurika yaba ikoze ikosa rikomeye mu gihe guverinoma zayo zidakoranye neza n’urubyiruko mu guhanga imirimo no gutanga serivisi kandi ari bo mubare munini w’abatuye uyu mugabane.
Ibi yabitangaje ubwo yafunguraga ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kamena 2017 inama ngarukamwaka yiga ku kwizihiza imitangire ya serivisi zigenewe abaturage muri Afurika ibera i Kigali.
Murekezi avuga ko gutanga serivisi ari byo Abanyafurika bakeneye kandi (…) -
Sobanukirwa no kubaho no gukomera kw’Imana hamwe n’iremwa ry’isi n’Ijuru / Rev. Ev. Eustache Nibintije
18 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki. Uyu munsi yatangiye kudutegurira ibyigisho by’urukurikirane.
-
Undi muturage yavuze ko impamvu yasenyewe ari uko yatswe ruswa akanga kuyitanga
23 August 2017, by Nsanzimana ErnestMu ntangiriro z’ uku kwezi kwa Kanama 2017, Umuryango.rw twabagejejeho inkuru y’ umunyamabanga Nshingwabikorwa wo mu karere ka Ruhango wasenyewe inzu n’ ubuyobozi avuga ko impamvu yatumye asenyerwa ari uko yatswe ruswa akanga kuyitanga.
Mu byumweru bitatu ibi bibaye umuturage wo ku karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali yasenyewe inzu yari amaze amezi atatu akoreramo avuga ko byabaye nyuma y’ uko hari abantu bamuhamagaye bamwaka amafaranga akanga kuyabaha.
Ku gicamunsi cyo ku wa 22 Kanama (…) -
Umunyabigwi mu ikinamico Mukeshabatware Dismas yasezeweho bwa nyuma uyu munsi
6 July 2021, by Dusingizimana RemyMukeshabatware Dismas wamenyekanye mu makinamico mu Rwanda, uherutse kwitaba Imana azize uburwayi, yasezeweho bwa nyuma.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Nyakanga 2021 nibwo habaye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mukeshabatware.
Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mukeshabatware, watangiriye kwa muganga ubwo abo mu muryango we bajyaga gufata umurambo mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal.
Nyuma yo kugeza umurambo wa Nyakwigendera mu rugo aho yari atuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, abantu (…) -
Hasohotse ikoranabuhaga rishya ryifashishwa mu gupima Covid-19
16 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIkigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FDA), cyemeje ikoreshwa ry’akuma k’ikoranabuhanga kazajya kifashishwa mu gupima Covid-19, binyuze mu mwuka umuntu ahumeka .
-
Gakenke: Umugore arashinja umugabo we guhimba imyanzuro y’ urubanza
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi witwa NIMUKUZE Laurence utuye mu mudugudu wa Kibaya akagari ka Gataba umurenge wa Rusasa ho mu karere ka Gakenke arashinja umugabo we NDABAKUNZE Frederic bafitanye abana batanu bose b’abakobwa ko muri 2014 yahimbye imyanzuro y’ urukiko y’ urubanza rutabayeho.
Umuryango.rw
Umunyabigwi mu ikinamico Mukeshabatware Dismas yasezeweho bwa nyuma uyu munsi
Hasohotse ikoranabuhaga rishya ryifashishwa mu gupima Covid-19