Ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa i Darfur muri Sudani bwo kubungabunga amahoro, bashimiwe umuhate n’umurava bagaragaza mu kazi kabo bambikwa imidari y’ishimwe nk’ikimenyetso gishimangira ko ubunyamwuga bwabo bubonywa n’amahanga.
Kuri uyu wa 12 Nzeri uyu mwaka nibwo aba basirikare bambitswe imidari; aba bose babarizwa muri batayo ya 49 (Rwanbatt49) bakaba bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani mu mugi wacyo mukuru Darfur.
Uyu muhango wo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abasirikare b’ u Rwanda bari mu butumwa Darfur bambitswe imidari
14 September 2017, by Iyamuremye Janvier -
Abagore bari bafungiye muri 1930 nabo bimuwe
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’Imfungwa n’Abagororwa (RCS) rwatangaje ko rwamaze kwimura imfungwa n’abagororwa bose babarizwaga mu yitwaga Gereza Nkuru ya Kigali cyangwa ‘1930’, yari isigayemo ab’abagore bagera kuri 607.
-
Itangazo ry’Akazi ko kwigisha mu mashuli y’incuke n’abanza mu Ishuli ryitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga
11 March 2021, by UbwanditsiIshuli ryitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga riherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyamirambo riramenyesha abantu bose ko rifite imyanya y’akazi ko kwigisha mu mashuli y’incuke n’abanza.
Abifuza aka kazi bakaba basoma ibisabwa muri iri tangazo cyangwa se bagahamagara kuri nomero 0788863980 cyangwa 0783076458.
Itangazo rikaba riri hano hasi: -
Wabigenza ute mu gihe umukobwa mwaryamanaga ashaka ko mwakomeza kuryamana na nyuma y’uko umaze gushaka?
13 February 2019, by UbwanditsiUko iterambere riza n’imico ikivanga bisigaye bibaho cyane ko mbere yo gushaka yaba umukobwa cyangwa umusore usanga hari inshuti babanje kubana nazo ndete rimwe na rimwe bakaryamana.
-
Umunyeshuri w’imyaka 15 yatabaye uruhinja rwari rwatawe na nyina akimara kubyara
6 March 2022, by Dusingizimana RemyUmwana witwa Umuhoza Isimbi Sandrine, wiga ku ishuri rya GS Karembure mu Murenge wa Gahanga,Akarere ka Kicukiro, wari ugiye ku ishuri yatoraguye uruhinja rwaririraga mu gafuka arugirira impuhwe ararutabara.
Nkuko amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga ejo yabivuze,uyu mwana w’umukobwa yafashe umupira we w’ishuri arushyiramo arujyana ku ishuri, bahamagara ubuyobozi burujyana kwa muganga i Masaka kuko n’urureri rutari rwakajyenwe.
Kuwa Gatanu tariki ya 4 Werurwe 2022, nibwo Umuhoza (…) -
Aho igitekerezo cyo gusinyisha Olivier Karekezi muri Rayon Sports Cyaturutse hamaze kumenyekana.
26 July 2017Mu minsi ishize nibwo umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Bwana Gacinya Dennis yatangarije Radio 10 ko Karekezi Olivier ariwe mutoza mushya wa Rayon Sports ibintu byakuruye umwuka mubi muri iyi kipe hagati y’inzego 3 ziyobora Rayon Sports aho ubuyobozi bw’ikipe bwashinjwe ni umuryango ko bakoze ibintu batabanje kubibamenyesha ndetse bamwe mu bafana batangaza ko ubuyobozi bw’umuryango wa Rayon Sports butemera uyu mutoza ibintu byahakanwe n’ubuyobozi bw’Umuryango.
Mu kiganiro kirambuye (…) -
Nyanza: Umugabo yafashwe ari gucukura inzu y’umukecuru ngo yibe ihene arakubitwa kugeza apfuye
14 May 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo wo mu kigero cy’imyaka 35 bitaga Kagofero yakubitiwe mu nzu, agiye kwiba ihene y’umukecuru w’imyaka 78, kugeza apfuye n’abanyerondo bafatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa Gatare, umurenge wa Mayira mu karere ka Nyanza.
-
Watch LaLiga on StarTimes - Real Madrid get their campaign under way
17 September 2020, by UbwanditsiWhen Real Madrid take to the Reale Arena in the city of San Sebastián on Sunday for their LaLiga opener against Real Sociedad, it could well be that Zinedine Zidane will field a youngster who knows the opponents’ players by heart.
Norwegian international Martin Ödegaard, who signed for Los Blancos in 2015 when only 16 years old, spent last season on loan in the Basque country and played 31 matches for the Txuri-urdin (blue and white).
His form so impressed Zidane that he decided not to (…) -
Perezida Kagame yashimangiye ko hakenewe ubufatanye hagati ya Leta n’abaturage mu guharanira iterambere
3 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho kwihuta.
-
Amashyaka abiri yahuje amaboko asaba u Rwanda kutemera ko Minisitiri Kabarebe yitaba u Bufaransa
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira ubumwe bw’ Abanyarwanda UDPR n’ Ishyaka ry’Abakozi (PSR) basabwe Leta y’ u Rwanda gutesha agaciro ubusabe bw’ u Bufaransa buvuga ko Minisitiri w’ ingabo w’ u Rwanda General James Kabarebe agomba kwitaba iki gihugu akisobanura ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana.
Aya mashyaka yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2017. Aya mashyaka avuga ko kuba u Bufaransa bwarongeye kumva umutangabuhamya ku ihanurwa ry’indege ari (…)
Umuryango.rw
Umunyeshuri w’imyaka 15 yatabaye uruhinja rwari rwatawe na nyina akimara kubyara
Watch LaLiga on StarTimes - Real Madrid get their campaign under way