Mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona warebwe na myugariro David Luiz wa Arsenal,ikipe ya APR FC yahaye isomo rya ruhago Etincelles FC yari iyoboye shampiyona iyitsinda ibitego 3-0 mu gihe Rayon Sports yatsindiye Espoir FC I Huye ibitego 2-1.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rayon Sports yahaye ubutumwa bukomeye Espoir mu gihe APR FC yeretse David Luiz ko ari ubukombe mu Rwanda
12 October 2019, by Dusingizimana Remy -
Rubavu: Abaturage barifuza ko ubuyobozi buhagarika kubabuza kugurisha ibyo batunze ngo birwaneho mu bihe bibi bya COVID-19
20 April 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bwabo bwanze ko bagurisha ibyo batunze kugira ngo birwaneho muri ibi bihe bibi bya COVID-19,aho bavuga ko umutungo w’umuntu ariwo umugoboka igihe bibaye ngombwa.
-
U Rwanda n’ Ubushinwa bemeranyije ubufatanye mu nzego nyinshi [VIDEO]
23 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu munsi wa Kabiri ari nawo usoza uruzinduko rw’ iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda , Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping yashimiye Perezida Kagame kuba u Rwanda rutekanye kandi rukataje mu iterambere anavuga ko ahaye ikaze u Rwanda mu bufatanye n’ Ubushinwa.
-
Rayon Sports ntiyishimiye icyemezo cya FERWAFA yayitegetse kwishyura Minnaert miliyoni 32 FRW
6 August 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryategetse ikipe ya Rayon Sports kwishyura uwahoze ari umutoza wayo Ivan Jacky Minnaert akayabo ka miliyoni zisaga 32 FRW [35 535 USD] kubera ko yamusezereye Minaert mu buryo budakurikije amategeko.
-
Rubavu: Wa mugabo wagaragaye ari gukubitwa kubera ko yibye igitoki yapfuye
29 March 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Niyonzima Salomon w’imyaka 27 wo mu karere ka Rubavu, uherutse kugaragara mu mashusho ari gukubitwa n’umugabo umwe abandi bamufashe amaguru n’amaboko bamuziza kwiba igitoki yapfuye azize uru rugomo yakorewe.
-
Amateka ya Gitera washinze Aprosoma, akazana amategeko icumi y’abahutu ndetse n’ ijambo “mitingi”
29 June 2019, by UbwanditsiGitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba amacakubiri.
-
Umuhanzi Simple A washakaga kuba umukandida wigenga mu matora y’ Abadepite yisubiyeho
12 July 2018, by Nsanzimana ErnestHabineza Jean Paul , umusore urangije Kaminuza wari muri 16 bari baramenyeshe ko baziyamamaza yatunguranye ageze kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora akavuga ko abisubitse atagihataniye umwanya mu Nteko.
-
Qatar yafashe 60% mu mushinga wo kubaka ikibuga cy’indege cyo mu Bugesera
9 December 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 09 Ukuboza 2019,Leta y’u Rwanda n’iya Qatar bamaze gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu ishoramari rya miliyari 1,3 z’amadolari,azashorwa mu kubaka ikibuga cy’Indege cya Bugesera.
-
Sebeya yinjiye muri Petit Seminaire ya Nyundo yangiza byinshi abanyeshuri barimo kwimurwa [AMAFOTO]
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryo kuri uyu wa 6 rishyira ku wa 7 Gicurasi 2018 umugezi wa Sebeya mu karere ka Rubavu wuzuye winjira mu ishuri rya petit Seminaire yo ku Nyundo wangiza ibikoresho by’ ikigo n’ iby’ abanyeshuri abanyeshuri barimo gushakirwa aho baba bagiye kuba.
-
Abadepite batumije abaminisitiri 5 ngo batange ibisobanuro ku bibazo bireba inzego bakuriye
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestNibura abaminisitiri batanu bazanyura imbere y’ inteko ishinga amategeko mu mezi abiri ari imbere babazwe ibibazo abadepite babonye mu ngendo baherutse muri gahunda yo kugenzura ibikorwa bya guverinoma.
0 | ... | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | ... | 2480