Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2 muri Afurika.
Mu bigenderwaho mu gukora uru rutonde harimo ubushobozi, imikorere, gukurikiza amategeko n’umusaruro zitanga.
Umuryango ukora iyi raporo wifashishije abashakashatsi. Washinzwe mu 2013 ufite icyicaro muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Singapore niyo iyoboye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Polisi y’ u Rwanda yashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika
9 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Espoir yatsindiye Rayon Sports i Rusizi [AMAFOTO]
25 June 2017, by Nsanzimana ErnestIkipe ya Espoir yatsinze ikipe Rayon Sports ibitego 2-0 biyongerera amahirwe yo kuzagera ku mukino wa nyuma w’ igikombe cy’ amahoro.
Ibi bitego byatsinzwe na Walusambo Moninga na Bakundukize Adolphe. Ibi bitego byombi bikaza byinjiye mu gice cya mbere cy’ umukiko.
Ikipe ya Rayon Sports yakinnye uyu mukino ifite ibibazo by’ abakinnyi dore ko yagiye gukina uyu mukino yitwaje abakinnyi 15 kandi ikipe yemerewe kwitwaza abakinnyi 18.
Igice cya mbere nicyo cyagoye cyane ikipe ya Rayon (…) -
Ni iki kihishe inyuma yo kuba Perezida Macron yaranze gukora mu ntoki za Perezida wa Burkina Faso -VIDEWO
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestMu minsi ishize Perezida w’ u Bufaransa Emmanuel Macron yatembereye mu bihugu bitandukanye by’ Afurika birimo Burkina Faso, Ghana, na Cote d’ Ivoire aho yanitabiriye inama ya 5 ihuza Afurika n’ Uburayi. Imyitwarire ye n’ amagambo yakoresheje byateye benshi ku byibazaho.
Amwe mu magabo yakomerekeje abanya Burkina Faso nk’uko babigaragaje ku mbuga nkoranyambaga ni aho Emmanuel Macron yavuze ngo ‘Perezida Kaboré yari yagiye gusana icyuma gitanga ubukonje, Climatiseur’ ubwo yibeshyaga mu (…) -
Perezida Kagame yaganiriye n’ Umwami wa Maroc kuri telefone
6 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa mbere Umwami Mohamed wa VI wa Maroc na Perezida Paul Kagame baganiriye ku mavugururwa y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe (A ) uyoborwa muri uyu mwaka na Perezida Kagame.
-
Ibitazibagirana kuri nyakwigendera Pierre Nkurunziza
10 June 2020, by Martin MunezeroPerezida Pierre Nkurunziza yakundwaga kandi agatinywa – yakundwaga n’abashima ibyo yemeye kugeza ku gihugu ubwo yatorwaga nyuma y’intambara, akanatinywa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
-
Amb. Joseph Habineza uzwi nka Joe yagaragaje uburyo yishimiye imirimo mishya yahawe
10 May 2019, by Martin MunezeroJoseph Habineza yamamaye cyane ubwo yayoboraga Minisiteri y’umuco na Siporo, inshingano zatumye urubyiruko rumwiyumvamo ndetse rutangira kumutazira “Joe” , kuri ubu uyu mugabo yahawe inshingano nshya muri Sosiyete ya Radiant.
-
Perezida Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines
11 March 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika Paul Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu.
-
Rayon Sports igiye kubona umutoza mushya
10 July 2017Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza umutoza mushya nyuma yo kugenda kwa Masudi Djuma weguye ku wa gatandatu taliki ya 08 Nyakanga nyuma yo guhabwa igikombe cya shampiyona bari bamaze igihe bategereje. Ku Isonga ry’abashobora kumusimbura haravugwa umunyarwanda Karekezi Olivier utoza mu makipe y’abana muri Suede .
Karekezi Olivier wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya APR FC no mu Mavubi aravugwa cyane n’abakurikiranira hafi ibya Rayon Sports aho bavuga ko ashobora gusinyira iyi kipe (…) -
Olivier Nduhungirehe yasubije ibibazo by’ amatsiko kuri OIF na Kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Alphonse BikorimanaMu gihe habura amasaha make ngo habe amatora y’Umunyamabanga w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa OIF, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro na Radiyo Ijwi rya Amerika , abaturage bamubazaga ibibazo by’amatsiko bibaza ku kuri francophonie, kandidatire ya Mushikiwabo , imikoreshereze y’Igifaransa mu Rwanda n’ibindi. U
-
Rusizi: Abasore babiri barashwe barapfa
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestSaa tatu n’ iminota ibiri, kuri iki Cyumweru tariki 10 Kamena, abantu bitwaje intwaro batamenyekana barashe abasore babiri mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi barapfa.
Umuryango.rw