Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi barimo Abaminisitiri babiri, umunyamabanga wa Leta, umuvunyi mukuru ndetse n’ abadepite babiri basimbuye abari abadepite bahawe indi mirimo.
Abo bayobozi ni Minisitiri w’ imari n’ igenamigambi Amb. Claver Gatete, Minisitiri w’ ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi bashya batarahiye tariki 31 Kanama
11 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Leta yumvise amarira y’ abagenzi bibwa n’ abashyira amafaranga ku ikarita y’ urugendo Tap&Go
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbagenzi batangiye kwinubura uburyo bukoreshwa mu kwishyura mu modoka rusange zikorera muri Kigali buzwi nka Tap&Go, bavuga ko basigaye bibwa kubera serivisi zitanoze, gusa ikigo ngenzura mikorere RURA kivuga ko ingeso yo kwiba abagenzi ikwiye gucika
-
Dr Habineza yatanze kandidature ye ku mwanya wa Perezida abura icyangombwa kimwe
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza yatanze ibyangombwa bye bimwemerera guhatanira umwanya w’ umukuru w’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017.
Ku isaha ya saa yine zirengaho iminota mike nibwo Dr Frank Habineza yageze kuri komisiyo y’ amatora aherekejwe n’ abayoboke b’ ishyaka rye Green Party of Rwanda.
Yasanze ategerejwe n’ abatari bake biganjemo n’abanyamakuru.
Dr Frank na bamwe mu bari bamuherekeje bahise bajya mu cyumba cyari cyateguriwe cyakirirwamo kandidare cyane ko yari yamenyesheje komisiyo (...) -
Amanota ya 2017: Abakobwa batsinze kurusha abahungu
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bizamini bisoza amashuri 2017 mu mashuri abanza abanyeshuri batsinze ari 86% mu gihe abasoje ikiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ari 89%
Imibare iragaragaza ko abakobwa batsinze kurusha abahungu kuko mu byiciro byombi (amashuri abanza n’ikiciro rusange cy’ayisumbuye), abakobwa batsinze ku kigero cya 55,5% mu gihe abahungu ari 44,5%.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Mutarama 2018 nibwo Minisiteri y’ uburezi yatangaje umusaruro w’ abanyeshuri bakoze ibizami bya (...) -
Rucagu avuga ko muri 93 yandikiye Leta ya Habyalimana ayisaba kugabana ubutegetsi na FPR
2 April 2019, by UbwanditsiMu gice cya nyuma cy’ikiganiro twagiranye na Rucagu Boniface, yadutangarije ko inshuro nyinshi abacengezi bagiye bamwandikira bamwiyama kuba ngo yirirwa abwira abaturage ba Perefegitura Ruhengeli yari ayoboye ko batsinzwe intambara bagomba kuyoboka ubutegetsi bushya bwa FPR kuko yabonaga bufitiye umurongo mwiza igihugu utarangwa n’amacakubiri nk’ubwayibanjirije.
-
Perezida Kagame yahishuye ko intandaro y’ibibazo biri hagati y’umubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo
18 February 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu mubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda bakorera .
-
Ikirango cy’ Ishyaka rya Dr Frank Habineza cyakemanzwe
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yakemanze ikirango cy’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) ivuga ko icyo kirango gishobora kuba gihuje amabara n’ idarapo ry’ u Rwanda.
Ku ikubitiro ishyaka DGPR, niryo ryatangaje ko rizatanga umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017, icyo gihe hari tariki 17 Ukuboza 2016.
DGPR niryo shyaka rukumbi ryagaragaje ko ridashyigikiye ivugururwa ry’ itegeko nshinga ryabaye mu mpera za 2015.
Dr Frank (...) -
Clarisse Karasira yahishuye impamvu nyamukuru zatumye atandukana na Alain Muku zirimo umuryango w’abana agomba kwitaho
17 October 2019, by Martin MunezeroClarisse Karasira ni umwe mu bahanzikazi bagezweho muri iki gihe, ni umwe mu bakiri bato baririmba mu njyana gakondo. Uyu ufite indirimbo nshya yitwa “Uzibukirwa kuki?” mu minsi ishize yatandukanye na Alain Muku wamufashaga binyuze muri kompanyi ye yitwa “Boss Papa”.
-
Bwa mbere u Rwanda rwohereje mu butumwa abapolisikazi benshi [AMAFOTO]
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuriri w’ amashyi n’ uruvange rw’ amajwi yiganjemo ay’ igitsina gore byumvikanye ku kibuga cy’ indege cya Kigali I Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kamena ubwo abapolisikazi u Rwanda rwohereje kubungabunga amahori muri Sudani y’ Epfo baririmbaga ngo “Tuzazikurikiza, tuzazikurikiza inama mutugira, tuzazikurikiza”
-
Ifoto y’umunsi: Hashyizwe hanze Ifoto ya perezida Kagame imaze imyaka 26 yose
1 July 2019, by Dusingizimana RemyMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 25,umuyobozi w’ishami rishinzwe itangazamakuru muri RGB,Gerrard Mbanda yashyize hanze ifoto ya nyakubahwa perezida Kagame imaze imyaka 26,ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba Radio Muhabura ku byerekeye urugamba rwo kubohora u Rwanda.
0 | ... | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | ... | 2480