Mu ijoro ryo kuwa 28 Mutarama 2018 nibwo Uwiringiyimana Theogene wamenyekanye nka “ Theo Bosebabireba” yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubwo yavaga mu gitaramo yari yatumiwemo i Masanafu akagirwa intere n’abantu bataramenyekana bikaza kumuviramo kumara mu bitaro hafi icyumweru cyose yitabwaho n’abaganga.
Mu minsi ishize nibwo hakwirakwijwe amakuru y’igihuha avuga ko Theo Uwiringiyimana yapfuye gusa akaza kunyomozwa n’umurwaza we ubwo yaganiraga na UMURYANGO.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Theo Bosebabireba yavuye mu bitaro nyuma yo gukubitirwa muri Uganda-AMAFOTO
3 February 2018, by NSHIMIYIMANA Janvier -
Clarisse Karasira yahishuye impamvu nyamukuru zatumye atandukana na Alain Muku zirimo umuryango w’abana agomba kwitaho
17 October 2019, by Martin MunezeroClarisse Karasira ni umwe mu bahanzikazi bagezweho muri iki gihe, ni umwe mu bakiri bato baririmba mu njyana gakondo. Uyu ufite indirimbo nshya yitwa “Uzibukirwa kuki?” mu minsi ishize yatandukanye na Alain Muku wamufashaga binyuze muri kompanyi ye yitwa “Boss Papa”.
-
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu
26 August 2022, by UbwanditsiNiba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa (…) -
For Arsenal and Manchester, Europa League is all or nothing
6 April 2021, by UbwanditsiEnglish Premier League clubs Manchester United and Arsenal return to European action among four unmissable quarter-final first-leg clashes exclusively live on StarTimes.
Since 1972, all permanent Manchester United managers have won at least one trophy in their stint with the Reds.
Ole Gunnar Solskjær is fast running out of options if he wants to ensure a continuation of this run in his third season in charge of the club.
Having taken over from Jose Mourinho (who won the Europa League, (…) -
CBEEBIES LAUNCHES ON STARTIMES ACROSS THE AFRICAN CONTINENT FROM WEDNESDAY 1ST JULY 2020
1 July 2020, by UbwanditsiBBC Studios multi-award winning channel is aimed at pre-school children
From the 1st July 2020, BBC Studios’ critically acclaimed and multi-award winning pre-school children’s channel will be launch on the StarTimes DTH platform across the Africa continent. Loved by children and trusted by parents across the globe, the channel provides a safe environment for children aged 0-6 with educational and entertaining programming to support their development.
The channel is scheduled to reflect (…) -
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira
24 August 2022, by Joseph IradukundaIkigo United Scholar Center kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye.
-
Dr Ngirente yitabiriye ibirori byo guha impamyabumenyi ibihumbi 7 birangije muri UR[AMAFOTO]
2 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda n’ abandi ba Minisitiri bitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri ibihumbi 7050 basoje amasomo mu byiciro bitandukanye avuga ko nawe ashyigikiye icyemezo cyafashwe cyo guhuriza hamwe kaminuza za Leta y’ u Rwanda zikaba UR.
-
Abakuru b’ ibihugu batangiye kugera mu Rwanda mu nama Museveni adategerejwemo
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere abakuru b’ ibihugu bitabiriye inama idasanzwe y’ Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe batangiye kugera mu Rwanda Perezida wa Uganda Yoweri Museveni ntabwo ari muri 23 bemeye ko bazayitabira.
Iyi nama idasanzwe y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izasinyirwamo amasezerano ashyiraho isoko rimwe rya Africa “African Continental Free Trade Area”. Ku ikubitiro, Perezida Mahamadou Issoufou wa Niger usa nk’aho ari nawe uyoboye ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mushinga niwe wabanje kugera (…) -
Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta buri wese yahawe akarere agomba gukurikirana
16 September 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru y’ibyo, agomba kujya atanga raporo buri kwezi ndetse akanatanga inama muri ako karere habaye hagize ibibazo bihari cyangwa bitumvikaneho.
Mu ibaruwa Dr Ngirente Edouard yandikiye abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta, akamenyesha Perezida Paul Kagame, Umuyobozi w’Umujyi na ba Guverineri b’Intara (…) -
Watch the Emirate FA Cup on StarTimes FA Cup final: Chelsea flying high
12 May 2021, by UbwanditsiBy Peter Auf der Heyde
Chelsea will face Leicester City for the FA Cup final in Wembley on Saturday, to be aired on StarTimes. Thanks to a stellar squad led by two German internationals Kai Havertz and Timo Werner, Thomas Tuchel’s Chelsea are the favourites of the final. But Leicester could surprise the Blues, that are battling on many fronts.
A lot can happen in four months. Especially in football. Just ask Thomas Tuchel.
In December, just four months after taking Paris St Germain to (…)
Umuryango.rw
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu
CBEEBIES LAUNCHES ON STARTIMES ACROSS THE AFRICAN CONTINENT FROM WEDNESDAY 1ST JULY 2020
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira