Alex Kanyankore wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) yatawe muri yombi nk’ uko byatangajwe n’ Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau-RIB)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kanyankore Alex wigeze kuyobora BRD yatawe muri yombi
3 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abaturage bo mu karere ka Musanze basabye Leta ikintu gikomeye nyuma y’igitero cy’abagizi ba nabi cyahitanye abantu 14
7 October 2019, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu karere ka Musanze bavuze ko bafite ubwoba bwinshi ndetse bifuza ko ingabo z’igihugu zakaza umutekano,nyuma y’aho inyeshyamba zivuga ko ari iza FDLR ziteye mu karere ka Musanze zikica abaturage 14 zigakomeretsa abagera kuri 18.
-
Depite Frank Habineza yatorewe kuba umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestDepite Frank Habineza yatorewe kuba Umuvugizi Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda mu gihe nta minsi 4 irashira atorewe kuba visi Perezida wa Komisiyo y’ Imibereho Myiza mu mutwe w’ Abadepite
-
RIB yatabaye mu ibanga umugore wari ugiye kwicwa n’ umugabo we
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Nzitukuze Yvette yatabawe n’ Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha kubera amakuru yatanzwe n’ umuturage nyiri ugucurirwa umugambi wo kwicwa atabizi.
-
Karongi: Umunyeshuli wa IPRC Karongi yarohamye mu kiyaga cya Kivu arapfa
27 October 2019, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Gilbert Hirwa w’imyaka 21 wigaga muri IPRC Karongi yaraye arohamye mu kiyaga cya Kivu, ubwo yari kumwe na bagenzi be babiri bari bazi ko azi koga, bakaza kumukuramo yapfuye.
-
Nyuma y’igihe kitari gito Internet yarahagaritswe gukoreshwa muri DRC hongeye gusubizwaho uburenganzira bwo kuyikoresha
20 January 2019, by Martin MunezeroMuri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, hongeye gusubizwaho uburenganzira bwo gukoresha internet nyuma y’iminsi igera kuri 20 ihagaritswe kugira ngo habanze gutegurwa neza no gutangaza imyanzuro simusiga y’ibyavuye mu matora.
-
Huye: Gusana Umujyi, Itongo rya Gicanda, Ingoro ya Muvoma, Mukura, byinshi mu kiganiro na Meya (Video)
3 February 2019, by UbwanditsiHari hashize imyaka igera kuri ine ubuyobozi bw’Akarere bufashe icyemezo cyo gufunga zimwe mu nyubako z’ubucuruzi z’igice kitari gito cy’Umujyi ngo ba nyirayo bubake amazu agezweho. Gusa, benshi mu ba nyiri izi nyubako ntibasannye bituma igice kitari gito cy’Umujyi gisa n’igihundutse amatongo.
-
Mu bantu 772 bapimwe mu masaha 24 habonetsemo 5 banduye Coronavirus mu Rwanda
8 April 2020, by Martin MunezeroMu Rwanda hagaragaye abandi bantu batanu barwaye icyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe mu masaha 24, bituma umubare w’abanduye ugera ku 110, barimo barindwi bakize.
-
Amb.Nduhungirehe Olivier yongeye kugirirwa icyizere na Perezida wa Repubulika nyuma yo gukurwa muri Guverinoma
15 August 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yongeye kugirira icyizere Olivier Nduhungirehe amugira ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi nkuko Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’abaminisitiri ryabitangaje.
-
Volleyball:u Rwanda ruratangira rwisobanura na Sudan y’Amajyepfo mu mikino ya Zone V
21 July 2017Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka gatanu izabera kuri Petit Stade I Remera.
Umukino urabimburira iyindi ni urahuza ikipe ya Kenya na Uganda baza gucakirana guhera ku i saa kumi z’umugoroba (4:00pm), mu gihe saa kumi n’ebyiri (6:00pm) ari bwo haraza kuba umuhango wo gufungura ku mugaragaro irushanwa ry’Akarere ka gatanu uraza (...)
0 | ... | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | ... | 2480