Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyagatare Alex Mugabo yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Nzeri aho ashinjwa gutanga isoko rya 1 157 931 600 binyuranije n’amategeko.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba IP Jean Bosco Dusabe, yatangaje ko Alex Mugabo na mugenzi we Fred Kayitare bafashwe ejo mu ma saha ya saa cyenda n’igice z’igicamunsi (15h30), ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyagatare.
IP Dusabe yagize ati "Nibyo koko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gitifu wa Nyagatare n’ ushinzwe amasoko batawe muri yombi
7 September 2017, by Martin Munezero -
Col. Ruhunga Jeannot na Kalihangabo bagizwe abayobozi ba Rwanda Investigation Bureau
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestIbiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Mata 2018, byagaragaje ko Umukuru w’Igihugu yagize Col. Ruhunga Jeannot Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ (RIB) naho Kalihangabo Isabelle agirwa Umunyamabanga .
Kalihangabo yari asanzwe ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera uru rwego rushya ruzaba rubarizwamo.
Itegeko rishyiraho uru rwego risobanura ko rufite inshingano zo gukumira no (…) -
Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa mugenzi we Macron ugiye kuza mu Rwanda
26 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Ubufaransa,Emmanuel Macron aragera i Kigali mu rugendo rw’amateka rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi wazahaye kubera iki gihugu cy’i Burayi cyagiye cyanga kwemera uruhare rwacyo muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Aho Masudi Djuma azerekeza hamaze kumenyekana
9 July 2017Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.
Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.
Nubwo amakuru yigeze avugwa (…) -
Rayon Sports na APR FC zishobora kuzahurira ku mukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME CUP
15 July 2019, by Martin MunezeroNubwo byari byitezwe na benshi ko Rayon Sports na APR FC zishobora kuzahurira muri ½ cy’irangiza mu mikino ya CECAFA Kagame Cup,aya makipe ntashobora guhurira ahandi muri iri rushanwa uretse ku mukino wa nyuma gusa.
-
Guverinoma y’u Rwanda yahishuye imishinga ikomeye igiye gukora ikarandura ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa
27 February 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kubaka uruganda rukora ifumbire n’indi mishinga ikomeye mu rwego rwo kuzamura ubuhinzi.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Gashyantare ubwo hatangiraga Inama y’Igihugu y’Umushikiraro iri kuba ku nshuro ya 18.
Ubwo yangazaga ibyagezweho ndetse n’ibyitezwe gukorwa mu buhinzi,Minisitiri w’Intebe,Dr.Edouard Ngirente,yavuze ko hari imishinga itandukanye iteganyijwe mu kuzamura iki gice harimo n’uruganda (…) -
AS Kigali yaguze umukinnyi wakinnye muri Afurika y’epfo (amafoto)
12 July 2017Ikipe ya AS Kigali ikomeje kugaragaza ubushake bwo kugura abakinnyi bakomeye ku munsi w’ejo taliki ya 11 Nyakanga yaguze undi rutahizamu w’Umugandewitwa Frank Kalanda wakinnye mu makipe akomeye yo mu bagande nka Vipers na Uganda Revenue Authority ndetse aca muri Afurika y’epfo mu ikipe y free States Stars ndetse yakiniye ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes.
Iyi kipe yakaniye gutwara igikombe cya shampiyona umwaka utaha ikomeje kwibikaho abakinnyi bakomeye aho kugeza magingo aya imaze (…) -
Perezida Kagame yahaye akaruhuko abayobozi basoje umwiherero wa 15
1 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu 1 Werurwe 2018 ubwo yasozaga umwiherero w’ abayobozi bakuru b’ u Rwanda wari umaze iminsi ine ubera I Gabiro mu karere ka Gatsibo yatanze uburenganzira bwo kuruhuka ku muyobozi ushaka akaruhuko ku munsi w’ ejo tariki 2 Werurwe.
Asoza ijambo ryari ryuzuyemo impuguro nyinshi n’ impanuro yagize ati “Narimfite byinshi cyane nashakaga kubabwira ariko reka mbibikire undi munsi,mwakoze cyane… Icyo twakwiriye kwibagirwa kubabwira, ejo tuzaruhuke, kereka (…) -
Urwego rw’ umuvunyi rugiye kongererwa ubushobozi
20 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatatu tariki 20 Kamena 2018 Leta y’ u Rwanda n’ Umuryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ I Burayi batangije umushinga wa miliyoni 8 z’amayero uzegereza abaturage ubutabera ukanazamura ubushobozi bw’ urwego rw’umuvunyi.
-
Isesengura: Ubuyapani mu nkundura yo guhirika Ubushinnwa ku isoko ryo muri Afurika
22 February 2018, by UbwanditsiMinisitiri w’ Intebe w’ Ubuyapani Shinzo Abe
Mu bihe byashize kuva mu ntambara y’ubutita igihugu cy’Ubuyapani cyakunze kugenda biguruntege mu ishoramari ku mugabane wa Afurika.Nyamara muri iki kinyejana cya 21 kiri kugaragaza imbaraga zidasanzwe mu gukorana n’uyu mugabane usa n’uwari mu kato k’ubucuruzi n’iki gihugu.
Hateganyijwe inama mpuzamahanga y’ubuyapani ku iterambere rya Afurika “Sommet de la Conférence internationale de Tokyo sur le développement africain (Ticad)”mu ntangiriro (…)
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Rwanda yahishuye imishinga ikomeye igiye gukora ikarandura ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa