Inzobere mu buvuzi bw’ indwara zo mu mutwe zivuga ko gutinda gushaka ari kimwe mubishobora gutera indwara y’ agahinda gakabije. Ku Isi mu bantu 100 biyahura 90 baba bafite indwara y’ agahinda gakabije.
Gasherebuka Jean Bosco, umukozi w’ Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku buzima OMS, avuga ko indwara y’ agahinda gakabije ihangayikishije Isi kuko ku Isi abarenga miliyoni 300 barwaye iyo ndwara.
Gasherebuka avuga ko iyi ndwara iterwa no kuba hari ikibazo umuntu yaburiye igisubizo, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kugumirwa ni kimwe mu bitera agahinda gakabije gatera benshi kwiyahura
15 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kicukiro: Polisi yafashe abagabo 5 bakekwaho kwiba mudasobwa 15 z’ishuri
6 May 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro yafashe ibisambo 5 bikurikiranyweho kwiba mudasobwa 15 mu ishuri ryisumbuye rya Kagarama (Kagarama secondary School) gusa habonetse mudasobwa 14. Iri shuri riherereye mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kagarama mu kagari ka Rukatsa mu mudugudu wa Mpingayanyanza.
-
Musanze: Uwarokotse Jenoside yatemewe ibigori n’insina n’abagizi ba nabi bataramenyekana
12 April 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Jacques Nzeyimana wo mu mudugudu wa Giramahoro mu kagari ka Bukinanyana, mu Murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze yasanze abantu bataramenyekana batemye insina ze barandura n’ibigori bihinze ku itongo iwabo bamusigiye nyuma yo kwicwa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Cartoon: Bamwe mu banyamakuru batagira n’umushahara bibaza icyo "SACCO y’abanyamakuru" izabamarira!
6 August 2017, by UbwanditsiBamwe mu banyamakuru bibaza icyo SACCO y’Abanyamakuru (ubwo izaba ibashije kujyaho) yazabamarira mu gihe benshi muri bo batagira n’umushahara!
-
Karongi: Umunyeshuli wa IPRC Karongi yarohamye mu kiyaga cya Kivu arapfa
27 October 2019, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Gilbert Hirwa w’imyaka 21 wigaga muri IPRC Karongi yaraye arohamye mu kiyaga cya Kivu, ubwo yari kumwe na bagenzi be babiri bari bazi ko azi koga, bakaza kumukuramo yapfuye.
-
Apôtre Masasu yabyinnye mu rusengero urukweto rurahengama
4 January 2018, by Nsanzimana ErnestIntuma Joshua Masasu Ndagijimana yagaragaye yahimbawe ari kubwiriza maze arabyina yirekuye, abayoboke be baramufasha; nkuko bigaragara muri video yasakaye ku mbuga nkoranyambaga.
Iyo video ireshya n’iminota ibiri, igaragaza ko Apôtre Masasu yabyinnye ubwo yari arimo kubwiriza abayoboke b’itorero rye rya “Restoration Church” muri Paruwasi ya Masoro muri Kigali.
Iyo video itangira Apôtre Masasu aririmba agatangira gucinya umudiho ari nako asubiramo kenshi “Aleluya” akubita n’agatwenge. (…) -
Nyabihu: Amanyanga mu bucukuzi bw’umucanga ni imwe mu mpamvu zeguje abayobozi b’akarere
13 May 2018, by Nsanzimana ErnestTariki ya 7 werurwe 2018 ni bwo uwari umuyobozi wungirije w’akarere ka Nyabihu ushinzwe ubukungu n’iterambere MUGWIZA Antoine yeguye kuri izo nshingano bikavugwa ko byari ku mpamvu ze bwite.
-
Abakekwaho kwiba BK ya Buhanda bakanica umukozi wayo barafashwe
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda ikorera mu ntara y’ amagepfo yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwica umukozi wa banki ya Kigali ishami rya Buhanda mu karere ka Ruhango bakaniba amafaranga ataramenyekana umubare.
Umuyobozi wa polisi mu ntara y’amagepfo ACP Gilbert Rwampungu Gumira yatangarije UMURYANGO ko polisi yataye muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwiba iyi banki no kwica umukozi wayo.
ACP Gumira yavuze ko muri barindwi bafashwe umwe ariwe utarashyikirizwa (…) -
Prof Laurent Nkusi wabaye Minisitiri na Senateri mu Rwanda yasezeweho bwa nyuma (Amafoto)
21 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 21 Gicurasi 2020,nibwo Prof Laurent Nkusi wigeze kuba Minisitiri w’Itangazamakuru,Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda n’umwarimu muri kaminuza, yasezeweho bwa nyuma.
-
SOBANUKIRWA IBINTU Y’ INGENZI BYAGUKOMEZA MU IBYO UHURA NABYO (Igice cya 4)/Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Umuryango.rw
Kugumirwa ni kimwe mu bitera agahinda gakabije gatera benshi kwiyahura