Digital TV operator StarTimes has announced its acquisition of LaLiga Santander broadcasting rights until 2024 across sub-Saharan Africa. The company has secured the transmission rights of the Spanish top league, which will be broadcast in French language across its media platforms for paid subscribers in 47 territories.
"We are delighted to have secured the broadcast rights to LaLiga Santander, one of the most prestigious football competitions in the world,” said Kristen Miao, StarTimes (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
StarTimes secures 4-season media rights for LaLiga Santander
6 August 2020, by Ubwanditsi -
Hari ibibanza byiza bigurishwa kuri make mu Kagarama/Kicukiro no mu Bugesera i Nyamata na Ntarama
11 March 2020, by UbwanditsiKTN Rwanda LTD, Sosiyete isanzwe ifasha abantu kugurisha imitungo yabo ibashakira abaguzi iratangariza abantu ko iba ifite ibibanza byiza ahantu hanyuranye, haba muri Kigali, mu Bugesera ndetse n’ahandi kandi ku biciro byiza .
-
Reba La Liga kuri Startimes-Barcelona igiye gusogongera bwa mbere kuri La Liga 2020/2021
24 September 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’ibyumweru 2 andi makipe akina,Barcelona, Atlético Madrid na Sevilla nibwo yo agiye kwinjira mu muhigo wo gushaka LaLiga 2020/21.
-
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye
13 September 2020, by Dusingizimana RemyUwitwa Maniragaba François wari ufungiye kuri station ya Police ya Murambi mu Karere ka Rulindo, yarashwe na Police kuri iki cyumweru, ubwo yagerageza gutoroka aho yari afungiye, ahita ahasiga ubuzima.
-
Sobanukirwa no kubaho no gukomera kw’Imana hamwe n’iremwa ry’isi n’Ijuru / Rev. Ev. Eustache Nibintije
18 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki. Uyu munsi yatangiye kudutegurira ibyigisho by’urukurikirane.
-
Rayon Sports yahaye ubutumwa bukomeye Espoir mu gihe APR FC yeretse David Luiz ko ari ubukombe mu Rwanda
12 October 2019, by Dusingizimana RemyMu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona warebwe na myugariro David Luiz wa Arsenal,ikipe ya APR FC yahaye isomo rya ruhago Etincelles FC yari iyoboye shampiyona iyitsinda ibitego 3-0 mu gihe Rayon Sports yatsindiye Espoir FC I Huye ibitego 2-1.
-
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza
19 August 2021, by UbwanditsiUburwayi bw’umugongo bukomeje kwibasira abantu b’ingeri zose. Abantu benshi cyane usanga akenshi bibasirwa n’uburwayi bw’umugongo, aho yicara agataka, yahaguruka agataka, yatambuka agataka, biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Ubushakashatsi bwakorewe mu Busuwisi bugaragaza ko abantu umunani ku bantu icumi (8/10) baba bafite ububabare bw’umugongo. Ubu bubabare kandi ngo bukaba bushobora no gukwira mu bindi bice by’umubiri.
Ni ubwo ushobora guhamagara umuganga +250785686682 akaguha amakuru (…) -
Min. Mushikiwabo asanga umubano w’u Rwanda n’amahanga waragenze neza muri 2017
24 December 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’umuryango w’Afurika y’iburasirazuba aravuga ko u Rwanda rusoje umwaka ruhagaze neza mu rwego rw’ububanyi n’amahanga muri rusange, ibintu yemeza ko no mu mwaka utaha u Rwanda ruzakomeza gushimangira no guteza imbere umubano n’ibindi bihugu.
Minisitiri Louise Mushikiwabo avuga ko kuva uyu mwaka watangira, u Rwanda rwakoze ibikorwa binyuranye biruhuza n’ibindi bihugu, birimo no kwakira inama mpuzamahanga zinyuranye. Ku rundi ruhande ariko ibi (…) -
Abifuza gukodesha, kugura no kugurisha inzu n’ibibanza mu Rwanda boroherejwe, bashyiriweho urubuga rubahuza
5 August 2019, by UbwanditsiImwe mu nzu ziri kugurishwa ku rubuga www.mdgrou.com
Sosiyete y’ubucuruzi Multi Design Group Ltd yakemuye ikibazo cy’ababaga bashaka mu buryo bwihuse kandi bworoshye amakuru y’abo bagura, bagurisha cyangwa bagakodesha amazu, ndetse n’abifuza kugura ibibanza, aho ari ho hose mu Rwanda ishyiraho isoko rusange, urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abaguzi n’abakiliya mu buryo bworoshye kandi rukabaha amakuru yose akenewe ku mitungo bifuza kugura, gukodesha cyangwa kugurisha!
-
Intego ya FPR-Inkotanyi n’ugukora ku nyungu za buri munyarwanda-Perezida Kagame
30 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, avuga ko intego uyu muryango wubakiyeho ari nazo ugenderaho ari ugukora ku nyungu za buri munyarwanda, ariko avuga ko ibi bisaba imyitwarire ntamakemwa kugira ngo intego umuryango wihaye uzigereho.
Umuryango.rw
StarTimes secures 4-season media rights for LaLiga Santander
Hari ibibanza byiza bigurishwa kuri make mu Kagarama/Kicukiro no mu Bugesera i Nyamata na Ntarama
Reba La Liga kuri Startimes-Barcelona igiye gusogongera bwa mbere kuri La Liga 2020/2021
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza