Umuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye cyane mu muziki nka King James ari mu myiteguro yo gushaka umugore ariko abihisha itangazamakuru.
Mu minsi ishize nibwo ikinyamakuru umuryango.rw twabagejejeho amakuru twari twakuye mu nshuti za hafi za King James ko ngo ari mu myiteguro yo gushaka umugore mu ibanga ariko we akabyamaganira kure.Gusa ubu icyamenyekanye nuko King James n’umukunzi we bagiye kuzabana batibifuza ko ibyabo bigarukwaho cyane mu bitangazamakuru. King James n’umwe mu bahanzi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Imyiteguro y’ubukwe bwa King James irakomeje aho yamaze no kwereka umuryango mw’ibanga umukobwa bateganya kubana(AMAFOTO)
21 May 2017, by Martin Munezero -
Gitifu yafatiwe mu macumbi (Lodge) mu mujyi wa Kigali ari kumwe n’abana babiri b’abakobwa b’abanyeshuri bataruzuza imyaka y’ubukure
18 June 2017, by Martin MunezeroMu masaha y’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Ngeruka ko mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera, yafatiwe mu macumbi (Lodge) mu mujyi wa Kigali ari kumwe n’abana babiri b’abakobwa b’abanyeshuri bataruzuza imyaka y’ubukure, nyuma y’uko bari bararanye mu kabyiniro guhera mu ijoro ryo kuwa Gatanu. Nyuma yo gufatwa, ubu akaba afunzwe aho arimo gukurikiranwa n’inzego z’umutekano.
Nk’uko byemejwe na SP Emmanuel Hitayezu; (…) -
Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC
2 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye i Arusha muri Tanzania,kuri uyu wa Gatanu.
-
Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza ibiza igikomeje by’ umwihariko mu ntara y’ Amajyaruguru n’ amagepfo.
-
Aya ni amwe mu mabanga yihariye utaruzi agera kuri 15 y’umuhanzi nyarwanda King James
20 June 2017, by Martin MunezeroRuhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo bikomeye yagiye agaragaramo harimo na Rwanda Day yabereye mu Bubiligi yigeze kugaragaramo ku nshuro ye ya mbere.
– King James wavutse mu 1990 atuye i Nyamirambo ahazwi nka Cosmos mu mugi wa Kigali aho abana n’ababyeyi be, bitandukanye cyane n’iby’abandi bahanzi tumenyereyeho kwibana mu mazu (Ghetto). (…) -
Reba Ikiganiro kirambuye na Bishop Rugagi umaze kwamamara mu gukiza abantu no guhanurira abifuza Range Rover, inzu n’ibindi(VIDEO)
29 May 2017, by Martin MunezeroBishop Rugagi Innocent ni Umushumba w’Amatorero y’Abacunguwe mu Rwanda. Afite impamyabumenyi (diploma) mu bya tewolojiya yakuye i Nairobi muri Kenya, akaba yitegura kubona iy’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mpera za Kanama i California.
Ni umugabo wubatse, afite abana batandatu; umuryango we utuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo. Bishop Rugagi Innocent aherutse kwereka abakirisitu be imodoka ihenze na we yahawe n’Imana
Ku biro bye ahari icyicaro cy’Itorero ry’Abacunguwe, (…) -
Kigali:Umugore aratanga ubuhamya bw’uburyo yamezemo umurizo(AMAFOTO)
12 May 2017, by Martin MunezeroIshimwe Lorie Esperance ni umugore ushima Imana ko yamukijije umurizo yaramaranye ukwezi n’igice nk’igihano Imana yamuhaye . Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuhanzikazi ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi ,yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho n’abahanuzi batandukanye bamubwira ko igihe yahereye akora ibyaha Imana igiye kumuhana kandi ikamushyira ku karubanda.
Mu kwezi k’Ukuboza 2014 , nibwo mu (…) -
Abize muri UR bagiye gusabwa kuyifasha kubaho
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Rose Gasibirege, Umuyobozi ushinzwe guhuza Kaminuza y’u Rwanda n’abayizemo
Nyuma y’ uko ingengo y’ imari Leta igenera Kaminuza y’ u Rwanda , UR igabanyutse kugera kuri 50%, iyi kaminuza igiye gutangiza ubukangurambaga kugira ngo abantu bose bayizemo babashe kuyitera inkunga ibashe kugera ku nshingano zayo.
Ingengo y’ imari ya Kaminuza y’ u Rwanda yavuye kuri miliyari 26 mu mwaka wa 2013 igera kuri miliyari 13 mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2015-2016.
Dr Rose Gasibirege, Umuyobozi (…) -
Mu birori byari binogeye ijisho umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa yasabye anakwa Isimbi[AMAFOTO]
18 February 2019, by Martin MunezeroMike Karangwa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro hano mu Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne bitegura ku rushinga .
-
Dr Habineza ngo kuba kandidatire ye yemewe “Ni intsinzi ikomeye kuri Green Party”
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka yavuze ko kuba kandidatire ye yemejwe ari insinzi ikomeye ku ishyaka rye kandi ko nk ‘ishyaka babyakiriye neza.
Uyu mukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ni umwe mu bakandida batatu bari ku rutonde ntakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza mu matora ya perezida ya 2017.
Dr Frank Habineza yatangarije Umuryango ko kuba ari kuri uru (…)
Umuryango.rw