Tom Byabagamba wahoze akuriye abarinda Perezida Paul Kagame ubushinjacyaha mu Rwanda bwamusabiye gufungwa imyaka itatu bumurega ko yakoze ubujura afunze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rwanda: Tom Byabagamba yasabiwe gufungwa imyaka itatu aregwa kwiba telephone
13 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Umubyeyi ubyara Miss Mwiseneza Josiane yapfiriye muri Uganda
23 July 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josiane wabaye Nyampinga ukunzwe mu mwaka wa 2019 (Miss Popularity 2019), yagize ibyago byo kubura Se witabye Imana ari mu gihugu cya Uganda.
-
’Abarimu ntabwo bahembwa, biriya ntabwo ari uguhembwa’ PS Imberakuri
15 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka PS Imberakuri ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda riri kwiyamamaza mu matora y’ abadepite, risanga ikibazo gikomereye uburezi ari ireme ry’ uburezi naryo riterwa n’ uko abarimu bahembwa make iri shyaka rigereranya no kudahembwa.
-
Amwe mu matungo yo mu ntara y’ iburasirazuba yashyizwe mu kato kubera uburenge
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara itangazo rihagarika ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu ntara y’ iburasizuba.
Iryo tangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 17 Gicurasi 2017 rivuga ko iyo Minisiteri ifashe iki cyemezo nyuma yo kumenya ko amwe mu matungo yo mu karere ka Gatsibo arwaye indwara y’ uburenge. Guhagarika ingendo n’ ubucuruzi bw’ ayo matungo bigamije kwirinda ikwirakwirzwa ry’ iyo ndwara.
Minisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi (...) -
Ambasaderi w’Ubutaliyani wiciwe muri RDC yakoraga iki aho yiciwe?
24 February 2021, by Dusingizimana RemyUmurambo wa ambasaderi w’Ubutaliyani wagejejwe i Roma nyuma y’uko yiciwe hafi y’umujyi wa Goma muri DR Congo ku wa mbere.
-
“Baradutabye ariko ntabwo bari baziko Abanyarwanda turi imbuto zizashibuka” H. E Kagame
16 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wa FPR Paul Kagame yongeye kunenga abanyamahanga basize u Rwanda ahabi bibwira ko igihugu kirangiye, ariko ubu ngo barashibutse, baramera barakura, ni ubukombe.
Ubu butumwa Kagame yabutangiye mu karere ka Kamonyi aho yiyamamarije kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga nyuma yo kwiyamamariza mu karere ka Huye na Nyamagabe.
Yagize ati “Baducukuriye urwobo, baradutabye, ariko ntabwo bari baziko Abanyarwanda turi imbuto zizashibuka. Abanyarwanda twabaye imbuto, turashibuka, ubu turi (...) -
Perezida Kagame yahaye imbabazi Kizito Mihigo na Victoire Ingabire Umuhoza
14 September 2018, by UbwanditsiMu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu barekuwe kandi hakaba aharimo na Victoire Ingabire Umuhoza ndetse na Kizito Mihigo.
-
Barutoromayo baramucecekesheje aranga, ese wowe nta bagucecekesha bigakumira ibitangaza kuri wowe?
30 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeIjambo ry’ Imana riboneka mu butumwa bwiza bwanditswe na Mariko mu gice cya cumi ku murongo wa mirongo ine na gatandatu (Mariko 10:46) ritubwira uko impumyi yitwa Baritoromayo yitwaye kugira ngo ibashe kubona icyo yari akeneye kuri Yesu.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bagiye kubaka ikigo kita ku ngangi
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu guteza imbere ubukeragendo Perezida Paul Kagame yahuye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bari mu Rwanda mu biruhuko no kureba aho Ellen azubaka ikigo kihariye cyo kwita ku ngagi ku bufatanye na Dian Fossey Gorilla Fund.
-
Gicumbi: Umugabo yakubiswe inkoni nyinshi bimuviramo gupfa nyuma yo gufatwa yiba igitoki
15 May 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Nimugira Assouman w’imyaka 46 wo mu karere ka Gicumbi yafashwe n’abagize umuryango w’uwitwa Ntibibuka Pierre Celestin ari kwiba igitoki,barakubita bimuviramo urupfu.
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 2480