Ishimwe Lorie Esperance ni umugore ushima Imana ko yamukijije umurizo yaramaranye ukwezi n’igice nk’igihano Imana yamuhaye . Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuhanzikazi ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi ,yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho n’abahanuzi batandukanye bamubwira ko igihe yahereye akora ibyaha Imana igiye kumuhana kandi ikamushyira ku karubanda.
Mu kwezi k’Ukuboza 2014 , nibwo mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali:Umugore aratanga ubuhamya bw’uburyo yamezemo umurizo(AMAFOTO)
12 May 2017, by Martin Munezero -
Abize muri UR bagiye gusabwa kuyifasha kubaho
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Rose Gasibirege, Umuyobozi ushinzwe guhuza Kaminuza y’u Rwanda n’abayizemo
Nyuma y’ uko ingengo y’ imari Leta igenera Kaminuza y’ u Rwanda , UR igabanyutse kugera kuri 50%, iyi kaminuza igiye gutangiza ubukangurambaga kugira ngo abantu bose bayizemo babashe kuyitera inkunga ibashe kugera ku nshingano zayo.
Ingengo y’ imari ya Kaminuza y’ u Rwanda yavuye kuri miliyari 26 mu mwaka wa 2013 igera kuri miliyari 13 mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2015-2016.
Dr Rose Gasibirege, Umuyobozi (…) -
Mu birori byari binogeye ijisho umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa yasabye anakwa Isimbi[AMAFOTO]
18 February 2019, by Martin MunezeroMike Karangwa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro hano mu Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne bitegura ku rushinga .
-
Dr Habineza ngo kuba kandidatire ye yemewe “Ni intsinzi ikomeye kuri Green Party”
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka yavuze ko kuba kandidatire ye yemejwe ari insinzi ikomeye ku ishyaka rye kandi ko nk ‘ishyaka babyakiriye neza.
Uyu mukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ni umwe mu bakandida batatu bari ku rutonde ntakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza mu matora ya perezida ya 2017.
Dr Frank Habineza yatangarije Umuryango ko kuba ari kuri uru (…) -
Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yagaragaje ko kuba abanyeshuri ba Primaire biga basimburana ari ‘amaburakindi’
2 December 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda ivuga ko ifite gahunda yo kuguraho uburyo buriho aho abanyeshuri bose biga mu mashuri abanza biga basimburana, ivuga ko kuba abanyeshuri biga basimburana ataribyo u Rwanda rwahisemo ahubwo ariko aribwo bushobozi buhari.
Abanyeshuri bize amashuri abanza mbere ya 2009 bigaga basimburana imyaka itatu ibanza bagera mu wa kane bakajya biga igitondo n’ ikigoroba.
Ibi byaje guhinduka abanyeshuri bose biga mu mashuri abanza guhera mu wa mbere kugera mu wa gatandatu bakajya (…) -
Dore impamvu gitifu wa Ruhango we ategujwe
8 March 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Ruhango ubu kayobowe by’ agateganyo na Nkurunziza Jean Marie washyizweho na Njyanama yako nyuma y’ uko komite nyobozi yegujwe kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Abo njyanama yeguje ni Mbabazi François Xavier wari Umuyobozi w’Akarere; Twagirimana Epimaque wari umuyobozi wungirije Ushinzwe Ubukungu na Kambayire Annonciata wari Umuyobozi Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza.
Perezida wa Njyanama y’ aka karere yatangaje Gasasira Rutagengwa Jérôme ko aba bayobozi begujwe (…) -
Umunyabigwi mu ikinamico Mukeshabatware Dismas yasezeweho bwa nyuma uyu munsi
6 July 2021, by Dusingizimana RemyMukeshabatware Dismas wamenyekanye mu makinamico mu Rwanda, uherutse kwitaba Imana azize uburwayi, yasezeweho bwa nyuma.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Nyakanga 2021 nibwo habaye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mukeshabatware.
Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mukeshabatware, watangiriye kwa muganga ubwo abo mu muryango we bajyaga gufata umurambo mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal.
Nyuma yo kugeza umurambo wa Nyakwigendera mu rugo aho yari atuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, abantu (…) -
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe
11 September 2020, by Dusingizimana RemyUwunganira Paul Rusesabagina witwa Me Rugaza David yatangaje ko yasabiye umukiliya we kuba yakurikiranwa adafunzwe kubera impamvu zirimo uburwayi amaranye igihe, ndetse no kuba ari “umuntu mwiza” utarahamwe n’icyaha na kimwe kandi wahawe n’ibihembo mpuzamahanga, bigaragaza ubunyangamugayo bwe.
-
Uganda yabujije abaturage bayo kunyura ku mupaka wa Gatuna u Rwanda rwongeye gufungura
11 June 2019, by Dusingizimana RemyAbayobozi ba Uganda bagiriye inama abacuruzi baho kudaca ku mupaka wa Gatuna nyuma yuko ubutegetsi bw’u Rwanda buwufunguye by’agateganyo ku munsi w’ejo ku wa mbere taliki ya 10 Kamena 2019.
-
Press Release – The 2020/21 football season begins on StarTimes
24 August 2020, by Ubwanditsi2020 is indeed a special year. It is the year football fans around the world had to live without football during several months while staying home. It is the year players had to play in empty stadiums without fans shooting and singing. Things have been slowly returning back to normal. And August 29 will mark another step toward the return of football as we love it with the beginning of the new 2020/21 season.
Digital TV operator StarTimes will celebrate the new season by broadcasting live (…)
Umuryango.rw
Umunyabigwi mu ikinamico Mukeshabatware Dismas yasezeweho bwa nyuma uyu munsi
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe
Press Release – The 2020/21 football season begins on StarTimes