Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi rimaze ku butegetsi imyaka irenga 20, yahishuye ko Leta y’u Rwanda yagerageje gukangurira no gusaba Twagiramungu Faustin, wahunze igihugu, gutahuka ariko akinangira.
Twagiramungu, ni impirimbanyi y’umunyapolitiki washinze ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda akaryita RDI Rwanda Rwiza, yakunze kumvikana mu itangazamakuru risebya Leta y’u Rwanda.
Uyu mugabo kandi yigeze kuba Minisitiri w’Intebe nyuma gato y’aho ingabo zari iza FPR (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
P.Kagame yahishuye ko Leta y’u Rwanda yakanguriye Twagiramungu gutaha akinangira
29 July 2017, by Iyamuremye Janvier -
www.mdgrou.com yabateguriye ibihembo by’akataraboneka abakomisioneri bahuza abakodesha n’abagura amazu n’ibibanza
15 November 2019, by UbwanditsiUrubuga rwa internet www.mdgrou.com, isoko rusange ryo kuri internet rwamamazwaho inzu, ibibanza, n’indi mitungo itimukanwa ikodeshwa n’igurishwa, rugahuza abakiliya n’abagurisha imitungo itimukanwa rumaze kumenywa na benshi, ndetse uwariwe wese ashobora gushyiraho inzu cyangwa ikibanza agurisha, abaguzi bakabasha kukibona ako kanya.
-
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya kabiri)
26 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMu gice cya mbere cy’iyi nkuru isobanura ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo, twari twagarutse ku mbaraga z’amagambo yo gushima mu kubaka urukundo rw’abashakanye. Muri iki gice cya kabiri turareba izindi ngingo za ngombwa mu kubaka urukundo n’imibanire myiza hagati y’abashakanye.
-
Umucuruzi w’Umunyarwanda wari muri Uganda yashimuswe
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bakekwaho kuba abakozi b’inzego z’umutekano za Uganda bongeye guta muri yombi Umunyarwanda witwa Emmanuel Cyemayire bamukuye mu mujyi wa Mbarara.
Amakuru ahari akaba avuga ko Cyemayire yari muri uyu mujyi uherereye mu burengerazuba bwa Uganda kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 05 Mutarama 2018, ubwo abo bantu bamwinjizaga mu modoka bari barimo bakamujyana ahantu hataramenyekana.
Umwe mu babonye uko ibintu byagenze avuga ko Cyemayire asanzwe afite iduka muri Mbarara, bakaba batazi (…)
Umuryango.rw