Umukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana ukuntu anejejwe n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ange Kagame yatatse umugabo we bashyingiranywe akoresheje amagambo yo muri Bibiliya
8 July 2019, by Dusingizimana Remy -
StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” mu kwitegura Noheli n’Ubunani
15 November 2020, by UbwanditsiN’ubwo hari byinshi byahindutse muri uyu mwaka, abantu bongeye kwishimira kuba ubuzima buri gusubira mu buryo n’ubwo butarasubira nk’uko bwahoze kuko kugeza ubu ibyahuzaga abantu mu kwidagadura harimo ibitaramo, siporo n’ibindi birori bitandukanye biracyakurikiranwa hifashishijwe ikoranabuhanga nka televiziyo cyangwa telefone.
Tugeze mu mpera z’umwaka aho twitegura iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” aho umufatabuguzi agura abonema y’amezi 2 (…) -
Mageragere/ Nyarugenge: Abaturage baterateranyije amafaranga muri 2011 ngo bahabwe umuriro w’ amashanyarazi kugeza ubu nta n’ ipoto barabona
24 May 2017, by Nsanzimana ErnestImyaka irenga 6 irashize abaturage bo mu mudugudu wa Mpanga akagari ka Kanzenze mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali baterateranyije amafaranga ngo bahabwe umuriro w’ amashanyarazi. Ar’ umuriro ntawo barabona ari n’ amafaranga ntibayasubijwe.
Nk’ uko bisobanurwa na Bimenyimana Jean Berchmas muri 2010 nibwo aba baturage bagize igitekerezo cyo gushaka uko bakwikura mu bwigunge bwo kubaho batagira amashanyarazi, batangira guterateranya amafaranga ngo bahabwe (…) -
Amwe mu mateka yaranze tariki 2 Nyakanga umunsi Lumumba yavutseho
2 July 2017, by Renzaho FerdinandIsomere ibyaranze tariki ya 02 Nyakanga, umunsi ugaragaza kimwe cya kabiri cy’umwaka usanzwe, umunsi urimo iyicwa ry’umugabo utazibagirana mu mateka y’isi cyane muri Afurika. Turi tariki ya 02 Nyakanga, ni umunsi w’ 183 mu minsi 365 igize uyu mwaka usigaje iminsi 182 ngo ugere ku musozo.
Uyu munsi ni umunsi uri hagati na hagati y’iminsi yose igize umwaka usanzwe, kubera ko hamaze kurangira iminsi 182 hakaba hasigaye iyindi minsi 182. Isaha nyakuri igaragaza ko umwaka ugeze hagati ni saa (…)
Umuryango.rw