Antoinette Uwamahoro benshi bazi ku mazina atandukanye arimo Intare y’Ingore, Mukadata, Umubyeyi Gito Superansiya bitewe n’ amafilime atandukanye yakinnyemo atari umuntu utari mwiza ngo abantu baramutinya ngo ariko yagiye muri filime yarabyiyemeje agomba kwirengera ingaruka
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uwakinnye ari ‘Intare y’ ingore’ ngo abantu baramutinya
6 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Inkura 8 n’ intare 2 z’ ingabo byagejejwe muri Pariki y’ Akagera
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko minsi ishize pariki y’ Akagera yagejejewemo inkura 10 zivuye muri Afurika y’ Epfo, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017 izindi nkura umunani nazo zagejejwe muri iyo pariki ziri kumwe n’ intare ebyiri z’ ingabo.
Nkuko bigaragara kuri twitter ya pariki y’Akagera, izo nyamaswa zagejejwe mu Rwanda zivanywe muri Afurika y’Epfo.
Izo nkura ziyongereye ku zindi 10 zazanywe mu Rwanda mu cyumweru gishize zivanywe muri icyo gihugu.
Ku byerekeranye n’intare, zije ziyongera ku (…) -
Hon Patrick Mazimpaka wigeze kuba Minisitiri yatabarutse
25 January 2018, by Nsanzimana ErnestPatrick Mazimpaka wayoboye Minisiteri zitandukanye mu Rwanda zirimo Minisitiri w’ urubyiruko Siporo n’ amakoperative mu gitondo cy’uyu wa Kane tariki 24 Mutarama 2018 ni bwo hatangajwe inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Hon Patrick Mazimpaka witabye Imana azize uburwayi aho yari mu bitaro byo mu Buhinde.
Protais Musoni wo mu muryango Hon Patrick Mazimpaka ni we wemeje aya makuru uProtais Musoni yatangaje ko Hon Mazimpaka yitabye Imana uyu munsi saa kumi n’ebyiri za mu gitondo.
Kuva mu (…) -
RIB imaze kwakira ibirego birenga 30 bijyanye n’ingengabiterezo ya Jenoside mu minsi 4 gusa
11 April 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’iminsi 4 hatangiye Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorwe Abatutsi,Urwego rw’igihugu rw’Ibugenzacyaha (RIB) ruravuga ko rumaze kwakira ibirego 33 by’abakekwaho ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Uburasirazuba:Umukuru w’Intara yamaganye abavuga ko Intara y’Uburasirazuba ari iwabo w’inka n’abantu
25 February 2019, by Martin MunezeroUmuyobozi w’intara y’iburasirazuba Bwana Mufurukye Fred yamaganye zimwe mu mvugo zajyaga zikoreshwa nk’aho bajyaga bavuga ngo intara y’iburasirazuba ni iwabo w’inka n’abantu aho yavuze ko iri zina ari iry’abanyarwanda bose ndetse ahagarika burundu kuzajya baryitirira intara imwe gusa.
-
Visi Meya Muhongerwa yagoroye imvugo yigeze gukoresha ku basabiriza
3 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame MUHONGERWA Patricie yasabye buri wese wamwumvise nabi mu mvugo ye yo mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane ko nta kintu kibi yari agendereye.
-
Imodoka zikoresha gaz Methane zishobora kwinjira mu Rwanda mu minsi iri imbere
5 November 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ruri kuganira na Kampani yo mu Burusiya ikora ikanacuruza bisi zikoresha Gaz Methane ngo bumvikane uko iyi kampani yakwagurira ibikorwa byayo mu Rwanda.
-
Kuri iki cyumweru Perezida Kagame arakirwa kuri radio na televiziyo by’ igihugu
24 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru saa cyenda tariki 25 Kamena Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame arakirwa kuri radio abaturage bagire umwanya wo kubaza ibi bibazo.
Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), Asiimwe Arthur abinyujije ku rubuga rwa Twitter.
Asiimwe yavuze ko Perezida Kagame azakirwa muri studio aho azasubiza ibibazo bitandukanye by’abanyamakuru ndetse abakoresha urubuga rwa Twitter na bo bakazashobora kumubaza ibibazo bakoresheje hashtag (…) -
Nzamwita yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
12 July 2017Umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent bakunze kwita De gaulle yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA indi manda aho biteganyijwe ko azashyikiriza akanama gashinzwe gutegura aya matora kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 Nyakanga uyu mwaka.
Uyu mugabo we n’abajyanama be barahiriye kongera kwisubiza iyi ntebe nubwo banengwa cyane na benshi mu bakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru bitewe n’imyanzuro bafata rimwe na rimwe iteza umwuka mubi mu banyamuryango ba FERWAFA.
Mu kiganiro (…) -
Meya wa Nyagatare n’ abari bamwungirije beguriye rimwe
30 May 2018, by Nsanzimana ErnestMupenzi George wari Umuyobozi w’ akarere ka Nyagatare ,Kayitare Didace wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere ndetse na Musabyemariya Domitile wari ushinzwe imibereho myiza beguye.
Umuryango.rw