Perezida Kagame yavuze ko atewe impungenge n’abashora imari mu Rwanda bahora bamubaza niba aziyamamaza ndetse avuga ko ibyo bituma yiyumvamo ko guhora atorwa ari icyaha.
Perezida Kagame yavuze ko afite amabaruwa y’aba bantu bahora bamubaza ibi ndetse igihe kimwe azayashyira hanze.
Ati “Mu minsi ishize itari iya kera,muzi ibi twirirwa dushakisha abantu bose uko bazana ishoramari hano,ibintu byinshi,byinshi ku isi hose.
Mfite amabaruwa,igihe nikigera nzayabasomera n’abayanditse.Umuntu (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yagaragaje abantu bamuteye impungenge kurusha abandi
3 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye
11 April 2018, by Nsanzimana ErnestNyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize bwite.
-
Uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ryasanishijwe n’Abanyafurika [AMAFOTO]
26 February 2023, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo kurushaho kuzirikana Afurika no gushima abakiriya bayo bo kuri uyu mugabane,uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ririho ibirango bihuje n’imico y’Abanyafurika.
Iri cupa rifite isura cyangwa ibirango bishya byahujwe n’imico y’Abanyafurika kubera amateka iki kinyobwa gifitanye na bo dore ko cyatangiye kwengerwa ku mugabane wa Afurika kuva mu 1965.
Umuyobozi w’uru ruganda Thibault Relecom, akaba umwe mu bagize umuryango wa Michel Relecom, wahanze iki kinyobwa cya (...) -
Rayon Sports yemeje ko Kayiranga Baptista ariwe uzatoza umukino wa Al Hilal [Yavuguruwe]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko Kayiranga Baptiste yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nk’umuyobozi wa Tekininike n’umutoza w’ikipe y’abatarengeje imyaka 15 n’iy’abatarengeje imyaka 17, aho azanatoza umukino wo kwishyura wa Al Hilal.
-
Amavubi yananiwe gukorera Tanzania ibyo yari amaze kumenyereza abafana
14 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yananiwe gukomeza kwandika amateka yo gutsinda imikino myinshi yikurikiranya kuko yahuye na Tanzania mu mukino wa gicuti rukabura gica.
-
Nzamwita yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
12 July 2017Umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent bakunze kwita De gaulle yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA indi manda aho biteganyijwe ko azashyikiriza akanama gashinzwe gutegura aya matora kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 Nyakanga uyu mwaka.
Uyu mugabo we n’abajyanama be barahiriye kongera kwisubiza iyi ntebe nubwo banengwa cyane na benshi mu bakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru bitewe n’imyanzuro bafata rimwe na rimwe iteza umwuka mubi mu banyamuryango ba FERWAFA.
Mu kiganiro (...) -
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gihambaye kurusha ibindi Amerika ishya ubwoba
6 July 2017, by Renzaho FerdinandKoreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika cyavuze ko igisasu Koreya ya Ruguru yagerageje kuri uyu wa 4 Nyakanga, Amerika itaragira ubushobozi bwo kugisama gusa ivuga ko ikomeje ubushakashatsi bwo gushaka uko yasama igisasu nk’ iki gifite ubushobozi bwo kwambukiranya imigabane.
Iki gisirikare cyatangaje ko (...) -
‘Imyanzuro 9 yafatiye m’ Umushyikirano w’ ubushize umwe wahuye n’ imbogamizi’
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga umushyikirano wa 16.
0 | ... | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470