Mu gihugu cya Uganda abarwayi benshi ba kanseri bataje ubuzima mu menzi 13 ashize ugereranyije n’ amezi 13 yayabanjirije, itandaro y’ izi mfu ngo ni ukuba icyuma rukumbi cyashiririzaga indwara ya kanseri cyarapfuye kikamara ayo mezi yose kitarakoreshwa.
Kuba icyo cyuma cyarapfuye bivuze ko muri Uganda umurwayi wa kanseri arimo kuvurishwa imiti gusa. Dail monitor dukesha iyi nkuru ivuga ko kuvurisha umurwayi wa kanseri imiti nabyo bihenze kuko bimusaba amashilingi ari hagati y’ ibihumbi 220 n’ (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uganda: Icyuma cyashiririzaga kanseri cyarapfuye none ikomeje guhitana abantu, mu Rwanda nta kihaba ariko abarwayi bajyanwa aho kiboneka
14 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kigali : Perezida Kagame aratanga ikiganiro muri Transform Afurika 2017
10 May 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku nsanganyamatsiko yo kubaka imijyi igezweho muri Afurika no kuyibyaza umusaruro« Harnessing potential of smart cities for Africa. »
Iyo nama iratangira none ikazageza ku wa Gatanu tariki 12, ifite insanganyimatsiko yo guteza imbere imijyi hashigiwe ku isuku n’ ikoranabuhanga n’ ibindi.
Mu nama ya mbere (...) -
Perezida wa Rayon Sports yahishuye akayabo gakenewe kugira ngo Bisi y’ikipe irekurwe
24 February 2021, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwatangaje ko imodoka yikipe yafatiriwe ndetse ubu iparitse ku akagera aho hakenewe 62,000,000 FRW yo kuyigombora bitakunda igatezwa cyamunara.
-
‘Imikoranire yacu na Banki y’Isi ni iyo gushimwa’ Perezida Kagame
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko ashimishijwe n’ubufatanye bukomeje kuranga u Rwanda na Bank y’Isi mu gushaka icyateza u Rwanda binyuze mu guteza imbere ubushabitsi.
-
Dr Habineza ngo kuba kandidatire ye yemewe “Ni intsinzi ikomeye kuri Green Party”
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka yavuze ko kuba kandidatire ye yemejwe ari insinzi ikomeye ku ishyaka rye kandi ko nk ‘ishyaka babyakiriye neza.
Uyu mukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ni umwe mu bakandida batatu bari ku rutonde ntakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza mu matora ya perezida ya 2017.
Dr Frank Habineza yatangarije Umuryango ko kuba ari kuri uru (...) -
Ingabo za FPR-Inkotanyi zashoje urugamba rwo kubohora u Rwanda kuri iyi taliki 1994, reba amwe mu mataliki y’ingenzi y’uru rugamba rwamaze imyaka 4
4 July 2017, by Renzaho FerdinandNi urugamba rutari rworoshye na gato rwasabaga kwitanga no gushyira mbere inyungu z’igihugu kuruta kwitekerezaho turebeye hamwe uko iminsi yakurikiranye kugirango uku kwibohora kugerweho uhereye igihe urugamba rwatangiriye mu mwaka w’ 1990, guhagarika jenoside yakorerwaga abatutsi kugeza muri Nyakanga 1994 urugamba rusozwa.
Tariki ya 1 Ukwakira 1990: Umupaka wa Kagitumba wagabweho igitero cyabaye ikimenyetso cy’itangira ry’urugamba rwamaze imyaka ine nyuma y’uko abari bagize umuryango FPR (...) -
CAF yategetse ko umukino wa Wydad Casablanca na Esperance de Tunis uzasubirwamo
5 June 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF,ryemeje ko umukino wa nyuma wa CAF Champions League wahuje Wydad na Esperance uzasubirwamo, nyuma yo guhagarara ku munota wa 62 utarangiye kubera ibura ry’amashusho yunganira abasifuzi azwi nka VAR.
-
Amateka y’Abarinzi b’Igihango b’uyu mwaka barimo AERG na Musenyeri HAKIZIMANA Celestin warokoye abatutsi bari St Paul
26 October 2018, by UbwanditsiMusenyeri Hakizmana Celestin wa Diyosezi ya Gikongoro ushimirwa na Unity Club nk’Umurinzi w’Igihango
Kuva mu mwaka 2010, Umuryango Unity Club Intwararumuri watangije ishimwe ry’Ubumwe Unity Award, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda abimburira abandi nyuma hagenda hakurikiraho amashyirahamwe yagaragaje ibikorwa by’indashyikirwa mu bumwe n’ubwiyunge.
-
Ntawe uzongera kuba mwarimu adatsinze ikizami cy’ Icyongereza n’ Ikoranabuhanga
1 July 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi, REB, bwatangaje ko bwahagurukiye ikibazo cy’imikoreshereze idahwitse y’ururimi rw’Icyongereza mu barimu bigatuma badindiza abanyeshuri, ku buryo mbere yo kuba abarimu bazajya basabwa gutsinda ikizamini cy’Icyongereza n’ikoranabuhanga.
-
U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda iterambere.
0 | ... | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480