Umugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
18 October 2021, by Dusingizimana Remy -
P.Kagame yahishuriye ab’I Nyamasheke uko Twagiramungu ari mu bambere bifuje ko aba Perezida
29 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’igihugu, ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Nyamasheke yagarutse kuri politiki mbi idaha abantu bose ubwisanzure, anakomoza kuri Twagiramungu uri mu bantu ba mbere bifuzaga ko Kagame aba Perezida w’Igihugu.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Kagame yari mu karere ka Nyamasheke aho yarikiranywe amashyi n’impindu, bamwe bati “Nta ntambara yadutera ubwoba turikumwe; nawe ati “Muramfite nanjye ndikumwe (...) -
Minisitiri Mutimura yatahuye abarimu badashoboye basaba bagenzi babo kubigishiriza
25 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr. Mutimura Eugene yasuye Akarere ka Nyamasheke azenguruka muri bimwe mu bigo by’amashuri avuga ko yahasanze ibibazo byinshi kandi birimo iby’ingutu harimo kuba muri aka karere abana baho bakunze gukererwa ishuri ndetse abandi bakarivamo agakomeza, n’ ikibazo cy’abarimu badashoboye aho usanga umwarimu wigisha isomo ariko yagera hagati agasanga hari bimwe mu bice bigize iryo somo (Chapitre) atumva neza akajya gushaka undi mwarimu uyimwigishiriza.
-
PSD yasoje ibikorwa byo kwiyamamaza isaba abanyarwanda gutuma amatora agenda neza
1 September 2018, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD),ryasoreje ibikorwa byo kwamamaza mu mujyi wa Kigali ahazwi nka Camp Kigali,basaba abarwanashyaka babo kugira uruhare mu gutuma amatora agenda neza kandi bagatora ku bwinshi PSD.
-
Rubavu:Urujijo kuri Birihose wituye hasi agahita apfa
26 February 2019, by Martin MunezeroMu Ntara y’Uburengerazuba, mu Karere ka Rubavu, umugabo wari mutaraga agenda mu nzira nta n’igicurane arwaye yituye hasi ahita apfa abaturage basigara mu rujijo, ari na ko bamwe bavuga ko ashobora kuba yarwaraga igicuri n’ubwo nta gihamya.
-
Kigali: Umusore yakoze ku gipangu cyarimo umuriro w’amashanyarazi hafi y’umuhanda ahita apfa
30 September 2019, by Dusingizimana RemyUmusore uri mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, usanzwe atoragura ibyuma akabigurisha,yakoze ku nsinga zikikije igipangu zarimo umurimo umuriro w’amashanyanyarazi uramufata ahita apfa.
-
EALA: Abahagarariye Tanzania n’u Burundi batumye amatora asubikwa
19 December 2017, by Iyamuremye JanvierInteko shinga mategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA) yatangije imirimo yayo muri manda ya 4. Cyokora abagize iyo nteko bamaze barahira ariko amatora ya Perezida w’Inteko yahise asubikwa yimurirwa kuri uyu wa kabiri.
Abakandida bagomba gutorwamo Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya EALA ni Depite Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda; Léontine Nzeyimana w’u Burundi na Adam Kimbisa wa Tanzania. Amakuru aturuka i Arusha aravuga ko uku gusubikwa byaturutse ku ngingo zirimo kuba hari (...) -
Abo kwa Rwigara barasaba kudahezwa mu rubanza rw’abanyamigabane b’uruganda rw’itabi
11 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbunganira mu mategeko uruganda rukora itabi rw’umuryango wa Assinapol Rwigara barasaba ko uru ruganda rutahezwa mu rubanza ikigo cy’imisoro kiregamo abanyamigabane barwo.
-
Startimes izerekana Europa League itoroheye Tottenham ya Jose Mourinho
1 December 2020, by Dusingizimana RemyAbakunzi b’ifatabuguzi rya Startimes bahishiwe imikino ibanziriza iya nyuma mu matsinda ya UEFA Europa League aho Jose Mourinho na Tottenham ye basabwa gutsinda bakagera mu mikino ya 1/32 cy’iri rushanwa.
-
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yahoberanye urukumbuzi rwinshi Perezida Kagame[AMAFOTO]
26 May 2018, by Martin MunezeroNyuma yuko Perezida Kagame asoje uruzinduko yagiriraga mu Bufaransa, yerekeje muri Ethiopia. Akigera ku kibuga cy’indege yakiriwe na Minisitiri mushya w’iki gihugu Dr Abiy Ahmed wamusuhuje amuhobera cyane bigaragaza urukumbuzi rwinshi yari afitiye Perezida w’u Rwanda. Uru ruzinduko rwa Perezida Kagame muri Ethiopia rubaye urwa mbere kuva Dr. Abiy Ahmed yatorerwa kuba Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu asimbuye Hailemariam Desalegn weguye. Dr Abiy Ahmed ahoberana urukumbuzi Perezida Kagame.
Aba (...)
0 | ... | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | ... | 2480