Ikiciro cya mbere cy’ abafashijwe na Mizero care Organisation ni abahamya b’ uko gukira ibikomere bishoboka.
Mizero Care Oraganisation ni Umuryango washinzwe na Irene Mizero wari ufite ipfunwe ryo kuba avuka ku babyeyi bagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi.
Yagize ati “Papa na mama bombi bafungiye gukora jenoside, nabayeho mu buzima bunteye ipfunwe mbaho mu bwigunge aribyo byatumye ntangiza uyu muryango kugira ngo mfashe abari mu bwigunge kubusohokamo”
Iki gihembo Irene̒ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ipfunwe yatewe no kuba Se na Nyina barakoze jenoside ryatumye atangiza umuryango ufasha abari mu bwigunge
27 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
27 February 2023, by TUYISENGE FabriceHatangajwe imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda wiyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi ishize, aho igitsinagore ari bo benshi ugeraranyije n’igitsinagabo.
-
Perezida Kagame yabwiye amagambo akomeye abaturage ba Mozambike yasuye mu isoko
29 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye abaturage ba Mozambike ko ubu u Rwanda na Mozambique byarushijeho gukorana, mu rwego rwo gushakira igihugu umutekano,ubwo yabasuraga mu isoko ku munsi w’ejo kuwa 28 Ukwakira 2022.
Perezida Paul Kagame yishimiye uko abaturage yasuye mu isoko i Maputo bamwakiriye kuko baririmbye izina rye biratinda.
Aba baturage bari bishimiye kubona Perezida Kagame ndetse nawe biramushimisha nkuko amashusho yagiye hanze abigaragaza.
Nyuma yo kubasura mu isoko,Perezida Kagame (…) -
Minisitiri Nyirasafari yeretse Nyirahabimana Solina aho agomba gutsindagira umwotso
22 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri Nyirasafari Esperance wayoboraga Minisiteri y’ Uburinganire n’ Itermbere ry’ Umuryango yahereje uwamusimbuye Nyirahabimana Solina ububasha bwo kuyobora iyi Minisiteri amubwira ko ahakenewe imbaraga ari mu kurwanya igwingira, n’ amakimbirane yo mu ngo.
-
IGERERANYA: Imishahara y’ abaperezida b’ Afurika n’ iy’ abaperezida bakomeye mu Isi
20 July 2017, by Nsanzimana ErnestNtibyoroshye kumenya imishahara y’ abaperezida bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitewe n’ uburyo itumanaho rireba abaperezida bo kuri uyu mugabane ryubatse. Gusa ibinyamakuru bitandukanye mu matohora byakozwe byabashije kugira imwe n’ imwe bimenya.
Umuryango tugiye kubagezaho imishahara ya bamwe mu bakuru b’ ibihugu by’ Afurika ugereranyije n’ iy’ abakuru b’ ibihugu by’ ibihangange mu Isi.
Ikinyamakuru Jeunes Afrique mu bucukumbuzi cyakoze cyamenye ko Perezida wa Afurika y’ (…) -
Umugwaneza avuga ko yakubiswe n’abapolisi bakamumena amatwi, akaba yarabuze aho abaza
5 December 2019, by UbwanditsiUmudamu witwa Umugwaneza Sam Gisele avuga ko agendana ubumuga bwo kutumva nyuma yo gukubitwa n’abapolisi babiri bakamumena amatwi nk’uko abivuga ndetse na raporo za muganga zabyerekanye ariko akaba yarabuze ubutabera kubera ko inzego zose yiyambaje zimuhahana
-
Urukiko rwemeje ko Idamange agomba gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
9 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Werurwe 2021,Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwanzuye ko Idamange Iryamugwiza Yvonne afungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera impamvu zikomeye zituma akekwa ku byaha ashinjwa.
-
Kigali:Umugore aratanga ubuhamya bw’uburyo yamezemo umurizo(AMAFOTO)
12 May 2017, by Martin MunezeroIshimwe Lorie Esperance ni umugore ushima Imana ko yamukijije umurizo yaramaranye ukwezi n’igice nk’igihano Imana yamuhaye . Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuhanzikazi ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi ,yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho n’abahanuzi batandukanye bamubwira ko igihe yahereye akora ibyaha Imana igiye kumuhana kandi ikamushyira ku karubanda.
Mu kwezi k’Ukuboza 2014 , nibwo mu (…) -
Kigali: Umugore yasize umwana ku muhanda ahita yinjira muri ruhura[AMAFOTO]
10 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2018 yasize umwana ku muhanda hafi ya rond Point I Remera ku Kisimenti ahita yinjira muri ruhura.
-
Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu
20 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye Murwanashyaka wamwiciye akamusenyera inzu bongera kunga ubumwe nk’ uko babanaga mbere ya Jenoside uyu mukecuru anaha inka uyu muryango wamuhemukiye.
Umuryango.rw
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
Perezida Kagame yabwiye amagambo akomeye abaturage ba Mozambike yasuye mu isoko