Kuri uyu wa Mbere,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa African Leadership University, Fred Swaniker ndetse n’abanyeshuri batandukanye ba kaminuza zo mu Rwanda.
Muri iki kiganiro perezida Kagame yavuze ibintu bitandukanye birimo impamvu yizerera mu rubyiruko,avuga uko yigeze kujya atanga umusanzu mu gutuma umujyi wa Kigali usa neza,igihe u Rwanda ruzakirira igikombe cy’isi n’ibindi.
Muri iki kiganiro,Perezida Kagame yavuze ko aho Umujyi wa Kigali ugeze uyu munsi haba mu (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yavuze uko yasohokaga mu modoka agakura mu muhanda imyanda i Kigali
20 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya yizeza Abanyarwanda kurara bamenye abagize guverinoma nshya
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda Ngirente Edouard avuga ko kuri uyu mugoroba abaminisiti bashya barara bamenyekanye.
Mu masasita nibwo Perezidansi y’ u Rwanda yashyize ahagaragara itangazo ry’ uko Perezida Kagame yagize Edouard Ngirente Minisitiri w’ intebe.
Saa kumi z’ umugoroba Perezida yakira indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya. Muri uyu muhango Perezida Kagame yashimiye Edouard Ngirente (...) -
U Rwanda nta modoka n’ imwe rufite yorohereza abantu bafite ubumuga
4 December 2017, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ni igihugu benshi batangarira bitewe no kwihuta mu ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere. Ni igihugu abenshi bafata nk’ intangarugero ku rwego rw’ Afurika no mu Isi muri rusange.
U Rwanda muri 2007 rwashyizeho itegeko rirengera abafite ubumuga ndetse rwanashyize umukono ku masezerano mpuzahanga arengera abafite ubumuga.
Kuri uyu wa 3 Ukuboza 2017, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’ Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ abantu bafite ubumuga, abo mu Rwanda bagaragaje ko bishimira byinshi (...) -
Nyanza: Umugabo yafashwe ari gucukura inzu y’umukecuru ngo yibe ihene arakubitwa kugeza apfuye
14 May 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo wo mu kigero cy’imyaka 35 bitaga Kagofero yakubitiwe mu nzu, agiye kwiba ihene y’umukecuru w’imyaka 78, kugeza apfuye n’abanyerondo bafatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa Gatare, umurenge wa Mayira mu karere ka Nyanza.
-
Umuryango wa Niyitanga warasiwe Cosmos nk’igisambo watanze ikirego mu gisilikari
8 September 2018, by UbwanditsiNiyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I Nyamirambo barashe umugabo w’imyaka 40 witwa Niyitanga Jean Claude bamwe bahimbaga Barthez abandi Kazungu ahita yitaba Imana.
-
Polisi ifunze barindwi barimo batatu bajyaga mu myitozo ya gisirikare hanze y’u Rwanda
6 September 2017, by Iyamuremye JanvierPolisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu barindwi bakurikiranyweho kuba mu mitwe yitwaza intwaro ikorera mu gihugu gihana imbibi n’u Rwanda.
Mu batawe muri yombi harimo babatu bafashwe ubwo berekezaga mu myitozo ya gisirikare hanze y’u Rwanda.
Amakuru yatanzwe n’abo bari bamaze gufatwa ni yo yatumye Polisi ikora igikorwa cyo gusaka mu ntara y’Iburengerazuba no mu Umujyi wa Kigali maze hafatwa abandi bane bakekwaho kuba ari bo bakoraga igikorwa cy’ubukangurambaga no kwinjiza urubyiruko (...) -
Umunyamakuru wa BBC Phocas Ndayizera akurikiranyweho iterabwoba
28 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamakuru Phocas Ndayizera babuze mu Cyumweru gishize kuri iki gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki 28 Ugushyingo yeretswe abanyamakuru, afunzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ngo ari gukorwaho iperereza ku byaha by’iterabwoba akekwaho.
-
Perezida Kagame yahawe ikaze n’ Umwami Abdullah wa Jordan
9 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yageze muri Jordan aho yitabiriye inama ifite intego yo kugarura amahoro.
-
Mu byaranze tariki 25 Kamena mu mateka, Perezida Kagame yayoboye inama y’ abaminisitiri yafatiwemo ibyemezo bitandukanye
25 June 2017, by Renzaho FerdinandTuri ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yayobowe inama y’ abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro yemeje ibyemezo n’ ibyanzuro bitandukanye.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka:
253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni mu (...) -
Muhanga:Umugabo n’umugore we barakekwa kwica abana babo b’impanga babanize
19 February 2019, by Martin MunezeroKuri iki Cyumweru umugabo w’imyaka 36 n’umugore we w’imyaka 32 bo mu murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu mudugudu wa Gasharu batawe muri yombi ‘bakekwaho kwica abana b’impanga zabo babanize.’ Aba bombi bari basanzwe bafitanye abana batatu. Ziriya mpanga zavutse taliki 15, Mutarama, 2019.
0 | ... | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | ... | 2480