Umuyobozi w’’ itorero ry’ igihugu Hon. Edouard Bamporiki yagaragaje ko kwambara ubusa uri inkumi cyangwa umusore ari uguhembukira urubyaro ruzagukomokaho.
Ni mu gihe ku mbuga nkoranyambaga zihurirwaho n’Abanyarwanda hasigaye hirirwa hazenguruka amafoto y’ abasore n’ inkumi bifotoza bambaye ubusa bagakinga agakomba ku myanya y’ ibanga.
Bamporiki asanga ibi ari ishyano ati “Ni ishyano kuko umuntu wambaye ubusa uyu munsi yumva bimunejeje, ariko bizamugora ejo najya kugira umuryango, azagira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hon. Bamporiki yagaragaje ukuntu uwambaye ubusa aba ahemukiye abana azabyara
23 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Danemark na Suede birashinja Ubutasi bw’uburusiya kuvongera ibihugu byabo
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIbihugu bya Darmark na Suede byahamagaje aba mbasaderi b’u Burusiya mu bihugu byabo nyuma y’aho indege y’ubutasi y’u Burusiya irenze ikirere cy’ibi bihugu byabo byombi.
-
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
18 September 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri batangiye kwaka ababyeyi amafaranga bari basanzwe bishyura, bakababwira ko bagomba kuyishyura mu ntoki.
Ibi yabitangarije mu biganiro n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri aho baganira ku miyoborere iboneye y’ibigo by’amashuri hacyemurwa ibibazo bibangamiye Umuryango Nyarwanda, yarimo we n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kugali Pudence Rubingisa, (…) -
Umunyarwanda wifuza gusura ingagi bizamusaba kwishyura amafaranga agera kuri 1,200,000
7 May 2017, by Nsanzimana ErnestAmafaranga Umunyarwanda ushaka gusura ingagi yishyuraga yavuye ku bihumbi 30 agera kuri miliyoni n’ ibihumbi 200 bivuze ko yikubye inshuro 40.
Kuri uyu wa 6 Gicurasi 2017 Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyatangaje ko ikiguzi cy’ uruhushya rwo gusura ingagi, cyikubye kabiri aho cyavuye ku madolari 750 kigera ku 1500$ ku bantu bose kandi kigahita gitangira gukurikizwa.
Umuyobozi ushinzwe ibyanya byo mu Rwanda yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko ibyo biciro bishya bireba buri muntu wese (…) -
Itangazo: HATEGEKIMA Damascene yasabye guhindura amazina akitwa RUKUNDO GAKURU Desire
18 February 2019, by UbwanditsiUwitwa HATEGEKIMANA Damascene yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa RUKUNDO GAKURU Desire.
Ingingo z’ingenzi ashingiraho asaba guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: -
‘U Burundi ntibwatewe n’igisirikare c’u Rwanda rwatewe n’igihugu c’u Rwanda’-Perezida Nkurunziza
26 December 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Petero Nkurunziza yongeye gushimangira ko igihugu cy’u Rwanda aricyo cyateye u Burundi mu gitero cyagabwe ku birindiro bya gisirikare muri komine Mabayi mu ntara ya Cibitoke.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru n’abenegihugu i Gitega kuri uyu wa Kane,Nkurunziza yabajijwe ibibazo bitandukanye birimo n’icyerekeye umubano n’u Rwanda.
Muri icyo kiganiro, Perezida Petero Nkurunziza yavuze ko atari ubwa mbere u Rwanda rutera u Burundi, yemeza ko ibimenyetso byose bihari.
Leta y’u (…) -
Akarere ka Ruhango kabonye meya mushya
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestNjyanama y’akarere ka Ruhango iherutse kweguza nyobozi yose y’aka karere kubera ibibazo byari bimazemo iminsi bijyanye n’imikoranire idahwitse n’imicungire mibi y’imari kuri iki gicamunsi yatoreye Habarurema Valens wari umukozi w’Ikigo k’igihugu gishinzwe iperereza n’umutekano (NISS) ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Ruhango ku majwi 180 kuri 17 ya Rukundo Felix bahatanaga
-
Urutonde rw’imodoka 10 zihenze cyane muri uyu mwaka w’2018-AMAFOTO
8 January 2018, by Iyamuremye JanvierUyu mwaka wa 2018 utangiranye udushya twinshi nk’inkweto zikozwe mu cyuma zikorerwa muri Zambia, kuri ubu hakaba hanasohotse urutonde rw’imodoka nziza zihenze ku isi kurusha izindi z’ubwoko butandukanye.
AMAFOTO N’IBICIRO
10. Bugatti Chiron: Igura miliyoni 2.5 z’amadolari y’Amerika angana na miliyari 2,1 Rwf
9. Pagani Huayra BC igura amadolari y’Amerika miliyoni 2.8 arenga amafaranga y’u Rwanda miliyari 2.4
8.Ferrari Pininfarina Sergio ushaka kuyigura atanga miliyoni 3 z’amadorali (…) -
Reba ibyamamare 10 byavukiye ndetse bikurira mu buzima bubi (amafoto)
28 August 2017Umunyarwanda yaciye umugani ngo “utazi akazakura yica umutavu”.Byinshi mu byamamare twakunze ndetse dukunda na magingo aya hari bimwe byavukiye mu buzima bubi ndetse bimwe bitagira n’aho kuba bigakurira mu isayo y’ubukene bihabwa urw’amenyo na buri wese ubiteye imboni ariko magingo aya ni abami twemera.
Umuryango wabateguriye ibyamamare 10 byakuriye mu buzima bubi cyane ariko kuri ubu bikaba bikunzwe n’abatari bake ndetse byibitseho akayabo k’amamiliyoni y’amadolari.
10.Mike Tyson Uyu (…) -
Perezida Kagame yagaragaraje ikizatuma abakobwa batinyuka ikoranabuhanga
11 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame yasobanuye ko imiyoborere myiza iha agaciro kangana abaturage ari yo izatuma abari n’abategarugori bagerwaho n’ikoranabuhanga bakanatinyuka kurikoresha.
Yabivugiye mu kiganiro cy’abakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya Transform Africa 2017 kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017, cyari kitabiriwe na Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, uwa Niger, Mahamadou Issoufou, uwa Mali Ibrahim Boubacar Keita, Minisitiri w’Intebe wa Sao Tome, uwa Gabon n’uwa Guinea (…)
Umuryango.rw
Danemark na Suede birashinja Ubutasi bw’uburusiya kuvongera ibihugu byabo
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
Itangazo: HATEGEKIMA Damascene yasabye guhindura amazina akitwa RUKUNDO GAKURU Desire