Abagabo 2 bakoraga akazi k’ububaji basanzwe bapfuye, kuri uyu wa Mbere tariki 30 Werurwe 2020, mu kagari ka Basumba, umurenge wa Bigogwe ho mu karere ka Nyabihu aho bikekwa ko bakubiswe n’inkuba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyabihu: Inkuba yakubise ababaji babiri bahasiga ubuzima
31 March 2020, by Dusingizimana Remy -
RDC yahawe amezi abiri yo kwisanisha n’ibihugu bya EAC
18 April 2022, by Joseph IradukundaRepuburika iharanira demokarasi ya Congo ifite igihe kinga n’amezi abiri gusa, ngo ibe yateguye ingengo y’imari ingana n’iyi bihugu ybigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC ihrutse gusangamo.
-
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
18 August 2020, by UbwanditsiUmuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye mudugudu wa Sabasengo mu kagari ka Kageyo mu murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n’abakozi bashinzwe ubutaka ku karere ka Kayonza no ku Ntara y’Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, bityo uyu musaza ngo abona ntawundi wamurengera usibye Umukuru w’Igihugu Perezida Paul Kagame .
Umunyamakuru wa bwiza.com (iyi nkuru itambutse ku Umuryango mu rwego rw’ubumwe (…) -
William Ruto yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutorerwa kuba Perezida wa Kenya
15 August 2022, by Dusingizimana RemyWilliam Ruto wari umaze imyaka 10 ari Visi Perezida wa Kenya yatorewe kuyobora iki gihugu, atsinze abandi bakandida barimo Raila Odinga bari bahanganye cyane.
Amatora ya Perezida n’inteko ishinga amategeko ndetse n’izindi nzego yabaye ku wa 9 Kanama 2022,ariko umuyobozi ukomeye kurusha abandi mu gihugu cya Kenya yatangajwe uyu munsi.
Abaturage ba Kenya bari bategereje kumenya Umukuru w’Igihugu ugomba gusimbura Uhuru Kenyatta wari umaze imyaka 10 kuri uwo mwanya ariko nyuma y’iminsi (…) -
Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasuye Rusesabagina aho afungiye imukorera ubuvugizi
22 September 2020, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko yasuye Bwana Paul Rusesabagina tariki ya 16 Nzeri aho afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera bagirana ibiganiro.
-
2019 abarenga ibihumbi 3 bazatangira kwivuriza mu bitaro by’ akarere ka Nyarugenge
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 9 Gashyantare nibwo abayobozi barimo na Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba bashyize ibuye ry’ ifatizo aharimo kubakwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bavuga ko igice cya mbere kizaba cyuzuye umwaka utaha wa 2019.
Ubusanzwe aka karere nta bitaro by’ akarere kagiraga. Ibi byatumaga abaturage bo muri aka karere bahawe kwivuriza mu bitaro by’ akarere bahita bajya mu bitaro bikuru bya Kaminuza CHUK cyangwa bakajya ku bitaro byo ku Muhima. Ibitaro bya Muhima (…) -
KAMINUZA: Ibyatunguye Miss Fanique utifuza ko ba nyampinga bajya batahira kwifotoza
7 November 2017, by Iyamuremye JanvierAba bakobwa ntibiyumvisha uko ubuzima bwabo bumeze kuko usanga baba ibyamamare igihugu cyose ndetse n’amahanga bakabamenya bakandikwa mu binyamakuru ndetse bakanavugwa kuri Radio ndetse na amateleviziyo kakahava.
Aba-Miss cyangwa abakobwa bahiga abandi mu buranga ndetse n’ubwenge.Ba nyampinga ni abantu bakomeye. Usanga bageraranywa n’abahanzi cyangwa abakinnyi mu kwamamara ariko bo bagakagira akarusho ko kuba ari abakobwa beza.
Simbi Fanique uwavuga iri zina dusubiye muri Gashyantare na (…) -
Press Release – StarTimes brings the best of world combat sports into Africa
24 September 2020, by UbwanditsiDigital TV operator StarTimes recently acquired the exclusive broadcast rights for Bob Arum’s Top Rank boxing events.
Top Rank stands as one of the world’s premiere boxing promotions. For nearly half a century, Top Rank has produced some of boxing most exciting bout and Top Rank’s current stable of champions represents the best the sport has to offer: Vasiliy Lomachenko, Terence Crawford, Oscar Valdez, Gilberto Ramirez, Jose Ramirez and Tyson Fury.
Top Rank is joining a long list of (…) -
Umuturage yatawe muri yombi nyuma yo kuvuga ngo ‘tariki ya 7 Mata ni umunsi mukuru w’ abatutsi’
8 April 2018, by Martin MunezeroUmugabo wo mu Mudugudu wa Kiyanja, Akagari ka Rugese, Umurenge wa Rurenge, Akarere ka Ngoma, akekwaho kuvuga amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, akajya no kugura umuhoro yavugaga ko ashaka gutemesha abaturage.
Ngo tariki 6 Mata 2018 nibwo Nsengiyumva Francois w’ imyaka 35 yavuze ngo ‘Ejo ni umunsi mukuru w’ abatutsi’. Aya magambo ngo yayavuze saa moya n’ igice z’ umugoroba ndetse ngo ahita ajya no kugura umuhoro wo gutemesha abaturage bagenzi be.
Uyu muturage ufungiye kuri (…) -
Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
27 March 2019, by UbwanditsiRucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
Umuryango.rw
Nyabihu: Inkuba yakubise ababaji babiri bahasiga ubuzima
RDC yahawe amezi abiri yo kwisanisha n’ibihugu bya EAC
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
William Ruto yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutorerwa kuba Perezida wa Kenya
Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasuye Rusesabagina aho afungiye imukorera ubuvugizi
Press Release – StarTimes brings the best of world combat sports into Africa