Barafinda Sekikubo Fred ni umugabo w’imyaka 47 wamenyekanye ubwo yajyanaga ibyangombwa bye muri Komisiyo y’amatora avuga ko ashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora azaba muri Kanama 2017.
Barafinda wemeza ko yigeze kugezwa mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe by’i Ndera akomeje kwamamara hirya no hino aho benshi usanga bamuhimbiye amagambo asekeje nkaya Joriji Baneti.
Ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Whatsapp, Instagram usanga abantu iyo babonye akantu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Amafoto13 asekeje yashyizwe hanze mu bihe bitandukanye ya Barafinda
25 July 2017, by Martin Munezero -
2017, Perezida Kagame niwe wabaye Umunyafurika w’umwaka
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestIkinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru mu bihembo bihembo, byari bibaye ku nshuro ya gatandatu.
Mu bandi bashakaga iki gihembo barimo Perezida wa Ghana, Nana Addo Dankwa Akuffo Addo, Tony Elumelu Umushoramari wo muri Nigeria, John Pombe Magufuli Perezida wa Tanzaniya, Umuyobozi Mukuru wa Shanduka Group, Cyril Ramaphosa na Oladipo (…) -
Leta y’u Rwanda yahagaritse inyama n’amata byavaga muri Afurika y’Epfo
20 December 2017, by Iyamuremye JanvierLeta y’u Rwanda yahagaritse ubucuruzi bwose bufitanye isano n’inyama, amata n’ibiyakomokaho, imboga n’imbuto byavaga muri Afurika Yepfo, ivuga ko byatewe n’indwara ya Kaba (Listeriosis) iri muri iki gihugu.
Ashingiye ku itangazo rya Minisitiri w’Ubuzima wo mu Gihugu cya Afurika y’Epfo ryo kuwa 12 Ukuboza 2017 ryatangaje ko hari indwara ya Kaba (Listeriosis) yagaragaye muri icyo Gihugu ndetse no kumpuruza yatangajwe n’Igihugu cya Botswana kuwa 12 Ukuboza 2017, imenyesha ko iyo ndwara ya (…) -
Green Party na PS imberakuri babonye amajwi abinjiza mu nteko
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora imaze gutangaza ibyavuye mu matora by’ agateganyo ku majwi yabaruwe yose 100% aho ishyaka Democratic Green Party n’ ishyaka PS imberakuri yabonye amajwi 5% ayahesha umwanya mu nteko ishinga amategeko.
-
Polisi y’u Rwanda yagaragaje uko zimwe mu mpunzi zaturutse muri Libya zatangiye kwitwara nabi kubera #Gumamurugo
18 April 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru avuga ko impunzi zaturutse muri Libya zahohotewe n’abashinzwe umutekano aho yavuze ko hari gukorwa iperereza ku myitwarire mibi y’izi mpunzi zidashaka kubahiriza gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
-
Col Tom Byabagamba aritaba "Ubujurire" kuri uyu wa gatatu aburana “Gatoroshi”
27 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba araburana mu mizi ubujurire bwe kuri uyu wa 28 Mata 2021 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana mu bujuire icyaha cyo kwiba gatoroshi na sharijeri yayo.
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rukaba rwari rwamuhamije iki cyaha rumukatira imyaka 3 yaje yiyongera ku yindi 15 yari yarakatiwe mbere.
Tom Byabagamba yahoze ari Col mu gisirikare cya RDF yahamijwe icyaha cy’ubujura n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ahita akijuririra kuko yaburanye agihakana.
Col Tom (…) -
"Umutekano w’u Rwanda urarinzwe"-Minisitiri w’Umutekano Gasana I Rubavu
16 June 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Umutekano mu Rwanda,Gasana Alfred,yatangaje ko umutekano w’u Rwanda urinzwe nyuma y’imyigaragambyo ikozwe n’Abakongomani ku mupaka urutandukanya na RDC.
Mu kiganiro n’Itangazamakuru mu karere ka Rubavu,Minisitiri Gasana Alfred yavuze ko umutekano w’u Rwanda urinzwe ndetse abanyarwanda bakwiriye kwima amatwi abari hanze y’u Rwanda.
inisitiri w’Umutekano Gasana Alfred yasabye Abanyarwanda kandi kwima amatwi abashaka gushora u Rwanda mu bibazo byabo no kudakora nk’uko bakora. (…) -
Perezida Kagame yavuze uko yasohokaga mu modoka agakura mu muhanda imyanda i Kigali
20 September 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa African Leadership University, Fred Swaniker ndetse n’abanyeshuri batandukanye ba kaminuza zo mu Rwanda.
Muri iki kiganiro perezida Kagame yavuze ibintu bitandukanye birimo impamvu yizerera mu rubyiruko,avuga uko yigeze kujya atanga umusanzu mu gutuma umujyi wa Kigali usa neza,igihe u Rwanda ruzakirira igikombe cy’isi n’ibindi.
Muri iki kiganiro,Perezida Kagame yavuze ko aho Umujyi wa Kigali ugeze uyu munsi haba (…) -
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
-
Bamporiki yasabye intore nshya zo muri UNILAK kutaba “Intore zipfubye”
20 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ intorero ry’ igihugu Edouard Bamporiki yahaye impanuro intore z’ intagamburuzamumihigo za UNILAK azisaba kutaba intore zipfubye kuko ngo intore ipfubye irutwa n’ umuntu utaratojwe.
Hari kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ukwakira 2017 , mu muhango wo kwinjiza intore mu zindi, bivuze kwakira abanyeshuri bashya binjiye muri Kaminuza ya UNILAK. Aba banyeshuri bagera kuri 700 bari bamaze icyumweru batozwa.
Bamporiki yavuze ko kuva itorero ryatangira abamaze gutozwa bagera hafi kuri (…)
Umuryango.rw
Leta y’u Rwanda yahagaritse inyama n’amata byavaga muri Afurika y’Epfo
"Umutekano w’u Rwanda urarinzwe"-Minisitiri w’Umutekano Gasana I Rubavu
Perezida Kagame yavuze uko yasohokaga mu modoka agakura mu muhanda imyanda i Kigali