Bitandukanye n’ ibimenyerewe mu muco nyarwanda, mu karere ka Musanze harimo kwaduka umuco utamenyerewe aho uwakoresheje ubukwe yicaza abantu akurikije ingano y’ icyo umuntu yatwerereye.
Uretse n’ icyo kandi bamwe mu baturage batanga intwererano mu bukwe bafite imyumvire y’ uko uwatwerereye agomba gutaha amaze kimwe cya kabiri cy’ intwererano yatanze.
Umwe mu baturage baganiriye na Radio1 dukesha iyi nkuru yagize ati “Niba utwereye umuntu ikesi ya Primus uba ugomba gutaha unyweye amacupa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Musanze iramagana ivangura rishingiye ku ngano y’ intwererano mu bukwe
26 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Karongi: Iyi misozi yahoze ituwe ubu yambaye ubusa itegereje icyayi [AMAFOTO]
21 September 2018, by Nsanzimana ErnestUbuzima bagiye kubamo nyuma y’ uko bimuwe aho bari batuye ngo haterwe icyayi ntibabuvugaho rumwe, cyokora ubuyobozi bw’ akarere bubamara impungenge.
-
Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
27 March 2019, by UbwanditsiRucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
-
Exclussive: Twaganiriye na Kayirebwa Marie Paul Keesha wamamaye mu ndirimbo Ikinyafu uri mu bahatanira MissRwanda2021
24 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTKayirebwa Marie Paul uzwi kukazina ka Keesha ni Umwe mubanyamideli bagezweho kandi bari kumenyekana cyane mu myidagaduro ya hano mu Rwanda. ni umwe kandi mubakobwa 37 bari guhatanira ikamba rya Nyampinga w’ URwanda 2021.
-
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Museveni
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda na mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni baganiriye mu bibazo byo mu karere kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2018
Baganiriye ubwo bari I Addis Abeba muri Ethiopia ahari kubera inama ku bucuruzi n’ishorama
Iyi nama ya ‘Transform:Africa Business and Investment Forum” ikaba ari inama yigaga ku bucuruzi n’ishoramari muri Afurika, Inama Perezida Kagame yatanzemo ikiganiro akongera kugaruka ku mikoranire hagati y’abikorera ku giti cyabo na Leta mu kuzamura (…) -
Umwe mu bateye inkunga Miss Rwanda 2020 yavuze kuri Miss Naomie no ku Gisonga cye cya mbere Umwiza Phiona
5 March 2020, by UbwanditsiUmwe mu baterankunga b’irushanwa rya nyampinga wu Rwanda 2020, ni isosiyete y’ubucuruzi izobereye mu gutanga Serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ifite urubuga kuri interineti www.mdgrou.com rukora nk’isoko rusange rihuza abagura , abagurisha n’abakodesha amazu n’ibibanza, aho buri muntu wese yaba uwabigize umwuga n’utarabigize umwuga, yagurishiriza, akanakodesha amazu n’ibibanza.
-
Amavubi yananiwe gukorera Tanzania ibyo yari amaze kumenyereza abafana
14 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yananiwe gukomeza kwandika amateka yo gutsinda imikino myinshi yikurikiranya kuko yahuye na Tanzania mu mukino wa gicuti rukabura gica.
-
Ignace Murwanashyaka wayoboraga FDLR yaguye mu Budage
17 April 2019, by UbwanditsiInkuru dukesha ikinyamakuru Umuseke yasohotse ku mugoroba wo kuri uyu wa kabili aravuga ko Umunyarwanda, Ignace Murwanashyaka w’imyaka 56 wayoboraga umutwe wa FDLR utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yaguye muri gereza yo mu Budage azize uburwayi.
-
UNESCO yashyize Ikinyarwanda mu ndimi zizacika burundu mu Isi niba nta gikozwe
3 February 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo y’ishami rya Loni rishinzwe uburezi, ubumenyi n’umuco (Nations Educational, Scientific and Cultural Organisation-UNESCO) ritangaza ko indimi zirimo n’ Ikinyarwanda usanga zitarimo kwandikamo muri iyi minsi ku buryo ngo ziri mu zizazimira mu mpera z’iki kinyejana niba ntagikozwe. Ni mu gihe Ikinyarwanda kivugwa n’abantu basaga miliyoni 40 ku Isi.
Indimi zisaga ibihumbi 6 zo ku Isi ziri mu marembera [yo kuzimira] mu mpera z’iki kinyejana cya 21. Abanyarwanda barasabwa gukora (…)
Umuryango.rw