Abanyamideli babiri Cyusa Brandon na Cynthia Uwikunda batsindiye amafaranga ibihumbi 400 y’amanyarwanda nyuma yo guhiga abandi 12 bari bahanganye mu irushanwa ryiswe "The Power Pageant" rigamije guteza imbere abakora uyu mwuga.
The Power Fashion Boutique ni imwe mu nzu z’imideli ziri kuzamukana imbaduko mu ruganda rw’imideli mu Rwanda, ugereranyije n’igihe batangiriye. Nyuma y’amezi make batangiye gukora, bambitse abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Supranational Rwanda 2019 kuva ku makanzu (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Inzu y’imideli ’The Power Fashion Boutique’ ari nayo yambitse abitabiriye Miss Supranational yatangije irushanwa ryo gufasha abanyamideli
16 August 2020, by Ubwanditsi -
Minisitiri w’Uburezi yahishuye impamvu ebyiri Leta ititeguye guhita ifungura amashuri
15 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine uwamariya yavuze ko impamvu Guverinoma y’u Rwanda ititeguye guhita ifungura amashuri muri iki gihe ari uko imibare y’abandura Coronavirus ikomeje kwiyongera mu Rwanda,asaba abantu bakuru kubahiriza amabwiriza kikarangira burundu.
-
Kicukiro : Umusaza n’ abana be bane babana mu kazu kahoze ari umusarane [AMAFOTO]
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestNdaboneye Muzungu, Umusaza uri mu kigero cy’ imyaka 65 aratabaza ubuyobozi kubera ubuzima butaboneye abayemo bwo kuba mu kazu kahoze ari ubwiherero, kurya rimwe na rimwe nabwo agombye gusaba cyangwa agobotswe n’ abaturanyi
Uyu musaza utuye mu mudugudu wa Masaka, Akagari ka Cyimo mu murenge wa Masaka avuga ko umugore we yamutaye kubera ubuzima bubi abayemo.
Akazu atuyemo we n’ abana be bane bagahawe n’ umugiraneza wababonye akabagirira impuhwe.
Ndaboneye yivugira ko iyi nzu abamo yahoze ari (...) -
U Rwanda rwihanganishije imiryango y’ abakubiswe n’ inkuba I Nyaruguru
13 March 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abantu 17 mu karere ka Nyaruguru barimo 45 yakubise bari mu rusengero rw’ abadivanditse mu murenge Nyabimata 15 bakahasiga ubuzima.
Mu kiganiro n’ abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Werurwe 2018 Minisitiri w’ Ububanyi n’Amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Louise Mushikiwabo yavuze ko guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abazize inkuba.
Yagize ati “Nagira ngo mabanzirize ku kwihanganisha Abanyarwanda, imiryango (...) -
Press Release - Manchester United announces partnership with StarTimes to offer MUTV in Africa
26 February 2021, by UbwanditsiMillions of Manchester United fans in Africa will gain access to MUTV under an agreement with StarTimes, the continent’s leading digital TV operator. StarTimes will distribute MUTV to subscribers in over 30 countries across sub-Saharan African, representing the biggest agreement of its kind by Manchester United in the region.
Viewers in countries including Nigeria, South Africa, Kenya and Ghana will receive exclusive Manchester United content 24 hours-a-day via StarTimes platforms. MUTV (...) -
Jado Uwihanganye, Rwakazina wayoboraga Umujyi, Maj Gen Karamba mu basabiwe kuba ba Ambasaderi
16 July 2019, by UbwanditsiPerezida wa Repubulika, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo ya 111, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019, Perezida Paul Kagame yashyizeho abazahagararira u Rwanda mu bihugu 15 by’amahanga.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro y’abagize Guverinoma nshya-VIDEWO
31 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye ryibanze ku guha ikaze abaminisitiri bahawe inshingano nshya, akomoza ku bayobozi bagera mu kazi bakirengagiza ibyo barahiriye, anavuga ku bubasha budakoreshwa n’abayobozi kandi babufite.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya (...) -
Karekezi Olivier avuga ko atazaza gutoza Kiyovu Sports ikirimo umwuka mubi
4 August 2020, by Dusingizimana RemyUmutoza mushya wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier,yatangaje ko nubwo afite itike yo kuza mu Rwanda kuwa 08 Kanama 2020, mu kazi ko gutoza Kiyovu Sports,atazigera aza gutoza iyi kipe kubera ubwumvikane buke buri mu bayobozi b’iyi kipe.
-
Rayon Sports yamaze gusinyisha Mukunzi Yannick wakiniraga APR FC
31 August 2017Umukinnyi wakinaga hagati mu ikipe ya APR fc Mukunzi Yannick amaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 ndetse ahabwa amafaranga angana na miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda, nkuko amakuru agera ku Umuryango abitangaza.
Uyu musore ni umwe mu beza ikipe ya APR FC yagenderagaho ndetse akaba yarazamukiye mu ishuli ry’umupira w’amaguru rya APR FC aho yanitabazwaga mu ikipe y’igihugu ndetse ari umukinnyi uhoraho.
Uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yafashe umwanzuro wo kwerekeza mu (...) -
Abakuru b’ ibihugu batangiye kugera mu Rwanda mu nama Museveni adategerejwemo
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere abakuru b’ ibihugu bitabiriye inama idasanzwe y’ Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe batangiye kugera mu Rwanda Perezida wa Uganda Yoweri Museveni ntabwo ari muri 23 bemeye ko bazayitabira.
Iyi nama idasanzwe y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izasinyirwamo amasezerano ashyiraho isoko rimwe rya Africa “African Continental Free Trade Area”. Ku ikubitiro, Perezida Mahamadou Issoufou wa Niger usa nk’aho ari nawe uyoboye ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mushinga niwe wabanje kugera mu (...)
0 | ... | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | ... | 2480