Abanyarwanda n’ Abanyanigeria bahakana icyaha cyo kurema umutwe w’abagizi ba nabi bashinjwa. Uko 21 barangajwe imbere n’umunya Nigeria OLUBUNIMI Adebesi, nibo baregwa ko bashatse kwiba ’Access Bank’ mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rwanda: Abakurikiranyweho kwiba Access Bank basabiwe gufungwa imyaka 7
16 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
KNC yagiriye inama umutoza wa Rayon Sports yo kwegura mbere yo guhura na Gasogi United
16 April 2021, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Gasogi United akaba na nyirayo,Kakoza Nkuriza Charles [KNC] yagiriye inama Guy Bukasa utoza Rayon Sports yo kwegura mbere yo guhura na Gasogi United kuko ngo ishobora kuzamukoreraho amateka.
-
KIGALI:Abashoferi bahawe amakarita akoze mu buryo bw’ikoranabuhanga azanjya agaragaza imyitwarire yabo ku bagenzi
1 June 2017, by Martin MunezeroMinisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Dr. Nzahabwanimana Alexis, batangije uburyo bwo kugenzura abashoferi batwara abagenzi hakoreshejwe amakarita.
Ubu buryo bwashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Imirimo Imwe n’Imwe ifitiye Igihugu akamaro (RURA), bwatangijwe kuri uyu wa 31 Gicurasi 2017, buzajya butuma hamenyekana imyitwarire itari myiza y’umushoferi. (…) -
Minisitiri Shyaka yahishuye abantu bihariye bemerewe gusezerana muri iyi minsi
16 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu,Prof.Shyaka Anastase yatangaje ko abari bafite ubukwe muri izi mpera z’uyu mwaka basabwa kubusubika gusa yemeza abantu bazagaragaza impamvu zumvikana zo kudasubika ishyingirwa ryabo ku murenge bashobora gushyingirwa nka serivisi ariko batazemererwa gukora ibirori.
-
Ibyo wamenya ku bagore 5 bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umugabane wa Afurika[AMAFOTO]
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROBamwe mu bayobozi beza Afurika yagize ni abagore, ku mugabane wiganjemo abagabo, abagore baritinyutse cyane baharanira uburenganzira bwabo.
-
Kigali: Umufuka w’ amakara wageze kuri 12 000 rwf, abagore bati ‘biraduteza amakimbirane mu ngo’
12 April 2018, by Nsanzimana ErnestAbacuruzi b’ amakara n’ abaguzi bayo bahangayikishijwe n’ uko amakara akomeje kubura no guhenda mu buryo bukabije , abagore bahabwa amafaranga n’ abo bashakanye bafite ubwoba ko iri zamuka ry’ amakara rirateza amakimbirane mu ngo zabo bitewe n’ uko abagabo bashobora kutabyiyumvisha bagakeka ko abagore barimo gusesagura umutungo w’ urugo.
-
Sobanukirwa n’imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru kuri Ofisiye cyangwa Su-Ofisiye Mukuru w’umwuga
20 July 2017, by Iyamuremye JanvierKu itariki ya 17 Nyakanga 2017; 817 bo mu Ngabo z’ u Rwanda bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru abandi barangiza amasezerano y’akazi.Urubuga rwa RDF rugaragaza ko ofisiye jenerali ajya mu kiruhuko cy’izabukuru agize imyaka 55 y’amavuko mu gihe ofisiye Mukuru ajya mu kiruhuko cy’izabukuru agize imyaka 50 y’amavuko.
Ingingo ya 82: Ivuga ko ikiruhuko cy’izabukuru ku musirikare w’umwuga, imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru kuri Ofisiye cyangwa Su-Ofisiye Mukuru w’umwuga ni iyi ikurikira: (…) -
Dore ibintu 7 utamenye byagizwe ubwiru ku buzima bw’umunyagitugu Mobutu Sese Seko harimo n’ubusobanuro bw’izina rirerire yiyise[AMAFOTO]
15 August 2018, by Martin MunezeroMobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga niko yihimbaga ariko ubundi ababyeyi be bamwise Joseph-Desire Mobutu. Yabonye izuba kuwa 30 Ukwakira 1930 atabaruka ku wa 7 Ugushyingo 1997.
-
Perezida w’ Ubushinwa mu ruzinduko rw’ amateka mu Rwanda ruzasiga hasinywe amasezerano 15
22 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Xi Jinping w’Ubushinwa ategerejwe mu Rwanda kuri icyumweru mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Ruzaba arirwo ruzinduko rwa mbere mu mateka, umukuru w’igihugu cy’Ubushinwa azaba agiriye mu gihugu cy’u Rwanda.
Mu kiganiro n’Ijwi ry’Amerika umunyamabanga wa leta muri Ministeri y’ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yavuze ko muri urwo ruzinduko ibihugu byombi bizashyira umukono ku masezerano agera kuri 15 yo guteza imbere ubutwererane n’ishoramari hagati y’u Rwanda (…) -
Kicukiro: Polisi yafashe abagabo 5 bakekwaho kwiba mudasobwa 15 z’ishuri
6 May 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro yafashe ibisambo 5 bikurikiranyweho kwiba mudasobwa 15 mu ishuri ryisumbuye rya Kagarama (Kagarama secondary School) gusa habonetse mudasobwa 14. Iri shuri riherereye mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kagarama mu kagari ka Rukatsa mu mudugudu wa Mpingayanyanza.
Umuryango.rw
Minisitiri Shyaka yahishuye abantu bihariye bemerewe gusezerana muri iyi minsi
Ibyo wamenya ku bagore 5 bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umugabane wa Afurika[AMAFOTO]