Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz C230 iri kugurishwa kandi ku giciro kiza. Iyi modoka yakozwe muri 2002, ni automatique ikanywa essence kandi ifite ibyangombwa byose by’imodoka zikozwe vuba, airbags ku mugenzi, kwa chauffeur, mu nzugi z’abagenzi, climatiseur, uburyo n’amatara bwo kwirukana ibihu, radio ivuga neza cyane, moteri n’ikizu cyayo byose bikiri bishya kandi ikanywa neza kuko moteri yayo ifite cylinders enye. Umunyenga (confort) no kugenda neza mu muhanda byo ni (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz iri kugurishwa ku giciro cyiza
23 January 2020, by Ubwanditsi -
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina babanaga mu nzu
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore w’ imyaka 29 arakekwaho kwica nyina babanaga mu murenge wa Mugina akagari ka Nteko, umudugudu wa Ntare mu karere ka Kamonyi.
Tuyishimire Alex ngo ejo yahuye n’ umuntu amubwira ko asize arwanye na nyima uwo muntu agiye kureba asanga Mukagatare Daphrose (Nyina wa Alex) yapfuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge wa Mugina, Ndayisaba Jean Pierre Egide yatangarije Ikinyamakuru Umuryango.rw ko uyu musore yahise aburirwa irengero ubu ngo arimo gushakishwa n’ inzego z’ umutekano. (...) -
Dr Habineza yagize icyo avuga ku nteruro Perezida Kagame yakoresheje yiyamamaza “ ibizava mu matora birazwi”
5 August 2017, by Nsanzimana ErnestDr Habineza Frank wari uhagarariye ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yavuze ko imvugo Kagame yakoresheje mu bikorwa byo kwiyamamaza akavuga ko ibizava mu matora bizwi yari imvugo isanzwe yo kwiyamamaza.
Hari mu kiganiro DGPR yagiranye n’ abanyamakuru nyuma y’ amasahaka make Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda itangaje ko ibyavuye mu majwi 80% byerekana ko Paul Kagame yatsinze amatora n’ amajwi 98, 6%.
Muri iki kiganiro cyabaye kuri uyu wa Gatandatu (...) -
VIDEO- ’Imbabazi nari nizeye uwo nzisaba niyo mpamvu aho kuburana nahisemo gutakamba’ Kizito Mihigo
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi Kizito Mihigo yashimiye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wamuhaye imbabazi avuga ko yari abyizeye ko azazimuha kuko ari umuntu ufite umutima.
-
Rusizi: Umukandida Mpayimana yabajijwe niba afite igisubizo ku kibazo cya caguwa
18 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza umwanya wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga yiyamamarije I Kamembe mu karere ka Rusizi yizeza abaturage ko nibamutora azakemura ikibazo cy’ ikurwaho rya caguwa.
Ubwo yakiraga ibibazo by’ abari baje kumwa imigabo n’ imigambi ye, Mpayimana yabajijwe niba nibamutora hari icyo azakora ku kibazo cy’ ikurwaho rya caguwa dore ko yari amaze kubabwira ko azateza imbere ubucuruzi buciriritse.
Mpayimana yavuze ko ikurwaho rya (...) -
UR na RDB bari guhugura abarangije Kaminuza kwitegura no gukora neza akazi
6 May 2021, by UbwanditsiKaminuza y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB), iri guhugura abiga n’abarangije kaminuza ku mikoranire hagati y’abakozi hagamijwe kubongerera ubushobozi bwo gukora buzabafasha guhangana ku isoko ry’umurimo.
Ayo mahugurwa yiswe “Soft skills for work readiness training” mu rurimi rw’Icyongereza ari gutangwa kuva ku wa 26 Mata kugeza ku wa 9 Gicurasi 2021, yitabiriwe n’abiganjemo abarangije kaminuza bafite cyangwa badafite akazi, ndetse n’abacyiga bifuza ubwo bumenyi. (...) -
Rayon Sports ishyikirijwe igikombe cya shampiyona mu byishimo bikomeye (amafoto)
8 July 2017Ku mukino wa gicuti wahuzaga Rayon Sports na Azam FC wateguwe mu rwego rwo gushyikiriza Rayon Sports igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino urangiye Rayon Sports inyagiye Azam FC 4-2 ibintu byashimishije abafana bayo bikomeye.
Uyu mukino wateguwe kubufatanye bwa AZAM TV isanzwe ari umuterakunga mukuru wa shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda, n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA nyuma y’aho shampiyona yarangiye Rayon Sports idahawe igikombe yari yatsindiye. (...) -
Musanze: Wa muganga ukekwaho kwica Iradukunda biravugwa ko yabitewe n’ubwoba bw’inda yamuteye
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKuwa 02 Ugushyingo 2020 nibwo mu karere ka Musanze hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’amayobera rwa Iradukunda w’imyaka 17, wasanzwe mu murima w’ibishyimbo, nta mwambaro n’umwe yambaye, ahubwo aziritswe imigozi mu ijosi, amaguru n’amaboko.
-
Majoro Mudaheranwa ushinjwa kurasa umusore amuziza kumuteretera umukobwa agiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
25 February 2020, by Dusingizimana RemyUmucamanza mu rukiko rwa gisirikare yategetse ko Majoro Godfrey Mudaheranwa afungwa by’agateganyo mu gihe cy’ukwezi nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma amukekaho ibyaha.
-
Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
22 November 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Hakizimana Abdul Rashid afungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe agikorwaho iperereza ku byaha akurikiranyweho birimo icyo gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’icyo gukurura amacakubiri muri rubanda.
0 | ... | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | ... | 2480