Musoni yahagarariye Perezida Kagame mu mwiherero w’abakuru b’ibihugu bya EAC
None tariki 22 Gashyantare 2018 I Kampala muri Uganda harabera inama y’ abakuru b’ ibihugu bigize Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba iribanda ku kubikorwaremezo mu rwego rw’ ubuzima.
Ni inama igiye kuba ku nshuro ya 19, biteganyijwe ko iraberamo n’ umwiherero w’ abakuru w’ ibihugu bigize uyu muryango uraba ubaye ku nshuro ya 4. Umwiherero wa mbere w’ abakuru b’ ibihugu bigize EAC wabaye muri 2008, uwa kabiri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uganda: U Rwanda ruhagarariwe na Minisitiri Musoni mu nama y’ abakuru b’ ibihugu bya EAC
22 February 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yafunze kubera umuntu wayigezemo arwaye Coronavirus
16 March 2020, by Dusingizimana RemyAmbasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya Coronavirus.
-
Uwafatanywe Heroine I Kanombe yavuze ko yari aziko atwaye umuti
16 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore w’Umunya-Nigeria, Duru Priscilla wafatiwe ku kibuga cy’ indege mpuzamahanga cya Kigali I Kanombe ikiyobyabwenge cya ‘Heroine’ ku mu mpera za 2016, kuri uyu wa 16 Mutarama 2018 yaburanishijwe n’urukiko rukuru avuga ko atari azi ibyari biri mu mu isakoshi yarimo iki kiyobyabwenge yavuze ko yaje mu Rwanda hari inshuti ye imutumye agasakoshi karimo imiti.
Duru gifatwa yabwiye Ubugenzacyaha ko yinjiye mu Rwanda (avuye Nigeria) tariki 26 Ukwakira 2016 atumwe n’inshuti y’umuryango we (…) -
Abo kwa Rwigara barasaba kudahezwa mu rubanza rw’abanyamigabane b’uruganda rw’itabi
11 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbunganira mu mategeko uruganda rukora itabi rw’umuryango wa Assinapol Rwigara barasaba ko uru ruganda rutahezwa mu rubanza ikigo cy’imisoro kiregamo abanyamigabane barwo.
-
“Guha umushinga BDF ntibivuze guhita ubona amafaranga”: Meya Ange Sebutege
12 May 2019, by UbwanditsiMu gihe hari urubyiruko ruvuga ko rwagiye rushyikiriza imishinga yarwo BDF ariko ntirumenye irengero ryayo, Meya w’Akarere ka Huye Ange Sebutege we avuga ko byakabaye byiza urubyiruko rubanje gusobanukirwa neza n’imikorere ya BDF ariko na BDF ikagira uburyo imishinga itatewe inkunga iganirwaho.
-
Inzego zitandukanye zatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida Kagame ku gufata neza ibishanga
13 September 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestIyi foto ya Village Urugwiro yafotowe tariki 24 Kamena 2017, Kagame yifatanyije n’ abaturage mu muganda rusange wabereye mu gishanya cya Nyandungu
Inzego zitandukanye kuri uyu wa gatatu tariki 13 Nzeri zatangiye igikorwa cyo guhagarika burundu imirimo yakorerwaga mu gishanga no gusaba bene byo gushaka aho bimurira ibikorwa byabo
Ibi bibaye mu gihe tariki 24 Kamena 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye Umuganda rusange mu gishanga cya Nyandugu, mu karere ka Kicukiro agasaba ko (…) -
Miss Mwiseneza yerekanye umugabo ugiye kumubera umujyanama akamufasha muri Byinshi[AMAFOTO]
19 April 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josiane wamamaye cyane kubera irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ndetse bikanamuhesha ikamba ry’umukobwa wakunzwe cyane mu irushanwa, Miss Popularity, yerekanye umujyanama we ugiye kumufasha kunoza neza umushinga we wo kurwanya igwingira ry’abana.
-
Abanyarwanda baba mu Bubuligi bategereje Perezida Kagame n’urukumbuzi rwinshi
27 May 2017, by Ferdinand DukundimanaAbanyarwanda baba mu gihugu cy’u Bubiligi biteguye guhura na Perezida Paul Kagame mu kwezi gutaha aho azaba yitabiriye Ihuriro ngarukamwaka ryiga ku iterambere ry’umugabane w’u Burayi (annual European Development Days forum)
Amakuru atangazwa n’abategura iri huriro rizamara iminsi ibiri (kuya 7-8 Kamena) avuga ko biteze kwakira abantu barenga 5000 bazaturuka mu bihugu 140 no mu miryango mpuzamahanga 1200.
Inzobere mu bijyanye n’iterambere ku mugabane w’ u Burayi ziteze guhurira muri iyi (…) -
Nyarugenge: Abana b’abakobwa 21 basambanyijwe mu kwezi k’umwe
4 November 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Polisi y’Igihugu mu karere ka Nyarugenge SP Sano Nkeramugaba, yatangaje ko icyaha cyo gusambanya abana bato cyabaye icyorezo muri aka karere ayoboye kuko mu kwezi gushize k’Ukwakira 2019 abana 21 bo mu karere ka Nyarugenge basambanyijwe.
-
’Ndaza kubamerera nabi’ Perezida Kagame atangiza umwiherero wa 15
26 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul yagereranyije kurangiza inshingano umuyobozi aba yahawe no kurwana urugamba, yongera kugaya abayobozi bakora mu nzego zimwe badakorana, anabaza niba ingabo zarwana urugamba zidakorana.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze atangiza umwiherero wa 15 w’ abayobozi bakuru b’ igihugu urimo kubera I Gabiro mu karere Gatsibo.
Yagize ati “Abantu 100 gusa bagiye ku rugamba, ariko buri umwe akikorera ibyo yishakiye , usigara inyuma umwanzi abari imbere urwo (…)
Umuryango.rw
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yafunze kubera umuntu wayigezemo arwaye Coronavirus