Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwafunze abayobozi 4 b’inzego z’ibanze bo mu Murenge wa Nyabirasi mu Karere ka Rutsiro bakurikiranweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umukobwa w’imyaka 20 bitwaje ububasha bahabwa n’amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rutsiro: RIB yafunze abayobozi 4 b’inzego z’ibanze bazira gukubita no gukomeretsa umukobwa w’imyaka 20
1 May 2020, by Dusingizimana Remy -
ADEPR yabonye umuvugizi mushya, menya abagize komite nyobozi nshya y’ iri torero
30 May 2017, by Martin MunezeroInteko rusange ya ADEPR yateraniye muri Dove Hotel y’iri torero iherereye ku Gisozi, ku murongo nyamukuru w’ibyigwa hakaba harimo gutora abayobozi b’iri torero basimbura abandi bamaze igihe bafunzwe bakurikiranyweho kunyereza amamiliyari y’abayoboke b’iri torero.
Amakuru aturuka mu bantu bafitiwe icyizere bitabiriye amatora aragaragaza ko ubu ADEPR iri kuyoborwa na : 1.Umuvugizi wa ADEPR abaye Karuranga ephrem yari yungirije muntara y’amajyaruguru 2.Vice représentant abaye Karangwa (…) -
Chorale Abarinzi yo muri ADEPR yakoze impanuka ikomeye umwe ahasiga ubuzima [Yavuguruwe]
14 September 2019, by Dusingizimana RemyChorale Abarinzi yo mu itorero rya ADEPR ku Mudugudu wa Kumukenke muri Paruwasi ya Gasave yakoze impanuka ikomeye ubwo yarimo yerekeza mu ivugabutumwa mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango,umuntu umwe ahasiga ubuzima.
-
15 nibo bamenyekanye ko baguye mu mpanuka ikomeye ya bisi yabereye i Shyorongi
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu 15 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu muhanda Kigali Musanze kuri metero 800 uvuye ku giti cy’ inyoni
Iyo mpanuka yabaye kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Gicurasi 2017, aho imodoka ya bisi ya kampani itwara abagenzi Kigali Safari yarenze umuhanda ikabirinduka ku musozi ikagwa mu mugezi wa yanze.
Biravugwa ko hapfuye abantu benshi cyane hakarokora agahinja gusa.
Ahabereye iyo mpanuka hamaze kugera abaofisiye benshi bo muri (…) -
Perezida Kagame yavuze umurage Umwamikazi w’Ubwongereza asigiye Commonwealth
9 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter, yashimye umusanzu w’umwamikazi Elizabetj II, haba mu Bwongereza no mu muryango wa Commonwealth.
Yanditse kuri Twitter ati “Muri ibi bihe by’akababaro kubera itanga ry’Umwamikazi Elisabeth II, turazirikana imyaka 70 yari amaze ku buyobozi bw’umuryango w’ibihugu bigize Commonwealth. Commonwealth igezweho (…) -
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari igiye kuba ku nshuro ya 18 yasubitswe
14 December 2020, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gusubika Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 2020 yari iteganyijwe ku wa Gatatu tariki 16 Ukuboza 2020, kubera ubwandu bwa COVID19 bukomeje kwiyongera.
-
Nyuma ya Ange Kagame reba abandi bantu batandukanye bagiye bagaya bikomeye iby’irushanwa rya Miss Rwanda[AMAFOTO]
28 January 2019, by Martin MunezeroAbari bagize akanama nkemurampaka kuri final ya Miss Rwanda 2019 bataramiweho ku mbuga nkoranyambaga kubera icyongereza bakoresheje mu kubaza abakobwa bahataniraga ikamba, abasubiza nabi bakabihomberamo kandi nyamara na bo icyongereza bakoresheje babaza atari cyo n’amagambo bakayakoresha nabi.
-
Urukiko rwategeko Bishop Sibomana afungurwa by’ agateganyo
22 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 22 Nzeli 2017, urukiko rwa Kigali rwategetse ko Bishop Sibomana Jean wahoze ari umuvugizi w’ ADEPR afungurwa by’ agateganyo kubera impamvu zirimo n’ uburwayi.
Saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu nibwo hari hateganyijwe isomwa ry’ urubanza bw’ urujurire aho Bishop Sibomana yajuririye icyemezo cy’ urukiko rwisumbuye rw’ akarere ka Gasabo cyo kongera igifungo cy’ agateganyo. Bishop Sibomana yasabye kurekurwa agakurikiranwa ari hanze ku mpamvu z’ uburwayi.
Umucamanza n’umwanditsi (…) -
Rwamagana: Komanda wa Polisi wakubise Umuyobozi w’ umudugudu akamugira intere arafunze
24 May 2017, by Nsanzimana ErnestKomanda wa polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana ari mu maboko ya polisi ishami rishinzwe imyitwarire nyuma yo guhondagura umukuru w’ umudugudu wa Kajevuba mu murenge wa Muyumbu amuziza kutaboneka kuri telefone.
Ntakarimara Straton, avuga ko Komanda yamusanze mu rugo nijoro, amubaza impamvu telefoni y’akazi itari ku murongo, akamusubiza ko byatewe n’ ikibazo cy’ ihuzanzira, afande ngo yarongeye amubaza irondo undi amubwira irondo ko riri ku kazi, aranga ngo ntaryo. (…) -
Umurambo watoraguwe Nyabugogo mu Nkundamahoro ni uwa Me Bukuru Ntwali
2 June 2021, by UbwanditsiMu ma saha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki 02/06/2021 hatoraguwe umurambo mu nyubako z’ubucuruzi za Koperative Inkundamahoro ziri Nyabugogo bigaragara ko wahanutse muri etage hejuru.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze umurage Umwamikazi w’Ubwongereza asigiye Commonwealth