Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame kuri iki Cyumweru tari 2 Ukuboza 2018 yitabiriye iserukiramuco rya Global Citizen Festival, ryahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 ya Nelson Mandela ndetse no guha icyubahiro umurage we, by’umwihariko uko yagiye ahamagarira abantu kurwanya ubukene bukabije.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yitabiriye iserukiramuco ryo kurandura ubukene ku Isi ryahuje ibirangirire
2 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Adeline Rwigara arashaka umwunganizi wunganiye Ingabire Victoire
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierKu nshuro ya Gatatu abaregwa bose :Diane Shima Rwigara,Adeline Rwigara na Mme Mukagemanyi Rwigara basabye ko urubanza rusubirwa; impamvu yabyo n’uko bifuza undi munyamategeko wiyongera kuri Me Celestin Buhuru.
Abaregwa basabye undi munyamategeko ubunganira kubera ubunini bwa dosiye y’ibyaha ubushinjacyaha bubakurikiranyeho.
Mme Mukangemanyi Adeline Rwigara arifuza kunganirwa n’umuntu mushya ariwe Me Gatera Gashabana aravuga ko Me Buhuru Celestin yakomeza kunganira abana be ariko we (...) -
Gatabazi yahawe ububasha n’uwo asimbuye asabwa gukorana neza na bose [AMAFOTO]
14 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 14 Nzeli, I Musanze ku kicaro cy’intara y’Amajyaruguru habereye umuhango w’ihererekanya bubasha ku muyobozi w’intara(Guverineri) mushya Gatabazi Jean Marie Vianney wari usanzwe ari umudepite mu myaka 13 ishize; n’ucyuye igihe kuri uwo mwanya ari we Musabyimana Jean Claude agizwe umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutaka n’amashyamba.
Musabyimana Jean Claude wari umaze amezi 11 ari umuyobozi w’intara y’Amajyaruguru yasabye abaturage gushyigikira umuyobozi mushya babonye nk’uko (...) -
KAMINUZA: Ibyatunguye Miss Fanique utifuza ko ba nyampinga bajya batahira kwifotoza
7 November 2017, by Iyamuremye JanvierAba bakobwa ntibiyumvisha uko ubuzima bwabo bumeze kuko usanga baba ibyamamare igihugu cyose ndetse n’amahanga bakabamenya bakandikwa mu binyamakuru ndetse bakanavugwa kuri Radio ndetse na amateleviziyo kakahava.
Aba-Miss cyangwa abakobwa bahiga abandi mu buranga ndetse n’ubwenge.Ba nyampinga ni abantu bakomeye. Usanga bageraranywa n’abahanzi cyangwa abakinnyi mu kwamamara ariko bo bagakagira akarusho ko kuba ari abakobwa beza.
Simbi Fanique uwavuga iri zina dusubiye muri Gashyantare na (...) -
Gasogi United yatandukanye na Lomami Marcel na Kalisa bayizamuye mu cyiciro cya mbere
16 August 2019, by Martin MunezeroNyuma yo kuzamura ikipe ya Gasogi United mu cyiciro cya mbere ndetse banegukanye igikombe, Lomami Marcel na Kalisa Francois bamaze gutandukana n’iyi kipe.
-
Mwiseneza Josiane yahawe ikamba ritari irya Miss Rwanda[AMAFOTO]
27 January 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josianne umaze iminsi atigisa imbuga nkoranyambaga akaba ikimenyabose kubera irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ndetse benshi bakaba baramwifurizaga kwegukana ikamba rya Miss Rwanda 2019, birangiye inzozi ze zitabaye impamo.
-
Umuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka
24 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka
Nyuma y’ uko umwe mu bafite ubumuga avuze ko imiryango ifite umuntu ufite ubumuga bwo mutwe idashyirwa mu bagomba gufashwa kandi iba ifite umuntu igomba kwitaho imyaka yose, LODA yavuze ko guhera umwaka utaha imiryango ifite umuntu ufite ubumuga bukabije izatangira kujya ihabwa inkunga y’ ingoboka.
Hari mu nama ya 4 y’ umuryango w’ itangazamakuru riharanira amahoro Pax Press,aho uyu muryango uba ugaragaza ibibazo (...) -
Depite Rwabyoma watutse umuyobozi wa HRW yanamusabiye kwigishwa
30 October 2017, by Nsanzimana Ernest.Depite Rwabyoma yashimangiye ko aticuza kuba yaravuze ko Kenneth uyobora HRW ari imbwa.
. Kenneth uyobora HRW yanenze gahunda yo guca amashashi
-
“HAMAGARA ABANTU WIZEYE BAGUFASHE GUKURA IBYO BIBAZO BIRI KU MUTWE WAWE BABITEREKE KU MUTWE WA YESU KRISTO ” ( Igice 1) : Rev./Ev. Eustache Nibintije
18 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Nyaruguru: Umunyarwanda ugiye I Burundi, arakubitwa ibyo ahashye bakabimwambura ngo atabishyira Niyombare
16 May 2017, by Nsanzimana ErnestGitifu w’ Akagari ka Nkakwa, Mukashema Claudine
Bamwe mu batuye umurenge wa Nyagisozi wo mu karere ka Nyaruguru baravuga ko bahangayikishijwe n’ abaturanyi babo b’ Abarundi babakubita bakabafunga, bakanabaka ibyo bahashye ngo batabishyira Niyombare Godefroid , nyamara ngo iyo bo baje mu Rwanda bakirwa neza.
Abo baturage bavuga mbere y’ uko u Burundi bufunga imipaka bari babanye neza n’ Abanyarwanda, basurana, bagahahirana nyamara ngo kuri ubu Umunyarwanda ugiye mu Burundi arakubitwa n’ ibyo (...)
0 | ... | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | ... | 2480