Lamin Manneh wari uhagarariye amashami y’ Umuryango w’ Abibumbye mu Rwanda uherutse guhindurirwa imirimo yavuze uko yabonye u Rwanda mu myaka ine n’ igice yari ahamaze yongeraho ko ajyanye byinshi byiza azajya arwibukiraho
Lamin Maneh yageze mu Rwanda mu myaka ine n’ igice ishize avuye muri Congo Brazzaville aho yari afite inshingano nk’izo yari afite mu Rwanda.
Mu minsi ishize Lamin yazamuwe mu ntera, agiye guhagararira Ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere (UNDP) ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Njyanye ibintu byinshi byiza nzajya nibukira kuri iki gihugu” Lamin Manneh wari uhagarariye Loni mu Rwanda
4 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Umukobwa uhataniye ikamba na Mwiseneza muri Miss Rwanda yatutswe ibitutsi bidasanzwe nyuma yo kumwita Inyamaswa[AMAFOTO]
8 January 2019, by Martin MunezeroUmukobwa witwa Uwihirwe Casmir Yasipi uhataniye ikamba na Mwiseneza Josiane muri Miss Rwanda yatutswe bikomeye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwandika ijambo ryateye urujijo ku ifoto y’uyu mugenzi we.
-
Buri Muminisitiri yahawe akarere agomba kubera imboni
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard buri karere mu turere 30 tugize u Rwanda yagahaye Minisitiri ugomba gukurikirana ibikorwa byako akanagafasha kwesa imihigo.
-
Perezida Kagame yeretse Indangamirwa uburyo Kalachnikov yifashishijwe mu kwishakira inzira
13 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yeretse intore z’ abanyeshuri biga n’ abize mu mahanga “INDANGAMIRWA” uburyo mu rugamba rwo kubohorwa u Rwanda Inkotanyi zifashishije imbunda yo mu bwoko bwa Kalachnikov cyangwa AK-47 mu kwishakira inzira.
Umukuru w’ igihugu ubwo yasozaga itorero ry’ Indangamirwa kuri uyu wa Kane tariki 13 Nyakanga 2017, yabwiye izi ntore ko mu rugamba rwo kubohora igihugu Inkotanyi zitari zifite ubushobozi bwinshi.
Yavuze kuri ubu uwagerageza kwishakira inzira (…) -
Felicien Kabuga yaburaniye mu rukiko rw’I La Haye ku nshuro ya mbere
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKu nshuro ya mbere, Kabuga Félicien ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yagejejwe mu rukiko i La Haye mu Buhorandi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/11/2020.
-
Perezida Museveni agiye kugaruka mu Rwanda nyuma y’imyaka isaga 5 atahagera
20 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda,agiye kongera gusura u Rwanda nyuma y’imyaka hafi itanu atagera ku butaka bw’u Rwanda kubera agatotsi kaje mu mubano w’ibihugu byombi.
Muri iki Cyumweru,Perezida Museveni ategerejwe mu murwa mukuru w’u Rwanda,Kigali,aho azitabira inama y’abayobozi ba Commonwealth, CHOGM, 2022.
Ibinyamakuru byegereye Leta ya Uganda bivuga ko ibiro bya Perezida Museveni byamaze kohereza i Kigali abaza gutegura urugendo rwe.
Perezida Museveni yaherukaga mu (…) -
Perezida Kagame yavuze ko Afurika ikwiye gukuraho inzitizi z’ubuhahirane
1 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye gushyira imbaraga mu kwishyira hamwe no gukuraho inzitizi zikibangamiye ubuhahirane, kugira ngo bibashe kugera ku iterambere rirambye.
Kuri uyu wa Gatandatu Umukuru w’Igihugu yitabiriye inama ya Banki Nyafurika iteza imbere ubucuruzi (African Export-Import Bank, Afreximbank) yari imaze iminsi ibera mu Rwanda, ikaba yaritabiriwe n’abarenga 1000 barimo abayifitemo imigabane n’abandi bafatanyabikorwa.
Yashimiye uburyo mu myaka 20 ishize (…) -
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu (…) -
Menya ibanga ry’ubuzima ryakugeza ku mukiro nyawo n’umugisha w’agahebuzo
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMu buzima busanzwe, abantu benshi twemera ko umuntu ugira neza kandi akazirikana abandi, agira igikundiro ku bantu kandi bagahora bamusabira umugisha ku Mana. Nk’uko byumvikana kandi, uwo abantu basabira umugisha ntacyatuma Imana itawumuha.
-
Abakobwa 15 basigaye muri Miss Rwanda bakoze igitaramo cy’imihigo cyitabiriwe na bagenzi babo bacyuye igihe berekana ibyo bifuza kugeza ku banyarwanda[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin MunezeroNyuma y’aho abakobwa batanu basezerewe mu mwiherero wa Miss Rwanda, 15 basigaye bakoze igitaramo cy’imihigo berekana ibyo bifuza kuzageza ku banyarwanda cyitabiriwe na bagenzi babo bacyuye igihe bagaragaje ibyo bagezeho.
Umuryango.rw
Perezida Museveni agiye kugaruka mu Rwanda nyuma y’imyaka isaga 5 atahagera