Komisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana.
Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho icyapa cya Taxi, Mpayimana yasesekaye kuri Komisiyo Saa 11:57. Mu cyumba cya Komisiyo y’amatora hinjiyemo abanyamakuru bagera ku 10 bazagufata amafoto n’amajwi. Mpayimana arava muri NEC atanga ikiganiro n’abanyamakuru
Uyu mugabo w’imyaka 46 yakiriwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mpayimana Phillipe adaherekejwe n’umugore we yatanze kandidatire-AMAFOTO
22 June 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana Ernest -
Ingabo z’ u Rwanda zirizeza abanyarwanda ko abagabye igitero ‘I Nyaruguru bazafatwa’
16 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yavuze ko abagabye igitero I Nyarugukuru bazamenyekana kaba ari agatsiko kagafatwa.
-
Diane Rwigara n’ umuryango we uwabunganiraga yaba yabihagaritse
8 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu polisi y’ u Rwanda yongeye kujya mu rugo rwa Rwigara ijyanywe no gukura mu rugo Diane Rwigara, umuvandimwe we Anne Rwigara na nyina Adeline Rwigara ngo bage ku kubugenzacyaha kubazwa ku byaha bakekwaho.
Hari n’ amakuru avuga ko uwunganiraga uyu muryango mu mategeko yikuye muri iki kirego.
Ben Rutabana nyirarume wa Diane Rwigara, yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko ku isaha ya saa tanu kuri uyu wa Gatanu tariki 8 Nzeli aribwo yamenyeshejwe n’ umuntu atavuze amazina ko (…) -
Abaturage ntibavuga rumwe ku byuma bibasuzuma uburwayi bw’imbere mu mubiri
4 August 2021, by Dusingizimana RemyAbahanga mu ikoreshwa ry’ibyuma byo kwa muganga bisuzuma ubuzima bw’umuntu nka ‘scanner’ bahamya ko guca mu cyuma bikurura ingaruka nyinshi harimo no kurwara kanseri, bagatanga ihumure ko hari ubwirinzi bwateganijwe mu rwego rwo gukumira izo ngaruka. Ni mu gihe hari bamwe mu baturage bavugako bitewe impungenge nuko ngo bigabanya iminsi yo kubaho .
Hirya no hino mu gihugu usanga ku bitaro bitandukanye hari abaturage bagana serivisi zo kwivuza, zirimo n’izo guca mu byuma bireba mu mubiri (…) -
IGERERANYA: Imishahara y’ abaperezida b’ Afurika n’ iy’ abaperezida bakomeye mu Isi
20 July 2017, by Nsanzimana ErnestNtibyoroshye kumenya imishahara y’ abaperezida bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitewe n’ uburyo itumanaho rireba abaperezida bo kuri uyu mugabane ryubatse. Gusa ibinyamakuru bitandukanye mu matohora byakozwe byabashije kugira imwe n’ imwe bimenya.
Umuryango tugiye kubagezaho imishahara ya bamwe mu bakuru b’ ibihugu by’ Afurika ugereranyije n’ iy’ abakuru b’ ibihugu by’ ibihangange mu Isi.
Ikinyamakuru Jeunes Afrique mu bucukumbuzi cyakoze cyamenye ko Perezida wa Afurika y’ (…) -
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
18 October 2021, by Dusingizimana RemyUmugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa.
-
Adeline Rwigara arashaka umwunganizi wunganiye Ingabire Victoire
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierKu nshuro ya Gatatu abaregwa bose :Diane Shima Rwigara,Adeline Rwigara na Mme Mukagemanyi Rwigara basabye ko urubanza rusubirwa; impamvu yabyo n’uko bifuza undi munyamategeko wiyongera kuri Me Celestin Buhuru.
Abaregwa basabye undi munyamategeko ubunganira kubera ubunini bwa dosiye y’ibyaha ubushinjacyaha bubakurikiranyeho.
Mme Mukangemanyi Adeline Rwigara arifuza kunganirwa n’umuntu mushya ariwe Me Gatera Gashabana aravuga ko Me Buhuru Celestin yakomeza kunganira abana be ariko we (…) -
Ruhango: Abagizi ba nabi batemye imyaka y’uwarokotse Jenoside indi barayangiza bikomeye
7 April 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa 06 rishyira uwa 07 Mata 2020, mu Mudugudu wa Nyagasozi, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Ruhango ho mu Karere ka Ruhango, abantu bataramenyekana biraye mu myaka y’uwitwa Nyiramporampoze Chantal warokotse Jenoside yakorewe abatutsi barayitemaguza bayararika hasi.
-
"Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bizagukomeza mu byo uhura nabyo":Rev. / Ev. Eustache Nibintije
25 May 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Nsabimana Callixte “Sankara” yemeye ibyaha byose ashinjwa avuga ko n’inyoni zo mu ishyamba zamushinja
23 May 2019, by Dusingizimana RemyNsabimana Callixte “Sankara”, yemereye imbere y’urukiko ibyaha byose ashinjwa n’ubushinjacyaha uko ari 16,asaba imbabazi abanyarwanda n’umukuru w’Igihugu ndetse yemeza ko yitandukanyije na FLN.
Umuryango.rw
Abaturage ntibavuga rumwe ku byuma bibasuzuma uburwayi bw’imbere mu mubiri
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa