Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, James Musoni arashinjwa n’ umugabo wahoze ari umusirikare w’ u Rwanda kumusambanyiriza umugore akanabyara umwana muri urwo rugo bikaba byaratumye urwo rugo rusenyuka nyiri urugo aravuga ko ubukene bukomeye.
Rtd. Captain Safari Patrick avuga Minisitiri Musoni yitwaje umwanya afite avogera urugo rwe ashukisha umugore we imyanya y’ ubuyobozi ubwo uyu mugabo yari yaragiye kwiga muri Uganda.
Rtd. Capt. Safari wakoze mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi mu Rwanda, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri Musoni aravugwaho gusambanya umugore w’ uwahoze ari umusirikare akamusenyera urugo
18 March 2018 -
U Bwongereza: Abiyahuzi bagongesheje abantu imodoka abakomeretse bicishwa icyuma
4 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu mugi wa Londres mu gihugu cy’ u Bwongereza igitero cy’ abiyahuzi cyahitanye abantu 7 abandi bagera kuri 30 barakomereka, polisi ihita irasa batatu mu bakekwaho kugira uruhare muri icyo gitero barapfa.
Polisi y’ u Bwongereza yatangaje ko abiyahuzi bashoye imodoka mu kivunge cy’ abantu, barangiza bagateragura ibyuma abakomeretse.
Iki gitero kibabye nyuma y’ ibyumweru bibiri gusa mu mujyi wa Manchester nawo wo mu gihugu cy’ u Bwongereza hagabwe igitero cy’ abiyahuzi kigahitana abagera (…) -
Kenya: Urukiko rw’ ikirenga rusheshe ibyavuye mu matora ya Perezida aheruka
1 September 2017, by Iyamuremye JanvierUrukiko rw’ ikirenga mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Nzeli 2017 rwasheshe ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya aheruka rutegaka ko andi matora azakorwa bitarenze iminsi 60.
Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga yavuze mu gihe cy’amatora hari ibyakozwe bitubahirije amategeko .
Inkuru y’ Ikinyamakuru The East African ivuga ko uyu mwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ ikirenga nyuma yo kubona ko hari ibibazo byagaragaraye muri aya matora yakurikiwe n’imvururu (…) -
Habumugisha, Umuyobozi wa Green Party mu burengerazuba wari watawe muri yombi yarekuwe
28 October 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ikinyamakuru UMURYANGO cyabagejejeho inkuru y’ ivuga ko Umuyobozi w’ Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu ntara y’ Iburengerazuba yatawe muri yombi.
-
Promotion: Dore Diru Ishyushye muri StarTimes, Ibiciro byahananuwe
15 February 2021, by UbwanditsiDore Diru, Dore Diru.
Hamwe na Promosiyo ya StarTimes ubu wakwihahira dekoderi ya make kw‘isoko ryose. Noneho igiciro cya dekoderi za StarTimes cya kubiswe hasi bitari bwabeho mu Rwanda.
Tunga dekoderi ya DTT (Imwe ikoresha antene y’udushami) wishyuye amafaranga 7000 Rwf gusa, maze wongereho 8000 Rwf bya abonema ya Classic Bouquet.
Cyangwa se ugure dekoderi ya DTH (ikoresha igisane cyangwa Dish) wishyuye amafaranga 6500 Rwf maze wongereho 8500 Rwf bya abonema ya Smart Bouquet. (…) -
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
-
Amavubi yananiwe gukorera Tanzania ibyo yari amaze kumenyereza abafana
14 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yananiwe gukomeza kwandika amateka yo gutsinda imikino myinshi yikurikiranya kuko yahuye na Tanzania mu mukino wa gicuti rukabura gica.
-
Amerika yatangije intambara y’Ubucuruzi ku Bushinwa bari kurebana ay’ingwe
10 May 2019, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyafashe umwanzuro wo gukuba inshuro zirenze ebyiri imisoro ku bicuruzwa by’agaciro ka miliyari 200 z’amadolari biva mu Bushinwa.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Museveni
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda na mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni baganiriye mu bibazo byo mu karere kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2018
Baganiriye ubwo bari I Addis Abeba muri Ethiopia ahari kubera inama ku bucuruzi n’ishorama
Iyi nama ya ‘Transform:Africa Business and Investment Forum” ikaba ari inama yigaga ku bucuruzi n’ishoramari muri Afurika, Inama Perezida Kagame yatanzemo ikiganiro akongera kugaruka ku mikoranire hagati y’abikorera ku giti cyabo na Leta mu kuzamura (…) -
Umwe mu bateye inkunga Miss Rwanda 2020 yavuze kuri Miss Naomie no ku Gisonga cye cya mbere Umwiza Phiona
5 March 2020, by UbwanditsiUmwe mu baterankunga b’irushanwa rya nyampinga wu Rwanda 2020, ni isosiyete y’ubucuruzi izobereye mu gutanga Serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ifite urubuga kuri interineti www.mdgrou.com rukora nk’isoko rusange rihuza abagura , abagurisha n’abakodesha amazu n’ibibanza, aho buri muntu wese yaba uwabigize umwuga n’utarabigize umwuga, yagurishiriza, akanakodesha amazu n’ibibanza.
Umuryango.rw