Umuyobozi w’ ikigo cy’ abiyaye Imana wanze gutererana umukobwa w’ umunyeshuri wari watewe yiga mu kigo ayobora ahubwo akamufasha gukomeza amashuri yahawe inka n’ iyayo by’ ishimwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umubikira Mukamukiga yagabiwe inka kubera kudatererana umunyeshuri utwite
14 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Umunyarwanda umwe muri babiri ntabwo yishimiye ikiciro cy’ ubudehe arimo
2 February 2018, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi ku ishusho y’uko abaturage babona imiyoborere n’imitangire ya serivisi mu nzego zibegereye bwa 2017 bwerekanye ko abaturage 50% bishimiye ibyiciro by’ ubudehehe bashyinzwemo abandi 50% ntibabyishimiye.
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ubu bushakshatsi rwabumuritse none tariki 2 Gashyantare 2018.
Mu biganiro mu matsinda, hari abaturage bagaragaje ko bishimiye icyiciro cy’ubudehe barimo. Abatacyishimiye bagiye babivuga muri aya magambo “Usanga gahunda nyinshi (…) -
Abanyarwanda bafitiye icyizere itangazamakuru kiruta icyo bafitiye amadini n’ amashyaka
30 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu nzego zitari iza Leta itangazamakuru niryo riza imbere mu nzego abanyarwanda bafitiye ikizere.
Umuyobozi w’ Urwego rw’ igihugu rw’ igihugu rw’ imiyoborere Prof Shyaka Anastase yabitangarije abagize inteko ishinga amategeko mu nama nyungurabitekerezo ku mahame remezo u Rwanda rugenderaho.
Yifashishije ubushakashatsi n’ ibipimo bidatukanye yagiye bikorwa yagaragaje icyizere Abanyarwanda bafitiye inzego, gahunda za Leta, umukuru w’ igihugu, n’ uko bakiriye ibyavuye mu matora.
Yagize (…) -
Perezida Kagame yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka y’ ubwato muri Tanzania
21 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rwifatanyije n’imiryango y’Abanyatanzaniya yaburiye ababo mu mpanuka y’ubwato bwarohamiye mu kiyaga cya Victoria.
-
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu (…) -
Nyarugenge: Abagizi ba nabi bakase ijosi umusore barangije bamutwikisha lisansi
7 January 2020, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Kabayiza Jean Paul uri mu kigero cy’imyaka 23 yabonetse hafi y’irimbi rya Nyamirambo yakaswe ijosi, yanatwitswe hakorejejwe lisansi.
-
Indahiro ya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame watorewe kuyobora u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4 Kanama 2017, kuri uyu wa 18 Kanama 2017 yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere 2017-2024.
Ku isaha ya saa sita z’ amanywa nibwo, Umuruku w’Igihugu yarahijwe na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Samu Rugege, imbere y’ imbaga y’ Abanyarwanda n’ abanyamahanga barimo bagenzi bayobora ibihugu bitandukanye by’ Afurika.
Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda, arangiza indahiro ye (…) -
Kuba AU yari ibeshejweho n’inkunga z’amahanga byatumaga ikora ibibereye abaterankunga-Kagame
23 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Republika Paul Kagame avuga ko amavugurura y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe yari akwiye kuko imikorere myiza y’uyu muryango idafitiye inyungu abanyafurika gusa ahubwo no ku bandi batuye indi migabane. Ibi umukuru w’igihugu yaraye abivugiye mu kiganiro yatangiye mu kigo Brookings Institution giherereye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku butumire yahawe na Perezida w’iki kigo, Strobe Talbott.
Ni ikiganiro cyagarutse ku mavugurura y’Umuryango wa Afurika (…) -
Skol na GIZ bari guhugura abakora muri Hotel na Resitora ku mitangire ya serivisi izira amakemwa
22 June 2021, by UbwanditsiGIZ ibinyujije mu mushinga wayo “HANGA AHAZAZA”, ku bufatanye n’uruganda rwa SKOL RUSANZWE RUKORA IBINYOBWA BISEMBUYE N’IBIDASEMBUYE bari mu bikorwa byo gutanga amahugurwa ku batanga serivise mu tubari, restaurants na hoteli, kugira ngo barusheho kunoza neza serivise batanga.
Ibi bikorwa byatangiye mu ukuboza 2020, abahugurwa bahabwa amsomo y’iminsi 2 kandi bagahabwa icyamgomwa kigaragaza ko bahuguw en’ubumenyi bahawe ubwo aribwo.
Giz na skol batangaza ko binyuze muri iyi gahunda ya (…) -
Rayon Sports yahaye ubutumwa bukomeye Espoir mu gihe APR FC yeretse David Luiz ko ari ubukombe mu Rwanda
12 October 2019, by Dusingizimana RemyMu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona warebwe na myugariro David Luiz wa Arsenal,ikipe ya APR FC yahaye isomo rya ruhago Etincelles FC yari iyoboye shampiyona iyitsinda ibitego 3-0 mu gihe Rayon Sports yatsindiye Espoir FC I Huye ibitego 2-1.
Umuryango.rw
Nyarugenge: Abagizi ba nabi bakase ijosi umusore barangije bamutwikisha lisansi
Skol na GIZ bari guhugura abakora muri Hotel na Resitora ku mitangire ya serivisi izira amakemwa