Mu mukino wari bwemeze utwara igikombe cy’Intwali wabaye taliki 1/2/2019 ku munsi w’Intwali wahuje Rayon Sport na APR FC ukarangira APR itsinze Rayo 1-0, Rujugiro umufana ukomeye wa APR yishongoye cyane kuri Rwarutabura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Igikombe cy’Intwali 2019 APR FC yatsinze Rayon, umva uko Rujugiro yishongoye kuri Rwarutabura
5 February 2019, by Ubwanditsi -
MTN Rwanda yaciwe amande ya miliyari zirenga zirindwi
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyafatiye ibihano ikigo cya MTN Rwanda kizira kutuzuza ibyo cyemeye mu nshingano zacyo gihita gicibwa amande ya miliyari 7 na miliyoni 30 z’Amanyarwanda.
Iki kigo cya MTN gishinjwa kuba cyarashyizeho hanze y’igihugu, muri Uganda, serivisi z’ikoranabuhanga mu itumanaho, zirebererwa na MTN mu karere, kandi binyuranyije n’amabwiriza ya RURA. MTN ngo ibi ikaba yarabikoze itabanje kubiganiraho na RURA kandi yari yaraburiwe (...) -
Harakurikiraho iki muri Sena nyuma yo kwegura kwa Dr Iyamuremye Augustin?
9 December 2022, by Dusingizimana RemyDr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yaraye yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi.
Mu ibaruwa yandikiye Inteko Rusange ya Sena yavuze ko yeguye kubera impamvu z’uburwayi.
Itegeko ngenga rigena imikorere ya Sena rivuga ko mu gihe Perezida wa Sena avuye mu mwanya we burundu, Visi Perezida ushinzwe gukurikirana iby’amategeko, kumenya no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma atumiza kandi akanayobora inama yo kubyemeza. Akamenyesha inzego bireba ko Perezida wa (...) -
Amavubi yahawe agahimbazamusyi kadasanzwe kugira ngo asezerere Ethiopia yerekeze muri CHAN 2020
20 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri ya Siporo n’umuco [MINISPOC] ireberera ikipe y’igihugu Amavubi biyemeje kuzamura agahimbazamusyi k’Amavubi bagashyira kuri miliyoni 3 FRW kugira ngo ashishikare asezerere ikipe ya Ethiopia yerekeze mu mikino ya CHAN 2020 izabera muri Cameroon.
-
INGABIRE Esther Ayoboye abandi 36 muri Missrwanda 2021-VIDEO
24 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTKuwa 23 Gashyantare 2021 nibwo amatora yo gushaka Umukobwa uhiga Abandi Ubwiza, Ubwenge ndetse n’Umuco yatangiye kumugaragaro. ku ikubitiro Ingabire Esther Ayobora Urutonde byagateganyo, Mugihe Umunyana Divine we Aruherekeje Byagateganyo.
-
U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano yo kubaka umuhanda wag are ya moshi
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda na Tanzania byiyemeje gutangira kubaka inzira ya gari ya moshi Isaka-Kigali mu kwezi k’Ukwakira k’uyu mwaka wa 2018.
Ku ruhande rw’u Rwanda, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ibikorwaremezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Jean de Dieu Uwihanganye niwe washyize umukono ku masezerano agena uburyo uwo muhanda uzubakwa.
Ku ruhande rwa Leta ya Tanzania, ayo masezerano yashyizweho umukono na Ministiri w’icyo gihugu ushinzwe ibikorwa, gutwara abantu n’ibintu ndetse n’Itumanaho, Prof (...) -
Nyuma ya Gen Nyamvumba, Afande Gasana na Hon Gatabazi bahagaritswe ku mpamvu z’iperereza
25 May 2020, by UbwanditsiItangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye abahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel Gasana na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Hon Gatabazi Jean Marie Vianey “kubera ibyo bagomba kubazwa bakurikiranweho”.
Aba bayobozi bahagaritswe ngo iperereza ku byaha bakekwaho ribashe kugenda neza baje biyongera kuri Gen Patrick Nyamvumba wari Minisitiri w’Umutekano mu gihugu uherutse guhagarikwa (...) -
Abana b’abakobwa ibihumbi cumi na birindwi bari hagati y’imyaka 16 na 17 y’amavuko nibo mu Rwanda batewe inda zidateguwe mu mwaka umwe gusa
17 May 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa Kabiri ushize tariki ya 16 Gicurasi 2017 nibwo Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu mwaka wa 2016 abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17500 batewe inda zitateguwe ndetse binabaviramo ingaruka zitandukanye harimo no kuva mu ishuri. Minisitiri Nyirasafari Espérance uyobora MIGEPROF
Minisitiri Nyirasafari Espérance uyobora MIGEPROF yavuze ko uyumubare uhangayikishije, hakaba hagiye gukazwa ingamba zizafatirwa abahohotera (...) -
Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yirukanye abayobozi bane muri RAB barimo na Dr.Gahakwa
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Umuryango wamenye amakuru avuga ko Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yaba yahagaritse ku mirimo abayobozi bane mu Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’ Ubworozi (RAB).
Mu bayobozi bane bahagaritswe harimo na Daphrose Gahakwa wari umuyobozi wungirije w’ iki kigo. Dr. Gahakwa aherutse kuvugwaho gusuzugura abadepite ubwo RAB yagombaga kwitaba abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ umutungo wa Leta (PAC) , Umuyobozi (...) -
‘Abagore barya ruswa gake’ Jeannette Kagame
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko ibigo bifite abagore benshi mu nzego zifatirwamo ibyemezo birangwamo ruswa nkeya, nyamara ngo iyo ruswa itanzwe abagore nibo bagerwaho n’ ingaruka cyane.
0 | ... | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | 2270 | 2280 | ... | 2480