While Premier League clubs Arsenal and Leicester City have made sure of a place in the knock-out stage of the Europa League, Tottenham Hotspur still have some work ahead of them.
Going into the penultimate matchday this week, Spurs are second in Group J ahead of their away trip to Austria for their match against LASK. Like Antwerp, Jose Mourinho’s team have nine points, but are behind their rivals based on the head-to-head result.
LASK are on six points, but as they lost the away leg in (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Watch UEFA Europa League on StarTimes Spurs have some work to do
30 November 2020, by Ubwanditsi -
Diane Rwigara yagize icyo avuga ku mafoto bivugwa ko ari aye yambaye ubusa
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Asinapol Rwigara ufite muri gahunda kuziyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaya y’ umuntu wambaye ubusa atari ay’ ukuri
Kuva icyo gihe abantu batandukanye n’ibitangazamakuru bitandukanye byatangiye kujya bibitangaza mu buryo butandukanye benshi bibaza uburyo umwali w’umunyarwandakazi byiyongereyeho ushaka kuyobora u Rwanda yakora ibintu nk’ibi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 1 (…) -
Perezida wa Zambia ategerejwe mu Rwanda mu irahira rya Perezida Kagame
15 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuwa 18 Kanama 2017 nibwo hateganyijwe umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame uherutse gutorerwa kuyobora u Rwanda; Guverinoma ya Zambia yamaze kwemeza bidasubirwaho ko Perezida w’iki gihugu, Edgar Lungu azaba ari mu Rwanda muri uwo muhango.
Kuri uyu wa 14 Kanam 2017 nibwo Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Zambia, Harry Kalaba, yashyize hanze itangazo rivuga ko Paul Kagame w’u Rwanda yari muri Zambia muri Kamena 2017 mu ruzinduko rw’ingirakamaro rugamije kongera ubufatanye no (…) -
ONU yashyize hanze imigambi ya Kayumba Nyamwasa n’u Burundi k’u Rwanda
3 January 2019, by Martin MunezeroRaporo y’inzobere z’umuryango w’abibumbye zikorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaje Umunyarwanda Kayumba Nyamwasa utuye muri Afurika y’epfo nk’umuyobozi w’inyeshyamba za P5 zikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ho muri Congo Kinshasa.
-
Uko ibikorwa by’amatora byagenze mu gihugu hose
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu mahanga bagera ku bihumbi 44 362, wongeyeho abari butorere mu Rwanda bose hamwe ni 6 897 076.
Komisiyo y’amatora, NEC yatangaje ko Abagore batora ari 54% abagabo ni 46%, urubyiruko muri bo ni 45% .Mu Rwanda abatora baratorera kuri Site z’itora 2 340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16 691.
Mu ijoro (…) -
Amakamyo yemerewe kunyura ku mupaka wa Gatuna mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’agateganyo
10 June 2019, by Dusingizimana RemyIkigo cy’imisoro n’amahoro Rwanda Revenue Authority cyaraye gisohoye itangazo ryemerera amakamyo atwara imizigo iremereye, kunyura ku mupaka wa Gatuna by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’igenzura.
-
CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri polisi y’ u Rwanda yishwe n’ abagizi ba nabi
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
-
Ndahimana wasezeranye n’umugore we yambaye kamambili bakoze ubukwe bw’igitangaza bwahuruje imbaga y’abantu[AMAFOTO]
30 December 2018, by Martin MunezeroUmugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu basezeranye kwa padiri mu birori biryoheye ijisho.
-
Green Party ifite intego yo gutsindira 20% by’ imyanya y’ abadepite
9 June 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharahira Demukarasi no kurengera Ibidukikije DGPR ryatangaje ko rikomeje imyiteguro y’ amatora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka ndetse ko rifite intego yo gutsindira 20% by’imyanya izahatanirwa mu Inteko
-
Rutsiro: Umusore n’ umukobwa bapfuye bitunguranye habura iminsi 3 ngo bakore ubukwe
18 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmusore n’ umukobwa bo mu murenge wa Gihango akarere ka Rutsiro bitabye Imana bitunguranye habura iminsi itatu gusa ngo basezerane imbere y’ Imana, urupfu rwabo rwashenguye abaturage by’ umwihariko abo mu miryango yabo.
Umuryango.rw