Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru avuga ko impunzi zaturutse muri Libya zahohotewe n’abashinzwe umutekano aho yavuze ko hari gukorwa iperereza ku myitwarire mibi y’izi mpunzi zidashaka kubahiriza gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Polisi y’u Rwanda yagaragaje uko zimwe mu mpunzi zaturutse muri Libya zatangiye kwitwara nabi kubera #Gumamurugo
18 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Ruhango: Abayobozi barindwi basezeye ku kazi ku mpamvu bavuga ko ari izabo bwite
1 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2017 mu karere ka Ruhango abayobozi barindwi beguye ku mirimo yabo, bivugwa ko byatewe n’amakosa bakoze mu gushyigikira imyibukaire y’akagari no kwijandika muri Ruswa.
Ibi bibaye nyuma y’uko no mu Karere ka Muhanga heguye abayobozi bagera ku icumi barimo n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ibiri.
Aba bayobozi baregura binyuze mu isuzumwa rimaze iminsi rikorerwa mu Ntara y’amajyepfo ku ruhare abayobozi bagize mu gushyigikira imyibukire ndetse no (...) -
Umugenzuzi w’ imari ya Leta yakemanze uko miliyari zirenga 100 zinjizwa na Minisante na Mineduc zicungwa
30 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmugenzuzi w’ imari ya Leta Obadiah Biraro yavuze ko Minisiteri y’ Ubuzima na Minisiteri y’ uburezi bakora ibikorwa byinjiza amafaranga agera kuri miliyari 107 ku mwaka. Ngo umwaka ushira aya mafaranga yaracunzwe mu buryo buteye amakenga nyamara Leta ikabongera indi ngengo y’ imari.
-
Wenceslas Twagirayezu uregwa ibyaha bya jenoside yagejejwe i Kigali
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza nibwo indege yari intwaye Twagirayezu Wenceslas yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe ngo aburanishwe ku byaha akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
’Ibibazo by’ ibirayi ntibikeneye abaterankunga ’ Minisitiri Shyaka
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Prof Shyaka Anastase yizeje abatuye Nyabihu, Musanze na Rubavu ko ibibazo biri mu birayi bigiye gukemuka vuba.
-
MIFOTRA yivuguruje yemeza ko umunsi w’ irahira rya Perezida tariki 18 Kanama 2017 ari ikiruhuko
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ abakozi ba Leta n’ Umurimo Mifotra yavuruje amakuru yari yatanze avuga ko ku munsi w’ irahira rya Perezida Kagame tariki 18 Kanama 2017 akazi gakomeza uko bisanzwe ishyira ahagaragara itangazo ryemeza ko ari umunsi w’ ikiruhuko.
Ibi byatangajwe nyuma y’ aho Minisitiri Uwizeye Judith uyobora MIFOTRA yari yatangarije RBA ko kuri uyu wa 18 Kanama 2017, Abanyarwanda batumiwe mu muhango w’ irahira rya Perezida Kagame barajya kuri sitade Amahoro iRemera ahabera umuhango w’ irahira rya (...) -
Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasuye Rusesabagina aho afungiye imukorera ubuvugizi
22 September 2020, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko yasuye Bwana Paul Rusesabagina tariki ya 16 Nzeri aho afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera bagirana ibiganiro.
-
Mu marira n’agahinda ibihumbi by’abaturage muri Afurika y’epfo basezeye bwanyuma Winnie Madikizela-Mandela[AMAFOTO]
13 April 2018, by Martin MunezeroMu marira n’agahinda ibihumbi by’abaturage muri Afurika y’epfo basezeye bwanyuma Winnie Madikizela-Mandela wahoze ari umugore wa Nelson Mandela.
Winnie Madikizela-Mandela uyu mugore afatwa nk’intwari yamenyekanye muri afurika y’epfo mugihe iki gihugu cyari kirikurwana inkundura yo kuryanya ivanguraruhu muri iki gihugu.
Winnie yabaye umugore wa Nelson Mandela wabaye perezida wa mbere w’umwirabura wanarwanyije ubutegetsi bwa ba gashakabuhake (apartheid) muri afurika y’epfo.
Winnie Madikizela (...) -
Kurikira Final ya Europa League kuri StarTimes: Sevilla vs Inter
20 August 2020, by UbwanditsiAbakunzi ba StarTimes bazakurikirana umukino wa nyuma w’igikombe cy’Uburayi, Europa League uzahunza Inter na FC Seville kuri uyu wa gatanu taliki 21/8/2020 saa tatu z’umugoroba. Ni ibirori bidakwiye kuzagucika.
Ikiri kwibazwa ni ukumenya ikipe izegukana iki gikombe hagati ya Sevilla na Inter. Mu mateka ya Sevilla uko yageze ku mukino wa nyuma yatwaye iki gikombe.
FC Seville ntitaratakaza finale na rimwe muri Europa League, imaze kugera ku mukino wa nyuma inshuro 5 kandi izi nshuro zose (...) -
Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru yemezwa n’ , Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa aravuga ko Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye mu Rwanda ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirenge mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba Akarere (...)
0 | ... | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | ... | 2480