Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bya gukomeza mu ibyo uhura nabyo( igice cya gatanu)/ Rev./Ev. Eustache Nibintije
29 May 2019, by Rev./Ev. Eustache Nibintije -
Abiga mu bigo byigenga nabo ntibemerewe telefone n’ imisatsi isutse
14 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi mu Rwanda yatangaje ko abanyeshuri biga mu mashuri y’ inshuke, abanza n’ ayisumbuye babujijwe gutunga telefone ku ishuri ngo uzajya ayifatwanwa inshuro ebyiri azajya yirukanwa burundu ikigo cyanze kubuza abanyeshuri kuzitunga gifungwe burundu cyaba icya Leta cyangwa ikigenga.
-
Uwari Gitifu wa Gisagara yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo
2 November 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwakatiye Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara gufungwa iminsi 30.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ugushyingo 2017, urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwafashe umwanzuro wo gufunga by’ agateganyo iminsi 30, Mukiyehe wari gitifu w’ akarere ka Gisagara.
Me Pascal Munyemana wunganira Mvukiyehe mu mategeko yatangarije UMURYANGO ko umukiriya we yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo gusa avuga ko bataramenya niba bazajurira. (…) -
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya gatatu)
25 April 2019, by UbwanditsiNkuko twatangiye iyi nyigisho yacu ifite umutwe ugira uti :” Ibintu wakora kugirango ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri “ Mbere tuakaba twarabagejejeho ibice bibiri by’iyi nyigisho ,ubu tukaba tugiye gukomeza tugaruka ku gice cya gatatu cyayo.
-
Karongi: Bayavuge wiciwe abe bose muri Jenoside atuye mu nzu yasenyutse [AMAFOTO]
13 April 2023Madamu Bayavuge Leocadia uri mu kigero cy’imyaka 63 yiciwe umugabo n’abana be bose mu gihe cya Jenoside ariko arara mu kizu cyasenyutse nta mutekano.
Jenoside yakorewe Abatutsi yasanze Bayavuge yarashatse mu Bisesero,Interahamwe zimwicira abana be bose n’umugabo.
Nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi yisanze wenyine bituma agaruka iwabo mu murenge wa Rubengera.
Ubu abayeho atunzwe no guca inshuro aho arambika umusaya naho ninko hanze.
Umunyamakuru wa Umuryango.rw yamusuye mu rugo rwe (…) -
Abafite ubumuga bwo kutabona babangamiwe n’abatwara ibinyabiziga bakomeje kugonga inkoni zera zibafasha kubona
9 November 2020, by Dusingizimana RemyNubwo Polisi y’igihugu yatangije gahunda nziza ya Gerayo amahoro ikangurira abatwara ibinyabiziga kwirinda umuvuduko no kubahiriza uburenganzira bw’abanyamaguru,abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko hari abatwara ibinyabiziga bagonga inkozi zera zibafasha kubona barangiza bakiruka.
-
Olive wapfushije umugabo we bakimara gukora ubukwe yakoze ubundi bukwe bw’igitangaza[AMAFOTO]
11 February 2019, by Martin MunezeroAmateka y’ibyabaye kuri Umurerwa Olive wapfushije umugabo we bakimara gukora ubukwe ni ubuhamya bwagiye bukora benshi ku mutima ariko ku batari bacye bikaba n’ikimenyetso cyo gukomera kw’amasezerano y’Imana.
-
Ku Nshuro ya 34 hibukwa Bob Marley,Dore ibintu 10 byashyizwe ahagaragara utaruzi kuri we
11 May 2017, by Martin MunezeroBob Marley, ntabwo azibagirana n’abakunzi b’umuziki ku Isi, by’umwihariko abakunzi ba Reggae n’abo bita aba Rasta, uyu muhanzi yatangaga ubutumwa bw’umwihariko butuma bamwe bamwita Umuhanuzi. Ibi ni ibintu 10 bitamenyekanye cyane mu buzima bwe. Kuri uyu wa 06 Gashyantare, uyu muhanzi yari kuba yujuje imyaka 72.
1.Yizeraga ko kunywa agatabi kurumogi ngo bibohora. Aha twibutse ko mu gihugu cyacu kunywa urumogi ari icyaha gihanwa n’amategeko.
2.Amazina yiswe akivuka ni Nesta Robert Marley (…) -
Ibiciro by’ ingendo byazamutseho amafaranga 2 ku kilometero
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu ngenzura mikorere RURA cyatangaje ko ibiciro by’ ingendo byazamuwe. Mu mugi wa Kigali igiciro cy’ urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange cyavuye cyavuye ku mafaranga 20 ku kilometero kimwe kigera ku mafaranga 22 naho ku mugenzi uva mu mujyi umwe ajya mu wundi kiva ku 19 Frw kigera kuri 21 Frw.
Ibiciro bishya bizatangira kubahirizwa kuwa Mbere tariki 2 Mata 2018.
Ibi bitangajwe nyuma y’ uko kuva mu mwaka ushize wa 2017 buri mezi abiri RURA yatangazaga (…) -
SOBANUKIRWA IBINTU Y’ INGENZI BYAGUKOMEZA MU IBYO UHURA NABYO
25 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Umuryango.rw
Karongi: Bayavuge wiciwe abe bose muri Jenoside atuye mu nzu yasenyutse [AMAFOTO]
Abafite ubumuga bwo kutabona babangamiwe n’abatwara ibinyabiziga bakomeje kugonga inkoni zera zibafasha kubona