Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje hari abantu 6 baraye ku biro byayo bayinginga ngo yakire kandidatire zabo mu matora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abantu 6 baraye kuri Komisiyo y’ amatora batakamba ngo kandidatire zabo zakirwe
26 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Modi yashyikirije abaturage ba Rweru inka yabazaniye muri gahunda ya Gira Inka [VIDEO]
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestNerandra Modi Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde yazanye inka 200 yazanye nk’inkunga kuri gahunda ya Gira Inka yatangijwe na Perezida Kagame, bombi muri iki gitondo bazijyanye mu mudugudu w’ikitegererezo wubatswe Rweru mu karere ka Bugesera bazishyikiriza abo zigenewe.
-
Rusizi: Akarere kamurikiye abasenateri raporo irimo ibinyoma haboneka umuntu ugatamaza
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari ejo tariki 15 Gicurasi 2018 basuye akarere ka Rusizi bagiye kureba aho gahunda yo kugeza amazi meza ku baturarwanda igeze, aka karere kabagaragariza raporo yuzuyemo ibinyoma havamo umwe mu bashinzwe kugeza amazi ku baturage avuga ko iyo raporo ari intekinikano, ubuyobozi bw’ akarere bugeze aho burabyemera.
-
Umunyarwanda umwe muri babiri ntabwo yishimiye ikiciro cy’ ubudehe arimo
2 February 2018, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi ku ishusho y’uko abaturage babona imiyoborere n’imitangire ya serivisi mu nzego zibegereye bwa 2017 bwerekanye ko abaturage 50% bishimiye ibyiciro by’ ubudehehe bashyinzwemo abandi 50% ntibabyishimiye.
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ubu bushakshatsi rwabumuritse none tariki 2 Gashyantare 2018.
Mu biganiro mu matsinda, hari abaturage bagaragaje ko bishimiye icyiciro cy’ubudehe barimo. Abatacyishimiye bagiye babivuga muri aya magambo “Usanga gahunda nyinshi zigendera ku (...) -
Intumwa y’Imana Paul Gitwaza yirukanye abari ibyegera bye bane(AMAFOTO)
9 May 2017, by Martin MunezeroIntumwa Paul GITWAZA umushumba mukuru w’itorero zion temple ku isi yose yirukanye burundu abari ibyegera bye , anabambura uburenganzira bwo kuzongera kubwiriza mu matorero ye aho ariho hose ku isi. […]
Intumwa Paul GITWAZA umushumba mukuru w’itorero zion temple ku isi yose yirukanye burundu abari ibyegera bye , anabambura uburenganzira bwo kuzongera kubwiriza mu matorero ye aho ariho hose ku isi.
Nyuma yo kutumvikana kwakomeje kuvugwa hagati y’ubuyobozi bukuru na bamwe mu bari abakozi biri (...) -
RDC yahawe amezi abiri yo kwisanisha n’ibihugu bya EAC
18 April 2022, by Joseph IradukundaRepuburika iharanira demokarasi ya Congo ifite igihe kinga n’amezi abiri gusa, ngo ibe yateguye ingengo y’imari ingana n’iyi bihugu ybigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC ihrutse gusangamo.
-
Muhanga: Bataburuye umurambo w’ umugore ngo hasuzumwe icyamwishe
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ umurenge wa Shyogwe wo mu karere ka Muhanga bwataburuye umurambo w’ umugore bikekwa ko yazize uburozi washyinguwe ku wa Gatandatu bubitegetswe n’ Urwego rw’ igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB.
-
Nyamagabe: Hafashwe abagabo 3 bamaze kwiba Bank akayabo k’amamiliyoni
19 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu munsi w’ejo tariki 18 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi abagabo batatu bakurikiranweho gucura umugambi no kugerageza kwiba Banki y’abaturage (BPR) ishami rya Musange riherereye mu murenge wa Musange, akagari ka Masizi, umudugudu wa Karama, nyuma y’aho umwe muri bo yuriye agatobora igisenge akiba amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 5.
-
Perezida Kagame yahaye Perezida Macron ubutumwa bumutumira mu Rwanda
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yandikiye Perezida w’ Ubufaransa Emmanuel Macron amushimira ko yamutumiye mu ihuriro rya Amahoro riherutse kubera I Paris anamusaba kuzasura u Rwanda mu ntangiriro z’ umwaka utaha wa 2019.
-
Abakozi ba RIB bagiye guhabwa impuzankano ibaranga
7 June 2018Col. Jeannot Ruhunga, Umunyamabanga Mukuru w’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Rwanda Investigation Bureau (RIB), yavuze ko kugeza ubu ikiranga abakozi ba RIB ari ikarita ariko ko bagiye guhabwa umwambaro wihariye uzatuma abakeneye serivisi zabo babasha kubamenya.
0 | ... | 2120 | 2130 | 2140 | 2150 | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | ... | 2480