Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 12 barimo abapolisi 7 n’abasivili 5 bakekwaho icyaha cya ruswa. Bakaba barafatiwe mu turere tunyuranye mu bihe bitandukanye.
Polisi ivuga ko aba bakurikiranyweho uburiganya na ruswa mu gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga.
Aba bapolisi barindwi barimo abo ku rwego rwa Ofisiye barimo umwe ufite ipeti rya CIP (Chief Inspector of Police) rigaragazwa n’ikirango cy’inyenyeri eshatu, batatu bafite ipeti rya IP (Inspector of Polisi) rigaragazwa n’ikirango (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abapolisi barindwi n’abasivile batanu batawe muri yombi bakekwaho icyaha cya ruswa
3 November 2021, by Dusingizimana Remy -
Mu muhango wo gushyingura umunyamidelikazi Alexia Mupende bikekwa ko yishwe n’uwari umukozi we wagaragayemo abayobozi b’igihugu batandukanye[AMAFOTO]
14 January 2019, by Martin MunezeroAlexia uwera Mupende wari umunyamideli ukomeye mu Rwanda, yishwe ku mugoroba wo kuwa 08 Mutarama 2019, atewe icyuma bikekwa ko byakozwe n’uwari umukozi wo mu rugo n’ubwo ataratabwa muri yombi.
-
Minisitiri Mutimura yahagaritse abarimu 5 na diregiteri
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu nama yahuje abayobozi b’ ibgo by’ amashuri byo mu karere ka Rubavu yitabirire na Minisitiri w’ uburezi Dr Eugene Mutimura n’ abayobozi b’ ikigo cy’ ikigihu REB gishinzwe guteza imbere uburezi hafatiwemo icyemezo cyo guhagarika abarimu batanu n’ Umuyobozi w’ ishuri.
-
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Lieutenant abofisiye bato 180 [VIDEO]
13 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umugaba w’ ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul yahaye ipeti rya Lieutenant abofisiye bato 180 bamaze umwaka bahabwa amasomo n’ imyitozo bya gisirikare.
-
Intumwa y’Imana Paul Gitwaza yirukanye abari ibyegera bye bane(AMAFOTO)
9 May 2017, by Martin MunezeroIntumwa Paul GITWAZA umushumba mukuru w’itorero zion temple ku isi yose yirukanye burundu abari ibyegera bye , anabambura uburenganzira bwo kuzongera kubwiriza mu matorero ye aho ariho hose ku isi. […]
Intumwa Paul GITWAZA umushumba mukuru w’itorero zion temple ku isi yose yirukanye burundu abari ibyegera bye , anabambura uburenganzira bwo kuzongera kubwiriza mu matorero ye aho ariho hose ku isi.
Nyuma yo kutumvikana kwakomeje kuvugwa hagati y’ubuyobozi bukuru na bamwe mu bari abakozi (…) -
Nyamagabe: Hafashwe abagabo 3 bamaze kwiba Bank akayabo k’amamiliyoni
19 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu munsi w’ejo tariki 18 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi abagabo batatu bakurikiranweho gucura umugambi no kugerageza kwiba Banki y’abaturage (BPR) ishami rya Musange riherereye mu murenge wa Musange, akagari ka Masizi, umudugudu wa Karama, nyuma y’aho umwe muri bo yuriye agatobora igisenge akiba amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 5.
-
Ibintu 10 bitangaje ku murenge wa Nkombo [AMAFOTO]
26 August 2017, by Nsanzimana ErnestNkombo ni umwe mu mirenge 416 igize u Rwanda. Uyu murenge ugizwe n’ ikirwa giherereye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rusizi mu ntara y’ Iburengerazuba. Umuryango wasuye uyu murenge ubakorera urutonde rw’ ibintu 10 bitangaje kuri uyu murenge uyoborwa na Rwango Jean de Dieu.
1. Nta modoka ihaba
Ubu bwato bushobora gutwara abantu 70 n’ imzigo yabo
Muri uyu murenge nta modoka ihaba, abawutuye bavuga ko imodoka rukumbi yageze muri uyu murenge ari iyari itwaye ibikoresho byifashishijwe (…) -
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados
18 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uruzinduko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda amaze Iminsi agirira mu bihugu 2 aribyo Jamica na Barbados , ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje zimwe mu nyungu u Rwanda rufite kuri uru ruzinduko.
-
Umunyamakuru Kayumba Casmir yitabye Imana bitunguranye
16 January 2018, by Nsanzimana ErnestKayumba William Casmiry wari umaze igihe kinini akora mu itangazamakuru ryandika mu Rwanda yitabye Imana kuri uyu wa 15 Mutarama 2018 azize urupfu rutunguranye.
Uyu musaza wari ufite imyaka 56 y’ amavuko ari umuntu uvuga make agakunda ukuri, yashinze Ikinyamakuru Ukuri.net anakibera umuyobozi. Yari atuye mu Murenge wa Ndera, Akagari ka Kibenga mu Mudugudu wa Bahoze, Akarere ka Gasabo.
Amakuru aturuka mu muryango we aravuga ko ejo saa munani Kayumba yumvishe atameze neza ajya kuruhuka, (…) -
Kigali: Imwe mu midugudu yari muri Guma mu rugo kubera COVID-19 yakuwemo
10 July 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu [MINALOC] yatangaje ko yakuye muri gahunda ya Guma mu rugo imidugudu 3 yo muri Kigali. Isigaye irakomeza iyi gahunda kugeza igihe icyorezo cya #COVID19 kizaba kitakihagaragara.
Umuryango.rw
Abapolisi barindwi n’abasivile batanu batawe muri yombi bakekwaho icyaha cya ruswa
Nyamagabe: Hafashwe abagabo 3 bamaze kwiba Bank akayabo k’amamiliyoni
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados
Kigali: Imwe mu midugudu yari muri Guma mu rugo kubera COVID-19 yakuwemo