Perezida Paul Kagame yahamagariye urubyiruko rw’u Rwanda guhatana n’abandi mu rugamba rw’ishoramari mu Rwanda aho gutegereza ko hari ubundi buryo buzaza buborohereza gushora imari yabo mu bintu bimwe n’abandi bashoramari.
Ibi yabitangarije mu kiganiro cyaciye kuri radiyo na tereviziyo by’igihugu cyatambutse kuva I saa Cyenda zo kuri icyi cyumweru 25 Kamena.
Ubwo umwe mu babajije ibibazo yagaragazaga icyifuzo cye cy’uko urubyiruko rwajya rworoherezwa mu gushaka ibyangombwa by’ubuziranenge (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko guhatana nk’uko abandi bahatana mu rugamba rw’ishoramari
25 June 2017, by Ferdinand Dukundimana -
Ntabwo twamenye impamvu y’agatotsi hagati y’u Rwanda na Uganda-Mushikiwabo
13 March 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Hon.Mushikiwabo Louise yatangajeko u Rwanda rutamenye impamvu yateye agatotsi hagati yarwo na Uganda avuga ko u Rwanda na Uganda bifitanye isano y’ amaraso ndetse ko u Rwanda rudashobora kubuza umudendezo abanya Uganda bari mu Rwanda nubwo Abanyarwanda bari muri Uganda bafashwe bagafungwa n’ ubu bamwe muri bo bakaba bagifunzwe"
Mu mpera z’ umwaka ushize nibwo hagati y’ u Rwanda na Uganda hatangiye kumwikana umwuka utari mwiza. Bamwe mu Banyarwanda bari muri (...) -
Bamporiki yongeye kuvuga amagambo akomeye ku Mavubi
19 November 2018, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Itorero ry’Igihugu, Bamporiki Edouard, yongeye kunenga umusaruro w’Ikipe y’igihugu,Amavubi aho yemeje ko kunganya na Centrafrique bidatangaje kubera imyiteguro yayo.
-
Rwamagana: Wa mugabo uregwa ko wishe umugore we akamubaga imbere y’ urukiko yavuze icyabimuteye
10 July 2018, by Nsanzimana ErnestNtezimana Jean Damascene uregwa kwica umugore akanashinyagurira umurambo kuri uyu wa 10 Nyakanga 2018 yaburanishirijwe mu murenge wa Karenge ahabereye icyaha yemera ibyaha aregwa.
-
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
11 March 2018, by UbwanditsiAbarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye batujwe mu mudugudu wahawe akabyiniriro ka ‘Nyarutarama’ uherereye mu murenge wa Kibeho barataka inzara bavuga ko yamaze guhitana umwe muri bo. Ikibazo cyabo bavuga ko bakigejeje ku bayobozi b’ inzego z’ ibanze ntibagire icyo bagikoraho bityo ngo baratabaza Perezida Kagame.
Mu gitondo cyo kuwa 19/12/2017 nibwo Uwimana Nikuze umwana wa Karamba Gratien avuga ko yagije kumusura nk’ibisanzwe agasanganizwa inkuru y’ uko se yitabye Imana.
Uyu mukobwa (...) -
ADEPR: Bishop Rwagasana n’ abo bareganwa bireguye ku cyaha cyo kurigisa miliyari zisaga ebyiri
22 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi wungirije w’ ihuriro ry’ amatorero ya pentekote mu Rwanda ADEPR Bishop Tom Rwagasana n’ abo bareganwa icyaha cyo kunyereza amafaranga arenga miliyari ebyiri yakusanyijwe mu bakiristo ngo hishyurwe umwenda iryo torero ribereyemo BRD bagejejwe imbere y’ urukiko rwisumbuye rwa Gasabo baburana ku ifungwa n’ ifungurwa.
Bishop Tom Rwagasana ni Umuvugizi wungirije akaba n’ushinzwe ubuzima bw’itorero rya ADEPR, Mutuyemariya Christine ushinzwe ubutegetsi n’imari, Sindayigaya Theophile, Sebagabo (...) -
Mpayimana Philippe wari umenyerewe nk’ umukandida wigenga yashinze ishyaka rya Politiki
4 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’ umukandida ku mwanya wa Perezida w’ u Rwanda ntatsinde, akiyamamariza ari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ntatsinde yashyinze ishyaka rya politiki avuga ko riharanira iterambere ry’ Abanyarwanda.
-
Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)
3 November 2019, by UbwanditsiMukagasana, ni umukecuru wo mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza, ahazwi nk’I Nyamiyaga. Amaranye ubwandu bwa Sida imyaka irenga 20 kandi aracyakomeye! Yaduhaye ubuhamya bw’uko yamenye ko yanduye, uko yabyakiriye, uko abo babana bamufataga ndetse n’icyo yakoze ngo iki cyorezo cyarimo kimara abantu abantu icyo gihe ngo we kitamuhitana.
-
Perezida Magufuli wa Tanzania ntagikunzwe nka mbere
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestUko Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli akunzwe byagabanyutseho 16% bigera kuri 55% bivuye kuri 71% byariho muri 2017 nk’ uko byagaragajwe na raporo ya Twaweza.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
0 | ... | 2080 | 2090 | 2100 | 2110 | 2120 | 2130 | 2140 | 2150 | 2160 | ... | 2480