Uwamurera Salama wari watowe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki mu Rwanda ngo arihagararire muri Sena yabujijwe aya mahirwe n’urukiko rw’ikirenga rwavuze ko nta bunararibonye buhagije afite bwatuma aba umusenateri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uwamurera wabujijwe kujya muri Sena kubera ubunararibonye buke yavuze uko yakiriye uyu mwanzuro
1 October 2019, by Dusingizimana Remy -
Umugwaneza avuga ko yakubiswe n’abapolisi bakamumena amatwi, akaba yarabuze aho abaza
5 December 2019, by UbwanditsiUmudamu witwa Umugwaneza Sam Gisele avuga ko agendana ubumuga bwo kutumva nyuma yo gukubitwa n’abapolisi babiri bakamumena amatwi nk’uko abivuga ndetse na raporo za muganga zabyerekanye ariko akaba yarabuze ubutabera kubera ko inzego zose yiyambaje zimuhahana
-
Urukiko rwarekuye by’agateganyo Bishop Tom Rwagasana
17 August 2017, by Iyamuremye JanvierUwahoze ari umuvugizi wungirije ushinzwe ubuzima bw’ iterero pentekote mu Rwanda ADEPR, Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri torero.
Rwagasana yarekuwe n’urukiko asabwa, kujya yibataba ushinjacyaha buri cyumweru anasabwa gutanga Pasiporo bivuze ko atagizwe umwere ahubwo n’uko yarekuwe by’agateganyo
Iri (…) -
Al Hilal na AZAM Media Ltd bahombeje Rayon Sports akayabo ka miliyoni 830 mu cyumweru kimwe
31 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yateganyaga kwinjiza Miliyari imwe na miliyoni 540 z’amafaranga y’u Rwanda (1,540,800,000 Frw),yamaze kugwa mu gihombo gikomeye cya miliyoni zirenga 840 mu cyumweru kimwe gusa bitewe na Al Hilal ndetse na Azam Media Ltd.
-
Uganda Airlines igiye gutangira gukorera ingendo mu Rwanda nyuma y’isinywa ry’amasezerano yo muri Angola
21 September 2019, by Dusingizimana RemyKompanyi y’indege ya Uganda Airlines itangiye vuba yiyemeje gutangira gukorera ingendo mu Rwanda nyuma y’aho umubano mubi wari hagati y’ibihugu byombi ugiye gusimburwa n’uwa kivandimwe.
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye kuri uyu wa Kabiri
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestNone kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama y’abaminisitiri idasanzwe:
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 08 Ugushyingo 2017, imaze kuyikorera ubugororangingo.
Inama y’Abaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igeze.
3.Inama y’Abaminisitiri yemeje:
a) Ishyirwaho ry’Ikigo (…) -
Amafaranga acibwa abatwaye basinze agiye kujya yunganira mutuelle de santé
31 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi ushinzwe Ubwisungane mu Kwivuza [Mutuelle de Santes] mu kigo cy’igihugu cy’Ubwishingizi,RSSB, Deogratias Ntigurirwa yatangaje ko kubera ubushobozi budahagije bwa Mitiweli mu kuvuza abanyarwanda uko bikwiriye,Leta yafashe ingamba zo gushaka aho amafaranga yaturuka harimo no mu bihano by’amafaranga ibihumbi 150 FRW yakwa abafatwa batwaye ibinyabiziga basinze.
-
Karekezi yabeshyuje ibyo gusezera muri Rayon Sports anatangaza umutoza yifuza ko asimbura Katauti
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yamaganye amakuru yavugaga ko yifuza gusezera muri Rayon Sports aboneraho kwemeza ko umutoza Lomami Marcel wari umutoza ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi yasimbura Katauti akaba umutoza wungirije by’agateganyo mbere yo kuzafata umwanzuro nyuma ya CHAN.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda Karekezi Olivier yabeshyuje amakuru yiriwe mu bitangazamakuru ku munsi w’ejo ko yifuza kwegura mu ikipe ya Rayon Sports kubera ukuntu ubuyobozi (…) -
Huye: Umurambo w’umusore wasanzwe mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda
27 December 2019, by Dusingizimana RemyUmurambo w’umusore utarameneyakana imyirondoro, uri mu kigero cy’imyaka 20, wishwe akaswe ijosi,wasanzwe mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda hafi y’ahitwa kuri IRST.
-
Imihanda yo mu Rwanda ngo mwiza ku kigero cya 97% [AMAFOTO]
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ikigero cy’ ubwiza bw’ imihanda yo mu Rwanda kigeze kuri 97%.
Umuryango.rw