Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi akaba ari guhatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 7 ikurikiyeho, na we ni umwe mu banyarwanda bamaze gutora kuri uyu wa 04 Kanama uyu mwaka.
Paul Kagame ni umwe mu banyarwanda batoye mu masaha ya kare kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kanama 2017, akaba yatoye ahagana isaa Tanu z’amanywa atorera mu mujyi wa Kigali mu Rugunga ku biro by’itora biri kuri APE Rugunga mu mudugudu w’Imena.
Itegeko Nshinga mu ngingo ya 98 rivuga ko “Perezida wa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kagame yatoye uwo yifuza ko yaba Perezida w’u Rwanda 2017-2024-AMAFOTO
4 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Ibintu 8 Abanyarwanda bakwigira kuri Knowless
19 October 2017, by Martin MunezeroIcyamamare/kazi ni umuntu abantu benshi bafatiraho icyitegererezo. Icyitegererezo umuntu w’icyamamare runaka atanga gishobora kuba kibi cyangwa cyiza bitewe n’uko icyo cyamamare cyitwara. Ibyamamare byo ku isi yose bikurikirwa ndetse bigakundwa n’abantu banyuranye. Haba abahanzi abakinnyi ba Film,abakinnyi b’umupira w’amaguru ,abanyamideli, ba Nyampinga n’abandi.
Bariya bose niko bagira isura nziza cyangwa mbi batanga muri sosiyete y’abantu ku isi yose. Mu Rwanda dufite umubare munini (…) -
Mu masaha y’ umugoroba umuhanda Kanombe- Kacyiru uraharirwa abashyitsi
22 July 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko guhera saa kumi n’ ebyiri z’ umugoroba umuhanda ujya cyangwa uva ku Kibuga cy’ indege I Kanombe urakoreshwa n’ abashyitsi gusa.
-
Imvura ikomeye yahitanye abantu 8 inasenya amazu arenga 100 mu gihugu hose
3 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko imvura yaguye ku itariki ya 1 -2 Gicurasi 2020, yahitanye abantu umunani, batanu barakomereka mu gihe inzu zirenga 100 zasenyutse.
-
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bitandukanye bamaze kugera mu Rwanda bitabiriye #Kwibohora 25 [AMAFOTO]
3 July 2019, by Dusingizimana RemyAbaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos bamaze kugera mu Rwanda aho baje kwifatanya n’Abanyarwanda kwizihiza umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25.
-
Minisitiri Busingye yagaragaje ibintu 2 bikenewe ngo impanuka zo mu muhanda zishire
22 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yavuze ko impanuka ziterwa n’ abantu atari Imana yaziremye yongeraho ko kuzirinda bishoboka kandi byoroshye.
-
Kwemererwa guhinga urumogi mu Rwanda bizaba bisaba iki? Itegeko ryasohotse
29 June 2021, by KAREGEYA Jean Baptiste OmarItegeko riteganya ibisabwa kubahirizwa ahahingwa n’ahatunganyirizwa urumogi bimwe mu byo riteganya ni uko hagomba kugira inzitiro ebyiri, irondo rigakoreramo hagati.
Iteka rya Minisitiri no 003/Moh/2021 ryo kuwa 25 Kamena 2021 rigena ibisabwa ku buhinzi n’imitunganyirize y’urumogi n’ibirukomokaho. Mu ngingo yaryo ya 15 kugeza kuya 18, bavuga ku mutekano w’ahakorwerwa ibijyanye n’urumogi, ko hagomba kuba inzitito ebyiri, kandi irondo rigakorerwa hagati ya zombi.
Amabwiriza ajyanye no (…) -
U Rwanda rwahagaritse ibiganiro rwari kugirana n’U Bubiligi kubera amagambo yabwo kuri Rusesabagina
21 September 2021, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwasubitse ibiganiro byagombaga guhuza ba Minisitiri barwo n’ab’u Bubiligi bishamikiye ku Nama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye nyuma y’aho Minisitiri w’Intebe wungirije w’iki gihugu, Sophie Wilmes, anengeye imikirize y’urubanza rwa Paul Rusesabagina.
-
Abadepite banenze imvugo Me Evode yakoresheje mu nteko
18 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbadepite banenze zimwe mu mvugo z’ Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera Me Evode Uwizeyimana.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017, ubwo Me Evode yagaragarizaga abadepite ishingiro ry’ ivugurura ry’ igitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda yagereranyije uko icyo gitabo cyari kimeze ‘ishyamba ry’ inzitane’ ashaka kugaragaza ko cyari kigizwe n’ ingingo nyinshi bikagorana kubonamo ingingo runaka.
Iyi mvugo abadepite barimo (…) -
Barafinda na Mpayimana baracyafite iminsi 14 yo gutanga ibyangombwa muri NEC
23 June 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora iravuga ko abatanze ibyagombwa bituzuye bafite iminsi 14 yo kubyuzuza.
Komisiyo y’ amatora itangaje ibi mu gihe ku ngengabihe y’ amatora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe muri Kanama 2017 biteganyijwe ko none ku wa Gatanu 23 ari wo munsi wa nyuma wo kwakira kandidatire z’ abifuza kuziyamamariza kuyobora u Rwanda.
Uyu munsi ugeze hari abatanze ibyangombwa bisabwa uwifuza kwiyamamariza umwanya w’ umukuru w’ igihugu bituzuye. Abo ni Barafinda Ssekikubo Fred (…)
Umuryango.rw
Imvura ikomeye yahitanye abantu 8 inasenya amazu arenga 100 mu gihugu hose
Kwemererwa guhinga urumogi mu Rwanda bizaba bisaba iki? Itegeko ryasohotse
U Rwanda rwahagaritse ibiganiro rwari kugirana n’U Bubiligi kubera amagambo yabwo kuri Rusesabagina