Umuyobozi akaba n’ umukandida watanzwe n’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza avuga ko nk’ ishyaka DGPR bizeye ko komisiyo y’ igihugu y’ amatora izakora akazi kayo neza amatora agakorwa mu mucyo n’ ubwisanzure, ngo nitabikora ntabwo bazemera ibizava mu matora.
Dr Frank Habineza yabitangaje ubwo yari akimara gutanga kanditature ye kuri ubu iri mu zirimo guzumwa n’ abakomiseri ba komisiyo y’ amatora.
Mu nkuru yacu y’ ubushize twari twababwiye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Abantu bacu nibakubitwa, bagafungwa, ntabwo tuzemera ibizaba mu matora” Dr Frank Habineza
15 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Rurageretse hagati ya Diyosezi ya Butare na Sosiyete y’Ubwubatsi Garco
27 September 2020, by UbwanditsiMu Ukuboza 2017 nibwo habayeho amasezerano hagati ya Diyosezi Gatolika ya Butare ihagarariwe na Msgr Filipo Rukamba na sosiyete y’Ubwubatsi Garco Ltd ihagarariwe na Architect Jean Baptiste Cyusa yo kubaka Centre Pastorale, iruhande rwo ku gice cy’ahahoze Procure ku bazi Umujyi wa Butare.
Aya masezerano yari afite agaciro ka 314,869,700frws yari ayo kubaka inyubako ya niveau 3 yo gukoreramo n’imwe mu miryango gatolika ya Diyosezi ya Butare ndetse n’igice cy’abacunga ibintu bya Diyozezi (…) -
Hon. Bamporiki yagaragaje ukuntu uwambaye ubusa aba ahemukiye abana azabyara
23 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’’ itorero ry’ igihugu Hon. Edouard Bamporiki yagaragaje ko kwambara ubusa uri inkumi cyangwa umusore ari uguhembukira urubyaro ruzagukomokaho.
Ni mu gihe ku mbuga nkoranyambaga zihurirwaho n’Abanyarwanda hasigaye hirirwa hazenguruka amafoto y’ abasore n’ inkumi bifotoza bambaye ubusa bagakinga agakomba ku myanya y’ ibanga.
Bamporiki asanga ibi ari ishyano ati “Ni ishyano kuko umuntu wambaye ubusa uyu munsi yumva bimunejeje, ariko bizamugora ejo najya kugira umuryango, azagira (…) -
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwitanga rutabanje kubibwirizwa
2 July 2019, by Dusingizimana RemyMu kiganiro Nyakubahwa perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru bo mu Rwanda no mu mahanga ndetse na bamwe mu rubyiruko rukunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga rutanga ibitekerezo,yavuze ko urubyiruko rukwiriye kwitanga uko bikwiriye kugira ngo igihugu gitere imbere ndetse ko rudakwiriye kurindira ko barubwiriza gukora ibyiza.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Donald Trump wa Amerika-AMAFOTO
26 January 2018, by Iyamuremye JanvierKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame amaze guhura na mugenzi wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump aho biteganyijwe ko baza kugirana ibiganiro byihariye.
Perezida Kagame na Trump bahuriye mu nama yiga ku bukungu bw’isi i Davos mu Busuwisi igiye kumara iminsi ine. Aba bakuru b’ibihugu byombi bakaba baganiriye ku bijyane n’imikoranire y’Afurika n’Amerika.
Tryump aherutse kuvuga imvugo itaravuzweho rumwe n’ibihugu bya Afurika aho yagize (…) -
Urujijo muri dosiye ya Majyambere wongeye gufungwa nyamara avuga ko yarangije igihano
4 April 2022, by UbwanditsiMu minsi ishize ni bwo inkuru y’ifungwa ry’umunyemari Hategekimana Martin wamenyekanye nka Majyambere wari ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge yasakaye.
-
U Burundi bwamaze kwikura muri ICC
27 October 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ umwaka igihugu cy’ u Burundi gitangaje ko kigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, kuri ubu bwamaze kubishyira mu bikorwa.
Mu mwaka ushize ibihugu birimo Afurika y’ Epfo, u Burundi, na Gambie byatangaje ko bigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC.
Gambia yabitangaje iyobowe na Yahya Jammeh, Perezida wasimbuye Jammeh, Adama Barrow avuga ko nta mpamvu yo kugira ngo igihugu cye gihagarike amasezerano gifitanye na ICC.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri ubu u (…) -
Humble Jizzo yemeje ko Urban boys yamaze gucikamo ibice anavuga imvano yabyo
4 November 2017, by Nsanzimana ErnestHumble Jizzo umwe mu basore batatu bari bagize itsinda rya Urban Boys yatangaje ko Safi Madiba yasezeye kuri iri tsinda rimaze imyaka icyenda rikora umuziki.
Safi Madiba uherutse gusezerana n’ umukobwa Niyonizera Judith ubukwe bwe ntibuvugweho rumwe bishoboka ko agiye gukora umuziki ku giti cye.
Humble Jizzo wari mu bukwe bwa Safi butabonetsemo mugenzi wabo Nizzo yatangaje ko Safi yamuhamagaye amubwira ko asezeye Urban Boys ku mpamvu ze bwite.
Nubwo Safi avuga ibi ariko, Humble Jizzo (…) -
Nyabihu: Abakekwaho kwica umwana na nyina batawe muri yombi
26 November 2018, by Nsanzimana ErnestMukeshimana Forolida n’ umwana we Honoré bari batuye mu murenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu bishwe n’abantu bataramenyekana. Umuyobozi w’ akarere yatangaje ko inzego z’ umutekano zataye muri yombi babiri barimo gukorwaho iperereza.
-
Danemark na Suede birashinja Ubutasi bw’uburusiya kuvongera ibihugu byabo
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIbihugu bya Darmark na Suede byahamagaje aba mbasaderi b’u Burusiya mu bihugu byabo nyuma y’aho indege y’ubutasi y’u Burusiya irenze ikirere cy’ibi bihugu byabo byombi.
Umuryango.rw
“Abantu bacu nibakubitwa, bagafungwa, ntabwo tuzemera ibizaba mu matora” Dr Frank Habineza
Rurageretse hagati ya Diyosezi ya Butare na Sosiyete y’Ubwubatsi Garco
Urujijo muri dosiye ya Majyambere wongeye gufungwa nyamara avuga ko yarangije igihano
Danemark na Suede birashinja Ubutasi bw’uburusiya kuvongera ibihugu byabo