Dr. Leopord Munyakazi ufuginze gukekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 mu cyahoze ari Komini Kayenzi. Foto: Umusekei
Icyemezo cyo gutesha agaciro igikorwa cyo kwikoma umucamanza mu rubanza rwa Dr Munyakazi uregwa Ibyaha bya Genocide kije gishimangira ko uyu uregwa wari wasabye ko Adolphe UDAHEMUKA, umucamanza uburanisha urunza rwe yarwirukanwamo nta shingiro gifite kandi ko agomba kugumana n’Umucamanza wamuburanishaga.
Umucamanza yasomeye Dr Leopold MUNYAKAZI zimwe (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Dr Munyakazi yavuze ko n’uwateka ibuye rigatota atasinya umwanzuro w’urukiko
23 May 2017, by Ubwanditsi -
Amanota y’ abakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 yamaze kujya ahagaragara
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi yatangaje ko amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro cy’amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara. Muri rusange, abanyeshuri batsinze ku kigero cya 89,55%
Muri rusange abanyeshuri b’ abakobwa bakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 ni 41 140 , abakobwa ni 55.04 naho abahungu ni 44.96%.
Aya matota yatangajwe arimo ay’ abize kwigisha TTC, n’ abize imyuga n’ ubumyi ngiro TVET.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abnza n’ ayisumbuye Isaac Munyakazi yagize ati (...) -
AS Kigali yigaranzuye Gasogi United bigoranye, Police FC yiyongerera amahirwe yo kugera muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro
19 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Police FC yateye intambwe itajegajega iyigeza muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro kuko yasanze Seninga Innocent I Rubavu imubuza gukomerwa amashyi n’abafana ba Etincelles FC mu gihe AS Kigali yigaranzuye Gasogi ku kaburembe.
-
Abayobozi ba ADEPR bafunze baherekejwe n’ abacungagereza bajya guha ububasha ababasimbuye
2 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbayobozi b’ itorero Pantekote mu Rwanda bari mu maboko y’ ubutabera bakuwe muri gereza bajya guhererekanya ububasha n’ abayobozi bashya b’ iri torero.
Uyu muhango urimo kubera mu biro by’ ADEPR biherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali. Aharimo kubera uyu muhango umutekano ucunzwe neza n’ abarinda gereza baherekeje abo bayobozi ba ADEPR bari mu maboko y’ ubutabera.
Ni umuhango urimo kubera mu muhezo aho abanyamakuru bitabiriye uyu muhango batemnerewe kunjira ngo bakurikirane imigekere yawo. (...) -
Perezida Kagame yageze muri Namibia mu ruzinduko rw’ akazi
16 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa 16 Kanama 2018 yageze mu gihugu cya Namibia yakirwa na Hage Geingob
-
Umva imyato y’abahoze ari imbata z’ibiyobyabwenge muri Kigali, ngo bageze kuri byinshi
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaUrubyiruko rwahoze runywa ndetse rugacuruza ibiyobyabwenge mu duce tunyuranye tw’Umujyi wa Kigali, ruratangaza ko rumaze kugera ku iterambere rishimishije, ku buryo rushishikariza bagenzi babo bakibyishoramo kubireka. Barabasaba kwitabira gahunda nziza zashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Ubwo Polisi yasuraga bamwe muri bo bakora imyuga itandukanye irimo ububaji, mu “Gakiriro ka Gisozi” mu karere ka Gasabo; yaraganiriye nabo.
Kwizera Eric wo mu (...) -
U Rwanda rwasabye iperereza ku ‘Isasu’ ryahitanye umunyarwanda riturutse muri congo
17 September 2017, by Iyamuremye JanvierKu mugoroba wo kuwa gatanu, tariki ya 15 Nzeri ahagana saa kumi n’imwe n’igice ku mupaka w’u Rwanda na DRC (Kamanyola- Bugarama), humvikanye amasasu ku ruhande rwa DRC. Isasu riturutse hakurya muri Kongo ryaje kwitura ku munyarwanda wigenderega witwa Iyakaremye Samuel wari ku butaka bw’u Rwanda.
Iyakaremye yahise ajyanwa kwa muganga ariko ku bw’amahirwe make yapfiriye mu nzira ajyanwa kwa muganga ku Kigo Nderabuzima cya Bugarama.
Rwanda rwahise rusaba Itsinda ryo mu ngabo z’ Umuryango (...) -
Mukura VS yashyize hanze abakinnyi 21 izakoresha mu gikombe cy’Agaciro barimo n’uherutse gusinyira Rayon Sports
12 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Mukura VS yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi 21 izakoresha mu irushanwa ry’Agaciro barimo rutahizamu witwa Samuel Nwosu Chukwudi ukomoka muri Nigeria waherukaga gusinyira Rayon Sports imyaka 2.
-
Ange Kagame yavuze ko Se ari intwari ikomeye anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa
17 June 2018, by Nsanzimana ErnestAnge Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje urukundo rukomeye akunda se, anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa.
Abinyujije ku rubuga rwa twitter Ange Kagame yagize ati “Umunsi mwiza w’ abapapa ku ntwari yacu y’ ukuri ikomeye. Ndagukunda papa”
Ubu butumwa bwa Ange Kagame bwaherekejwe n’ umutima n’ akamenyetso ko guca bugufi ndetse n’ amafoto ya kera ya Perezida Kagame yishimanye n’ abana be mu bihe bitandukanye.
Happy Father’s Day to our real life superhero. (...) -
Rwamagana yongeye kuba iya mbere mu mihigo, Nyanza iba iya nyuma
9 August 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka ushize.
0 | ... | 2060 | 2070 | 2080 | 2090 | 2100 | 2110 | 2120 | 2130 | 2140 | ... | 2480