Kuri uyu wa Mbere taliki ya 09 Ukuboza 2019,Leta y’u Rwanda n’iya Qatar bamaze gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu ishoramari rya miliyari 1,3 z’amadolari,azashorwa mu kubaka ikibuga cy’Indege cya Bugesera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Qatar yafashe 60% mu mushinga wo kubaka ikibuga cy’indege cyo mu Bugesera
9 December 2019, by Dusingizimana Remy -
Rubavu:Urujijo kuri Birihose wituye hasi agahita apfa
26 February 2019, by Martin MunezeroMu Ntara y’Uburengerazuba, mu Karere ka Rubavu, umugabo wari mutaraga agenda mu nzira nta n’igicurane arwaye yituye hasi ahita apfa abaturage basigara mu rujijo, ari na ko bamwe bavuga ko ashobora kuba yarwaraga igicuri n’ubwo nta gihamya.
-
Kenya: Urukiko rw’ ikirenga rusheshe ibyavuye mu matora ya Perezida aheruka
1 September 2017, by Iyamuremye JanvierUrukiko rw’ ikirenga mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Nzeli 2017 rwasheshe ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya aheruka rutegaka ko andi matora azakorwa bitarenze iminsi 60.
Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga yavuze mu gihe cy’amatora hari ibyakozwe bitubahirije amategeko .
Inkuru y’ Ikinyamakuru The East African ivuga ko uyu mwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ ikirenga nyuma yo kubona ko hari ibibazo byagaragaraye muri aya matora yakurikiwe n’imvururu (…) -
FERWAFA yafatiye ibihano Rayon Sports na APR FC kubera urugomo rw’abafana bazo kuri stade Amahoro
27 May 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,ryamaze guca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana ku ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC kubera ubushyamirane bwaranze abafana b’amakipe yombi ku wa 20 Mata 2019 mu mukino w’umunsi wa 23 wa Shampiyona.
-
Rutsiro.Visi Meya ushinzwe imibereho myiza yeguye na Gitifu w’Akarere arasezera
4 September 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki 04, Nzeri, 2019 nibwo Jean Hermans Butasi wari usanzwe ashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rutsiro yagejeje ibaruwa y’ubwegure bwe kuri Njyanama y’Akarere.
Uyu kandi yatanze ibaruwa ari kumwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’aka karere Tharcisse Niyonzima nawe weguye ku mirimo ye.
Biteganyijwe ko mu masaha ari imbere aribwo njyanama y’aka karere iricara igasuzuma ubwegure bw’aba bombi.
Kwegura kw’abayobozi gukomeje gufata indi ntera mu turere (…) -
Aba bantu barimo n’umugore bafashwe basinze mu buryo bukabije kuri Noheli[AMAFOTO]
27 December 2018, by Martin MunezeroPolisi y’Igihugu yerekanye abantu bakurikiranyweho ubusinzi ndetse no kugonga byaturutse ku businzi muri Kigali ku munsi wa Noheli n’abandi bafashwe bibye abaturage.
-
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
20 June 2022, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yasabye isi yose gufatanya kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore ririmo kubashyingira ku gahato n’ibindi.
Ibi Madamu Jeannette Kagame yabigarutseho ubwo yatangizaga Inama y’Ihuriro ry’Abagore bahagarariye abandi mu muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza wa Commonwealth bitabiriye inama ya CHOGM iteraniye I Kigali.
Madamu wa Perezida Kagame yagize ati "Nta kwihangana guhari mu gihe ubu bitatu bya kane bya miliyari y’abana (…) -
Waba ubura ubushake ukanarangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?Shangazi Dative afite igisubizo cyizewe
21 April 2022, by UbwanditsiShangazi Dative umuvuzi gakondo ukorana n’abavuzi batandukanye bo hanze y’igihugu ubu abafitiye umuti wizewe ukoze mu buryo bw’ibimera uteguranywe ubuhanga kandi ufite ubuziranenge ,ukozwe mu bimera gusa.
Uwo muti ubasha kuwukoresha waba urwaye cyangwa se utanarwaye.
Kugeza ubu abantu bose twawuhaye barahamya ko wabakijije Dore ibibazo ukemura: Ufasha abagabo cyangwa abagore babura ubushake mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bishobora kuba byaratewe n’igabanuka ry’imisemburo ya (…) -
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
Radio Amazing Grace yambuwe uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda
24 April 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo ngenzura mikorere RURA, cyafashe umwanzuro wo kwambura Radio Amazing Grace icyangombwa cyo gukora nk’ikigo cy’isakazamakuru mu Rwanda.
Umuryango.rw
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
Waba ubura ubushake ukanarangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?Shangazi Dative afite igisubizo cyizewe