Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka gatanu izabera kuri Petit Stade I Remera.
Umukino urabimburira iyindi ni urahuza ikipe ya Kenya na Uganda baza gucakirana guhera ku i saa kumi z’umugoroba (4:00pm), mu gihe saa kumi n’ebyiri (6:00pm) ari bwo haraza kuba umuhango wo gufungura ku mugaragaro irushanwa ry’Akarere ka gatanu uraza (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Volleyball:u Rwanda ruratangira rwisobanura na Sudan y’Amajyepfo mu mikino ya Zone V
21 July 2017 -
Umupfumu yongeye agira icyo avuga ku byo yaraguriye Mwiseneza Josiane[AMAFOTO]
7 January 2019, by Martin MunezeroUmupfumu Rutangarwamaboko akomeje kugaragaza ko indagu ze ziganisha Mwiseneza Josiane kuzaba Nyampinga w’u Rwanda wa 2019, agendeye ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragara kuri uyu mukobwa harimo no kugira ubwiza karemano.
-
Abitwaje intwaro bongeye gutera Nyabimata muri Nyaruguru ingabo z’ u Rwanda zirabakurikira
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bataramenyekana bitwaje intwaro zirimo n’imbunda bongeye kugaba igitero mu murenge wa Nyabimata basahura amatungo, ibiribwa, imyenda n’amafaranga nyuma yo kurasa amasasu batera ubwoba abaturage.
-
Amasaro yasabwe kuba yujuje ibintu 9 birimo ubwiherero n’ ubwishingizi
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu cy’ ubuziranenge RSB cyashyizeho urutonde rw’ ibintu 9 saro z’ ubwiza zigomba kuba zujuje, gisaba banyiri amasaro kubyubahiriza kuko hateganyijwe ibihano kubatazabyubahiriza.
Ayo masaro ni akora ibijyanye no gutunganya imisatsi, ubwanwa, uruhu, amavuta y’ ubwiza, kwandika ku mubiri(tattoos), gutunganya inzara zo ku ntoki, gutunganya inzara zo ku birenge n’ ibindi.
RSB na Minisiteri y’ Ubuzima barimo gusobanurira ba nyiri amasaro uko amasaro yakora akazi kabo kinyamwuga. (…) -
Nyanza: Umusore akurikiranyweho kwica nyirakuru wamureze kuva afite amezi abiri
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore witwa Irakoze Arsene wo mu karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica nyirakuru Murekatete Bernadette w’ imyaka 68 y’ amavuko wamureze kuva afite imyaka ibiri.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017 nibwo amakuru y’ uko Irakoze yishe nyirakuru yamenyekanye. Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 12 wabanaga n’ uyu mukecuru ahagana saa kumi n’ ebyiri za mu gitondo amaze kwibohora imigozi avuga ko yari yaboheshejwe na Irakoze niwe watabaje abaturanyi basanga Murekatete yashizemo (…) -
Kera Abanyarwanda babyinaga amahoro n’ iterambere bidahari- Kangwagye
23 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) Ushinzwe Imitwe ya Politiki n’Imiryango Itari iya Leta, Justus Kangwagye, yavuze ko mu myaka ya 1980 Abanyarwanda baririmbaga amahoro n’ iterambere nyamara ngo mu by’ ukuri ntabyo bari bafite, avuga ko amahoro ahera mu ndangagaciro.
-
Minisitiri Shingiro yatumiye Dr.Vincent Biruta I Burundi mu rugendo rwo gutsura umubano
20 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi Albert Shingiro na Vincent Biruta, w’u Rwanda, uyu munsi bahuriye ku mupaka w’ibihugu byombi wa Nemba – Gasenyi baganira ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
-
FERWAFA yatangaje igihe umukino wa Rayon na APR uzasubukurirwa
25 September 2017, by Nsanzimana ErnestIshyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko umukino w’ igikombe cya Super cup uherutse gusubikwa wari wahuje Rayon Sports na APR uzasubukurwa ku wa Gatatu tariki 27 Nzeli kuri Sitade ya Kigali I Nyamirambo
Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Nzeli nibwo komisiyo ya FERWAFA yateranye yanzura ko uyu mukino wasubitswe ku wa Gatandatu tariki 23 Nzeli bitewe n’ ikibazo cy’ ibura ry’ umuriro uzasubukurwa Saa kumi ku tariki 27 Nzeli.
Iyi komisiyo yanzuye ko uyu mukino (…) -
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
Umuryango.rw