Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Nyuma y’imyaka 10 Kayitare Wayitare Dembe atumvikana mu muziki nyarwanda yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye umuzungukazi ufitanye isano rya hafi na Katty Perry[AMAFOTO]
16 February 2019, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Kayitare Emmanuel uzwi ku izina rya Kayitare Wayitare Dembe wamenyekaniye mu ndirimbo zivugira imfubyi z’abana basizwe iheruheru na Sida harimo nkizamenyekanye cyane arizo “Abana b’Afurika,East Africa nizindi nyinshi kuri ubu agarutse mu ruhando rwa Muzika aho ari gukora amashusho y’indirimbo afite yise ’Anita’ yakoreshejemo umuzungukazi ufitanye isano rya hafi na Katty Perry.
-
FERWAFA yatangaje igihe umukino wa Rayon na APR uzasubukurirwa
25 September 2017, by Nsanzimana ErnestIshyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko umukino w’ igikombe cya Super cup uherutse gusubikwa wari wahuje Rayon Sports na APR uzasubukurwa ku wa Gatatu tariki 27 Nzeli kuri Sitade ya Kigali I Nyamirambo
Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Nzeli nibwo komisiyo ya FERWAFA yateranye yanzura ko uyu mukino wasubitswe ku wa Gatandatu tariki 23 Nzeli bitewe n’ ikibazo cy’ ibura ry’ umuriro uzasubukurwa Saa kumi ku tariki 27 Nzeli.
Iyi komisiyo yanzuye ko uyu mukino (…) -
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
Umunyamakuru uzwi nka Mama Emminente yakatiwe
13 May 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ibanze rwa Kacyiru rwakatiye umunyamakuru Mugabushaka Jeanne de Chantal uzwi nka Eminante, igifungo cy’imyaka itatu n’amezi abiri nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwambuzi bushukana hamwe n’uwo bareganwa.
Mugabushaka Jeanne de Chantal yatawe muri yombi tariki 27 Ugushyingo 2016.
Areganwa n’uwitwa Bizimana Ibrahim bombi bakaba barahamwe n’icyaha cy’ubwambuzi bushukana mu rubanza rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi 2017.
Aba bombi (…) -
Ishyaka rya Democratic Green Party ririfuza ko umubare w’abadepite wakongerwa hakanavugururwa uko amatora y’inzego z’ibanze akorwa
22 May 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida bigenga kuko itegeko rikurikizwa ari iryo mu mwaka wa 2003 kandi ubu abaturage bariyongereye.
-
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba
10 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yageze ku rugamba aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yigaga. Si kenshi cyane abantu bakunda kugaruka kuri iyi nzira ya Perezida Kagame yaranzwe n’ibizazane bikomeye.
Mu biganiro Perezida Kagame yagiranye n’Umwanditsi Mukuru wa Jeune Afrique, François Soudan ndetse uyu mugabo akaza kubyandikaho igitabo yise ‘Conversations With The President of Rwanda’, yahishuye ibizazane bitandukanye yahuye nabyo muri uru rugendo.
Ku ipaji ya 37 y’iki gitabo, François Soudan (…) -
Ngoma: Prof. Karuranga yagizwe umwere ku byaha byo "guhombya" Kaminuza ya INATEK yari ayoboye
18 April 2021, by UbwanditsiProf. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwamugize umwere ku byaha byose yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ahita arekurwa.
Prof. Karuranga Gahima Egide muri Nyakanga 2020 Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwamutaye muri yombi. Haakaba hari hashize hafi ukwezi Minisiteri y’Uburezi ifashe icyemezo cyo gufunga (…) -
Menya abakinnyi batanu bagize ibigwi bikomeye mu mikino bambaye nomero 23
15 April 2023, by Dusingizimana RemyNimero ni kimwe mu bintu by’ingenzi bihabwa umukinnyi mushya mu gihe asinye mu kipe,ndetse kuri ubu asigaye ari ikintu cy’ingenzi kuko hari n’abazikoresha mu kureshya abakinnyi iyo basanzwe babaziho kuzikunda.
Mu guhabwa nimero, bamwe bagiye bakora amateka ndetse bubaka izina bituma yewe n’amakipe abika izo nimero kugira ngo babahe icyubahiro.
Akenshi usanga bitewe n’amateka ya nyir’iri nimero bituma undi mukinnyi yumva yifuje kwambara iyo nomero ya mugenzi we.
Uyu munsi twifuje (…) -
Buruse ihabwa abiga muri Kaminuza yagizwe ibihumbi 35
16 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi mu Rwanda imaze gutangaza ko amafaranga Leta igenera abanyeshuri biga muri za Kaminuza zayo yongereweho ibihumbi 10 akaba ibihumbi 35 aho gukomeza kuba ibihumbi 25 nk’ uko bimaze imyaka myinshi bimeze.
Minisitiri w’Uburezi, Dr Mutimura Eugene yatangarije ibi mu kiganiro arimo kugirana n’ Abadepite bagize Komisiyo y’ Uburezi mu nteko ishinga amategeko.
Yavuze ko ibi bikozwe mu rwego rwo kubungabunga imibereho y’ umunyeshuri.
Bibaye nyuma y’ ubusabe bwinshi n’ (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba
Menya abakinnyi batanu bagize ibigwi bikomeye mu mikino bambaye nomero 23