Pasiteri Bishop Innocent Rugagi uyobora itorero ry’ abacunguwe umaze kumenyekana cyane bitewe n’ ibitangaza bikorerwa mu itorero ayoboye yikomye abavuga ko imbaraga akoresha ibitangaza azikomora ku mpeta aba yambaye ku rutoki.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Nyakanga ubwo yari ayoboye amasengesho Bishop Rugagi yakomoje ku bavuga ko imbaraga akoresha ibitangaza ari iz’ imyuka mibi n’ abavuga ko itorero abacunguwe ari iryaduka avuga ko abavuga bazakomeza kuvuga ariko ibitangaza bigakomeza (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bishop Rugagi yikomye abavuga ko imbaraga zikora ibitangaza azikesha impeta aba yambaye
13 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Leta y’u Rwanda igiye guha ijambo rikomeye abaturage mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe
14 February 2019, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe barimo,ariyo mpamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko igiye kubivugurura ndetse abaturage bakabigiramo ijambo rikomeye.
-
Ibiyobyabwenge: Minisitiri Busingye yabwiye abanya Gicumbi ko burundu ari ebyiri abasaba guhitamo imwe
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yifatanyije n’ abaturage b’ akarere ka Gicumbi mu muganda wo gutera ibiti ku misozi yo mu murenge wa Rutare. Nyuma y’ umuganda aganiriza abaturage ku mavugurura aherutse kuba ku gitabo cy’ amategeko ahana ibyaha ababwira ko gucuruzwa ibiyobyabwenge igihano cyabaye igifungo cya burundu
-
Leta ya Uganda yasabye abacuruzi bayo kureka gucururiza mu Rwanda
26 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubucuruzi w’ Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde, yasabye abacuruzi bo muri Uganda kuzibukira burundu ibyo gushora imari yabo mu Rwanda kuko ngo n’ubundi rutuwe n’abantu bake.
-
Taliki 4 Nyakanga: Bimwe mu byaranze uyu munsi birimo ibohorwa rya Kigali ndetse n’ibohorwa ry’abisiraheli bari bafashwe bugwate kuri Entebbe
4 July 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 04 Nyakanga, ni umunsi 184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 180 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka
1776: Nyuma y’intambara y’impinduramatwara yarikomeye muri America: iki gihugu cyatangaje ubwigenge kibohoye ubwami bw’abongereza bitangarizwa mu nama ya kabiri yahuzaga koloni 13 z’abongereza, yatangiye kujya iterana mu 1775 i Philadelphia, Pennsylvania. Ubu bwigenge butangazwa bari mu nzu ikomeye cyane ya (…) -
Dr Habineza yatanze kandidature ye ku mwanya wa Perezida abura icyangombwa kimwe
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza yatanze ibyangombwa bye bimwemerera guhatanira umwanya w’ umukuru w’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017.
Ku isaha ya saa yine zirengaho iminota mike nibwo Dr Frank Habineza yageze kuri komisiyo y’ amatora aherekejwe n’ abayoboke b’ ishyaka rye Green Party of Rwanda.
Yasanze ategerejwe n’ abatari bake biganjemo n’abanyamakuru.
Dr Frank na bamwe mu bari bamuherekeje bahise bajya mu cyumba cyari cyateguriwe cyakirirwamo kandidare cyane ko yari yamenyesheje (…) -
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame
27 February 2022, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru tariki 27 Gashyantare 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gusengera Igihugu n’abayobozi bacyo azwi nka ‘National Prayer Breakfast’.
Muri ayo masengesho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda bibaye ngombwa ko uruhuza n’izina ry’umuntu wo muri Bibiliya,warwitirira Dawidi, umwe mu ntwari zo muri Bibiliya wanesheje igihangange Goliyati cyari cyarazengereje Abisiraheli nk’uko biboneka mu rwandiko rwa 1 rwa (…) -
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye
13 September 2020, by Dusingizimana RemyUwitwa Maniragaba François wari ufungiye kuri station ya Police ya Murambi mu Karere ka Rulindo, yarashwe na Police kuri iki cyumweru, ubwo yagerageza gutoroka aho yari afungiye, ahita ahasiga ubuzima.
-
Green Party yabwiye Abanyarwanda ko itazasenya ahubwo izubaka
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije ritavugarumwe n’ ubutegetsi mu Rwanda ryahumurije Abanyarwanda ribabwira ko nubwo ari ishyaka ritavugarumwe n’ ubutegetsi icyo riharanira ari urukundo, ihumure, no kubaka.
-
Abana b’ abahungu 59,5% barakubitwa, abakobwa 23,9% bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina
17 May 2018, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi na Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda bugamije kureba uko ihohoterwa rihagaze mu bana n’ urubyiruko ryagaragaje ko abahungu bakorerwa ihohoterwa ryo ku mubiri cyane kurusha abakobwa, abakobwa bagahohoterwa cyane bishingiye ku gitsina kurusha abahungu.
Umuryango.rw
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye