Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze gukemuka.
Ku wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga byari biteganyijwe ko umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamamariza kuri site enye mu turere dutandukanye tw’ intara y’ amajyepfo siko byagenze kuko uwo munsi hari site eshatu atagaragarayeho.
Yagombaga kwiyamamariza kuri site ya Ntongwe, iya Ruhango mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umukandida Mpayimana aravuga ko imwe mu mbogamizi yavuyeho hasigaye indi imwe
17 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kuba amakuru menshi abitse mu mahanga bihombya Abanyarwanda
8 May 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru menshi yo mu Rwanda abitswe mu buryo bukorwa hifashishijwe murandasi abitse mu bihungu by’ amahanga aho amenshi abitse muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Ibi ngo biterwa ni uko mu Rwanda ababika amakuru kuri murandasi bakiri bake, ikindi ngo ni uko kubika amakuru hanze bihendutse kurusha mu Rwanda.
Ibi bigira ingaruka ku Banyarwanda bakenera gusoma aya makuru kuko bayabona bibahenze.
Ibi Minisitiri w’ urubyiruko n’ ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana yabitangarije (…) -
Startimes yagiranye na AFC amasezerano yo kwerekana imikino yo muri Aziya ku mugabane w’Afurika
27 April 2021, by Dusingizimana RemyIkigo gicuruza amashusho na televiziyo zigezweho cya StarTimes cyasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Aziya (AFC) yo kwerekana imikino y’ibihugu n’iy’amakipe yo muri Aziya muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara muri uyu mwaka wa 2021.
-
"Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bizagukomeza mu byo uhura nabyo":Rev. / Ev. Eustache Nibintije
25 May 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Nizeyimana Olivier yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA
19 April 2023, by Dusingizimana RemyNizeyimana Olivier watorewe kuyobora FERWAFA yandikiye Inama y’Inteko Rusange ayimenyesha ko yeguye kuri uyu mwanya.
Mu ibaruwa yashyize hanze uyu mugabo wari watowe ku ya 27 Kamena 2021 yavuze ko yeguye ku mirimo ye.
Yavuze ko yeguye ku ’mpamvu zanjye bwite zinkomereye nsanga zitanshoboza gukomeza kuzuza inshingano mwampaye."
Uyu yashimiye abakozi bose bari bafatanyije muri FERWAFA,abanyamuryango,abakunzi ba ruhago,abayobozi b’igihugu kuba baramugiriye icyizere.
Uyu yagiye kuri uyu (…) -
Felicien Kabuga yaburaniye mu rukiko rw’I La Haye ku nshuro ya mbere
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKu nshuro ya mbere, Kabuga Félicien ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yagejejwe mu rukiko i La Haye mu Buhorandi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/11/2020.
-
Nyarugenge: Gare ya Nyabugogo itagikoreshwa yahinduwe isoko ry’ibiribwa
1 April 2020, by Dusingizimana RemyKubera umubyigano no guhurira hamwe kw’abantu bajyaga kugurira imboga n’ibindi biribwa ahazwi nko kwa Mutangana,Ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge n’Umujyi wa Kigali bwafashe ingamba zo kwimurira ubu bucuruzi muri gare nini ya Nyabugogo itari gukoreshwa muri iyi minsi kubera ko ingendo zitwara abantu hirya no hino mu gihugu zahagaritswe.
-
U Rwanda rwashyize rugaragaza "inyungu"ruzakura mu kwakira abimukira bo muri UK
14 June 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo,yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku bimukira bazaturuka mu Bwongereza ndetse bazatangira kugera ku Rwanda ku munsi w’ejo.
Muri iki kiganiro Madamu Makolo yavuze ko igihugu cy’u Rwanda cyiteguye kubafasha mu bishoboka byose nibamara kugera mu Rwanda.
Yavuze ko inyungu u Rwanda ruzakura mu kwakira aba bimukira atari amafaranga ahubwo ari ukuba igisubizo cya Afurika mu gukemura ikibazo cy’aba bimukira bahura n’ibibazo byinshi (…) -
Afurika inaniwe gukorana n’ urubyiruko yaba ikosheje bikomeye - Murekezi
21 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe Murekezi Anastase avuga ko Afurika yaba ikoze ikosa rikomeye mu gihe guverinoma zayo zidakoranye neza n’urubyiruko mu guhanga imirimo no gutanga serivisi kandi ari bo mubare munini w’abatuye uyu mugabane.
Ibi yabitangaje ubwo yafunguraga ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kamena 2017 inama ngarukamwaka yiga ku kwizihiza imitangire ya serivisi zigenewe abaturage muri Afurika ibera i Kigali.
Murekezi avuga ko gutanga serivisi ari byo Abanyafurika bakeneye kandi (…) -
Abishyura umusoro ku mutungo itariki ntarengwa yegereje, MD Group ibakorera igenagaciro ryihuse
29 January 2020, by UbwanditsiAbakeneye servisi z’igenagaciro (Expertise/property valuation) bose mu Rwanda zifashishwa mu kwishyura imisoro baributswa ko tariki ntarengwa yo kuba bishyuye umusoro ku mitungo itimukanwa ari 29/2/2020; Multi Design Group Ltd company imaze kubaka izina mu gutanga iyi service y’igenagaciro n’izindi nyinshi zitandukanye mu buryo bwiza kandi bwihuse ikaba yibutsa abacyeneye gukoresha igenagaciro bose kubagana bagahabwa serivise nziza, yihuse kandi inoze.
Umuryango.rw
Nizeyimana Olivier yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA
U Rwanda rwashyize rugaragaza "inyungu"ruzakura mu kwakira abimukira bo muri UK