StarTimes ifatanyije na MTN MoMo byifuje guha abakiriya noheli n’ubunani! Muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’ubunani StarTimes na MTN MoMo bigiye kuremera abakiriya aho ugura abonema ya StarTimes y’amezi 2 ukoresheje MTN MoMo ugahabwa amezi 2 yiyisumbuyeho cyangwa ukongezwa iminsi 10 ku buntu bityo bikanaguhesha amahirwe yo gutombora buri munsi Telefone ya MTN Smart S 3G cyangwa ikarita yo guhamagara ya MTN ya Rwf 5000.
Iyi tombola izagufasha wohereza ubutumwa cyangwa uhamagara abawe bari (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
UBUNANI!!! ISHYURA ABONEMA YA STARTIMES NA MTN MoMo UBASHE GUTOMBOLA
24 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Arsenal igiye kujya yamamaza u Rwanda
23 May 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ ’Igihugu gitsura Amajyambere (RDB) rwakoze amateka rukorana amasezerano n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza,ayo masezerano azatuma iyo kipe yamamaza u Rwanda mu gihe cy’imyaka itatu.
-
Impunzi zo muri Libya ziravuga ko kuzanwa mu Rwanda ari nko kuva I buzimu bagaruka I buntu
13 September 2019, by Dusingizimana RemyAbimukira bagera kuri 500 bagiye koherezwa mu Rwanda, umwe muri bo yabwiye BBC ko kubavana muri Libya ari nko gucika urupfu kuri bo, gusa ngo baranibaza byinshi kuri ejo habo.
-
Abayobozi basaga 400 bamaze kwerekeza mu mwiherero wa 17 I Gabiro [AMAFOTO]
15 February 2020, by Dusingizimana RemyAbayobozi basaga 400 bo mu nzego zitandukanye z’igihugu bamaze kwerekeza mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu mwiherero wabo ugiye kuba ku nshuro ya 17 bazamaramo iminsi 4.
-
Perezida Kagame yahuriye na Tshisekedi muri USA bagirana ibiganiro
24 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yongeye kugirana ibiganiro na mugenzi we wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo baraye bahuriye mu mujyi wa New York muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.
-
Bishop Rugagi yatangije televiziyo ahabwa miliyoni zirenga 3
18 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmushumba w’ itorero Abacunguwe umaze kwamamara mu Rwanda kubera gukoreshwa n’ Imana ibitangaza kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2017 yatangije televiziyo ya mbere y’ ivugabutumwa mu Rwanda ahabwa 3 400 000 y’ amanyarwanda.
Aya mafaranga yitanzwe n’ abakirisitu biganjemo abapasiteri n’ aba bishop bo mu madini atandukanye bari bitabiriye igiterane cyo gutangiza ku mugaragaro TV7 miracles channel y’ itorero Redeemed gospel Church.
Apôtre Munezero Alice Mignone uyobora Women Foundation Ministries niwe (...) -
Minisitiri Busingye yemeje ko Dr Habumugisha wakubitiye umukobwa mu ruhame yasohotse igihugu anyuze mu nzira zitemewe
8 December 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, yatangaje ko Dr. Francis Habumugisha ushakishwa n’ubutabera, yasohotse mu gihugu anyuze mu nzira zitemewe kuko ari ku rutonde rw’abatemerewe gusohoka mu gihugu.
-
Perezida Kagame yabwiye amagambo akomeye abaturage ba Mozambike yasuye mu isoko
29 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye abaturage ba Mozambike ko ubu u Rwanda na Mozambique byarushijeho gukorana, mu rwego rwo gushakira igihugu umutekano,ubwo yabasuraga mu isoko ku munsi w’ejo kuwa 28 Ukwakira 2022.
Perezida Paul Kagame yishimiye uko abaturage yasuye mu isoko i Maputo bamwakiriye kuko baririmbye izina rye biratinda.
Aba baturage bari bishimiye kubona Perezida Kagame ndetse nawe biramushimisha nkuko amashusho yagiye hanze abigaragaza.
Nyuma yo kubasura mu isoko,Perezida Kagame (...) -
Amatangazo ateza cyamunara inyubako UTC ya Rujugiro yamaze kumanikwa
11 September 2017, by Joseph HakuzwumuremyiKu gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere nibwo Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyamanitse ahahurira abantu benshi mu gace inyubako ya Union Trade Center (UTC) imenyesha abantu banyuranye ko taliki 25/9/2017 saa munani z’amanywa izateza cyamunara iyi nyubako kubera imisoro ba nyirayo babereyemo iki kigo.
Muri Gicurasi uyu mwaka RRA yari yasohoye itangazo ririho sosiyete z’ubucuruzi ziyibereyemo imyenda ndetse iziha igihe ntarengwa cyo kuba bishyuye byabananira imitungo yabo igatezwa cyamunara, kuri (...) -
Startimes yatekereje ku bakunzi ba Filimi irabadabagiza muri uku Kuboza
4 December 2020, by Dusingizimana RemySosiyete ya StarTimes, itanga ifatabuguzi ryagutse rya TV,yazaniye filimi mpuzamahanga zitandukanye abakiriya bayo bazikunda ku buryo ababyeyi n’abana bazabasha kugira ibihe byiza muri uku kwezi k’Ukuboza kose kurimo n’iminsi mikuru.
0 | ... | 2050 | 2060 | 2070 | 2080 | 2090 | 2100 | 2110 | 2120 | 2130 | ... | 2480