Nibintije Evangelical Ministries International yashyizeho ishuli rifasha abantu kwiga Bibiliya rifite intego zikurikira:
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nibintije Evangelical Ministries International yatanze amahirwe ku bashaka kwiga Bibiliya
5 June 2019, by Rev./Ev. Eustache Nibintije -
Ibi ni ibyemezo bigera kuri 22 byafatiwe mu nama y’abaperezida b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ’EAC’[AMAFOTO]
2 February 2019, by Martin MunezeroItangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’ Afurika y’Uburasirazuba (EAC) rivuga ko inama ya ba Perezida yabereye i Arusha yabaye mu ituze kandi mu buvandimwe, iyi nama ya 20 yafatiwemo ibyemezo 22.
-
Watch LaLiga on StarTimes - Barcelona join LaLiga action
23 September 2020, by UbwanditsiTwo weeks later than most other clubs, Barcelona, Atlético Madrid and Sevilla are joining in the hunt for the 2020/21 LaLiga title.
Spanish officials allowed LaLiga clubs that were involved in the European cup final mini-competition in July a few weeks extra to prepare for the season.
Barcelona used the break to play their annual Trofeu Joan Gamper competition, which traditionally sees them open their season with a match (or matches, prior to 1997) for the trophy named in honor of a (...) -
Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi 7 muri 16 baherutse kwirukanwa n’ikipe ya APR FC [Yavuguruwe]
2 July 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatakaje abakinnyi 4 bakerekeza muri mukeba wayo APR FC,nayo yamaze gusinyisha abagera kuri 7 muri 16 iherutse kwirukana barimo Imran Nshimiyimana, Herve Rugwiro, Kimenyi Yves , Mirafa Nizeyimana, Savio Nshuti, Rusheshangoga Michel na Maxime Sekamana ni abakinnyi ba Rayon Sports.
-
Huye: Akarere kari gusabira inkunga ya mituweli abaturage barenga gato ibihumbi 80
26 October 2018, by UbwanditsiAnge Sebutege Meya w’Akarere ka Huye
Mu ntangiriro z’umu kwezi Akarere ka Huye kareruye kandikira abafatanyabikorwa kabasaba inkunga ya miliyoni zirenga gato 241 yo kwishyurira mutuelle abaturage batishoboye barengaho gato ibihumbi 80 bari mu miryango ibihumbi 20 nabyo birengaho gato.
-
Rubavu: Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 18 yasanzwe ku giti aziritse anambaye ubusa
4 May 2020, by Dusingizimana RemyUmukobwa uri mu kigero k’imyaka 18 wo mu murenge wa Mudende mu karere ka Rubavu yahohotewe n’abantu bataramenyekana mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 3 Gicurasi 2020 barangije basiga bamuziritse ku giti yambaye ubusa.
-
‘Uzava Iwawa agasubira mu muhanda azajyanwa mu nkiko’ – Bosenibamwe
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu igororamuco ‘National rehabilitation Servise’ kiratangaza ko umwana wavuye muri icyo kigo giherereye Iwawa uzongera gusubira mu muhanda azajya akurikiranwa mu nkiko.
Umuyobozi w’icyo kigo Bosenibamwe Aime avuga ko ikigo ayoboye kigorora abataye umuco hadakoreshejwe ibihano bagasubizwa mu buzima busanzwe, kandi Leta ikabafasha hakurikijwe amahirwe agaragara aho bagiye gutura. Bosenibamwe avuga ko Leta iba yabahaye amasomo arimo no kwihangira imirimo, kuvurwa ku (...) -
Visi Perezida wa Rayon Sport Gacinya Denis arafunze
19 December 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza, 2017 Polisi y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi Gacinya Chance Denis umunyemari akaba na Visi Perezida wa Rayon Sports.
ACP Theos Badege, Umuvugizi wa Police y’u Rwanda yatangarije RuhagoYacu ducyesha iyi nkuru ko Gacinya Denis yatawe muri yombi gusa ko byinshi ku byo akurikiranyweho byabazwa ubushinjacyaha.
Yagize ati: “Ni byo Gacinya Denis ari mu maboko ya Polisi ku busabe bwa parike. Hari ibyo akurikiranyweho iperereza riracyakomeza”. (...) -
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba umukandida mu (...) -
Perezida Kagame yagaragaraje ikizatuma abakobwa batinyuka ikoranabuhanga
11 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame yasobanuye ko imiyoborere myiza iha agaciro kangana abaturage ari yo izatuma abari n’abategarugori bagerwaho n’ikoranabuhanga bakanatinyuka kurikoresha.
Yabivugiye mu kiganiro cy’abakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya Transform Africa 2017 kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017, cyari kitabiriwe na Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, uwa Niger, Mahamadou Issoufou, uwa Mali Ibrahim Boubacar Keita, Minisitiri w’Intebe wa Sao Tome, uwa Gabon n’uwa Guinea Equatorial. (...)
0 | ... | 2090 | 2100 | 2110 | 2120 | 2130 | 2140 | 2150 | 2160 | 2170 | ... | 2480