Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu basezeranye kwa padiri mu birori biryoheye ijisho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ndahimana wasezeranye n’umugore we yambaye kamambili bakoze ubukwe bw’igitangaza bwahuruje imbaga y’abantu[AMAFOTO]
30 December 2018, by Martin Munezero -
Perezida Kagame yasubije abashinja u Rwanda gushaka gufata igice kimwe cya RDC
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda nta ntego rufite yo kwigarurira Uburasirazuba bwa RDC nkuko bamwe babivuga kuko ngo narwo rufite amabuye y’agaciro kandi meza kurusha aya RDC.
Ubwo yari mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko nubwo u Rwanda rwambuwe bimwe mu byo rwahoranye, nta ntego rufite yo kwigarurira ibice by’abandi nk’uko bivugwa.
Ati "Dufite coltan nyinshi, kandi nziza kurusha ahandi uzabona harimo no muri Congo. Uzakore ubushakashatsi (…) -
Ibi ni bimwe mu byaranze itariki ya 08 Mata 1994,Maj. Gen Paul Kagame atangaza ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Genocide
8 April 2019, by Martin MunezeroKuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Arusha. Ingabo za FPR Inkotanyi zatangije urugamba mu Mujyi wa Kigali, ziyemeza guhagarika Jenoside mu maguru mashya.
-
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye
23 November 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda uyu munsi yatangaje ko yashyikirije amafaranga yatoraguwe n’umupolisi wayo,hagafatwa umwanya wo kurangisha nyirayo.
-
Rubavu: Umu-DASSO wari imfubyi yibana yapfuye bitunguranye
13 December 2017, by Nsanzimana ErnestMbarushimana Joseph wakoreraga urwego rushinzwe gucunga umutekano w’ abaturage mu karere (DASSO) yapfuye bitunguranye, umurambo we uboneka kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ukuboza 2017.
Mbarushimana witabye Imana ku myaka 34 y’ amavuko yari atuye mu murenge wa Kanzenze akagari ka Kirerema, Umudugudu wa Rushasho. Yari imfubyi yibana ndetse yanarerewe mu kigo cy’ imfubyi bitaga ’Imbabazi’
Amakuru y’ urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa Kabili ubwo bamusangaga mu mzu yashizemo umwuka. (…) -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Hari amakuru avuga ko Maj Sankara Callixte yafashwe akaba yaranagejejwe i Kigali
15 April 2019, by UbwanditsiKuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere hatangiye gukwirakwiaa amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Maj Nsabimana Callite Sankara yafatiwe mu Birwa bya Comores agahita azanwa mu Rwanda n’indege yihariye yari yavuye mu Rwanda.
-
Kigali: Umupolisi yarashe umumotari arapfa
19 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmumotari utaramenyekana amazina yarasiwe n’ umupolisi I Kabuga mu mujyi wa Kigali, polsi iravuga ko uyu mumotari yashatse kurwanya polisi no kuyambura imbunda.
-
U Bwongereza: Abiyahuzi bagongesheje abantu imodoka abakomeretse bicishwa icyuma
4 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu mugi wa Londres mu gihugu cy’ u Bwongereza igitero cy’ abiyahuzi cyahitanye abantu 7 abandi bagera kuri 30 barakomereka, polisi ihita irasa batatu mu bakekwaho kugira uruhare muri icyo gitero barapfa.
Polisi y’ u Bwongereza yatangaje ko abiyahuzi bashoye imodoka mu kivunge cy’ abantu, barangiza bagateragura ibyuma abakomeretse.
Iki gitero kibabye nyuma y’ ibyumweru bibiri gusa mu mujyi wa Manchester nawo wo mu gihugu cy’ u Bwongereza hagabwe igitero cy’ abiyahuzi kigahitana abagera (…) -
Promotion: Dore Diru Ishyushye muri StarTimes, Ibiciro byahananuwe
15 February 2021, by UbwanditsiDore Diru, Dore Diru.
Hamwe na Promosiyo ya StarTimes ubu wakwihahira dekoderi ya make kw‘isoko ryose. Noneho igiciro cya dekoderi za StarTimes cya kubiswe hasi bitari bwabeho mu Rwanda.
Tunga dekoderi ya DTT (Imwe ikoresha antene y’udushami) wishyuye amafaranga 7000 Rwf gusa, maze wongereho 8000 Rwf bya abonema ya Classic Bouquet.
Cyangwa se ugure dekoderi ya DTH (ikoresha igisane cyangwa Dish) wishyuye amafaranga 6500 Rwf maze wongereho 8500 Rwf bya abonema ya Smart Bouquet. (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasubije abashinja u Rwanda gushaka gufata igice kimwe cya RDC
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye