Ikipe ya Rayon Sports yateganyaga kwinjiza Miliyari imwe na miliyoni 540 z’amafaranga y’u Rwanda (1,540,800,000 Frw),yamaze kugwa mu gihombo gikomeye cya miliyoni zirenga 840 mu cyumweru kimwe gusa bitewe na Al Hilal ndetse na Azam Media Ltd.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Al Hilal na AZAM Media Ltd bahombeje Rayon Sports akayabo ka miliyoni 830 mu cyumweru kimwe
31 August 2019, by Dusingizimana Remy -
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye kuri uyu wa Kabiri
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestNone kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama y’abaminisitiri idasanzwe:
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 08 Ugushyingo 2017, imaze kuyikorera ubugororangingo.
Inama y’Abaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igeze.
3.Inama y’Abaminisitiri yemeje:
a) Ishyirwaho ry’Ikigo (…) -
Amafaranga acibwa abatwaye basinze agiye kujya yunganira mutuelle de santé
31 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi ushinzwe Ubwisungane mu Kwivuza [Mutuelle de Santes] mu kigo cy’igihugu cy’Ubwishingizi,RSSB, Deogratias Ntigurirwa yatangaje ko kubera ubushobozi budahagije bwa Mitiweli mu kuvuza abanyarwanda uko bikwiriye,Leta yafashe ingamba zo gushaka aho amafaranga yaturuka harimo no mu bihano by’amafaranga ibihumbi 150 FRW yakwa abafatwa batwaye ibinyabiziga basinze.
-
Karekezi yabeshyuje ibyo gusezera muri Rayon Sports anatangaza umutoza yifuza ko asimbura Katauti
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yamaganye amakuru yavugaga ko yifuza gusezera muri Rayon Sports aboneraho kwemeza ko umutoza Lomami Marcel wari umutoza ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi yasimbura Katauti akaba umutoza wungirije by’agateganyo mbere yo kuzafata umwanzuro nyuma ya CHAN.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda Karekezi Olivier yabeshyuje amakuru yiriwe mu bitangazamakuru ku munsi w’ejo ko yifuza kwegura mu ikipe ya Rayon Sports kubera ukuntu ubuyobozi (…) -
Huye: Umurambo w’umusore wasanzwe mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda
27 December 2019, by Dusingizimana RemyUmurambo w’umusore utarameneyakana imyirondoro, uri mu kigero cy’imyaka 20, wishwe akaswe ijosi,wasanzwe mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda hafi y’ahitwa kuri IRST.
-
Imihanda yo mu Rwanda ngo mwiza ku kigero cya 97% [AMAFOTO]
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ikigero cy’ ubwiza bw’ imihanda yo mu Rwanda kigeze kuri 97%.
-
Ndahimana wasezeranye n’umugore we yambaye kamambili bakoze ubukwe bw’igitangaza bwahuruje imbaga y’abantu[AMAFOTO]
30 December 2018, by Martin MunezeroUmugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu basezeranye kwa padiri mu birori biryoheye ijisho.
-
Perezida Kagame yasubije abashinja u Rwanda gushaka gufata igice kimwe cya RDC
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda nta ntego rufite yo kwigarurira Uburasirazuba bwa RDC nkuko bamwe babivuga kuko ngo narwo rufite amabuye y’agaciro kandi meza kurusha aya RDC.
Ubwo yari mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko nubwo u Rwanda rwambuwe bimwe mu byo rwahoranye, nta ntego rufite yo kwigarurira ibice by’abandi nk’uko bivugwa.
Ati "Dufite coltan nyinshi, kandi nziza kurusha ahandi uzabona harimo no muri Congo. Uzakore ubushakashatsi (…) -
Ibi ni bimwe mu byaranze itariki ya 08 Mata 1994,Maj. Gen Paul Kagame atangaza ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Genocide
8 April 2019, by Martin MunezeroKuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Arusha. Ingabo za FPR Inkotanyi zatangije urugamba mu Mujyi wa Kigali, ziyemeza guhagarika Jenoside mu maguru mashya.
-
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye
23 November 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda uyu munsi yatangaje ko yashyikirije amafaranga yatoraguwe n’umupolisi wayo,hagafatwa umwanya wo kurangisha nyirayo.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasubije abashinja u Rwanda gushaka gufata igice kimwe cya RDC
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye