Minisitiri w’ Uburinganire n’ Iterambere ry’ umuryango yatangaje ko bibijijwe ko umunyeshuri yirukanwa azizwa ko yatwaye inda ari ku ishuri nyamara ahenshi iyo umunyeshuri atwaye inda ahita yirukanwa hakaba n’ ubwo ahise atakaza uburenganzira bwe bwo kwiga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Birabujijwe kwirukana umunyeshuri azira ko yatwaye inda’ Minisitiri Nyirasafari
15 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Reba amafoto y’ ubudasa ya Perezida Kagame yafashwe ubwo hafatwaga amashusho ya filime ’Rwanda Royal tour’
24 April 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryakeye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yitabiriye ibirori byo kwerekana igice cya mbere cya filime mbarankuru ‘Rwanda Royal tour’ yerekana ahantu nyaburanga habereye ubukerarugendo mu Rwanda. Amwe mu mafoto ya Perezida Kagame yafashwe n’ uwateguye iyi filime yashyizwe ahagaragara.
-
Nkombo: Bibasiwe na korera bikekwa ko yavuye muri Congo
27 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi bugarijwe n’ uburwayi bwa korera bivugwa ko bwavuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo.
Umuganda rusange, aba baturage bakoze kuri uyu wa Gatandatu tariki 26 Kanama 2017, wari uwo gukora isuku ku nkengero z’ ikiyaga cya Kivu mu rwego rwo kwirinda umwanda kuko ariwo ntandaro ya korera.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Nkombo Rwango Jean de Dieu yatangaje ko abaturage babiri aribo byamaze kumenyekana ko (...) -
Abo Perezida Kagame yatsinze mu matora ntibagaragaye muri Guverinoma yashyizweho
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbakandida Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatsinze mu matora y’ umukuru w’ igihugu ntabwo bahawe imyanya muri guverinoma nk’ uko byari byitezwe na bamwe.
Dr Habineza Frank na Mpayimana Philippe ntabwo bagaragaye muri guverinoma nshya yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2017, igizwe n’ abaminisitiri 20 n’ abanyamabanga ba leta 11.
Perezida Kagame yagize amajwi 98, 66, akurikirwa na Mpayimana Philippe wagize amajwi 0, 73 mu gihe Dr Frank Habineza w’ ishyaka riharanira (...) -
Nyuma yo guhuza amashuri makuru na kaminuza ntibitange umusaruro, IPRCs nazo zigiye guhuzwa
4 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Ikigo k’igihugu cyo guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro (WDA ) yatangaje ko guhuza amashuri makuru y’imyuga n’ubumenyingiro yitwa IPRC bizafasha mu kuzamura ireme ry’uburezi mu babyiga. Ni nyuma yuko inama y’abaminisitiri yateranye mu kwezi gushize kw’Ukuboza yemeje ko amashuri makuru yigisha imyuga n’ubumenyingiro (IPRCs), ahuzwa akavamo ishuri rimwe rigizwe n’amashami(colleges) atandukanye.
Guhuza amashuri umunani y’ ubumenyingiro akavamo ikizitwa Rwanda Polytechnic izaba ifite (...) -
‘U Rwanda ntabwo turi ingunguru hari ikiturimo’ Perezida Kagame
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze u Rwanda atari ingunguru zirimo ubusa birangwa n’ urusaku gusa ko ahubwo rufite indangagaciro ziranga abaturage barwo.
-
IMF yagurije U Rwanda miliyari 102 na miliyoni 372 FRW yo kurufasha guhangana na Coronavirus
3 April 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) yemereye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 109.4 z’amadolari ya Amerika azarufasha guhangana n’icyorezo cya COVIDー19 n’ingaruka zacyo.
Iyi niyo nkunga ya mbere iki kigega gihaye igihugu cya Afurika ndetse ngo kiri gukora cyane kugira ngo gifashe ibindi bihugu byasabye ubufasha nkuko ubutumwa cyashyize kuri Twitter kibitangaza.
Ubuyobozi bw’iki kigo bwavuze ko bwakurikiranye ingamba u Rwanda rwafashe kugira ngo rurinde ko Coronavirus (...) -
Nyanza: Abanyeshuli bayobora abandi biga mu mashuli bacumbika bari mu itorero ryihariye
2 November 2019, by UbwanditsiKu bufatanye bw’Akarere ka Nyanza, MINEDUC ndetse n’Itorero ry’Igihugu hateguwe Itorero ry’iminsi 5 ku banyeshuri bayobora abandi mu mashuri yisumbuye yo mu Karere ka Nyanza ku bigo bicumbikira abanyeshuri rikaba riri kubera muri Kavumu TVET mu murenge wa Busasamana.
-
Perezida Kagame yasubije abashinja u Rwanda gushaka gufata igice kimwe cya RDC
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda nta ntego rufite yo kwigarurira Uburasirazuba bwa RDC nkuko bamwe babivuga kuko ngo narwo rufite amabuye y’agaciro kandi meza kurusha aya RDC.
Ubwo yari mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko nubwo u Rwanda rwambuwe bimwe mu byo rwahoranye, nta ntego rufite yo kwigarurira ibice by’abandi nk’uko bivugwa.
Ati "Dufite coltan nyinshi, kandi nziza kurusha ahandi uzabona harimo no muri Congo. Uzakore ubushakashatsi (...) -
Perezida Kagame na Jeannette Kagame bakiriwe mu Bushinwa
1 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bageze mu Bushinwa, aho bitabiriye inama ikomeye yiga ku bufatanye hagati y’icyo gihugu n’umugabane wa Afurika.
0 | ... | 2100 | 2110 | 2120 | 2130 | 2140 | 2150 | 2160 | 2170 | 2180 | ... | 2480