Kuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by Ubwanditsi -
Qatar yafashe 60% mu mushinga wo kubaka ikibuga cy’indege cyo mu Bugesera
9 December 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 09 Ukuboza 2019,Leta y’u Rwanda n’iya Qatar bamaze gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu ishoramari rya miliyari 1,3 z’amadolari,azashorwa mu kubaka ikibuga cy’Indege cya Bugesera.
-
‘Imikoranire yacu na Banki y’Isi ni iyo gushimwa’ Perezida Kagame
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko ashimishijwe n’ubufatanye bukomeje kuranga u Rwanda na Bank y’Isi mu gushaka icyateza u Rwanda binyuze mu guteza imbere ubushabitsi.
-
Kanyankore Alex wigeze kuyobora BRD yatawe muri yombi
3 October 2018, by Nsanzimana ErnestAlex Kanyankore wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) yatawe muri yombi nk’ uko byatangajwe n’ Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau-RIB)
-
Rusizi: Umugabo akurikiranyweho gutema umukobwa we amuziza kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimara
27 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmugabo wo mu murenge wa Bugarama Akagari ka Nyange ari mu maboko ya polisi nyuma yo gutema umukobwa we w’ imyaka 15 amuketseho kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimaramo.
Nk’ uko umuvugizi wa Polisi mu ntara y’ uburengera IP Eulade Gakwaya yabitangarije Ikinyamakuru UMURYANGO byabaye saa mbili z’ ijoro kuri uyu wa Kabili tariki 26 Ukuboza 2017.
Yagize ati “Mu gihe cya saa mbili n’ igice hari umugabo ukekwaho kuba yakomerekeje umwana we w’ umukobwa, umwana yatwawe kwa muganga umugabo (…) -
Nyaruguru: Gitifu w’umurenge wa Busanze ’arafunze’ akekwaho kubangamira abiyamamaza
21 July 2017, by Iyamuremye JanvierPolisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano wifashe neza muri iki gihe cy’amatora, haba ahabera ibikorwa byo kwiyamamaza, no mu bikorwa byo gutwara abantu bajya cyangwa bava muri ibyo bikorwa.
Polisi y’u Rwanda ariko ikaba isaba abantu bose cyane cyane abayobozi b’inzego z’ibanze ku nzego zose n’abaturage ko amategeko agenga amatora agomba kubahirizwa kandi ko abakandida bose , iyo bamaze kwemererwa na Komisiyo y’amatora ko bakwiyamamaza, baba bafite uburenganzira bumwe haba mu gihe cyo (…) -
"STOP ! STOP ! STOP SATANI NAKUBONYE": Rev./Ev. Eustache Nibintije
22 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Minisitiri Musoni aravugwaho gusambanya umugore w’ uwahoze ari umusirikare akamusenyera urugo
18 March 2018Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, James Musoni arashinjwa n’ umugabo wahoze ari umusirikare w’ u Rwanda kumusambanyiriza umugore akanabyara umwana muri urwo rugo bikaba byaratumye urwo rugo rusenyuka nyiri urugo aravuga ko ubukene bukomeye.
Rtd. Captain Safari Patrick avuga Minisitiri Musoni yitwaje umwanya afite avogera urugo rwe ashukisha umugore we imyanya y’ ubuyobozi ubwo uyu mugabo yari yaragiye kwiga muri Uganda.
Rtd. Capt. Safari wakoze mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi mu Rwanda, (…) -
U Rwanda nyuma yo guca amashashi, pulasitiki zikoreshwa rimwe nazo zatangiye gucibwa
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yatangiye guca ikoreshwa ry’ amacupa ya pulasitiki mu biro no mu nama igasaba ko hakoreshwa ibikoresho ibikoresho bidakoreshwa rimwe ngo bijugunywe.
-
Ibiteye amatsiko wamenya ku Cyogajuru u Rwanda rwohereje mu kirere cyahawe izina rya OneWeb[AMAFOTO]
28 February 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryo ku wa gatatu tariki 27 Gashyantare 2019 saa tanu n’iminota 37, icyogajuru cy’u Rwanda cyahawe izina ‘Icyerekezo’ cyoherejwe mu kirere ku bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’itumanaho cyitwa ‘One Web’ igikorwa cyabereye muri Guyana muri Amerika y’Amajyepfo.
Umuryango.rw