Kabarira Edith, umugore wa Dr Frank Habineza, yavuye i Burayi ahita atangira gufasha umugabo we mu bikorwa byo kwiyamamaza, ubwo yari Kimironko aho yatoreye yavuze ko naba abaye First lady azihatira gukoraho imibereho mibi mu baturage.
Uyu mugore yavuze ko we n’umugabo we biteguye gutsinda amatora y’umukuru w’Igihugu kuko babonye abantu benshi babashyigikiye. Yavuze ko umugabo we atorewe kwinjira muri Village Urugwiro nawe akaba First Lady yakwihutira gukuraho ikibazo cy’imibereho mibi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umugore wa Frank Habineza yavuze iby’ ingenzi yaheraho abaye ‘First Lady’
4 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
KICUKIRO: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwiba akayabo akanaroga nyirabuja n’ abana be
21 July 2017, by Martin MunezeroNyuma yo kujyana ikirego cye kuri polisi, umugabo witwa Innocent Mugabo utuye mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Gatenga ho mu karere ka Kicukiro arashakisha umukobwa wamukoreraga, ashinja kuroga umugore we n’abana be babiri.
Uwo bashinja kuroga uyu muryango ni umukobwa [twirinze gutangaza amazina ye] uri mu kigero cy’imyaka y’amavuko 27 ukomoka mu karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Kanjongo, mu Kagari ka Susa mu Mudugudu wa Gatebe.
Mugabo avuga ko uwo mukobwa yabyutse akabiba amafaranga, (…) -
Perezida Kagame yongeye guhura na Perezida w’ Ubufaransa
11 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahuriye na mugenzi we w’ Ubufaransa mu Buhinde ahabereye inama yiga ku kubyaza umusaruro imirasire y’ izuba bagirana ibiganiro.
Perezidansi y’ u Rwanda yatangaje Perezida Kagame na Emmanuel Macron uyobora u Bufaransa baganiriye gusa ntiyantaje ibyo baganiriye.
Perezida Kagame yaherukaga guhurira na Macron muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu nama y’Umuryango w’Abibumbye. Icyo gihe hari muri Nzeri 2017.
Perezida Kagame yatanze ikiganiro muri iyi nama y’ (…) -
RIB yatangaje icyo Kizito Mihigo yakoresheje yiyahurira muri kasho yari afungiwemo
17 February 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwatangaje ko umuhanzi Kizito Mihigo yiyahuye akoresheje amashuka yararagamo muri Kasho yari afungiwemo I Remera nyuma yo gufatwa ashaka kwambuka I Burundi.
-
UR na RDB bari guhugura abarangije Kaminuza kwitegura no gukora neza akazi
6 May 2021, by UbwanditsiKaminuza y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB), iri guhugura abiga n’abarangije kaminuza ku mikoranire hagati y’abakozi hagamijwe kubongerera ubushobozi bwo gukora buzabafasha guhangana ku isoko ry’umurimo.
Ayo mahugurwa yiswe “Soft skills for work readiness training” mu rurimi rw’Icyongereza ari gutangwa kuva ku wa 26 Mata kugeza ku wa 9 Gicurasi 2021, yitabiriwe n’abiganjemo abarangije kaminuza bafite cyangwa badafite akazi, ndetse n’abacyiga bifuza ubwo (…) -
U Rwanda rurimo kwitegura kwakira abakuru b’ ibihugu bivuga Icyongereza
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestIhuriro ry’Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze mu muryango Commonwealth(CLGF) rifatanije n’iry’u Rwanda(RALGA), batangiye kwitegura kwakira abakuru b’ibihugu bigize Commonwealth muri 2020.
-
Abagororwa bavuze ko hari abo bari kumwe muri jenoside ubu bicara hafi ya Kagame
19 October 2017, by Nsanzimana ErnestBamwe mu bagororwa bafugingiye muri gereza nkuru ya Rubavu bavuze ko kimwe mubituma ubumwe n’ ubwiyunge butagerwaho 100% ari uko hari abo bafatanyije muri jenoside yakorewe abatutsi bafite imyanya ikomeye mu buyobozi bw’ u Rwanda.
Aba bagororwa babitangarije Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ ubutabera Isabelle Kalihangabo ubwo yari yabasuye kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017.
Umwe mu bagororwa yagize ati “Abanyarwanda bakunze kubeshywa byinshi barimo natwe, twe dufungiye (…) -
Mu gitaramo cya Diamond imyambarire n’imibyinire ya Vanessa Mdee yatunguye abatari bake: Reba video
6 July 2017, by UbwanditsiMu gitaramo Umuhanzi Diamond aherutse gukoreshereza mu mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, umwe mu bahanzi bo mu gihugu cya Tanzaniya, Vanessa Mdee yatunguye abantu ubwo yazaga ku rubyiniro yambaye mu buryo butangaje kandi butamenyerewe mu Rwandai. Ababyinnyi be nabo ni nk’uko bari bambaye.
Reba video y’uyu muhanzi n’ababyinnyi be -
Inyubako Nshya y’Ubucuruzi SANGWA Plaza iri Kicukiro Centre iratangira gukorerwamo mu minsi ya vuba, abashaka gukoreramo bahawe karibu
4 June 2020, by UbwanditsiIfoto igaragaza uko inyubako izaba imeze
SANGWA Plaza ni inyubako y’amagorofa atatu nshyashya y’ubucuruzi izaba igezweho iri kubakwa Kicukiro, ni imwe mu nyubako izatuma hiyongera ibyumba by’aho gukorera ibikorwa by’ubucuruzi kandi ku biciro byiza mu Umujyi wa Kigali.
SANGWA Plaza iri kubakwa ku Kicukiro Centre mu Mujyi wa Kigali, ahateganye n’amarembo ya ‘IPRC-Kigali’ mu murenge wa Kicukiro, umudugudu wa Kicukiro ku muhanda KK 15 RD. Iri ku muhanda munini nyabagendwa uva Sonatube ujya (…) -
Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi wa Angola
25 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida w’u Rwanda,Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya João Lourenço wagizwe umukuru w’Igihugu cya Angola.Uyu muhango uteganyijwe kuba kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri uyu mwaka.
Kagame yageze muri Angola avuye mu Inama y’Inteko rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye yaberaga i New York. Joao Lourenco yasimbuye kuri uyu mwanya Jose Eduardo dos Santos wari umaze imyaka 38 ayobora iki gihugu.
Eduardo Dos Santos, yabaye Perezida kuva mu 1979 asimbuye Agostinho Neto wagiyeho (…)
Umuryango.rw