Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 21 Kanama nibwo habaye umutambagiro wo gutangiza ictumweru cyahariwe ibikorwa by’ umuganura.
Umunsi mukuru w’ umuganura mu Rwanda rwo hambere wizihizwaga tariki ya Mbere Kanama, ukaba ugamije gutuma Umwami atanga rubanda kurya ku mbuto zeze.
Magingo aya uyu munsi mukuru wagarutse mu isura nshya uba umunsi Abanyarwanda bishimira umusauro bageze mu iterambere u Rwanda rurimo.
Umutarambagiro wo gutangiza icyumweru cy’ Umuganura watangirije I Nyamirambo (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mu mafoto reba udushya twaranze umutambagiro utangiza icyumweru cy’ Umuganura2017
22 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
Nyabihu : Umugabo arakekwaho kwica umugore we bari bamaranye ibyumweru 3 gusa
17 October 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa TURIMUBYIZA Jean Nepo w’imyaka 21 y’amavuko ukomoka mu murenge wa Karago mu karere ka Nyabihu yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore bari basanzwe babana batarasezeranye mu mategeko.
-
Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na kompanyi ya RITCO
1 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’umwaka umwe y’imikoranire na kompanyi itwara abagenzi ya RITCO aho abafana bayo bazajya bagura amatike yo kugenda mu modoka z’iyi kompanyi bakoresheje amakarita ya Mk Card bazaba bateye inkunga ikipe yabo.
-
“Tubwira urubyiruko ko ari abayobozi b’ejo, none se nk’ubu ba meya ni bangahe?: Meya wa Nyaruguru
12 May 2019, by UbwanditsiHabitegeko Francois, Meya w’Akarere ka Nyaruguru avuga ko hari igihe abayobozi baganiriza urubyiruko bakarubwira amagambo atagira icyo arufasha mu gukangukira umurimo, kuwitabira no kutagira uwo banena.
-
Rucagu yemeza ko Perezida Kagame azagira amajwi 99% mu matora ateganyijwe muri uku kwa munani
12 July 2017, by Nsanzimana ErnestRucagu Boniface wambaye ishati y’ umweru, hagati Perezida Kagame na Minisitiri w’ ibikorwaremezo James Musoni
Umuyobozi mukuru w’ itorero ry’ igihugu Boniface Rucagu avuga ko umukandida aha amahirwe yo kuzatorerwa kuyobora u Rwanda ari Paul Kagame akavuga ko abona azagira amajwi 99%.
Ibi Rucagu yabitangaje mu kiganiro kihariye yahaye Umuryango kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Nyakanga 2017, habura umunsi umwe gusa ngo abakandida ku mwanya wa Perezida batangire kwiyamamaza.
Rucagu yavuze (...) -
Inzego zitandukanye zatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida Kagame ku gufata neza ibishanga
13 September 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestIyi foto ya Village Urugwiro yafotowe tariki 24 Kamena 2017, Kagame yifatanyije n’ abaturage mu muganda rusange wabereye mu gishanya cya Nyandungu
Inzego zitandukanye kuri uyu wa gatatu tariki 13 Nzeri zatangiye igikorwa cyo guhagarika burundu imirimo yakorerwaga mu gishanga no gusaba bene byo gushaka aho bimurira ibikorwa byabo
Ibi bibaye mu gihe tariki 24 Kamena 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye Umuganda rusange mu gishanga cya Nyandugu, mu karere ka Kicukiro agasaba ko (...) -
Rubavu: Barinubira kubura aho bashyingura ababo
4 November 2021Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu barinubira kubura aho bashyingura ababo bapfuye,bakaba basaba ubuyobozi bw’aka karere kubashakira irimbi ryo gushyinguramo ngo dore ko niryo bifashishaga ryo mu Karundo ryamaze kuzura.
Aba baturage bavuga ko nibikomeza bazajya bajya gushyingura bagatuburura undi muntu wahashyinguwe.
Ibi bihangayikishije abaturage kuko ngo nta rindi rimbi rihari mu yindi mirenge yose usibye iryo mu Karundo ryuzuye.
Umukozi w’akarere ka Rubavu ushinzwe imirimo rusange (...) -
Me Antoinette Mukamusoni waburaniraga Kizito Mihigo yavuze ku rupfu rwe n’icyo bavuganye bwa nyuma
28 February 2020, by UbwanditsiMe Antoinette Mukamusoni wunganiraga Kizito Mihigo mbere y’uko apfa yahaye Umuryango ikiganiro kuri uyu wa kane taliki 27/2/2019 aho yadutangarije byinshi ku rupfu rwa Kizito Mihigo, amagambo bavuganye bwa nyuma ku cyumweru ndetse n’uko yari asanzwe amubona inshuro zose yamusuraga mu bijyanye n’akazi ko kumwunganira mu mategeko.
-
Ni iki kihishe inyuma yo kuba Perezida Macron yaranze gukora mu ntoki za Perezida wa Burkina Faso -VIDEWO
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestMu minsi ishize Perezida w’ u Bufaransa Emmanuel Macron yatembereye mu bihugu bitandukanye by’ Afurika birimo Burkina Faso, Ghana, na Cote d’ Ivoire aho yanitabiriye inama ya 5 ihuza Afurika n’ Uburayi. Imyitwarire ye n’ amagambo yakoresheje byateye benshi ku byibazaho.
Amwe mu magabo yakomerekeje abanya Burkina Faso nk’uko babigaragaje ku mbuga nkoranyambaga ni aho Emmanuel Macron yavuze ngo ‘Perezida Kaboré yari yagiye gusana icyuma gitanga ubukonje, Climatiseur’ ubwo yibeshyaga mu mwirwaruhame (...) -
Kazo muri Ngoma: Indwara y’ amayoberane imaze guhitana inka 20
20 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Kazo, mu karere ka Ngoma aborozi bo baravuga ko inka zabo zimaze iminsi zibasiwe n’indwara bataramenya ubu imaze guhitana inka 20 mu mezi abiri gusa iyi ndwara imaze igaragaye muri aka gace.
Bavuga ko itungo rifashwe n’iyi indwara rihita ripfa amarabira, bakavuga ko inka ishobora kurara cyangwa ikaramuka ari nzima ariko bakajya kubona bakabona yikubise hasi.
Umwe muri aba borozi witwa Musabye agira ati ” Ujya kubona ukabona inka yituye hasi irapfuye ako kanya igatangira (...)
0 | ... | 2130 | 2140 | 2150 | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | ... | 2480