Minisiteri y’ Ibiza no gucyura impunzi Midimar, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka ibiza byahombeje igihugu arenga miliyari 204 Frw, mu gihe byahitanye abaturage 234 kugeza mu Ukwakira 2018.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mu mezi 6, u Rwanda rwahombye miliyari 204 n’ abaturage barenga 200 kubera ibiza
15 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Dore impamvu gitifu wa Ruhango we ategujwe
8 March 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Ruhango ubu kayobowe by’ agateganyo na Nkurunziza Jean Marie washyizweho na Njyanama yako nyuma y’ uko komite nyobozi yegujwe kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Abo njyanama yeguje ni Mbabazi François Xavier wari Umuyobozi w’Akarere; Twagirimana Epimaque wari umuyobozi wungirije Ushinzwe Ubukungu na Kambayire Annonciata wari Umuyobozi Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza.
Perezida wa Njyanama y’ aka karere yatangaje Gasasira Rutagengwa Jérôme ko aba bayobozi begujwe (…) -
Rwanda Day yagombaga kubera mu Budage yasubitswe bitunguranye
14 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko Rwanda Day yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, yasubitswe kubera impamvu zitunguranye.
-
FDLR yateye urujijo benshi kubera itangazo ryo kubika Mudacumura yashyize hanze
19 September 2019, by Dusingizimana RemyUmutwe wa FDLR ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda washyize hanze itangazo ryo kubika ryateye benshi urujijo aho ryabitse uwitwa Gen. Mupenzi Pierre Bernard aho kuvuga Lt Gen.Mudacumura Sylivestre wishwe mu ijoro ryo kuwa 18 nzeri uyu mwaka ahitwa I Bwito muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Ruhango: Bafashwe bacuruza inyama z’imbwa babeshya ko ari iz’ihene
4 August 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 03 Kanama 2020 ,abasore batatu bafatiwe mu gasanteri k’ ubucuruzi gaherereye mu murenge wa Ruhango bikekwa ko bari kugurisha inyama z’ imbwa bari baraye babaze.
-
Kigali: Hagiye gufungurwa ambasade ya Isiraheli
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yatangaje ko igihugu cye kiri kwitegura gufungura bwa mbere Ambasade yacyo i Kigali mu Rwanda.
Netanyahu yabitangaje ubwo yahuriraga na Perezida Paul Kagame i Nairobi, nyuma y’umuhango wo kurahira kwa Perezida Uhuru Kenyatta kuri uyu wa.
Abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, Netanyahu agira ati "Nahuye na Perezida Paul Kagame mubwira ko Isiraheli izafungura bwa mbere Ambasade yayo i Kigali, (…) -
Meya wa Nyamagabe n’abandi bayobozi batanu batawe muri yombi(yavuguruwe)
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestUMURYANGO wamenye amakuru yizewe ko Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe Mugisha Philbert n’ uwigeze kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ aka karere Jean Pierre wari uherutse kwegura umwaka ushize batawe muri yombi.
Mugisha Philbert ayoboye manda ya kabiri. Ni meya wa Nyamagabe kuva muri 2010. Mbere yo kuba Meya yabanje kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umurenge.Mugisha Philbert akaba afunganywe n’abandi bayobozi batanu barimo uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wako, Nshimiyimana (…) -
Bishop Rwagasana yandikiye ADEPR asaba gusubizwa inshingano z’ubupasiteri yambuwe
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierBishop Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije yandikiye itorero rya ADEPR asaba ko yasubizwa inshingano z’ubupasiteri yahoranye na mbere.Ni nyuma y’icyumweru kimwe ADEPR itangaje ko yamwambuye izi nshingano burundu na mugenzi we, Bishop Jean Sibomana.
Ku wa 17 Nzeri 2017 Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri (…) -
Cartoon: Izamuka riteganyijwe ry’ibiciro bya "parking" ku kibuga cy’indege rihangayikishije benshi
22 June 2017, by UbwanditsiHari abahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro ku modoka zizajya ziparika ku kibuga cy’indege zigiye gufata cyangwa zijyanyeyo abantu ndetse hari n’abavuga ko bizabagiraho ingaruka. Biteganyijwe ko kuva muri Nyakanga imodoka izajya yishyura 3000frws mu isaha ya mbere naho izikurikiye yishyure 500frws ku isaha.
-
Nyabihu: Polisi yarashe umugabo ucuruza inkweto yahagaritse atwaye magendu akanga
27 September 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Habarurema Jean Claude bakundaga kwita Gasore wacuruza inkweto, yarasiwe mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Bigogwe mu kagari ka Kijote ubwo yari mu modoka atwaye magendu y’inkweto polisi imuhagaritse yanga guhagarara.
Umuryango.rw
Ruhango: Bafashwe bacuruza inyama z’imbwa babeshya ko ari iz’ihene