Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Hakizimana Abdul Rashid afungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe agikorwaho iperereza ku byaha akurikiranyweho birimo icyo gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’icyo gukurura amacakubiri muri rubanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
22 November 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Umugenzuzi w’ imari ya Leta yakemanze uko miliyari zirenga 100 zinjizwa na Minisante na Mineduc zicungwa
30 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmugenzuzi w’ imari ya Leta Obadiah Biraro yavuze ko Minisiteri y’ Ubuzima na Minisiteri y’ uburezi bakora ibikorwa byinjiza amafaranga agera kuri miliyari 107 ku mwaka. Ngo umwaka ushira aya mafaranga yaracunzwe mu buryo buteye amakenga nyamara Leta ikabongera indi ngengo y’ imari.
-
“Hari abazimyaga ariya matara nk’ abazimya agatadowa” Perezida Kagame
4 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimagiye ukuntu mu myaka 23 ishize Abanyarwanda bavuye mu bwigunge avuga ko hari abahawe amazu arimo amashyanyarazi batazi uko amatara y’ amashyanyarazi azimywa bakajya bahuha nk’ abazimya agatadowa.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa Kabiri tariki 4 Nyakanga 2017 ubwo u Rwanda rwizihizaga ku nshuro ya 23 umunsi wo kwibohora.
Perezida Kagame yavuze ko habayeho kwibohora ku buryo bubiri. Kwibohora abantu no kwibohora mu bikorwa.
Yagize ati “ (…) -
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov ari mu Rwanda
3 June 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov uri mu ruzinduko mu Rwanda baganira ku mubano w’ibihugu byombi.
-
IGERERANYA: Imishahara y’ abaperezida b’ Afurika n’ iy’ abaperezida bakomeye mu Isi
20 July 2017, by Nsanzimana ErnestNtibyoroshye kumenya imishahara y’ abaperezida bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitewe n’ uburyo itumanaho rireba abaperezida bo kuri uyu mugabane ryubatse. Gusa ibinyamakuru bitandukanye mu matohora byakozwe byabashije kugira imwe n’ imwe bimenya.
Umuryango tugiye kubagezaho imishahara ya bamwe mu bakuru b’ ibihugu by’ Afurika ugereranyije n’ iy’ abakuru b’ ibihugu by’ ibihangange mu Isi.
Ikinyamakuru Jeunes Afrique mu bucukumbuzi cyakoze cyamenye ko Perezida wa Afurika y’ (…) -
Nsabimana Callixte “Sankara” yemeye ibyaha byose ashinjwa avuga ko n’inyoni zo mu ishyamba zamushinja
23 May 2019, by Dusingizimana RemyNsabimana Callixte “Sankara”, yemereye imbere y’urukiko ibyaha byose ashinjwa n’ubushinjacyaha uko ari 16,asaba imbabazi abanyarwanda n’umukuru w’Igihugu ndetse yemeza ko yitandukanyije na FLN.
-
Ruhango: Ibyo Perezida Kagame yabemereye....Yiyamamarije ahari abaturage bagera ku ibihumbi 100,000
14 July 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Kagame uri mu bikorwa byo kwiyamamaza yavuze ko abaturage bakwiye buri kimwe cyose cyatuma ubuzima bw’abo buhinduka, Umukuru w’igihugu yabijeje ko bazakomeza gufatanya muri byose.
Akarere ka Ruhango Perezida Kagame yatangiriyeho kagizwe n’imirenge icyenda, gafite ubuso bwa kilometero kare 626.8, kagaturwa n’abaturage 319 885.
Mu karere ka Ruhango, mu 2010 imiryango 27 % niyo gusa yari ifite amanyashanyarazi ariko mu myaka irindwi gusa, 17% imaze kuyagezwaho.
Yavuze ko mu minsi (…) -
Rayon Sports yemeje ubwegure bwa Visi perezida wayo Twagirayezu Thadee
17 October 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwakiriye ndetse bunemeza ukwegura kwa Visi perezida wayo wa mbere Twagirayezu Thadee nyuma y’ibaruwa yandikiye komite abisaba.
-
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
18 October 2021, by Dusingizimana RemyUmugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa.
Umuryango.rw
Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa