Mu kiganiro Umuryango Tv wagiranye na Amabilisi Sibomana, umugabo w’imyaka 67 wakoze itangazamakuru imyaka 35, yagarutse ku buzima bwa buri munsi bwa Radio Rwanda yakozeho igihe cy’imyaka 33. ibi ni imwe mu by’ingenzi yagiye agarukaho:
"Nagiye gukora ikizamini cyo gukora kuri Radiyo Rwanda kubera gutinya kwigisha mu wa gatandatu. Kubera taille yanjye nto kandi mu wa gatandatu harabaga ibisore natinyaga ko byazajya binsuzugura" Perezida Habyarimana yigeze kuza kuri Radiyo Rwanda aje kureba (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ikiganiro kirambuye na Amabilisi Sibomana/ Mu ibonekerwa yabwiwe kudakurikira Guverinoma y’Abatabazi
19 November 2019, by Ubwanditsi -
‘Ntabwo dufora niyo mpamvu dukora ubushakashatsi’ Dr Ndimubanzi
10 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima yirinze gutangaza niba ifite icyizere ko ubushakashatsi bwa RPHIA buzasanga SIDA mu Rwanda iri munsi ya 3%.
-
Nyabihu: Gitifu w’umurenge yakiriye umukecuru umutwaro w’inkwi
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestNdandu Marcel, Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu, yagaragaye yikoreye umutwaro w’inkwi yari yakiriye umucecuru bitangaza benshi mu bamubonye.
-
Perezida Kagame yongeye gutorerwa kuyobora FPR n’amajwi 99.9%
17 December 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka FPR Inkotanyi ryongeye gutora Perezida w’u Rwanda Paul Kagame nk’umukuru waryo.
Akimara gutorwa perezida Kagame yizeje impinduka ku gihugu cy’u Rwanda uko ibihe bizagenda bisimburana.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatowe ku mpuzandengo ya 99.9 ku ijana.
Visi Prezida bwana Christophe Bazivamo yatowe kuri 97.8 ku ijana naho bwana Francois Ngarambe we ku munyamabanga mukuru w’ishyaka yatowe kuri 97.5 ku ijana.
Ikigaragara cyo ku bategetsi bakuru b’iri shyaka ntibahindutse kuko (...) -
Imyanzuro 6 ikomeye yafatiwe mu nama ya 3 yiga ku masezerano ya Angola
15 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo I Kigali hateraniye inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe I Luanda muri Angola yiga ku kugarura umubano hagati y’ibihugu byombi.
-
Amashyaka abiri yahuje amaboko asaba u Rwanda kutemera ko Minisitiri Kabarebe yitaba u Bufaransa
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira ubumwe bw’ Abanyarwanda UDPR n’ Ishyaka ry’Abakozi (PSR) basabwe Leta y’ u Rwanda gutesha agaciro ubusabe bw’ u Bufaransa buvuga ko Minisitiri w’ ingabo w’ u Rwanda General James Kabarebe agomba kwitaba iki gihugu akisobanura ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana.
Aya mashyaka yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2017. Aya mashyaka avuga ko kuba u Bufaransa bwarongeye kumva umutangabuhamya ku ihanurwa ry’indege ari ukuyobya (...) -
Me Evode yagaragaje ko hari ba noteri bakora nk’ inyeshyamba
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, yavuze ko kugeza uyu munsi hari ba noteri batagira aho bakorera avuga ko usanga bagikora bunyeshyamba.
-
Ubaka ruswa muge mumutubwira tumumerere nabi – Perezida Kagame
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko serivise z’ uburezi, amavuriro , amashanyarazi, amazi n’ ibindi ari uburenganzira bwabo bityo ko nta wukwiye kubaka ruswa ngo abahe izi serivise akabiryozwa ngo uzayibaka bazamugaragaze Leta ibimuryoze.
-
Amakamyo yemerewe kunyura ku mupaka wa Gatuna mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’agateganyo
10 June 2019, by Dusingizimana RemyIkigo cy’imisoro n’amahoro Rwanda Revenue Authority cyaraye gisohoye itangazo ryemerera amakamyo atwara imizigo iremereye, kunyura ku mupaka wa Gatuna by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’igenzura.
-
Abantu 6 baraye kuri Komisiyo y’ amatora batakamba ngo kandidatire zabo zakirwe
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje hari abantu 6 baraye ku biro byayo bayinginga ngo yakire kandidatire zabo mu matora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018.
0 | ... | 2110 | 2120 | 2130 | 2140 | 2150 | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | ... | 2480