Rwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA bikarangira atsinzwe amatora,yanenze bamwe mu bayobozi ndetse n’abari bahagarariye amakipe mu matora ya FERWAFA 39,kubera imyitwarire mibi bagaragaje ubwo bangaga gutora amajwi yabo akaba imfabusa.
Rwemarika yatangarije Radio Rwanda ko kuba amajwi ya bamwe mu bari bahagarariye amakipe yarabaye imfabusa, yabuze uko abivuga kuko batigeze bagaragaza uruhande bahagazeho cyane ko batigeze batora Yego cyangwa Oya ahubwo amajwi yabo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rwemarika yanenze bamwe mu bari bahagarariye amakipe bitwaye nabi mu matora
3 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Umurwayi ufite ibimenyetso bya Ebola yagaragaye muri Uganda
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu gace ka Gulu mu gihugu cya Uganda hagaragaye umurwayi ufite ibimenyetso nk’ ibya Ebola. Ibi bibaye nyuma y’ igihe gito iki cyorezo kigaragaye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo
Umuganga ku bitaro bya St Mary’s Hospital Lacor muri iyi ntara, Dr Emmanuel Ochola,yavuze ko uyu murwayi yavaga amaraso umubiri we wose, ubu akaba yashyizwe ahantu ha wenyine mu gihe hategerejwe ibizamini.
Yagize ati “Uyu murwayi yavuye kwisuzumisha bigaragara ko atameze neza, nyuma (…) -
Kirehe: Uwiyise kamanda wa polisi yatse ruswa ngo akurikirane ikibazo cy’ uwasambanyije umwana
24 November 2018, by Nsanzimana ErnestUwakekwagaho gusambanya umwana w’ imyaka 7 wo mu murenge wa Kigina bwakeye arekurwa nyuma y’ uko yina ahamagawe n’ umuntu avuga ko ari komanda wa polisi ya Kirehe amwaka amafaranga ngo akurikirane ikibazo
-
Leta ihangayikishijwe n’abacukuzi bagiye kuzagira igihugu ubutayu
28 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje kugaragara ikibazo cy’ abacukuzi b’ amabuye y’ agaciro, umucanga n’ amabuye basiga badasubiranyije ibirombe, ikigo cy’igihugu kita ku bidukikije REMA kivuga ko iki kibazo ari ikibazo gihangayikishije.
Umuyobozi wa REMA Eng. Collethe Ruhamya yabwiye abanyamakuru ko kuba abacukura amabuye n’ umucanga byo kubakisha amazu kimwe n’ abakora ubucukuzi bw’ amabuye y’ agaciro basiga badasubiranyije ibirombe ari ikibazo gikomeye kandi kigira ingaruka ku (…) -
Kangwagye yavuze ijambo P. Kagame amaze kuvuga inshuro nyinshi kurusha abandi bayobozi
24 August 2017, by Nsanzimana ErnestKangwagye Justus wahoze ayobora akarere ka Rulindo ubu akaba ari umuyobozi ushinzwe ubuyobozi no kwegereza abaturage ubuyobozi mu rwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB yavuze ijambo rigaruka kenshi mu mbwirwaruhame za Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame avuga ko Kagame yaba ariwe muyobozi umaze kuvuga iryo jambo inshuro nyinshi ku Isi.
Kangwagye yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru bakorera ibinyamakuru byandikira kuri murandasi bari mu mahugurwa ku ruhare rw’ ’ubuyobozi bugira kibaza (…) -
Umunyamakuru uzwi nka Mama Emminente yakatiwe
13 May 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ibanze rwa Kacyiru rwakatiye umunyamakuru Mugabushaka Jeanne de Chantal uzwi nka Eminante, igifungo cy’imyaka itatu n’amezi abiri nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwambuzi bushukana hamwe n’uwo bareganwa.
Mugabushaka Jeanne de Chantal yatawe muri yombi tariki 27 Ugushyingo 2016.
Areganwa n’uwitwa Bizimana Ibrahim bombi bakaba barahamwe n’icyaha cy’ubwambuzi bushukana mu rubanza rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi 2017.
Aba bombi (…) -
Eden Hazard uherutse kugurwa akayabo na Real Madrid yaguze inzu y’akataraboneka I Madrid [AMAFOTO]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu w’Umubiligi Eden Hazard uheruka kugurwa akayabo ka miliyoni 150 z’amapawundi ava muri Chelsea yerekeza muri Real Madrid,yaguze inzu y’akataraboneka y’umuririmbyi ukomeye wo mu mujyi wa Madrid akayabo ka miliyoni 10 z’amapawundi kashi.
-
Bugesera: Umugabo yatawe muri yombi azira gutema abana be b’impanga ku bunani
3 January 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Ndayambaje Faustin,utuye mu mudugudu wa Kiruhura, akagari ka Kagenge, umurenge wa Mayange, mu ijoro ryo kuwa 1/1/2020 yatemye abana be b’impanga ,nyuma yo kugirana amakimbirane n’umugore we.
-
Nyagatare: Barabyutse basanga umuntu batari bazi yashinze ihema ku karere
22 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage batuye hafi y’ akarere ka Nyagatare n’ ubuyobozi bw’ aka karere bavuga ko ku wa Gatanu ushize batunguwe no gusanga umuntu batazi yashinze ihema hafi y’ ibiro by’ aka karere gusa ngo baje kumumenya bamenya n’ ikimugenza.
-
Pasiteri Rutayisire wifuzaga kuba padiri yavuze uko kurambagiza byamugoye
12 November 2017, by Iyamuremye JanvierPasiteri Antoine Rutayisire avuga ko akiri umusore yifuzaga kuzaba Padiri ngo amaze kuba Pasiteri yagowe no guhitamo umufasha aho atangaza ko yabenzwe n’abakobwa ndetse n’uwo yumvaga yakunze akaza gushakwa n’undi musore.
Ngo mu mabyiruka ye yumvaga azaba Padiri ariko ngo nanubu aracyafite izo nzozi ku buryo yemerewe yaba Padiri mu idini rya Katolika.Ati ”Ubundi ndi mutoya numvaga nzaba Padiri rwose hari n’abantu bakubwira ngo wenda bagira ibintu by’ibigeragezo ariko ukuntu ugenda akura (…)
Umuryango.rw