Mu itangazo rigenewe abanyamakuru rimaze gushyirwa ku rubuga rw’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA riravuga ko Komite nyobozi ya FERWAFA nta burenganzira ifite bwo gutegeka Perezida wa FERWAFA gutumiza Inama ya Komite Nyobozi kugirango atange ibisobanuro ku kibazo cy’amafaranga ibihumbi 20 by’amadolari y’Amerika yategetse ko ashyirwa kuri konti ye ndetse ko ibisobanuro birebana n’ikoreshwa ry’amafaranga bizahabwa Inteko Rusange ya FERWAFA niyongera guterana.
Nkuko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
De Gaulle yimye amatwi abamusaba gutumiza inama ya komite Nyobozi ya FERWAFA
22 August 2017 -
Depite Frank Habineza yatorewe kuba umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestDepite Frank Habineza yatorewe kuba Umuvugizi Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda mu gihe nta minsi 4 irashira atorewe kuba visi Perezida wa Komisiyo y’ Imibereho Myiza mu mutwe w’ Abadepite
-
Ba Ofisiye 618 ba Polisi y’u Rwanda,ba Su-Ofisiye n’Abapolisi Bato 3767 bazamuwe mu ntera
29 January 2019, by Martin MunezeroInama idasanzwe y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere, yemeje iteka rya Perezida rizamura mu ntera ba Ofisiye Bato 618 ba Polisi y’u Rwanda n’Iteka rya Minisitiri rizamura mu ntera ba Su-Ofisiye n’Abapolisi Bato 3767 ba Polisi y’u Rwanda.
-
Minisitiri Gashumba na Minisitiri w’ubuzima wa RDC bongeye guhura basuhuzanya ya ndamukanyo itangaje banatangiza urukingo Umurinzi rwa Ebola [AMAFOTO]
8 December 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr. Diane Gashumba ari mu karere ka Rubavu aho yahuriye n’uwa RDC witwa Dr. Muyembe batangiza urukingo rwa Ebola rwitwa Umurinzi.
-
’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko nyuma gato y’ uko u Rwanda rutangiye kugeza amaraso mu bitaro 19 hakoreshejwe indege zitagira abapilote drone rwavuzwe cyane rukubaka izina.
-
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari
23 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) byashyizeho amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari.
Akabari gafungurwa ni agafite icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB cyangwa agafite ipatanti itangwa n’umurenge bikemerera gutanga serivisi z’akabari.
Muri aya mabwiriza kandi harimo ko buri kabari kagomba kugira umukozi ushinzwe kwita ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 kandi wambaye umwambaro w’umuhondo.
Abakiriya b’akabari bagomba (…) -
Col Tom Byabagamba aritaba "Ubujurire" kuri uyu wa gatatu aburana “Gatoroshi”
27 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba araburana mu mizi ubujurire bwe kuri uyu wa 28 Mata 2021 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana mu bujuire icyaha cyo kwiba gatoroshi na sharijeri yayo.
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rukaba rwari rwamuhamije iki cyaha rumukatira imyaka 3 yaje yiyongera ku yindi 15 yari yarakatiwe mbere.
Tom Byabagamba yahoze ari Col mu gisirikare cya RDF yahamijwe icyaha cy’ubujura n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ahita akijuririra kuko yaburanye agihakana.
Col Tom (…) -
PSD yatangaje ko mu matora ya Perezida izashyigikira Paul Kagame
3 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbarwanashyaka b’ ishyaka riharanira Demukarasi n’ imiyoborere PSD, batangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka, bazashyigikira Paul Kagame
Uyu ni umwanzuro wafatiwe mu nama ya biro politiki ya PSD yateranye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017.
Uyu mwanzuro watangarijwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’ imyaka 25, ishize ishyaka PSD rishinzwe.
Dr Vincent Biruta Minisitiri w’ umutungo kamere akaba na Perezida wa PSD yavuze (…) -
Perezida Kagame yavuze aho agejeje amenya ururimi rw’Igifaransa
16 October 2018, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahishuye ko amaze kumenya gusoma neza Igifaransa, n’ubwo kukivuga nk’ururimi umuntu yumva bikiri ingorabahizi kuri we.
-
ADEPR: Bishop Rwagasana n’ abo bareganwa bireguye ku cyaha cyo kurigisa miliyari zisaga ebyiri
22 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi wungirije w’ ihuriro ry’ amatorero ya pentekote mu Rwanda ADEPR Bishop Tom Rwagasana n’ abo bareganwa icyaha cyo kunyereza amafaranga arenga miliyari ebyiri yakusanyijwe mu bakiristo ngo hishyurwe umwenda iryo torero ribereyemo BRD bagejejwe imbere y’ urukiko rwisumbuye rwa Gasabo baburana ku ifungwa n’ ifungurwa.
Bishop Tom Rwagasana ni Umuvugizi wungirije akaba n’ushinzwe ubuzima bw’itorero rya ADEPR, Mutuyemariya Christine ushinzwe ubutegetsi n’imari, Sindayigaya Theophile, (…)
Umuryango.rw
Minisitiri Gashumba na Minisitiri w’ubuzima wa RDC bongeye guhura basuhuzanya ya ndamukanyo itangaje banatangiza urukingo Umurinzi rwa Ebola [AMAFOTO]
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari