Minisitiri Debonheur Jeanne d’ arc
Minisiteri y’ imicungire y’ ibiza no gucyura impunzi yatangaje ko kuva muri mu Kanama 2017 ibiza bikomoka ku mvura bimaze guhitana abantu 20 mu gihe abahitanywe nabyo kuva uyu mwaka watangira ari 52.
Minisitiri Debonheur Jeanne d’ arc yavuze ko kuva muri Mutarama 2017 kugeza magingo aya Ibiza bimaze guhitana abagera kuri 52, no gukomeretsa abantu 119.
Ni ikiganiro gitegura icyumweru cyahariwe kugabanya ingaruka zikomoka ku biza.
Phillippe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Imvura y’ umuhindo imaze guhitana abantu 20, u Rwanda rumaze guhomba arenga miliyari 6 mu mezi 10
12 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Rayon Sports ntiyishimiye icyemezo cya FERWAFA yayitegetse kwishyura Minnaert miliyoni 32 FRW
6 August 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryategetse ikipe ya Rayon Sports kwishyura uwahoze ari umutoza wayo Ivan Jacky Minnaert akayabo ka miliyoni zisaga 32 FRW [35 535 USD] kubera ko yamusezereye Minaert mu buryo budakurikije amategeko.
-
U Rwanda rugiye guca ukubiri no gutumiza I Mahanga indorerwamo z’ amaso [Amafoto]
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe u Rwanda rukomeje guteza imbere ibikorerwamu Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017, mu Rwanda hafunguwe ku mugaragaro Laboratoire iri ku rwego mpuzamahanga ikora indorerwamo z’ amaso.
Ni Laboratoire yubatswe ku bufatanye bwa Leta y’ u Rwanda n’ ikigo cy’ Abanyamerika Onesight gifasha mu buvuzi bw’ amaso.
Iyo Laboratoire izajya ikorera muri Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubuvuzi UR-CMHS.
Umuyobozi wungirije w’ iyi kaminuza Dr Francoise Kayitare yavuze ko kubera iyo (…) -
Ambasade ya Israel yahaye inkunga y’udupfukamunwa 4000 umuryango AVEGA n’abagore bacururiza mu isoko rya Kimironko
27 April 2020, by Dusingizimana RemyAmbasade ya Israel mu Rwanda yahaye inkunga y’udupfukamunwa ibihumbi 4000 abanyarwandakazi barimo Abanyamuryango ba AVEGA bahawe utugera ku bihumbi 2000 mu gihe utundi ibihumbi 2000 twahawe abagore bacururiza ibiribwa mu isoko rya Kimironko.
-
Rusizi: Umuyobozi w’ikigo cy’ishuri yanze gutanga amakuru arahunga
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ urwunge rw’ amashuri rwa Murira Mujawayesu Zenie uvugwaho kubuza abarimu ayobora kwanga guhinga yanze kuvugisha itangazamakuru ariruka
-
Abanyarwanda bakomeje kungukira ku bikorwa by’ ingabo z’ u Rwanda mu iterambere [AMAFOTO]
5 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ akarere ka Rulindo baravuga ko bafite icyizere cyo kuzabona umusaruro mwinshi w’ ibijumba kuko tariki 4 Gicurasi 2018 ingabo z’ u Rwanda zabafashije gutabira hegitari 15 z’ imigozi y’ ibijumba mu gishanga cya Bahimba giherereye mu murenge wa Mbogo.
-
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
23 June 2020, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo nibwo Umupolisi muto witwa Jean Bosco Munyeshyaka wari uzwi ku izina ry’irihimbano rya Rwatubyaye yagiye gusura umudamu utuye mu Murenge wa Nyagatare, akagali ka Bushoga umudugudu wa Cyonyo mu Karere ka Nyagatare atashye asubiye mu kigo ngo atangira kumva atameze neza ndetse aza guhita apfa bitunguranye. Harakekwa amarozi.
Uyu mu Polisi bitaga Rwatubyaye yari yagiye kusura umugore wibana ariko wigeze kuba afite umugabo. Amakuru avuga ko umugabo yahoranye nawe yari (…) -
Perezida Alassane Ouattara ari mu Rwanda [AMAFOTO]
26 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Cote d’ Ivoire Alassane Ouattara kuri uyu wa 25 Mata 2018 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi itatu agira mu Rwanda.
-
Ububiligi:Neretse yashinjwe guha amafaranga interahamwe n’umutangabuhamya wamukoreraga
20 November 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko mu Bubiligi ku wa 20 Ugushyingo 2019 rwakomeje kuburanisha urubanza rwa Fabien Neretse ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma yaho rukomeje kugaragaramo amagambo n’imvugo bivuga ko habayeho Jenoside yakorewe Abatutsi n’iyakorewe Abahutu.
-
KNC yababajwe bikomeye n’uko Gasogi United itatomboye Rayon Sports cyangwa APR FC ngo azihe isomo rya ruhago
23 May 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikipe ya Gasogi United akaba na nyirayo,Kakooza Nkuliza Charles yatangaje ko yababajwe n’uko yatomboye Hope FC aho gutombora ibigugu nka Rayon Sports cyangwa APR FC ngo abyereke ubukana bw’iyi kipe.
Umuryango.rw
Ambasade ya Israel yahaye inkunga y’udupfukamunwa 4000 umuryango AVEGA n’abagore bacururiza mu isoko rya Kimironko
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye