Urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru rwakatiye umunyamakuru Mugabushaka Jeanne de Chantal uzwi nka Eminante, igifungo cy’imyaka itatu n’amezi abiri nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwambuzi bushukana hamwe n’uwo bareganwa.
Mugabushaka Jeanne de Chantal yatawe muri yombi tariki 27 Ugushyingo 2016.
Areganwa n’uwitwa Bizimana Ibrahim bombi bakaba barahamwe n’icyaha cy’ubwambuzi bushukana mu rubanza rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi 2017.
Aba bombi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umunyamakuru uzwi nka Mama Emminente yakatiwe
13 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ishyaka rya Democratic Green Party ririfuza ko umubare w’abadepite wakongerwa hakanavugururwa uko amatora y’inzego z’ibanze akorwa
22 May 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida bigenga kuko itegeko rikurikizwa ari iryo mu mwaka wa 2003 kandi ubu abaturage bariyongereye.
-
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba
10 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yageze ku rugamba aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yigaga. Si kenshi cyane abantu bakunda kugaruka kuri iyi nzira ya Perezida Kagame yaranzwe n’ibizazane bikomeye.
Mu biganiro Perezida Kagame yagiranye n’Umwanditsi Mukuru wa Jeune Afrique, François Soudan ndetse uyu mugabo akaza kubyandikaho igitabo yise ‘Conversations With The President of Rwanda’, yahishuye ibizazane bitandukanye yahuye nabyo muri uru rugendo.
Ku ipaji ya 37 y’iki gitabo, François Soudan (…) -
Ngoma: Prof. Karuranga yagizwe umwere ku byaha byo "guhombya" Kaminuza ya INATEK yari ayoboye
18 April 2021, by UbwanditsiProf. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwamugize umwere ku byaha byose yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ahita arekurwa.
Prof. Karuranga Gahima Egide muri Nyakanga 2020 Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwamutaye muri yombi. Haakaba hari hashize hafi ukwezi Minisiteri y’Uburezi ifashe icyemezo cyo gufunga (…) -
Menya abakinnyi batanu bagize ibigwi bikomeye mu mikino bambaye nomero 23
15 April 2023, by Dusingizimana RemyNimero ni kimwe mu bintu by’ingenzi bihabwa umukinnyi mushya mu gihe asinye mu kipe,ndetse kuri ubu asigaye ari ikintu cy’ingenzi kuko hari n’abazikoresha mu kureshya abakinnyi iyo basanzwe babaziho kuzikunda.
Mu guhabwa nimero, bamwe bagiye bakora amateka ndetse bubaka izina bituma yewe n’amakipe abika izo nimero kugira ngo babahe icyubahiro.
Akenshi usanga bitewe n’amateka ya nyir’iri nimero bituma undi mukinnyi yumva yifuje kwambara iyo nomero ya mugenzi we.
Uyu munsi twifuje (…) -
Buruse ihabwa abiga muri Kaminuza yagizwe ibihumbi 35
16 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi mu Rwanda imaze gutangaza ko amafaranga Leta igenera abanyeshuri biga muri za Kaminuza zayo yongereweho ibihumbi 10 akaba ibihumbi 35 aho gukomeza kuba ibihumbi 25 nk’ uko bimaze imyaka myinshi bimeze.
Minisitiri w’Uburezi, Dr Mutimura Eugene yatangarije ibi mu kiganiro arimo kugirana n’ Abadepite bagize Komisiyo y’ Uburezi mu nteko ishinga amategeko.
Yavuze ko ibi bikozwe mu rwego rwo kubungabunga imibereho y’ umunyeshuri.
Bibaye nyuma y’ ubusabe bwinshi n’ (…) -
Rwakazina atorewe kuba meya mushya w’ umujyi wa Kigali
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama Njyanama y’ umujyi wa Kigali itoreye Marie-Chantal Rwakazina w’ imyaka 45 wize ibijyanye n’ ubukungu kuba kuba Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali asimbura Pascal Nyamulinda weguye mu kwezi gushize.
-
De Gaulle yimye amatwi abamusaba gutumiza inama ya komite Nyobozi ya FERWAFA
22 August 2017Mu itangazo rigenewe abanyamakuru rimaze gushyirwa ku rubuga rw’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA riravuga ko Komite nyobozi ya FERWAFA nta burenganzira ifite bwo gutegeka Perezida wa FERWAFA gutumiza Inama ya Komite Nyobozi kugirango atange ibisobanuro ku kibazo cy’amafaranga ibihumbi 20 by’amadolari y’Amerika yategetse ko ashyirwa kuri konti ye ndetse ko ibisobanuro birebana n’ikoreshwa ry’amafaranga bizahabwa Inteko Rusange ya FERWAFA niyongera guterana.
Nkuko (…) -
Depite Frank Habineza yatorewe kuba umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestDepite Frank Habineza yatorewe kuba Umuvugizi Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda mu gihe nta minsi 4 irashira atorewe kuba visi Perezida wa Komisiyo y’ Imibereho Myiza mu mutwe w’ Abadepite
-
Ba Ofisiye 618 ba Polisi y’u Rwanda,ba Su-Ofisiye n’Abapolisi Bato 3767 bazamuwe mu ntera
29 January 2019, by Martin MunezeroInama idasanzwe y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere, yemeje iteka rya Perezida rizamura mu ntera ba Ofisiye Bato 618 ba Polisi y’u Rwanda n’Iteka rya Minisitiri rizamura mu ntera ba Su-Ofisiye n’Abapolisi Bato 3767 ba Polisi y’u Rwanda.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba
Menya abakinnyi batanu bagize ibigwi bikomeye mu mikino bambaye nomero 23